NOHELI N'IKINYOMA CYA ROMA/NIKIGIRWAMANA ISI IMAZE IGIHE IRAMYA/NGIRI IHEREZO RY'ABAYIZIHIZA/MUHUNGE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 21 ต.ค. 2024
- #WHATSAPP_0728866238 #0798335565_250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
chat.Whatsapp....
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
Niba ushaka kwifatanya natwe mu masengesho joning kuri runo rubuga
What is the explain Noël
Pastor imana igomeze ikwagure mumwuka twe twakuze dusanga ibyanoheri biriho ariko nge ndashima imana cyane koyaguhaye umwukawera nukumenyekanisha ibwokobwimana ngobumenye ukuri mujemutubwira tumenye ukuri tumenye nukodusenga mwizindambara zasatan amen.
Hhhhh urahirwa wowe wumvako uri mukuri
Yego rwose.IMANA izagenda ibidushoboza.
Mbega wee! Iki kinyoma tukimaranye igihe Koko! Pasteur , Uwiteka aguhire aguhe umugisha uhoraho. Muzaduhe amateka y'izo mana z'indi nibibakundira. Abantu barayobejwe kuva kera, ariko umucyo urimo kongera kutuvira ubanyuzemo! Be blessed!
Yego rwose.
Gusa iki nicyogihe,ngo ibyagizwe Amabanga,byose bijye Ahagaragara.
Abantu basobanukirwe ukuri.
Ndashimira Imanako izi kwirwanirira, kandi ntizigera ibura abantubo kuyihamya mu kuri.
Reka kumutuka kuko ni ukwemera kwiw hanyuma uwutavyemera naw agumane ukwemera kwiwe
Amahoro! Ariko uterekwa mu Mwuka no mu mubiri koko! Ubundi ikigaragaza ko abantu bdasobanukiwe ibyo barimo ndetse harimo n'abiyita abakirisitu, nuko usanga benshi bataka amazu,imihanda yaho bakorera,kugura imyenda mishya,inka zo n'andi matungo bikayabazwa,abacuruzi ibiciro bakabizamura sinakubwira aho kugirango ibyo byose babishyiremo urukundo babifashishe abashonji,abafingiwe kwa muganga babuze ubwishyu,ahubwo byose bakabyitirira ngo barimo gutaramira Yesu.Yesu utagira urukundo mwamubonyehe koko!
Sibyose muvandi.
Nibyabindi YESU KRISTO yavuze,agira ati,benshi bazambaza kuri uwomunsi bati,mwami mwami,ntitwariraga imbere yawe,ntitwirukanaga abadayimon,mu izina ryawe,ntitwakoraga ibitangaza mu izina ryawe,ngo nawe nibwo azaberurira ababwireko atabazi,atigeze no kubamenya.
Ibi by'igisobanuro cya Noheli (Noëli) narabivuze abantu bangira umusazi. Ariko binyeretse ko Mwuka Muziranenge (Wera) avugana n'abantu ahubwo abantu bajye batega amatwi neza. Imana iriho kandi iravuga. Seriously. Ndishimye cyane kubwiki kuganiro. Murakoze cyane Pr.
Yooh!
Muntu w’Imana reka nizereko uzasoma iyi comment!
Ibisobanuro atanze arabeshye cyane. Ndabikubwira nk’umuntu urimo wiga igiheburayo. Noel biva kugiheburayo cg Aramaic ni amagambo abiri abatoma bahuje ariyo Nolad Elohim bivuga Born of God. So ntabwo rero “No” ya Noel ivuga ntamana.
Ariko muzajya mwemera abantu bababeshye nizuba riva ! Nawe uzishakire dictionnaire y’igiheburayo wirebe Messiah abayisiraheli bategereje uko bamuvugaga bavugaga ko Messiak aza ari Uwa vuye kuMana aje kubacungura no kubakiza aribuo kuvuga ngo azaba avuye ku Mana
Nolad Elohim.
Yego nawe,IMANA IKOMEZE IGUSHYIGIKIRE.
@@NadiaUnyandike oya ibyo uvuze ni ikinyoma cyambaye ubusa,ahubwo wongere,usuzume neza,ibyobiheburayo,uvuga ko wiga,niba ntakibazo bifite!!!!!!!!!
Yesu ajya mwijuru yasize avuzati nzaboherereza umwuka nawa azabigisha,ababwire nibyo ntabigishije cyangwa ibyo ntababwoye,kubwarino jambo byose birasobanutse ntabwo ibyo dukora nkabachristo byose byanditswe muri bibiriya ahubwo bibabyiza iyo biherekejwe n'Umwuka w'Imana akabiturongoranwo neza
Ivyobintu uvuze ntaho bihuriye ni vya Noël kuko bari kwivuka ryayesu
Egoo Yesu yaravutse ariko ntawuzi itarike n'ukwezi yavukiyemo
Ibyo ni ukuri.
Ikibabaje nuko ikiri muri bibilia naco mucanka. Mpwemu yera azabibutsa nabwo azata'gura bisha
Be blessed
Noel x na no Eli ibi bihuriye he injiji ni izize Koko cyane cyane muri ibi bintu byitwa Bible abitwa abadive bakomeje gukuza ubugoryi cyane
Rek babivuge nicogihe kuko hazogera igih babizîre
Manawe nukuri patsa imanimuhe umugisha ndasobanukiwepe
Nanjye turahamanya cyaneee kuko noheri n'umunsi mukuru wanshyizweho nabapagani batemera Imana bagamije kwinshimira ubutunzi bwabo kandi inzira ijya mw'ijuri irafunganye cyane kandi abayinuuramo nibacye cyane kandi noheri yizihizwa n'insi yonse Yesu ntawuzigihe havukiye pe
Hhhh Nonese mubyukuri ikigamijwe ni ukwishimira ubutunzi bwabo.Ugize uti yizihizwa nisi yose;abayizihiza mukuri ni isi yose.Aho babona umwanya wo gusambana;ahandi baba babonye umwanya wo gusangira nabadafite;abandi bakishimirana mu muryango.Nonese bose ko mubafashe mugakubitira mugatebo kamwe.Hhhhh KILIZIYA Yubahwe ikomeze iduheke ahubwo.Abatwara ibintu uko bidakwiye ntimuzitwaze KILIZIYA.Mukwiye gufungura amatwi yanyu mugacengera ibyo KILIZIYA ibivugaho.Mudateye abenshi kugushwa nibyo mwivugira uko mwishakiye.Gusa Ingororano yanyu muzayibona namwe courage.
Ubwo ni Ubujiji.Nonese ku munsi wisabato cg kuwundi munsi uzwi uteranirwaho ngo abantu runaka basenge;ntihaba harimo nababa baje murusengero gusaka udutelefoni mu masacoshi;ubwo dufatire mugatebo kamwe tumene umuceri tuvuge tuti iyo minsi si ikorwaho ibishitani.
Yego rwose.
Uko Niko ukuri.
Nibemereko,twabeshywe,bihagije,ubu arigihe cyo,gukanguka,kuko duhawe nabura Amahirwe yo kubimenya.
Mwese muvuga ibyo mutazi ubundi niba nibyinira nshima Imana ko yafuhaye Yezu bibarya he ? Uzi iyaba warifite ikibazo cyuko kuri Noheri abantu badasenga ahubwo bakajya mu byaha
Rwose twe Emmanuel Imana turi kumwe ndebe ko Imana izampora ko nishimira ko twabonye umukiza😅
Ndababariye kuko mutazi ibyo muvuga!
I wish you were able to do thorough research in other languages!
Abantu benshi barayobya abantu bitwaje gusobanura ibyo batazi
Bitway Elysée. Ndabashimiye cane gose muhezagirwe!
Ntabwo yavamgiwe arimumwuka kandi byavuga n ukuri! Ahubwo abantu benshi Baku da kubeshywa!! Abantu ntibakunda ukuri ngewe uyumukozi w lmana ndamukunda cgane afite amavuta rata mukozi w lmana imbaraga n amavuta komeza uburire ubwoko bw lmana 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Cyaneeeee rwose umuntu ufite umwuka wabatumvira wera niwe wabitahura
Yego yego murakoze.
Azigir intama yoguhindur ibihe n amatejyeko yiyita nyir ibutangane kdi ntamunu wintungane ubaho lmana yonyine niyo Nyirubutungane ntibakatubeshye kubusobanuro bwanoheri twarameny ukuri 🙏
Uko ni Ukuri rwose.
Uravuze neza
Afite ukuri rwose pe uwiteka akomeze kuguhishurira ibisigaye ubishyire ahabona
Urakoze mukomeze mukebure bamwe muritwe ubundi burimunsi tugomba kwizihiza ivuka rye buri segonda
Pastor ndagukunze cyaneee ugomba kutubwira nizo mana kabs ukazidusobanuriraho ukaducira kumayange kabs
Yego IMANA YO MU IJURU IZABIDUSHOBOZA.
Ntukabeshye wamugabowe bantu b,Imana mugire ubushishozi niba NOHELI bivuga ngo ntamana Ese Mwebwe mwunva icyongereza nizindi ndimi musesenguye mwakumva koko ko aricyo gisobanuro inyigisho zinzaduka muzitondere
Noel biva kuri amagambo abiri y’igiheburayo ariyo Norad Elohim hari nababyandika Nolad Elohim bivuga ngo Born of God. Ntabwo iyo No ivuga “ nta” ntabwo rwose ari no y’impakanyi.
Abasenga bajye bashishoza barebe ibyo batega amatwi
None se,wowe uvuga ko mubyo twasobanuye tubeshya,wowe utabeshya,wagaragaje ukuri kwawe,Abantu Bose bakakugereranya nukonguko kurimo kugaragara,noneho tukareba ukuri uko ariko.
-Ubu igihe mumaze mubeshya Abantu,ntikibahagije,mwarekeye aho.
Imana ishimwe irikutumenyesha ukuri nanje ntabwo nkiyivuga twarabeshwepe
Mushumba yego ibyuvuga nikwokuripe arikose nicyogihecyokubishyirahanze?
Yego nicyogihe.👍
Imyuka mukoresha nishira muzagaragara, ibinyoma mwimitse ngo muri abakozi b'Imana muraje mugaragare
Tout simplement byaragucanze!!! Ubwo se usigaranye iki!? Wemera cg wizera iki!???
Cyakora icyo duhuriraho ntabwo Yesu yavutse kuri 25/12 oyaaaa umusiyesuyavutseho IMANA yagize ibanga
Impala mujyarero ntacyo zimaze kuko kwizihizamoheli ntibisobanurako turikwizihiza nokuramya ibigirwamana
Ikindi tugombakwitondera amashuri yigisha Bibiriya mumashuri ayobowe namadini ntabwo bose bavuga ukuri bigisha bahengamiye kumadimi kugirango ikinyoma iryodini ryahimbiwemo kitajyahanze
Kuko nukurikirana buridini uko ryagiyerivuka usanga amenshi afite ubwiko yagiye ahimbwamobamwe kudahuje nukuri kwa Bibiriya
Ubworero ibyababazskuvugamateka kumachanel atanduksnye mujye mubyitondera kuko ntimwahura ngumubaze ukuri kwaho babivana
Aho tubivana harahari muvandi.
Ahubwo,wowe banza umenye neza,ibiriho bivugwa ibyo aribyo.
Kuko nawe wivugiye ko,niyotaliki, ya 25/ukuboza mwizihizaho ibyo,muvugako YESU KRISTO yavutse,ari ikinyoma.
None ibindibyo,ubihakana ushingiye kuki!?
Muhabge umugisha na NDIHO.
UHORAHO Abohore intama Ziwe.
Yego yego murakoze ,kutwifuriza Umugisha.
Ubundi mwarihe igihecyose abantu bamaze bizihiza Noel igihe cyararenze amazi yarenze income Imana izareba imitima iyishakana umwete
Muhumure,abana b'Ubwami,IMANA izabakomeza.
Ninayompamvu igenda iduha ,kumenya Ukuri,kose kwagiye guhishwa.
Urakoze mukozi w,Imana ukuueho urujijo kubantu batavuga rumwe kuri uyu munsi
Application iba muri phone yitwa Rubrica isubiza ibibazo byose uyibajije ifitanye isano niyo uvuze muri iri sesengura ?
Birashoboka.
Wewe wiyita umunyabwenge w’ivy’Imana wavutse ryari?
Murakoze turasobanukiwe
Yego rwose.🙏🙏🙏
Murakoze kudukebura.imana ishishikare kubahanurira ivyihishe , nukuri ndatahuye vyukuri🙏🇧🇮
Pastor ufate umwanya udusengere imana itubabarire kuko twaramije izindimana zitiriwe umwami wacu yesu umwana wimana data.amen
Mwiriwe neza!
Niba uri hano ukunda Imana kandi warakiriye Yesu nk’Umwami n’umukiza wawe, hari icyo nakubwira. Mwitondere abantu bose baza bababwira ko bazi ibintu, ko bazi gusesengura!
Reka mbafashe kuri icyi cya Noheli!
Noheli ni ijambo koko rigite inkomoko mugi Hebrurayo. Riva ku magambo abiri
Ariyo Norad Elohim cgangwa se Nolad Elohim. Bikavuga ngo Born of God. Uwavutse ku Mana. Rero imihindagurikire yo kwandika ayo magambo aterwa nuko abantu bamwe bandika kakurikije imivugire y’ururimi Aramaic arirwo rwari ururimi Yesu yakoreshaga cyanee. Hanyuma rero Ntaho bihuriye nibyo uyu mu Pasteur asobanuye. Ese ubundi mbabaze mwibuka ko n’inteko yabamakayika yabonekeye abashumba ikabamenyesha iby’ivuka ry’uwo mwana. Kubyibuka nk’abavunguwe koko ikibi kirihe?
Wenda wabyizihiza cg se ntubyizihize ariko kubibwira abantu ko Noel bivuga nta Mana icyo ni ikinyoma giteye isoni.
Urabeshya kandi aha ikigali hari n’abantu bari kwiga igi Heburayo koko.
Bantu b’Imana mwitondere abababwirs ko babigisha.
Urakoze Cyane Muvandi
Yego Ra. Urakoze Cyane Muvandi,Nta mudive Ntamugatolika Ntamuproso nta mu ADEPR, Umunsi ubatwaye iki kweli. Ubundi KILIZIYA NIYO Izi gusa igihe Paska izabera ,igihe Pentecote izabera bya buri mwaka n'indi minsi mikuru yemeranywaho cg itemerwanywaho n'andi matorero avuga ko yemera Kristu!*_
N'undi Wese washaka kubimenya(ibyo igihe iyo minsi izahimbarizwa), Reference yigihe iyo minsi mikuru izabera, keretse arebeye kungengabihe y'amasomo ya Liturijiya ya Kiliziya. Muzi impamvu bakundwa bene Da?
Ni uko ari calendarie liturgique ya Eglise Catholic iherwaho hagenwa iminsi mikuru ya Noheli - Paska - Pentecote,etc.
Icyumweru gikurikira icya Noheri duhimbaza *ST FAMILLE DE NAZARETH{Yezu Mariya na Yoseph},noneho YEZU ATURWA IMANA MU NGORO,ikindi gikurikira tugahimbaza UKWIGARAGAZA KWA NYAGASANI{Epiphanie} ,ikizongera kigakurikiraho tukazagihimbazaho BAPTISMU YA NYAGASANI, Yezu uko akura arashimwa n'Imana n'abantu; noneho hakazakurikiraho ibyumweru bitantu(5) bikurikiranye byitwa ibyumweru bisanzwe bya Luturgie; and then tugatangira IGISIBO gitangijwe n'UGUSIGWA KWIVU Kuwa GATATU WIVU(Umuhango Mwiza watagatifujwe,umuryango w'Imana ukora cg ukorerwa ngo uzagere ku birori bya PASKA wizihiye Nyagasani. Kuwa GATATU wo muri icyo cyumweru cya gatanu gisanzwe).Hatangizwaho Icyo GISIBO Cya KILIZIYA kirangira kuri MASHAMI igihe cyose Aba Ari Dimanche; kd iminsi 40 iba ishize! Uwo munsi Wa 40 Yezu amaze mu butayu atarya atanywa kd abugeragerezwamo na Sekibi;ni kuri uwo munsi Yezu yinjira mu murwa Ari ku Cyana cy'indogobe,inkono iba igiye gushya Rero! dugahita dutangirana n'ikindi cyumweru(iminsi irindwi na Paska ibariwemo) kidasanzwe kitwa *ICYUMWERU GITAGATIFU*.
*_Buri Gahunda ya Kiliziya,kuyumva neza Ntabwo arukuyifatirana uhereye mu isoza rya Yo,Ahubwo ni mu itangira rya Yo_*
Ari Nacyo Gisoba kikihisha ayo matorero yandi
PENECOSTE iba yahumuye,ukabara ibyumweru 7;càd kugera ku munsi Wa 49 Surtout bigahera ku Uwa Gatandatu Mutagatifu.*ABALEWI 23,15-17* Ni ya Pentecote yo mu isezerano rishya,ariko ikaba yari yaragenuwe muri Izo verset biblic 🫷.
*Dushatse twahera kuri ya PASKA NEZA, kgnrngo ibyumweru 7 bigenura Umwuzuro w'Uhoraho{Wa mubare karindwi} bizabe birangiye kuri PENTECOTE NEZAIMANA YACU ISHIMWE* 👏👏
Muburyo butangaje ,ubwo deja kd tuba twaratangiye no kwitegura NOELI YINDI YUMWAKA TUBA TUGEZEMO kubw amasomo tuba twarahimbaje Kuwa 25/03 yerekeranye no gusamishwa na Roho Mutagatifu(MARIYA) nk'uko biri muri Bibiliya Kgrngo amezi 9 umwana atwitwa azarangiire le 25Decembre. NB: Bikomeza kuryoha iyo duhimbaza ku gihe cyagenwe amasomo yerekeye YOHANI Baptiste nk'ineguza y'Umucunguzi wacu.
Hari abafatiraho rero. Twavuga ko baruta abatazi nigihe tuba twahimbarije iyo minsi.Nitwinjire mu mugambi w'Imana,tube mu mujishi umwe,Dusenyere Umugozi umwe. Yezu KRISTU ni Umunyempuhwe nahabwe icyubahiro.Yezu ati Bose babe Umwe Dawe.
Maze uko ibihe bizahora bisimburana iteka tuzahore duhimbaza iyobera ry'Ukwigira Muntu Kwa Jambo; niry ububabare urupfu n'izuka bya Nyagasani Yezu. Izo Anniversaire dukorera Umwami wacu Yesu KRISTU zubahwe zitegurwe neza,Utarunda hamwe na Yezu Aba anyanyagiza,à Dehors de l'Eglise de Jesus, Pas de Salut 🫷🙏
Urakoze muvandi
Mwitondere iminsi mikuru twazaniwe n'iyobokamana abakoloni batuzaniye, kuko ari ubundi bukoloni kuko rinyuranya n'iyobokamana nyakuri rivugwa muri Bibiliya. Ubundi iminsi mikuru Uwiteka yashyizeho tuyisanga mu *Abalewi 23 icyo gice cyose* ibindi ni ubuyobe. Ni ukuramya ibigirwamana muri mask y'Uwiteka Imana na Yesu Kristo. Rero mwitonde cyane! Kuko byose aho bigana ni muri *2 Abatesalonike 2:4* no gusohora kwa *Daniel 7:25*
Nonese ko,watakaye,wabwira Abantu ko,italiki,mwirirwa murizaho Abana ya 25/Ukuboza Mubeshya Abantu,yo mwaba muyisoma he!?
Nukur iman niz iraduhishurir nukur urakoz❤❤❤ndagukunz
Murakoze kuri Ubu busobanuro buhambaye.
🙏👍👍👍
Ibyo byose nizo mpaka nuko abantu benshi batunze ubambye kuwa 5 aho gutunga Yesu wazutse kuwa mbere w'isabato.murakoze.
Dusobanurire utavanga indimi.koreshà ururimi rumwe,Kd ni ba aba kristo bayozihiza bishimiye Imana yo mu ijuru ntacyo bitwaye Imana
Pastor, wowe twabwirwa niki ko utarimo kuroga abantu, iyo noheri byanditswe bitandukanye ntimukayobye abantu yesaya 9:1-7, Luka 1:26- nahandi hatandukanye
Ahubwo mwuka wera abasange , abantu bafite ibibazo na bakristo bataramenya .
Ariko ubu mwaretse gukomeza kubeshya abantu Koko ? Urafata ikinyarwanda ukagihindura mugiheburayo ?
What does Noel mean in Hebrew?
Born of God
With the help of some Hebrew friends who know Aramaic and Hebrew, I found out that the name Noel is a shortened form of Norad Elohim or Nolad Elohim (spelling varies through English transliteration) meaning… Yes! Born of God!28 Apr 2021
Urakoze wo kabyara we aba bantu bakamejeje rwose Imana ibaturinde.
BYOSE BYITWA NOEL. NTANITAYE KURIBI UZAREBE NOHELI NIMUBUSINZIII,MUBUSAMBANYI,ABAHINDU,ABABUDISTE,ABAPAGANI,BOSE NABATEMERA YESU KRISTO BOSE BATI NOHERI.
Thanks so much
@@berwaonlinetv9734muzabimenya nimubona umwuka wera niwe mujyanama
Nibyo paster nkurugero ugiye dubayi usanga batatse imihanda yose kugirango baze bahifotoreze ariko ni abislamu abenshi, ikindi usanga nkigihugu mbamo noheri aba arukwinezeza nokunywa inzoga zihenze nokwambara imyenda mishyashya ubundi ubwo bihuriyehe nivuka rya yesu? Kumuntu wumukristo ntiyagakwiye kugira itariki avugako yesu yavutse ahubwo ukizera yesu ko yakuvukiye uwo mwanya watangira wishimira ineza y, Imana kuko niyo tariki bavuga ntiyanditse muri bible
NIMUKOMEZA KUZA KUVUGA IBYO ABANTU BAVUZE HANO MUTARI MUHAGAZEHO IMANA IZABAHANA . MWIHANE MUKIZWE. MUREKE ABANTU BISHIME CYANE KO UMWAMI YESU YATUVUKIYE.
Ntabwo Uzi ibyo wishimiramo ibyo aribyo.
Gusa wongere usuzume,byakugirira Umumaro.
Nibyiza gusobanukirwa uko byaje. Muzadusobanurire neza kuburyo burambuye ibyabikiramariya. Uko byaje uko byakwiriye imbaraga zabyo zivahe. Amabonekerwa ninde ubonekera abantu. Murakoze
Yego rwose,IMANA nabyo izadufasha tubivugeho,Abantu bave murungabangabo.
Jewe muramfashije jewe ntavyo narinzi ngo Noël ngontamana
Oya wiyoba Nohel ntabwo bivuga nta Mana ahubwo bivuga Norad Elohim mu giheburayo bihwanye na Born of God!
Uyu muntu yabeshye cyanee
Ese ubundi kuvuka 25/12 cg ikindi gihe bitwaye iki? Icyambere nuko yavutse yarangiza agapfa akanshungura
Yoo! Pasteur, nagukurikiraga numva uri mu murongo, none mbonye ko wavangiwe koko. Imana igutabare
Twereke ibyanditswe wowe ushingiraho uyizihiza
Ntabwo yavangiwe ahubwo wowe genzura neza pe umukristo agomba guhora yibuka ivuka ryayesu ariko sikururiya munsi
@@bahatijeniffer2480 uvuze neza, guhora yibuka (iminsi yose) ko YESU yavutse ngo atubere inshungu!
Yaravangiwe koko
Ari mukuri neza cyaneeeeee abazabuhamya sababa divantsite gusa Bo bavuze cyera none Rega beshi Bazi ukuri kuko bagiye bakubwirwa keshi ikinicyo gihe cyokubishyira ahabona Rega yesu yaravuze ATI naho mutavuga nibiti bizavuga none kabahamye ukuri
😮ubundi malayika ashyira mariya ubutumwa hari mukwezi kwa 6kdi akibivuga mariya yahise asama kuko muriyo minsi mariya yagiye kwa erizabeti akigerayo niho erizabeti yavuze ngo mubagore bose urahirwa n'imbuto iri munda yawe irahirwa nonese yesu yavukiye amezi 6 noheri koko bisoobanura nta Mana kdi icyo yesu yavuze nuko tuzajya twibuka urupfu rwe gusa.ukuri nanjye nemera nuko noheri ari ikinyoma
Nibyo rwose ubundi bible nikokuri yesu agiye kujakumusaraba igiheyaganizaga intumwaze azibwira ukundu azagamanirwa numwe muribo niho yasangiraganabo arababwira UTI murye uyumugati kuko Ari umubiriwange ugiye kudutambirwa arongera arababwira ATI nimune kuko ayaramaraso agiye kubatambirwa ariko muja muhora mubigenza munyibuka.ndakindi kintu yesu ubwe yavuze haba mwisezerano ryakera cyangwa isezerano risha guhera muri matayo kugeza mubyaheshuwe ndatariki irimwo yesu yavutsemwo kdi ndaho yesu yabwiye abigishwabe kobazaja bamwizihiza ndaho ikindi iyabakoko noheli Ari vuka ryumwami wacu yesu Christ abayarabyeretse intumwaze ba yohana ba matayo,pawulo,Tito,timoteyo,Luka nabandi Bose mureke tuve murujijo rwa Satan bwokobwimana ahubwo imana ihishure imigambi mibi ya Stan yose tumenye ukodusenga.amen
wamugabowe Imana ntabgo igihaniraho ubundi yari kuguhana. kubesha ngo noel ngo isigura ntamana ihari. uravuga ngo NO ELI ngo eli nigiheburayo mbega NO nayo nigiheburayo? urabesha ahubgo Imana igutabare ikwiyereke uri muribamwe batemera yesu
hhhh araza kukubwira ko ari igiheburayo kivanze nigifaranca.Ariko SEkibi ni Nyanayimbwa koko
Noel biva ku magambo abiri y’igiheburayo Nolad Elohim bivuga ngo Born of God!
Ukeneye kumenya Ukuri kukakubatura.
Naho iyo Noël murwanirira,muyireke yirwanirire,kuko mpamyaneza ko,ari Ubuyobe Kandi bukomeye,isi yayobeyemo kubera Ubutamenya.
*Mu byakozwe n'intumwa handitsemo ibintu byose intumwa zakoze. Ibyo zitakoze, ibyo ntabwo ari ibya gikristu.*
- Intumwa zarabatizaga, zigafata igaburo ryera, zigateranira hamwe, zigafasha abakene...
*- Nta na hamwe dusoma Intumwa zizihiza iyo minsi mikuru.*
*- Amateka yemewe na bose* kuko afite ibihamya bihagije *yerekana ko iyo minsi mikuru yaje nyuma cyane, izanywe n'Abaroma.*
- Nka Noheli, Abaroma bayadukanye mu kinyejana cya 4.
Ku bantu bakunda ukuri, reka mbereke ibyo amateka avuga kuri uwo munsi wa Noheli.
*"La première mention d'une célébration chrétienne un 25 décembre date de l'an 336 à Rome."*
~~Bivuga ngo:
*"Ahagaragara hambere, abakristu bizihiza itariki 25 Ukuboza, byari i Roma muri 336"*
@@NiyonzizaInnocent *"Avant la christianisation de l'Occident, une fête appelée Dies Natalis Solis Invicti, « jour de la naissance du soleil invaincu » avait été fixée au 25 décembre par l'empereur romain Aurélien en 274, comme grande fête du culte de Sol Invictus (le soleil invaincu)."*
*Ibi bivuga ngo :
*"Mbere yuko Uburayi buba ubukirisitu, umunsi witwaga Dies Natalis Solis Invicti, "umunsi w'ivuka ry'izuba ridatsindwa" wari warashyizwe Ku itariki 25 Ukuboza, ushyizweho n'Umwami w'abami Aurélien, muri 274, ukaba umunsi mukuru wo kuramya Sol Invictus ( Izuba ryatsinze)
@@JESUSCHRISTESTLEVRAICHEMINTV Nkuko rero bigaragara, abapagani b'i Roma, *bari basanzwe bizihiza itariki 25 Ukuboza, bayita umunsi mukuru w'ivuka ry'Ikigirwamana cyabo SOL INVICTUS* ( Izuba ridatsindwa)
- Muri 274 Umwami w'abami Aurélien yemeye ko uwo munsi uba umunsi wemewe na leta ( Ubwami): bivuze ko na mbere wariho, ariko nta konji itangwa na leta.
- Twibutse wari umunsi w'ikigirwamana SOL INVICTUS.
@@NiyonzizaInnocent Ingoma y'Abaromani ( Empire Romain) imaze kwiyegereza ubukirisitu, no kubutegeka, Ku ngoma ya Konsitantini, ( kuva 313 ), *nibwo ibintu byinshi byo mu gipagani, byingijwe mu bukristu* bw'i Roma.
*Mbese bimeze nkuko ubutinganyi buri kwinjiramo, abantu barebera, ngo ntacyo bitwaye!!*
NB. Nyuma y'imyaka 100 ibi by'ubutinganyi bizaba byaremewe, ahubwo ubihakana bazaba bavuga ko ari we wayobye!!
Abaroma 10:2,3)
Ni uko benshi bameze,muby'IMANA.
Dushaka gusobanukirwa no kuby'isabato,1/10 n'amaturo .
OK,nayo tuzayivugaho,bigaragara.
Nta mu kristo wizihiza noheli rwose,bariya bayizihiza biyita aba kristo ariko sabukuri.
Ivyavuga nukuri kuko iryojambo ntahurisanga muli bibliya
Hhhhhhh, Imana ikugenderere
Komerezaho aho ubwo bushakashatsi buzageze no kumunwa by asigaye kuko iyo dies Solis wasobanuye neza nka deis=imana solis=soleil=sun byakomereje kuri Solis day, solely day, sun day, kuko sunday=umunsi w izuba, wo kuriramya.
Aho niho must kuzana igipagani kibatijwe kikitwa igikristo, umunsi wo kuramahoro Imana w Isabato wasimbujwe Umunsi wo kucyumweru, w izuba
None se Saturday ni Saturn?
Imana ishimwe, ukuri kuzatsinda
Fils ntawe Koko "" ko wemeraga Noheli ukaba nuwa mbere mukuyitegura muri ADEPER , waje kungwa ute?
Ntabwo naguye muvandi.
Ahubwo namwe, IMANA YO MU IJURU,ibamurikire,mumenye Ukuri,mugutandukanye n'Ikinyoma.
Ahubwo munabyumvise ntimumurwanye ntiyabari mumurongo!!! Mwibukenezako na yesu bamurwanyije kugeza bamubambye uyumukozi w lmana arimumavuta niyompamvu mutakumva ukuri kumurimo arimukurip arimukurip 🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤Imbaraga n amavuta 👍👍👍👍👍👍👍
Na Pasika yo mu kwa 4 nayo ni ikinyoma, ni amabwiriza y'i Roma, iyo Bible yemera yatanzwe n'Imana ni itariki ya 14.01. Kubara 28:16, Abalewi 23:5.
murakoze cyaane.Nonese za anniversaire zabantu nazo zavaho?
Ni ishyari ribageza ku guca imanza si ishyaka ry'ukuri baba barwanira.
IZO MANA ZINDI NTAZO DUKENEYE KUMENYA
IYO TWEMEYE TWARAYEMEYE NI DATA NUMWANA. ARIWE YEZU CHRISTU WAVUKIYE I NAZARETI, HAMWE NUMWUKA WERA. WIDUCANGANYUKISHA RERO
None ga paster mbega kubijanye n'umusi dusengako (Dimanche ) benshi bita kuwambere w'imisi indwi
mwobiduha kumuco ???
Reka ngusobanurire kuko uyu mugabo nagusobanurira arakubeshya nkuko abeshye ibya Noheli.
Nibyo koko abayisiraheli basengaga ku munsi wa karindwi ariwo ku wagatandatu wubu. Yesu aje ababwira ko ari we Mwami w’isabato. Niba usoma Bibiliya yawe urebe Yesu yagaragaje kandi asibanurira abayisiraheli ko batakagombye gukomeza gutwarwa n’amategeko. Kuko yasitse rero ari ku wambwere wa Sabato ariwo cyumweru cyubu. Aba Kristu bambere bahisemo kujya bateranira kumunsi yazutseho.
Ntacyaha rero kirimo gusenga kucyumweru cg kundwi ariko kandi nta nicyaha kirimo kubahisemo gukomeza gusenga ku isabato. Ikibazo nuko abasenga kwisabato bavuga ko gusenga ku ndwi ati icyaha. Usome Matayo 12, 1 kugera8
Yesu yambwiye wa Mugore yasabye amazi ati igihe kizaza ubwo abasenga by’ukuri basengera Data mu Mwuka no mu Kuri.
Ariko urabizi ko shitani itagira isoni koko ! Urabona Iyo ntumwa ya shitani ngo irabesha ku mugaragaro Ro ra , niba mutazi mujye muhora , Noheli imaze imyaka ibihumbi ni bihumbi , none imyaka , none inyaduka yaje ijobundi ngiratera ya Yezu urubwa kweli , toka shitani mw’izina rya Yezu Kristu Umwami wacu .
Ntabwo Uzi uwo uvumye,kuko ushobora gusanga,witeranyije niyo wibwirako uramya.
Kandi niba Ubwami bw'IMANA aribwo buntera kugaragaza Ukuri,umenye yuko,igihe kigutunguye.
Ahumbwo twagombye gukora kuburyo imisi yabapagani tuyihindura iya Kristo yose akaganza. ibyari ibyabapaganni tukabivugamo Yesu Kristo ubutumwa bwukuri bwo kwihana bugatambuka. Ibindi ntacyo bivuze
Niko kuri.Kristu akabyiimura akabihirika akaba ariwe ufata intebe.Ese aba bahakanyi ubu babyumva bari kubyumva bate?Nonese kuri bo ikirukurini uko Ivuka rya Kristo ryarorera kwamamazwaho;maze hakongera hakihembera iyizihizwa ry izo ngirwamana z'izuba? Propagande nuburyo bwose Kiliziya yakoresha ikora propagande y Uko Imana yigize Umuntu rwose ziramaze.Abantu ni ukurwanishyaka ryo mumubiri gusa pe.Ariko KILIZIYA maze kubona ko bayanga koko.Ubuhanuzi busohoreye kuri bamwe.
Niko kuri rata.Uburyo bwose bwakoreshwa Kristu Akamamara ko ariwe Mwami.Kristu akabyiimura akabihirika akaba ariwe ufata intebe.Ese aba bahakanyi ubu babyumva bari kubyumva bate?Nonese kuri bo ikirukurini uko Ivuka rya Kristo ryarorera kwamamazwaho;maze hakongera hakihembera iyizihizwa ry izo ngirwamana z'izuba? Propagande nuburyo bwose Kiliziya yakoresha ikora propagande y Uko Imana yigize Umuntu rwose ziramaze.Abantu ni ukurwanishyaka ryo mumubiri gusa pe.Ariko KILIZIYA maze kubona ko bayanga koko.Ubuhanuzi busohoreye kuri bamwe.
Poster imana izakuyobore nawe ❤❤❤
Yesu wacu ni muzima YESU nimuzima
MUSABE UMWUKWA WERA, MURI KUBESHYA AHUBWO NIMWUZURE UMWUKA WERA MUVUGE INDIMISHYA MUREKA KUZA KUBESHYA HANO.
Mwese ntawuzi ukuri kwawe
Mbega pasitori w'umuswa
Noneko basenga ibigigwamana borika kuvugako ATA Mana Kandi basenga nivy'Imana yanka?
Yesu yivugiye ko tugomba kujya twizihiza urupfu rwe gusa, ntabwo yigeze avuga ko tugomba kujya twizihiza ivuka rye. Noheri ni umunsi wahimbwe cg washyizweho na papa Julius mu mwaka wa 336 nyuma y'ivuka rya Yesu. Ariko mbere y'icyo gihe nta noheri yabagaho, kuko n'itorero ry'intumwa n'iryakurikiyeho mu mateka yaryo ntabwo bigeze bizihiza ivuka rya Yesu, ahubwo bizihizaga gusa urupfu rwa Yesu, kuko ni cyo Yesu yasize ategetse gusa. Uwahimbye noheri rero yari afite icyo agamije: kuyobya. 2Abatesalonike 2:4; Daniel 7:25;
Hhhh mubane na Bose amahoro ,kuba utabarirwa mu muryango wabahimbaza igisobanuro cyuwo munsi wibaciraho iteka. Niba ntarubanza ruri kuwizihiza amavuko y'umuntu runaka cg amavuko yabo bwite? Ni gute ushyira urubanza k uhimbaza kuwizihiza amavuko y'Umwami w'abami?
Ababyizihiza si Jye ubaciraho iteka ahubwo ni ijambo ry'Uwiteka ribaciraho iteka kuko baba baramya uwishyize hejuru y'Imana ngo abe imana, kuko yishyiriyeho ibyo ijambo ry'Imana ritadutegeka gukora. Rero ababikora nubwo babikora mu izina ry'Imana ariko si Imana nyakuri baba baramya.
Nosense kbsa.Vana itiku aho. Ntacyo usobanuye. Kwigira za najyuwa na za bamenya
Vieuws nazo zizarikora kuko nukuri kurimwo murubwo busesenguzi ntaco butumarira none nkitorero kuko tuzi Imana dusenga mukuri nomuri Mpwemu mucumba cacu kandi ikatwitaba. Namwe ivyo ngira mubimenye vuba naho mubivugana confidence irenze.
Jew aba pentecôte muransetsa!!! Ivyo muvuga vyose nubujuju too. Igarure mwemere inkuru nziza
He is right 100%!
Nanjye sinemera Noheri kuko inyuranije nibyandiywe ariko nawe vinter yinaha ntazuba rwose ndetse nuwomwijima guhera sacyenda zamanywa kugeza satatu zamugitondo. Cyakora Rwose Noheri ntabwo ari ijambo ry'Imana
Ngaho nyine ivyo vy’izuba n’umwijama ngaho ntavyo Ariko ikibazo ca afrika ducopiya imigenzo tutazi imvo n’imvano. Tukaramya satbi tutabizi tutanabishak. Satani atwereka agasa n’umuco Ariko gahishijwemwo ubuyobe bukomeye 🥲
*PASTORI, muri izo mana zavutse le 25/12 harimo na **#TAMMUZ** imana-zuba, nyina ni **#Semiramis**, nawe yamubyaye nta mugabo babonanye.🤔*
Yego.
MUZASABE UMWUKA WERA MUVUGE INDIMI NSHYA MUBONE KUZA KUVUGA IBYE.
Ikinyoma kiyoboye igihe nini ariko bake bazemera ukuri nibo bazabona Ijuru
Jewenukuri mbitahuye ubunyene Kristo ashishikare abambike imbaraga
Mwatubwiye kuri YESU mukareka kutubwira amafuti mwakoze.ese YESU yara vutse ch nti Yavutse?mubisobanure neza.ko twibuka ivuka rya yesu
Imana ibaba rire.ese ubwo murashaka ko abantu bibagirwa ko YESU Yavutse
NOHELI , niba no ihakana, Eli bikavuga Imana iyo (H) wayishyize he? Ikindi kandi ntimukayobye abantu kwizihiza ivuka rya Yezu ni ukwibuka no kuzirikana umucyo wagaruwe na Kristo yuma yo gukora icyaha kwa Adam. Turabyizihiza kandi tubizirikana ntanubwo duteze kubireka Kristo yavukiye kuduhuza n'Imana
Allellua Allelua
Icyingenzi nuko twibuka ko Yesu yavutse, kdi Akaba arumukiza wacu. Naho ibindi byose ntacyo bivuze.
Mube maso kk Yesu agiye kugaruka kwerekana ukuri aho kuri??
Muravunga nk'abashonji bishwe ni sari
Poster uzavujye ku butinganyi nakiliziya
Yego nabyo tuzabivugaho,tubivuye Imuzi.
Yesu weee Ngo Noheli ni nta Mana
Ubundi se ibyo utemera ubisebya suko utabizi iyi tv nayikundaga none muribigoryi ese iyo mwizihiza aniveriseli muba muri mubiki
He's right,
Yeah
Mwabagabomwe icyinyoma cyahawe intebe kdi barayibotse
Gute????
Nonese erize ukuri ni ukuhe nuko Noel Ari ikinyoma cg se noel irimo amagambo abiri koko
Ibi bigomba kuvugwa,ngo hatazagira ugira icyoyireguza,avuga ngo ntiyamenye.
Kandi uwavuzeko bita chriss mass day ntabwo yavuze uwo kriss mutubwiye ubwo nubuyobe murimwo mwebwe.ijambo
Chris:nimpine yijambo Christo ariwe Yesu
Mass :risobanuye misa yera cyangwa iteraniro ryera
Day:tubihuriyeho ko ari Umunsi
Wabifatanya bikabyara umunsi wa misa ya Christ Yesu.bantu b'Imana mukanguke satani arimwo gukora mumayeri mensi muzisanga mutagisenga nikomeza gukurikirana ibyabano bantu biyita abasesanguzi babibiriya
Umva basha imbere yogutukana nimube mumanza gusobanuza neza Noël ntabwo arivuka rya Yesu kuko bible ntatarike Yesu yavukiyemo iriho iyo nitarike biyumviriye ataho yanditse mugitabo
Ahubwo nizereko udasenga kucyumweru nukokuri kose uzi
Ibyogusenga byose,nabyo tuzabivugaho nabyo bisobanuke.
Ego me Noël nikinyoma warumuzi basengako ikigigwamana ariko ntigisigura ngo ntamana iriho.
Keretse niba mutemera Yesu muzansubize
Noel ntabwo bisobanura NGO ntamana aho sibyo pe
Urasonura Noheli nka wa wundi wasobsnuye Padiri ngo ni pas du riz!!!!!
Twabeshwe igihe kinini cane pe Imana imbabarire kubwo gusenga ibigirwamana
Ntibagushuke muvandimwe bareke bagwe bonyine pe
Ubwo ubisobanukiwe ntuzongere kubyizihiza katujye tubaza bibiriya niyondererwamo yacu
None x abantu bose bafite indangamuntu zanditsemo 1/1 nizo bavukiye???? Soma ijambo ryimana, ikizima nukwibuka ivuka rya yesu ibyo mwihayr byubwenge bwisi nubuyobe
Ubundi Yesu yavutse ari mumpeshyi igihe cy'izuba hagati yo mu kwa 6-8 igihe abashumba baba baragishishije amatungo.
Ibyose wowe Kandi wabikuyehe?
Ntabo nanjye nemera umunsi mukuru wa noheri,ariko nanone sinemeranya nibisobanuro pastor uwutanzeho,kuko ntabwo biri Religieuse ndetse na scientifique,kuko ariguhuzahuza ibintu bidahura,biyobya gusa noel,risobanurwa muri Hebrew cg aramaic,kandi rifite ibisobanuro bitandukanye ntaho riro bivugako bisobanura nta Mana, ikindi chris ni impine ya kristo,mass ni missa day ni umunsi chismass day umunsi bisobanuye umunsi wa missa ya kristo,
Pastor mureke kubeshya abantu rwose
Cyanee rwose
Umubwije ukuri.
Noheli cg Noell biva ku Giheburayo Norad Elohim cg Aramaic Nolad Elohim bivuga Born of God!
Ubu abantu baretse gukomeza kuyobya abantu koko.
Shishikara ibyaretse gugamburuzwa na bakomeye wowe wize bibiriya ejo urashonje pe kd uzakomereza aho martin king junior ko atayirwanije ubwo koko urahirimbanira iki nonese ibikorwa byose biri muri bibiliya