Rose wee nkunda uko wunviriza abashyitsi bawe; utabacha mwijambo. Ndagukunda cyaneee. Ibiganiro byanyu nanjye biranfasha cyaneee nubwo ibyanjye birenze byose. Thank you very much 😊
Nta limit ku inshuti nziza ibaho kandi umuryango nawe ntugira Limit umuryango si uwa maraso gusa muvandimwe. Wihereho urebe ko ugizwe n'abo uvuze gusa.
Wabaye intwari Cari😮💨😮💨kd Imana Ihe umugisha uwo mu Papan wagufashije akita no ku mwana wawe kd uhumure ndabona uri mu kirere cyo kubaho neza,amateka n'ubuzima byawe byose bihunduke byiza kurushaho.komera kd ushikame mugusenga kuko byinshi bifite inkomoko mu masengesho
Fais ta vie numwana wawe,urekane nuymugabo,assume tes responsabilités, coupes les contacts avec lui. Iyo trauma ngo nuko utabonye papa wawe nayo,yivuze canke uyisengere ikuvemwo,wibuke kohari nabakuze batagira mama na papa ariko ntibaguma barira, ntivyababujije guterimbere. Laisse ton passé derrière toi et avance.
I'm so sorry dear After all life goes on😭 no mwijwi ufitemo agahinda gusa guma Ku Mana yawe. Tubabazwa cyane tugakomereka burundu kubera kwizirika ngo amateka atazisubiramo😓😓😓 hanze aha turahari izo story turazuzuranye even worse 💔💔💔 but Ijuru rifite imbaraga
Sasa niba iyo trauma iri réel? Afashwe kwivuza kuko ndabona azayitera umwana we. Jyewe sinumva ukuntu yaremye muri we agahinda ko kuba atarabonye se ako kageni kandi yivugiye ko uwo mugabo wa nyina yamukundaga cyane. Iyo uwo mugabo wa nyina amwanga, akajya amucyurira ko atari umwana we, rwose nari kumva agahinda afite kuko atabonye se. Ikibabaje iyo trauma ari kuyi transféra ku mwana! Ntibisanzwe.
Wowe urashishoza pe. Jyewe iyi drama itangirira ngo kuba ataramenye se umubyara, kandi uwamureze yaramukunze nka se, ntisobanutse@mushimiyimanaRuth-rf6ry
+250726639596 ushaka kuvugana na Carine cg kuri iyi 0781493580
Rose woe twagukundaga ariko kko usigaye utubeshya uyumuntu mwakoranye ikiganiro uramuzi ura iziko ibyoyakubwiye arukuri
Pole sana my classmate Sha wanyuze mubikomeye byinshi ark Imana igufiteho umugambi mwiza chr imbere ni heza courage
Rose wee nkunda uko wunviriza abashyitsi bawe; utabacha mwijambo. Ndagukunda cyaneee. Ibiganiro byanyu nanjye biranfasha cyaneee nubwo ibyanjye birenze byose. Thank you very much 😊
Humura chr ibyo byose bizashira nanjye byambayeho ubu ndera njyenyine naranabyakiriye numvaga ntazamubabarira ariko ubu naramubabariye naranabyibagiwe kd mbere numvaga nanakwiyahura senga Imana izabigukiza
Kora cyane wite kumwana woe kuko abana bose ntabwo barerwa nababyeyi bombi ashobora kuba ahari akarutwa nudahari rero wibiha umwanya umwana azabaho kd azaba ukomeye.
Ico nico narere kandi ashiremwo urukundo yirengagize ivyarenganye umwana amubonemwo igisubizo bizogenda neza
Nkanjye aha 😂😂
Nange nakoze ubukwe bi bi bi Carine, ariko yantanye umwana w'imyaka 3 ubu agize 14 ni umusore mwiza cyane tujya inama y'icyo dukora mbese ubuzima burakomeza. Ise amuheruka icyo gihe naramwihoreye pe nta kintu na kimwe amuha mpora mfite amatsiko nibabonana yarakuze hhhhhhhhhhhh uko bazarebana. Amubeshya kenshi kuri phone ngo niyambare yitegure amusohokane umwana akirirwa yambayeeee bukira ejo akongera akamubeshya ibindi, umujinya ukamwica koko. Rero tuza wirerere umwana kd uracyari muto,uri umukobwa mwiza cyane, bohoka umutima utuze, uzabona urukundo chr, Imana izaguha umugabo wubake urugo rwiza cyane.
@@EM-nv1yp uyo mugabo wawe fise ikimwaro yikintu azobwira umwana niyo mpamvu apanga apangura aba yumva agiye gupfa yico aza kumubwira 😅😅😅😅
Impore Carine cyane, komera mukobwa. Ntacyo watakaje pe!
Uwo si umugabo ni umugore mu rwego rwo hejuru! Ushime Imana cyane ko mutabanye! Ayo urira uyu munsi wari kuzayarira igihe kirekire!
Uri uw'agaciro gakomeye. Uri umukobwa mwiza. Ufite indangagaciro... kura mu mutwe ko igisubizo cy'ibibazo byawe kiri mu maboko yiyo mayibobo cg nindi wese! Rwana no kubaho ku giti cyawe. Komeza urwane nicyaguteza imbere. Hari igihe azakwifuza, yicuze kuba yarahuye n'umunyamugisha akabura ubwenge! Hanyuma ibyo yakuvuzeho byose menya ko nta gaciro bigufiteho! Ni urucantege rw'umugome. Uriho kubera Imana. Soma Ijambo ry'Imana umenye neza icyo Imana ikuvugaho nicyo gifite agaciro. Zaburi 139/ Zaburi 41:10 hari nayandi menshiii...
Imana ikurengere
yooo ihangane mama nukuri uri mwiza cyaneee knd Imana izakomora ibikomere byose knd depression ibaho ariko humura uzakira igikomere ihangane❤❤❤
Yego urakoze
Imana iragukunda izaguha Papa w' umwana wawe uhumure. Kandi ukomeze kugira amakenga y' abagabo bo hanze aha. Usenge usenge. Imana irafasha. Kandi izakurengera. Impore uri umukobwa mwiza, uracyari muto.
Rose ndagukunda cyane Imana ijye iguha umugisha wavura depression . Carine humura komera Ntugacike intege Imana igufiteho umugambi
Carine we. Yego warakomeretse uwo ngirwa mugabo na nyina barakubabaje ariko ibyo ugomba kubirenga. Kuvuga ngo ukeneye abantu ntabantu ufite kdi ufite .1. Mama wawe ugukunda
2. Papa wawe ( umugabo wa mama)
3. Musaza wawe.
None uje hano gusaba abantu ngo bakubere umuryango? Ufite ababyeyi batigeze bakujugunya or bagutererane. Kereka niba hari ibindi byinci utatubyiye byatuma ugera aho usabako abantu bakubera umuryango.
Twakubera incuti yego, ariko pe ntiwigeze ubura umuryango.
KOMERA
yazize kutagira amakenga mu gufata ibyemezo no kutumvira umuryango, papa na mama
warakoze kubaha umwana wabo.
Mwivugire
Harimpamvu ntacyo umuntu akora kidafite impamvu mwabana
Nta limit ku inshuti nziza ibaho kandi umuryango nawe ntugira Limit umuryango si uwa maraso gusa muvandimwe. Wihereho urebe ko ugizwe n'abo uvuze gusa.
ikintu cy'indezo kigomba guhabwa ubwihutirwe. jye kuva avuye munda namumutwarira nkakomeza ibyanjye. ikindi umuntu agufashe ku ngufu wihutira kujya kwa muganga na pharmacie bagufasha ukirinda inda n'indwara nka Sida.
please aba jo❤❤munkandire kwifoto mbashe kwivana mubushomeri 😢🙏IMANA ikwagure muri byose wowe ubikoze❤❤ ni inkunga ikomeye pe❤❤❤❤
Urahiye rero ntabahari😂😂😂
Urahiye nabahari pe 😂😂😂😂
Umva chou nguhe ubuhamya bwajye.jyewe navutse nkuwo mwana.icyo nagusaba kora, ukorere umwana wawe kdi umutoze kumva ko ntawo kwishingikiraza muriyisi.nicyocyimfasha guhangana niyisi❤💪💪
Warababaye ark nawe wakomeje umwigundirizaho cyane muby'ukuri ntabwo ujya uzinukwa!!! Nicyo cyatumye akomeza kugusuzugura. Nibwo wari ufite ubwenge bwo ku ishuri ark ubwo hanze ntabwo warufite!!!
Oooh Mana yange iyisi irimo ibintu biteye ubwoba komera mama Imana yanye nawe mubikomeye gusa abagabo abasoresinzi nukuri umutima bafite uko umeze sibose ariko nukuri mubabaza benshinge byandenze kdi Imana igkugirire neza kfi Imana izakurengera komera
None waretse icyokigabo tugagifunga imageragere cyane ko utariwujuje imyaka yubukure
Ahanwe n abandi bigireho
Ihangane muvandimwe ukomere wambare imbaraga uharanire gukomeza kubaho kandi neza, uwo mwana nakubere imbaraga zigushoboza byose kuko burya abana ni imbaraga zacu ababyeyi. Uzakomeze ugire umutima utifuriza abandi ikibi, humura Imana izakwitura ibyiza. Nyagasani ahindure umutima w'uwo mugabo imuhe guca bugufi, gusaba imbabazi no gukunda amaraso ye. Komera Imana iragukunda.
Sorry for this testimony ariko ntakiba Imana itazi Kandi Imana igucisha mubikomeye kugirango ukomere
Uyu mukobwa ni mwiza avuga atuje,yarababaye pe ariko Imana iri kuruhande rwe pe
Kbx
Yooooooo mama polee bambe wanyuz muri byinshii ark Imana izibyose kd byose bibaho kubwimpamvuu ❤❤ be strong
Icyo nabashije kubona nuko ari mwiza, ibindi Imana iduhane umugisha kandi imworohereze
Carine ndakuzi machr twariganye mwishuri rimwe warumuhanga mama ubuhanga Yesu yakuremanye uhumure uzagera kuribyishi mama hacyiye igihe kinini kweri gusa mbabajwe nibyakubayeho mukunzi 😭😭😭😭😭😭
Urakoze
Harigihe numva inkuru yumuntu nkumva depression yajye irakize pe😢.nkumva ndinokwigiza inkana.
Njye nakugira Inama yo kumwikuramo na phone ye ukayisiba.Mbese iga kuzinukwa.
Yoooo ino burije ariko reka ndeke kuryama nkurikire kino kiganiro mbukoze kubera nkunda rose😘😘😘😘
Mureke ajye kureyawe rwose kko twese tumezenabikandi ibikomere turabijyendana imana irahari umuchr
Yewe ihangane warahuritse pe hariho abantu bashimishwa nuko babaje abandi
Sha nakunze ukuntu ari kurebera Rose hasi! 😂😂 komera mukobwa mwiza mw'Ijuru hari Imana itabara. Komera cyane❤❤❤
Impore nshuti nziza gusa nkunze ko utongeye kuryamana nawe ngo akumenyere cg agutere nindi nda❤ courage ma petite❤❤❤❤
Wabaye intwari Cari😮💨😮💨kd Imana Ihe umugisha uwo mu Papan wagufashije akita no ku mwana wawe kd uhumure ndabona uri mu kirere cyo kubaho neza,amateka n'ubuzima byawe byose bihunduke byiza kurushaho.komera kd ushikame mugusenga kuko byinshi bifite inkomoko mu masengesho
Impore maama kdi humura uzakira icyo gikomere igikuru nuko uriho n'umwana wawe
Yesu abasha gukiza ibikomere byo k'umutima
Wahanganye na byinshi izere Imana izagukiz
Imana izabikora niyokwizerwa kandi ninziza ibihe byose ndakwiginze bibwire yesu niwencuti yukuri kandi ntizaguhemukira kandi ntizaguharira umukiza nahato? umwana azakura kandi neza
Fais ta vie numwana wawe,urekane nuymugabo,assume tes responsabilités, coupes les contacts avec lui. Iyo trauma ngo nuko utabonye papa wawe nayo,yivuze canke uyisengere ikuvemwo,wibuke kohari nabakuze batagira mama na papa ariko ntibaguma barira, ntivyababujije guterimbere. Laisse ton passé derrière toi et avance.
Umuhanuye neza cyane. Senga Imana ikurinde uwo mugabo. Iyubake ufashe umwana wawe nawe akomere. Mumukure mu buzima bwanyu. Rondera umu thérapeute na psycologue bagufashe iryo hungabana rihere. Uhoraho akube hafi.
Sha cari twatiganye ndakuzi pe ndetse nicyo korura cyumugabo cyahoraga kimvugisha ngo kigize umwana mwiza twese ntari tukizi muri class kireke umwuzukuru wacu azakura peee
Uyu mwana wumukobwa ndamuzi nambere yaritondaga yahuye nakiriya gihungu kigipolici kinyamaswa gifatanyije nanyina bakorera uyu mwana wumukobwa ibintu bibi nge nagiye mbyumva kd uyu mwana yaritondga ari numuhanga .so mwirinde kumukomeretsa kuko yarababaye bihagije.
pole ma chr gusa Imana niyonkuru nukomeza gusenga nogukora uzagera kure? kandi ikindi cyigenzi cyane ugire amankega muribyose abantu babaye babi special abagabo na basore
Ariko nti mugatange numero zanyu hano gusa ngize ubwobako hagiye kuza abantu bakwerekeko murikumwe ubundi bakubabaze kurushaho ndakwinginze usenge kandi ugire amakenga kubari buguhamagare cyane bagusaba urukundo. Ikindi humura IMANA irahari
Oooooooo ihangane turagukunda twebwe ❤❤❤
Pole mama birababaza kugushimuta umwana wawe mubwoburyo nanjye byambayeho
imana niyo yonyine yakomora ibikomere gs story ae iranyigishije ROSE! wakoze kumuha umwanya imana iguhe umugisha
Thank you
Ese kuruha bisaba imyaka? Ntawushaka adafite niyubukure agahirwa
Sha Rose we nkunda ukuntu wakirabantu neza kdi utegamatwi abantu Bose,jyewe rero
Carine uri Umukobwa mwiza ❤humura amarira warize uzayahozwa mw'Ijuru harIMANA
Pole sana mukobwa abangabo na bana babi cyane bamwe muribo. Kd Rose dagukunda cysne
I'm so sorry dear
After all life goes on😭 no mwijwi ufitemo agahinda gusa guma Ku Mana yawe. Tubabazwa cyane tugakomereka burundu kubera kwizirika ngo amateka atazisubiramo😓😓😓 hanze aha turahari izo story turazuzuranye even worse 💔💔💔 but Ijuru rifite imbaraga
Urakoze
Yoooooo komera mama 😭😭😭😭
Mama Ketia ndakuzi cyane gs ihangane ibyiza birimbere
nimwiza. pe numugore mwiza abagabo rwose sinzi uko twabaye
Mubyeyi irerere umwana wae ureke umubyeyi gito urimo kurera president wejo humura Yesu avura ibikomere akomora inguma tuza ibyiza birimbere
Imana nijya kugihana izagikubira kireke
Wabaye integrity chr humura azakura kd imana izagushumbusha❤
Iki kiganiro cyandijije ihangane mama uzabaho numwana wawe muzagera kure
Ariko ingufu kumukobwa wiga muwaggatanu uzi kurara kuri phone wasuraga umusore muri getto murumva yoroshye kweri.uri igicucu kibi cyane
Shahu urumwana mwiza Uzi ubwenge bucye
Ntakubeshye urandijije kuko nge nawe twenda kugira story imwe gusa ngewe nanubu ndacyabicamo lose imana jye iguha umugisha kuba wemera gutega umuntu amatwi biraruhura kuko harigihe byanga natwe tukumva turiyanze
Impore Impore
Impore mukobwa mwiza
Imana iguhumurize
Yoooo, pole shenge
Uyu mukobwa ndabona akeneye kuganirizwa afite depressions kbs
Oooo carine nang ndamuzi kera weee sinamuherukaga disi yahuye na byishi nyuma ark ndongey ndamubonye
Impore Impore Chr Ibi bibaho rwose Imana yonyine niyo yakomora ibikomere Hamwe No Gusenga Tuzishima 😢😢😢😢😢😢😢
Cali singobwa ngo se amurere chu mwihorere muzabaho Kandi neza Imana urahari kubwawe ❤
Cari ntago cali
Yoooooo carine disi ndamuzi twize ku kigo cyimwe yari umuhanga cyanee arko yanyize inyuma disi gusa namuherukaga kera agahinda karanyishe😭😭😭😭😭😭😭
Oooohhhhhhh
Oooohhhhhhh
Oooohhhhhhh
Oooohhhhhhh
Oooohhhhhhh
Nsinkunda kwandika ariko ndikumva binaniye guceceka bakobwa beza nubona waryamanye numuntu jyuteganya kwicyiribube cyose uzacyirengera rwose nkumva nukugira inama ntamugabo wumwana ubaho ariko abakobwa tureba hafi cyane ucyimara kubyara ntabindi ufashije warera umwana wawe ukanasenga Hamwe nugusenga bizaza ariko social media ndikumva ntacyintu bimaze rwose ndumva nakubwira ngosenga wongere usenge Amateka azahinduka humura icyindi akazi kose uzagakore urere uwomwana sibuye humura bizagenda nezaaa ❤ariko hano kumuhanda 😢bibi cyane
Urakoze chou
Urakoze cyane wamfurawe
Nonese ko yakubwiye Kö atagukunda kuki umwemerera akaza aho utuye? Ntabwo ari wowe wa mbere uhemukiwe na bagabo ihangane
Ndaye ndira 😭😭😭😭😭😭 gs impore, ukomere wongere ukomere, uri mwiza kdi uzagera Kure heza 🙏❤
Urakoze😊
Ariko muzajya mwishinza kubasore ngo babafashe kungufu .nkawe warukiga ujya mubasore uziko.bixakugwa neza mujye mujya kurindagirira iyohirya sha.
Sha nuko ntakwifurije ikibi ariko wajya ureka gukomeretsa abantu!
Uyumwana ndamuzi yaritondaga ari muto peeh ! Njye naramurutaga ariko niwamwana wagira ha discipline kandi agasa neza nubwo yakomokaga mumuryango ukennye muri quartier iwacu . Njye arambabaje cyane shenge
Uri mubi!
Sha sinkubeshe,nubundi warusanzwe uzaba ikirara,kubona umwana wumukobwa Aja kurara mugasozi nahone urinze,gutega uva muntara uja muyindi,niwowe wifatishije kungufu gusa abakobwa natwe tuba twishinja kubagabo.
Humura warakomeretse ariko twese twahuye nibikomere umwana murere ureke ubufasha kumugabo madame komera wikomeze ibindi birasanzwe pee tuvuze ivyo twahuye navyo wokubirwa ikomeze urimwiza uzaronka umugabo anagukundire umwana
Caline wee komera
Impore maman
pole sana dada mungu akusaidiye
Iyisi nimbi p Gus pole chr Gus Rose ndamukunda❤❤❤
Urakoze
Carine Humura kandi Imana ivura ibikomere ,komeza usenge iyaguhaye ubushobozi bwo kwigira irakuvura na depression.
Carine Humura kandi Imana ivura ibikomere ,komeza usenge iyaguhaye ubushobozi bwo kwigira irakuvura na drpression.
Birababaje Gusa mbanumva Abagabo nkabobabakwiye gufungwa burundu RIB ikwiye kubikurirana Agafungwa,gusa Uwomubyeyi niyihangane pe Imana imushyigikire.
Namagweja ayo
Mwarangiza ngo nta magweja yabagabo abaho da! Nta nduru ivigira bisa imusozi
Carine humura turahari Kandi ni mana irajari komeze urere umwana wawe imuhe ibyishimo Kandi turahari ❤ Nki ishyuti tuzakubeta ishyuti nziza nihereyeho
Urakoze chou
Humura mukobwa mwiza imbere ni heza uwo mugabo umwikuremo ntabwo ari size yawe .Irerere umwana kdi azabaho neza.
Igikomere ntigisazap😢😢😢😢😢
Mungu wangu umuponye mwanamuke huyu please 🙏
Ugiye mu kabari ntabwo gusinda bimutungura. Gusura umuhungu kabiri kugeza kuri gatatu mujye mugira amakenga mwa bana ba bakobwa mwe!
Yooo ihangane mubyeyi
Bakobwa mwirinde kuryamana n abahungu batugize ibikinisho byabo
😢😢 Umucyo Kitchen TV 😢 Twahageze 😢
Shaloom. Vous pouvez l'aider à consulter un psychologue avec son enfant
Sasa niba iyo trauma iri réel? Afashwe kwivuza kuko ndabona azayitera umwana we. Jyewe sinumva ukuntu yaremye muri we agahinda ko kuba atarabonye se ako kageni kandi yivugiye ko uwo mugabo wa nyina yamukundaga cyane. Iyo uwo mugabo wa nyina amwanga, akajya amucyurira ko atari umwana we, rwose nari kumva agahinda afite kuko atabonye se. Ikibabaje iyo trauma ari kuyi transféra ku mwana! Ntibisanzwe.
Niko ubyumva se ? Ikibazo afite nubuhemu bwabasore babagome ikibzo si trouma papa
Ahubwo nge nibaza impamvu umuntu aza kuzenguruka chanels zose avuga inkuru nkiyi kuki adasaba ubutabera aho buri koko ese abo aha ibiganiro ntibanamuyobora aho yafashwa ya miryango ifasha abahuye nihungabana nihohoterwa ,ibyo kutabona se byo biri kuri benshi kd babana nabyo muburyo butandukanye
@@NanaElly-c9ynonese uratekereza ko mbere hose yabuze Aho arega cg ibyo biganiro byo urikuvuga niwabyumvishe neza?
Nonese waruzi ubwenge bwoshuri gusa wowe wajyaga kumusura murigeto wumva ugiye he ngaho ihangane nyine
Pole sana chr wanjye
Ariko icyo gitekerezo gifitwe n abagabo benshi!! Ukumva umuntu utagufitiye urukundo narucye arakubwiye ngo nutemera ko nongera kugusuzugura reka mbyite ntyo ngo sinzagufasha umwana twabyaranye🤔.Niba umwana aba azakura yamubaza impamvu atamwitayeho nka Se akamuha izo mpamvu simbizi!!
Ariko se mukobwa Aho kurira washatse akazi nakikiyaya ukarondera namafranga makeya Aho kuguma uririra mumuyaga
Wabayitwari cyane
Mbega umwana wanyuze mu bikomeye, ukuntu ari mwiza njye sinamutera inda ngo mwirengeshwe wallah
Umuntu iyashaka kukwangiriza ubuzima c shahu ubwiza arabureba?
Baca umugani ngo ubwiza bw umukobwa ntibumuza kuruha.
Umuntu ufata undi kungufu cyakoze aba arinyamanswa😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Cyane pe gusa nzabaho
@@carine-l9iariko se kwishyira muri situation yo gusaba ubufasha? ubwo wagiye kumuzana ushoboye kumurera? mujye mumenya icyo mushaka...va muri ayo umurere cg umuhe se ubwo atamuhakana. ariko abato ko biga bagahama mu kutamenya.
Humura umwana afite kaka umukunda kd cyane
Nawe habayemo kuba umwana ariko komera ,nawe usanze umusore i Kigali 😮😮
Ndunva halimo nimitwe ufite nyoko shaa yewee
Abasha umuryango koko urunva ulimo shaaa vugako ushaka umugabo period ndunva iliyo key ukeneye
Hhhhhh Diaspora hafaho😂😂😂
Nkubwo woe uravuga ibiki koko
Wowe urashishoza pe. Jyewe iyi drama itangirira ngo kuba ataramenye se umubyara, kandi uwamureze yaramukunze nka se, ntisobanutse@mushimiyimanaRuth-rf6ry
Muri iki kinyejana, ndumva leta ya focusinga kwigisha abakobwa uko babana n'abakunzi babo ariko ntibatwite barabishaka. Itegeko ryo guha abana b'abangavu uburyo bwo kwironda gusama baryihutishe, tuve mu bintu by'umuco byo kwifata mbona muri iki gihe byananiranye. Jyewe ndakuze, ariko narize ndangiza kaminuza, nta bintu byo gukinishwa n'abahungu nemera kandi abankurikiraga ntibari bake. Sasa ababyeyi have mw'isoni baganirize abakobwa babo ku mibonano mpuzabitsina no kwirinda, bibaye ngombwa babafashe kugera ku miti ibabuza gusama mu gihe hataragera.
Tuve mu gakingirizo k'umuco utagikora!
Ikindi mwabantu nubona ugiye kwandika coment mbi ujyubireka 😂
Cyane rwose sms itubaka namamvu yokuyitambutsa
Pole mama komera 😁❤️❤️❤️
Reka nandikire rero na msg ikureba wamugabo we. Amaraso samazi kd urimupolice singuciriyeho iteka ariko nzi neza ko uyu mwana wirengagiza ashobora gukomera kurusha uko ubyizaba. Umwana numujyambere ntuzi icyo azaba ejo. Ushatse mwakora cooparanting ukita kumwana uko ushoboye pe. Aba Papa nkamwe Uzi ukuntu birangira babayeho? Ugize Imana urabyaye urajugunye?
ntiyamujugunye kuko aramurera. nanjye sinamuguha. umwana ko ari kwa se ushaka iki, jya ujya kumureba umufashe ibyo ushoboye. nta mwana uyoberwa nyina.
@@ikagi-k8u ntago wasoje ikiganiro ariko? Umwana abana na nyina. Jya gusoza ikiganiro
Umuntu wagusambanyije Yakuziritse amaguru ni amaboko,burya no kukwica yabikora.ikindi Nyina nawe ni umugome nk'umuhungu wee,uzi umubyeyi udakurikirana umwuzukuru wabavutsemo,Burya inshuti nziza zirakuzengurutse ahubwo kura intekerezo kuri uwo,
Ariko abasore umutima bawukuyehe muguhemukira abana babakobwa mubicira ubuzima koko?
😢😢😢😢😢😢nanjye sinzi umuzimu wabaritsemo pe😢
@@kubwimanacecile6475 Umuzimu ni umwe utuma abakobwa batiga ngo bamenye birinde. Ubundi ariko abo bahungu mubasurasura mugira ngo ni basaza banyu?
@@claverntahompagaze6382 ahahahha ngayo nguko gusa ntanuwamuteribuye gusa Imana ijye itanga ubwenge bushishoza
Yoooooo,mpore you deserve love,Imana ikumve
Cyane❤
Ihanagane sha Yesu araje aduhize amarira
Urakoze mama
Urasenga abakakurwanije bakakurwanirira ibyo nukuri
Abagore bamwe bakunda gutera imbabazi pe!!!!umugabo yakurebye mu bwonko ,yabonye utagira intego n'a mba!!!kuki utakoze saving kandi warakoreye cash nyinshi !??
cash nyinshi ubwenge buke gusa
Imana ikubabarire
Ihangane mama mwijuru hari imana itabara