TURANGA ABAGENI TWAVUGA UKO BARI NGO NUKUROGA, MUSHAKA KO TUBESHYA KD DUKIJIJWE/ UKURI KWA BELYSE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 30 ก.ย. 2024
- Uramutse ufite INKURU, IJAMBO RY'IMANA cyangwa UBUHAMYA wifuza gusangiza abantu waduhamagara kuri 0789261183.
Wifuza guhumuriza, Gukomeza cyangwa se Gufasha abantu bafite ibibazo bitandukanye wagana NiGospel TV tugafatanya mugutanga uwo musanzu.
NIGOSPEL TV Dutambutsa inkuru n'ubuhamya by'abantu bifuza gukomeza abandi no kubaka Imitima icitse intege. Inkuru zacu ziba zifite aho bihuriye n'iyobokamana.
Inama nziza cyne, mukomerezeho NiGospel #Aimee & Belise
Courage rwose ibi bijyanye ni umuryango ni bisaba guhugurana. Ariko kuranga ntabwo ari ikintu cyoroshye muri iki gihe
Nibyo kbsa, gusa ntibizigera bicika.
Uganiriye neza cyane Mama Belyse. Wakoze kunama nziza utanze!!!!!
Inama nziza kd zubaka, Wakoze cyane Mama Belise.
Nihatari kweri abaranga bikigihe ntibizewe pe
None abaye ari murumuna wanjye akaza aho ntuye ashaka kurongora umukobwa duturanye kandi nziko uwo mukobwa yitwara nabi, urumvako nacyecyeka nkamureka akamushaka kandi nziko ari gito? Ubundi kuki nakwemerako uwundi wa rubanda aje akambaza umukobwa, we namuhishira iki?ukuri nukuri
Ese mwadushyingiye Koko
🎉ibyo nibyo
Courage chr
Nitwa iradukunda jeandedieu
Ariko mana, muganireye neza pe!
Ntibyoroshe kuba umuranga today!!!
Iyi Topic ni sawa kbsa. Mwaganiriye neza, mutanze inama nziza pe!