Ukuntu Robert (camera man) yahise akosora akantu ka Logo ya Isimbi Tv mu maso ya Ndimbati byerekana ubunyamwuga. Bantu banjye mujye mushimira Sabin, ariko mwibuke na cameraman we!
@@shemaolive5296 hahhhh!!!nonese ninjye wabajyanye kuri social media tubabona muburyo butandukanye hari ubwo wowe umubona nka bikiramariraarko njye mubonank'indyarya kdi no uburenganzira bwanjye
Gihozo njye ntutuziranye pe!ariko niba abaturanyi barahamije ko yatwaye umugabo w'abandi ndetse bafite na facts zigaragara harimo n'inyandiko y'inzego zibanze nawe nahakane with proof!naho ubundi ibyo kwihumuriza no kwisekesha no kuvuga ngo Ndimbati aragufashije ibyo bimeze nk'buryarya. Nta muntu utavugwa ariko nibamvuga uko ndi nzihana kuko hari abo nzaba nabangamiye nibambeshyera kdi kizaba ari ikigeragezo kizarangira so kuvuga ngo bari guca imanza kdi ari njye wabatije umurindi naba ndenganya abantu. Gihozo rero kuba NDIMBATI yaguhumuriza sibyo byakugira umwere ahubwo genda wiyunge n'abaturanyi kuko bible ivuga ko ikizahambirwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambiriye kdi ikizahamburwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambuwe!plz be honnest.
❗Sabin niba koko uri gushaka kubaka abakumva atari views wishakira uzasure Gihozo iwe mu rugo ari kumwe n'uwo yita umugabo we wagarutse bari kumwe! Niyanga ko umufata video nkuko yabikoze kuri Bosebabireba Tv ni uburenganzira bwe ariko ntacyo muzaganire tumwumve amajwi
Aline Gahongayire na Ndibati, n'ukuzabashinga ministère yo guca amatiku mu Banyarwanda. Nkunda ukuri kwabo 👍👍
Cyaaaane
Ndimba uzampe bitanu wanyambuye ukora mubamotari igihozo imana irakwanitse p
Gihozo yambaye neza cyaneee 👌
Sapé comme jamais 😂😂
@@sabinenellyumutoni3162
Ce vrai???
Nikoyama vrement abegwa kubi
Arinda kwambara neza kuko numu 🌟 wa Kristo. Komera Yesu Ari muruhande gwawe .
Umva madame wowe n'umutima wawe muzi ukuri , byonyine kuba utinyuka ukavuga ngo nibagutenga uzajya murindi dini bisobanura byinshi , uko mbizi umukozi w'Imana arwana bucece .
Nanje ningera mu Rwanda ndashaka ikiganiro na Sabin numva umuntu wese avuga ngo urumva Sabin bi soundinga neza❣❣❣❣
Nanjye nuko pe. Umva Sabin. Homme respectueux👌👍
Hhhhh!!!nange mbanumva aribyiza
Umuntu urikubona Gihozo kwafite ikimwaro nampe like naho ibyokuvugango nukumubeshyera oya oya
Cyishiii
Urubanza nurwimana bantu mucimanza muragowe rekimana ubwayo izoshire ikinyoma ahabona
Nicyosijyitwenjyecyumugorepe
Ndimbati arikumusetsacyane
Iturize nshuti. Isi ntisakaye nawe wanyagirwa. Kandi wibuke ko nawe uri mubo satani arasa. Niyo byaba aribyo aho guca imanza musengere Yesu niwe mucamanza. Cyane ko utanazi ukuri
Kwisobanura cyane bihwanye no kwishinja
Tres bien ufitubwenge sha
Azi gusisibiranya! Ariko Erineste yamutengushye yariye indimi kuri Bosebabireba TV
Yego peee
Igihozowe komeza nge nzagukurikirana igihecyose abirwa bakuvuga nabo baravugwa
Ndimbati we urahatwitse pe
Mugabanye guca Imanza mu Ijuru hari Imana yihagije idacyeneye Abashinjacyaha,Abagenzacyaha,Abavocats.....izabyirangiriza....Ubwo nibwo BUMANA BWAYO.
Uvuze neza cyane. Abamutinya bamwihoreye. Ubwo mumutinye kko mutari mu cyicyiro kimwe.
Abantu tugabanye amagambo.
Imana idaca urwa kibera niyo izi ukuru.
Sha ugararako wamutwaye Giho
Yamaze.
Abanyarwanda mugira amashari
Numwana se yahetse mumugongo
@@annociatebukuru8106 indaya mbaya!yamaze c akaza kutwishushanyaho?mutoke niba aribyo Koko amafuti ye azamugaruka!
Umuntu abona ko ndimbati avuga ukuri ampe like
Ukuhe kuri c avuze kuki c atahamagaye uriya mugore wundi
Aravuga ukuri rata
Ukuri se Nuko ari umustar wu umubeshyi waje gushyigikira umugore wigize kazarusenya
Nareba nabi sekaganda azamuha isinde kuko azatuma film ze zitarebwa Kubera gukoresha ubustar bwe mu guhishira bakazarusenya
Ukuntu agenda yisobanura Nicyo cyerekana ko Uyu mugore yibye umugabo wa abandi Naho Ndimbati ntawutazi indaye nini ntacyo atakoresha Ngo akunde ayuzuze
Ndimbati ndakunda ukuntu yivugira :" Ngo nigize ntya!"
Ha ha ha ! Sending LOve from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ibyo urabikora nkakwihorera, Ukibwira yuko mpwanye nawe rwose. Ariko nzaguhana mbishyire imbere y'amaso yawe, Uko bikurikirana. Zaburi 50:21
Ukonukuri 🙏
Yes
Arikose Gihozo aba aseka cg ni uburyarya?Iyo nseko iravangiye.
Nawe kweri ugiye kumuhora kwisekera...ko ntakibazo afite Yesu yabikemuye umubujije guseka ute?
@@isokoidakama4622 ahubwo c abaye indyarya bitwaye iki
Ni uburyarya
@Nyiramucho Chantal ntabwo aruguseka babyita gushinyika Wenda nokurira kubera isoni
Ninde Yunv Yokwirabir Commet Gusaa Nkaj Amp likee,🤣🤣🤣Ham Sabin Ww Isi Yos Turakwemer mukazi Rondrr hasi Hejur Umugab W Gihoz Ugirir Surprise Amakunguu nabashak Kumeny Ukur Kwose Ham N Gihoze Azamwunviriz Nkabandi Ham Abagore Bose HariH Imiryango Ubizi Apan Ababanyi cnk Abagenz .
Sabin Koresh Ubweng Apan Ivy Irimwo Urik Urataa Umwany .
Bidakenew Koraa Icuzii
Ndimbati we iyo ndaya itwara abagabo babandi nawe iraguhagurukiye koko ndumiwe pe!
Indaya manaeeeeee imana ikubabarire🙏🙏🙏🙏🙏
Uy Umu maman yambaye neza cyane
Ndimbati rwose burya numuntu mwiza cyanee pe nshimishijwe nuko afitumutima woguhumuriza ndimba urimfura pe Giho nukuri ntugacikintege nokugusebya kuko burya nawe abayasebye kukurusha kuko arumunyabwenge yagusanga mukabikemura cyanee komurinaba christo rero nibayifuza kuseba ntibikabe ahubwo komera turagukunda ntuzongere nokuza wiregura ujyuza ujekuvugubutumwa ibindindi bigucintege bireke ndimbati ndagushimiye urimfura uzinubwenge niwugezweho byo giho jyukora ibikwiye kndi uhamanyanumutimawawe kwarukuri wirinde guhrmuka Imana izakurengera ikurenze naho yakugejej ntugasubire inyuma ahowavuye urahazi jyukomeza wisekere ndabikunda
Gihozo sinzi iy comment kuhava uyibona ariko je ndakwikundira bakuveko Naho womutwara umugabo nisafuriya bimukana ukayijana ahandi nikiburabweng kugira agukurikire? Soit forte ntavyacitse💪 mama wambay neza disii useke nampaka ubabaze abakwanka syiii🥰🥰🥰🥰
Hmm..Ntacyomvuze mwabantumwe !!
Camèra Man Mbonye aho Abera Umunyamwuga Robert Courage Urashoboye
Yesu atarajya kumusaraba gucungura abatuye isi ,abo yagiriye neza bose bamusasiye ibitenge bavugango hoziyana hoziyana hashimwe uje mwizina ryuje mwizina ryUwiteka. Ariko igihe cye kigeze cyo kunyuzwa mumubabaro kugirango acungure isi ,babandi bamusasiye ibitenge ngo atambukireho bavuze ngo nabambwe nabambwe. Rero iyo umuntu anyujijwe muruganda rwo gucurwa kugirango Imana irebe uburyo Igihozo ahagarara mukigeragezo isi igomba kuvuga ko yakubiswe nImana. Ibi ntibitangaje kuko na yobu byamubayeho abatuye isi bavugako yakubiswe nImana kandi mubyukuri ntacyaha yari yakoze. Rero niyihangane akomere asenge Cyanee Imana izamurengera kandi niki cyigeragezo kizaba ubuhamya bwibyo abyujijwemo, ubwo satani yamusabye ngo amugosore, nashikame rwose Umurengezi we arahari. Ikindi abantu mujye murinda ururimi rwanyu kubyo mudafitiye gihamya
Ukuntu Robert (camera man) yahise akosora akantu ka Logo ya Isimbi Tv mu maso ya Ndimbati byerekana ubunyamwuga. Bantu banjye mujye mushimira Sabin, ariko mwibuke na cameraman we!
Iyi style Yokubyinisha Amaguru nibibero yuyu muvugabutumwa nigatiki?
😂😂😂😂😂😂😂😁😁😁😁😁
Umva ntabwo aribyiza rwose uy'umucyo kubagore kirazira
Uwumva ko Igihozo avuga nka DJ Briane nampe like. Muzabahuze pe!
Oya isimbi yashya pe
Canee
Nishyari
Bamufitiye
Ngihozo
Komera
Imana
Irikumwenawe
Nukobabona
Haraho
Unjyeze
Ntacyizacyibamubantu
Komera
IImana
Irikumwenawe
Sambe
Umbabariye
Wamampaye
Nomeroyawe
Ndayishakacyane
Imana imbabarire pe imvugo yawe n,igitwenge bisa ukuntu.
Nicyo kikwereka injajwa yiyita umuvugabutumwa
Kbx
uyu mu mere ndamuzi twariganye i gikondo so na kera akiri muto niko yasekaga so please never judge people by looking in their face but by their act
Ndimbati rwose burya numuntu mwiza cyanee pe nshimishijwe nuko afitumutima woguhumuriza ndimba urimfura pe Giho nukuri ntugacikintege nokugusebya kuko burya nawe abayasebye kukurusha kuko arumunyabwenge yagusanga mukabikemura cyanee komurinaba christo rero nibayifuza kuseba ntibikabe ahubwo komera turagukunda ntuzongere nokuza wiregura ujyuza ujekuvugubutumwa ibindindi bigucintege bireke ndimbati ndagushimiye urimfura uzinubwenge niwugezweho byo
Mwabantu bi mana mwe mugabanye gucimansa ahubwo namwe mwite kwiherezo ryanyu
Iman Iguh Iherez Ryiza
Mwizina rya Yesu nizere ko udatwara ndimbati afite famille nziza nkunda! Ntumugudire mugore gaca!
Ariko mwagiye munvuga muziga
Hhhhhh mbega wowe
@@victouriaanddabsecl6418 ariko se ko ndengana nijye mba natanze amakuru ko nsanga bisubiranyemo nakari imuroli bakakandarika?😂😂
@ grace umulisa baba bushfire haze ariko muri twese ntawuzi ukuri ubwo rero ntiwabyuririraho unvuga ndimbati. Uziko kubeshyera umuntu bibaho? Sha jye byambayeho birampama neza neza uwambeshye aje kusaba imbabazi kuzimuha birananira I pe nazimuhaye ntankuru. Ubu ibyo yanvuze byankurikiye no murushako. Ubwo rero jye iyo nunvise banvuga umuntu unva ndaruca nkarumira.
mbega inseko...ubububwiriza butumwa bwubu nidanger
Najye narumiwe niyo seko da!
Wamubyeyi we wamabye neza ,ariko ntanduru ivugira ubusa kumusozi ,sabe uzazane nuriya mugore wundi
Kbs sha azamuzane nukuri peeee kuko Gihozo ari kwiherena ijambo
Nabahuze ari 2 maze turebe uvugisha ukuri
Gihozo simushira amakenga
Kwisobanura kubantu ntakimazi Ahubwo ku Mana niho yoba abishoboye.Ukuri murondera kwomara nimyaka myishi mutarakuronka.iciza nuko kwama gitsinda naho kwoteba kumenyekana
@@honorinegaju6201 Gihozo kumunwa yatsinda uriya mugore kuko umunwa rwose yarawubatse
Ahubwo gihozo aguma yitwenza nkuwuzi ikintu, kwisimbi yavuze kwico cumba cokururya mugore yahakanye ngo ntacazi ariko ikiganiro ernest yavuze ko gihozo yakijewmwo rimwe dufatiki?
Wowe uvugango gihozo arisekesha aramaze aseke gihozo isekere rata ubundi abinsi ntimunyurwa habe nagato mujye mumenya ibyanyu ibyabandi ntibibareba sigobwa rata gihozo ndagukunda nibakureke ndakwitorera imana iguhe imigisha myishi cyane
Igihozo josiane ukuntu ngukunda rwose Imana ikube hafi
MUREKE GIHOZO YISEKERE KUKO BENSHI KWISI ABANTU BABA BIFUZAKO UTASEKA ,IBYAHA ASHIJWA NIBA YARABIKOZE IMANA IRAKICAYE KUNTEBE YIMBABAZI YIHANE IMUBABARIRE ARK MUREBE IBYANYU KUKO NAMWE NTIMWOROHEWE
Umva Giho ibyo bitwenge nibyiryarya. ubanze wihane gutwara abagabo babandi.
Sibyo se abanze arekure umugabo wabandi
Sibyo se abanze arekure umugabo wabandi
Igitwenge Cy uyu mugore ntigisanzwe ariko!!!! WA mugore we Imana izagukoza isoni wumirwe.....
Yisetsa buryarya.arashakabamuhumuriza gusa ntashaka kwerekana ukuli nokurangizikibazo
Erega niyo yiregura ubona ko abeshya rwose ariko azumirwa m uzabibona
Ntago atekanye aba ajijisha ngo yerekane ko akomeye nkaho ubundi ntanseko mbonye aha nukuri
Rero twese nawuzi ukuri usibye Imana yonyine ,ese umuntu mukuru bamutwara gute
@@vestineuwamahoro6041 baba bashimanye ntago baba bamutwaye gusa Imana izatubaza byinshi KBS
Iyo wisobanuye cyane urisobanya
True
nimba mushaka kumenya amakuru neza mugomba guhuza impande zombi.pana kwitwaza Ndimbati ngwafashe kuvugira Gihozo.muzajya mukora inkuru neza mutabogama.
Uvuze ukuri rwoseeeee
Witwaje ndimbati ngo agukure mwisoni ????!!!! Iyuzana wa mudamu watwaye umugabo ?? Cg ukazana pastor wawe !!!!!!! Ceceka aho biracyaza .
Iyazana Pastor twamwemera kuko ntandimbati abigukurako nazane wamudamu yibye umugabo numushumba tuvyemere
Ndabona ndimbati yamubereye umuvugizi 🤷ntacyo yakora ngo ugukureho igisebo kikuriho mada😂😂
Gihozo yateguye kbxa ndimbati woe uhora utwika kbxa🔥🔥🔥
Mubyeyi , Imana ntirya ruswa , nukuri ibyo bavuga niba ari ukuri byose kumugaragaro bizatondekana , ariko niba ataribyo ukaba uhamanya n'umutima ko.ari intambara ziguhagurukiye zikinyoma , humura izarwana bucece utsinde bose nabimenye. Naho kugukomeza , nkaho ntacyo bivuze , bantu tujye tuvugisha ukuri , ndimba nubwo ntabana be bashimuswe aba mugenzi we babaye mayibobo .
Nimbutwenga uziko watwaye umugabo wabandi uragowe kko akogatwengo kazohinduka amariraaaa kuko wabpa Ubaye umusambanyikazi Ndimbati siwe agushigikira kko ivyawe nawe ntavyazi Rekura umugabo wabandi.Naho nimba bakubeshera niwihangane Yesu vyose azobishira kumugaragarô
Waooo ndabakunda mwese mwubahwe😍😍😍😍🙏🙏🙏
Hubahwe Imana
Jyew nsinkuzi giho ariko ndagukunda nubwo byaba byo ndakwikundira gusa wowe wikomeze kuri Yesu niwe aza guha gukiranuka kugeza kwiherezo
Usigaranye ndimbati kweri nimufatanye umushinga satani yarakurashepe muvyubi nonese uyonumunyamwuka warose fatanya mukine filim ivyubutumwa uvyihoze.
Ninde wakubyiyeko abanyamwuka batamenyana nabandi bantu
I love u Gihozo the way u are❤️❤️❤️💝💝💝
Ubwo nawe umaze izabandi 😂😂😂the way you are keep being inspired 😂😂😂😂narumiwe koko
@@Reine257 😂😂😂😂😂😂😂😜😜😜😜ahwiiii am dead
Ndimbati asigaye atwika agakongora 😂😂🌋
Gushyigikirana n' byiza ariko no kunengwa bigira ibyiza kuko bituma ibitagenda neza bikosorwa iyo rero umuntu akuvuze nabi harigihe uba ufite ikosa
Umugore wa Ndimbati abe maso uwo mugore wisekesha gutyo aramugutwara amanywa ava🙄
Yabikubwiye c mubyo yavuze harimo gutwara umugore wabandi
@@mukamureravalerie3775 soma neza ikinyarwanda.
Navugaga ko ari butware Ndimbati ( umugabo w'abandi)nkuko yatwaye wamugabo wundi
😂😂😂😂😂😂😂😂😂nanjye nivy mbona
inseko iraha eeeeeeeeeeeee nukwegura yegeka aha
Big up ndimbati uvuze ibintu bizima
Ndagukunda cyane ndimbati
Iyambalire rata kdi ujye wimara umubabaro wisekere kuko Imana Ibarusha imbabazi ndetse n urukundo
Mbega ibintu byambabaje gihozo nimba aribyo nukuri uzasabe imbabazi knd nimba ataribyo ugende uceceke nkuko nicyaha imbereyimana nabantu icyizere baribagufite kirashira nubwo abantu bashobora kukwereka ko ntakibazo woe niwoe ubuzi nkuko ikintu kibi niguta icyizere mubantu
Gihozo ni indyarya yarabikoze biragaragara ko yamutwaye uwomugore murabona yoroshyese??!
Wew urumucamanz
Ukuntu gihozo yisetsa yewe jyewe mbona bifite aho byavuye ntakabura imvano
Wayabonye ukuntu yisetsa jye bambabaroye uyumugore ntiyazagaruka ahotumureba
Adaseka se.
Afite amahoro ahabwa nuwiteka apana mwe
Imana wavugiye NIYO izokurwanira ntiwite kuvyo kwisigurira imbere y abantu natwe iburundi turagusengera josiane
Giho komera ma waba wabikoze
Umuti nicwe usenge urusheho
Kwegera Imana
Gihozo ibyo Imana yagukoresheje ni byinshi na Dawid yarafite umutima umeze uko Imana ishaka yica uriya wowe nta muntu wishe. Ndagukomeje komera udakora icyaha agutere ibuye
Nge sinterwa ubwoba nibyo bavuga byose kuri gihozo, ijambo ryImana rivuga ko uzabamenyera kubyo bama,
Ngewe rero ntakibi namubonyeho kuva namumenya.
Hari ibihamya bifatika se yazanye, umugabo we azaze abyemeze
Naho amagambo yabisi ujye uyihorera giho,ntamvura idahita.
Njyewe sinshobora kwandika Comment mbi kuri Gihozo kuko intebe y'ubucamanza Yesu ntayo yansigiye, kuko Uwiteka niwe waturemye ninawe ugomba kuturondora akaducira Imanza zidukwiriye, so Giho woe n'Imana yawe niwoe mubiziranyeho rata kuko n'umuturanyi wawe ntabwo yakumenya neza Imana yomwijuru abe ariyo Ibisobanura rwose.
Uzi ubwenge kdi ndagukunze pe!
Ese kombona @Ndimbati yarobye 😂 bimez bite Sabin😅😅😅😅😅😅😅😅
Nawe arahwera
🤣🤣🤣Birakaze kbsa
Ndimbatiwe Rata Baca Umugani Ngo Ukora ibyo Azi Ajugunya Ahetse👍👍👍👌
Ntibisanzwe rwose guhura kwa Gihozo na Ndimbati
Hahiye koko, i Burundi turabakurikirana
Nonese nimba uzi ko ari ikigeragezo bakubeshyera kuberiki wisobanura cyane kuki urategereza IMANA nimba uziko uri mukuri koko uba wabivanze pe kugeza aho wifashisha ndimbati kokk
Aba baba bashaka kwiyerekana ntakindi
Gihozo numukozi w'Imana nimureke igcamwacyamye ntawutagitera injugujugu😭🎤🎤😭😭
Niko bimez imburabweng zihutira gukoreshw nka yuda arik mfis ivyizigiro ko bizorangir satani amwaye
Sabin wampaye watsup yawe koko
Rero abantu iyo babonye umugoroba ugeze kumuntu baramutarama kuko bo baba bari kumanywa habo gsa bibagirwa ko nabo umugoroba wabo uzagera. Mujye mureka tuvuge tuziga. Twese byatubaho. Be strong abahaters bazahoraho. Ndimbati much respect kuko ufite ukuri kdi uri honest
Sabin uratumira urya muvyeyi nawe tumwumve twahaze iyi ntwengo itwihisha uramuzana tubumve bose 🤦♀️😭
Intwengo ni nka yayindi ya Eliane
Mum gihozo wambaye neza pe kdi nge ndakwikundira pe. Nahubundi ibyo bavuga bareke bavuge komera kumurimo
Wawu mbaye uwa mbere nabera.
Sabin lov u from 🇧🇮
Sabin ubuze kumutumira nuwo mudaso ngo numugabo ndimbati se nuwiki?
Kuko sabin aziko dukunda Ndimbati niyo mpamvu yamushyizemo kugirango abone views nyinshi.Erega sabin ari muri business.
Hhhh wifatiye wa mugore ariko niwibeshya ukiha ibyo gutwara ndimbati, umugore we ntacyina uzabona isomo too.
Yamutwaye uhari c mwagiye mureka guca imanza
Hahahaha oya pe yabaye ikivume gusa Uwo mugore ararinda pe!
Niwewe wamuvumye ntimukavume uwimana itavumye
Iyo nseko nkiya Éliane intera amakenga ahaaaa
Bitwaye iki se
Iyawe nayo?
@@shemaolive5296 hahhhh!!!nonese ninjye wabajyanye kuri social media tubabona muburyo butandukanye hari ubwo wowe umubona nka bikiramariraarko njye mubonank'indyarya kdi no uburenganzira bwanjye
Ndimbati,ndakwemera!ukwanga azahangayike
Sha Giho komera nd'umurundi ariko ndagukunda vrt,ibi uriko ucamwo nanje biranyigishije ukuntu uguma ukomeye mugihe nk'iki
Gihozo wambaye neza pee uraberwe, uri numugore uteye amabengeza kandi nubwo bakurwanya bamwe akenshi namashyari, jya wikomereza ugume uko uri wisekere nkuko usanzwe ibindi ubitere ishoti wikomereze kwiyunga nuwiteka isumba byose. Ndimbati rwose unvura kwigunga iyo nkubonye ndaseka nkatembagara.
Ndabakunda cane ndimbati ndaguhobereye
Ndimba warakoze komera cyane 🤝
Gihozo njye ntutuziranye pe!ariko niba abaturanyi barahamije ko yatwaye umugabo w'abandi ndetse bafite na facts zigaragara harimo n'inyandiko y'inzego zibanze nawe nahakane with proof!naho ubundi ibyo kwihumuriza no kwisekesha no kuvuga ngo Ndimbati aragufashije ibyo bimeze nk'buryarya.
Nta muntu utavugwa ariko nibamvuga uko ndi nzihana kuko hari abo nzaba nabangamiye nibambeshyera kdi kizaba ari ikigeragezo kizarangira so kuvuga ngo bari guca imanza kdi ari njye wabatije umurindi naba ndenganya abantu.
Gihozo rero kuba NDIMBATI yaguhumuriza sibyo byakugira umwere ahubwo genda wiyunge n'abaturanyi kuko bible ivuga ko ikizahambirwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambiriye kdi ikizahamburwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambuwe!plz be honnest.
❗Sabin niba koko uri gushaka kubaka abakumva atari views wishakira uzasure Gihozo iwe mu rugo ari kumwe n'uwo yita umugabo we wagarutse bari kumwe! Niyanga ko umufata video nkuko yabikoze kuri Bosebabireba Tv ni uburenganzira bwe ariko ntacyo muzaganire tumwumve amajwi
Icyo naringiye kuvuga urakimvuye rwose be blessed pee Urakoze pee Sabin azagereyo Abasure .
@@godaible8936 Ibindi ni ugupfundikanya,gusisibiranya bajijisha abantu!
Ndimbati ujye wirinda kuvuga amagambo utafitiye igihamya, nkubu wari ushigikiye uwo mugore, ubu ko ukuri kwaragaragaye? Niki ikindi wongera kuvuga se?
Wowe uzi ukuri kutaje kukuvuga?
Muvandi jya kuri bose babireba wiyumvire ukuntu arikubyemera ko yaratwaye umugabo wabandi.
Nyine wowe ndimbati ibyo ukora bitandukanye nivugabutumwa ,uba uri mu kazi ushaka kashi. Rero niba aribyo ibyo uwo bamuvuga ahindure inyito , kuko ntawuvugira imana ukora ibyo bavuga yaba akora . Ahindure kabisa azitwe irindi zina , ashake amafaranga nyine .
Ntamvura idahita gihe icyumweru kimwe ibi biribagirana abagutera amabuye bazaza kugusaba imbabazi ngo ubasengere
Ndimbati seee nabwo byoroshye nugire ubwoba pee ndimbati yaguhumurije pee shake yesu aguhumurize niwe urenganura abarengana
Gihozo
Siwo
Kwizerape!
komera GIHO.Shishikara ukorera IMANA ntihagire ikiguca intege.
Komera mukozi w lmana,Gihozo weee,iturize sha ukomez uhagarar ushikamye,ur uwagaciro niho mpamvu ndanakubwira ko ntan inkovu y uruvugo ,komera ushikame kumurimo wa NDIHO
Ese ko mubogamira uruhande rumwe mubaze impande zose muduhe amakuru atariho ivumbi, nimba aruriya mugore urimumakosa usebanya tumunenge kumugaragaro Wenda nuwomuvugira ntawamenya wasanga nawe atarishyashya .
Murashya narumiwe 😂🤣🤣🤣
Ndimbati rwose ndabizi nawe naka gakumi babavuga! Ubwo muhuye kuko muhuje amateka?
umucristo udatinya gutengwa ntatinya nogukora icyaha gihozoweee
Biboneka neza neza KO ico Kigore ari igisuma. Hhhh nigihozo Co guhoza nyene. Cambaye neza birumvikana nikijura cica abana kibicisha inzara. Nikibambwe
Nawe wabibonye arakaz pe
Guca imanza bibi
None nkumusi muzosanga atarivyo mwaramaze kuvuga ayo majambo muzokwifata gute muravuga imbere yo kuvuga ni ukwitonda ukaronkera ivyemezo ivyo uvugira
Hhhhhhhh ni gisuma kbsa
Nyimugace imanza sibyiza ese amaso yanyu azi kureba umuntu akarobanura igisuma bibi guca imanza
Gihozo wambaye neza cyane
Wamugorewe reka kwihisha mumyenda zana uwo mugabo wawe turebe
Mumurebye se niwe azobashikana mwijuru ?nyabuna nimwite kwiherezo ryanyu ibya gihozo mubireke.
Umu krist udatinya gutegwa ateye impungenge kdi ijambo ry'Imana riravuga ngo icyo muzahambira mwisi no mwijuru kizaba gihambiriwe
Ndimbati ndakwemera ariko iyi Dossier ya Gihozo si amagambo gusa. Gihozo azi ukuri nyakwo
I am sorry, I don't trust this woman
😂😂😂😂😂same
Uriya mugore aca kubu you tube bushasha bukeneye kumenyekan nuducommentaires sinon igihozo urahiriwe kuk Iman igiye kugushira hejuru caaaane uwavuze nabi azokorwa n'isoni, uraberew,urimwiza urumukoz w'Iman uratuje ijur rikugum hafi 🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Natanguye kugira amakenga avuga ko aho ya yara agwajwe numukire yigumije mukinya akijijwe, akiba ivyokurya bamugemuriye akandi azi kwatawundi azakubirya 🤔🤔😁 kandi yarimuvugabutumwa
Bika ayejo ncuti,ibintu vyose biterwa n'ibihe.
harya ngo ndimbati ahora amuhamagara amubwira ati komera hahahah nzabandora murumva aba bantu arishyashya ahubwo madam ndimbati wiyame hakirikare ataribyo muzumva
Ibitwenge birimo uburyarya nigitangaza
Ndimbati ndamukunda sha
Ndimbari rwose yubahwe ndakwikundira ukunda akazi kawe icyambere nikigutunze
Ariko ndimbati ntiwari ukwiye kuvuga NGO ibyo bivugabutumwa rwose🙏🙏🙏🙏 kuba utarikora ntibyatuma urituka ni ukuri..ndakwikundira ariko ako ko hoya
Very true
Mutuzanire Gihozo na mama lionel
Ababonako ndimbatii asobanutse bampe like