URUGO RWANANIYE KUBERA GUFUHA|Umugabo YANYISE INDAYA amfungira mu rugo|NANZE GUPFA nkiza amagara...
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Nubwo aruko byagendekeye Mutesi nabandi,ariko siko ingo zose zimeze👌,bakobwa ntimutinye gushaka ahubwo mwitonde muguhitamo abo muzabana,naho kubaka muri rusange ntimubitinye nibyiza.ndabakunda
Merci bcp Jesca ku nama nziza.
Jesca ndagukunda cyane Yesu azaguhe ijuru kuko uranyura urumukristope kandi uvuze nukuri amahitamo niyo atugoye abakobwa
Yooo Jessica ndagukunda cyane urakoze Ku nama nziza ibyo uvuze ni ukuri dutinde kumahitamo bizaba byiza kurushaho
❤❤
Rwose nibyo ingo zose sikimwe ark gushaka nibyiza pe
Rwose reka ngukomeze muri ibyo byooose byakubayeho mu rushako, Kandi ndanagushimire byimazeyo kuba wemeye ukifungura ukaduha iyo testimony, ndibaza ko hari benshi cyane byubatse, bigiriye umumaro mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Gusa uracyari muto, ni byiza kwizera ko nubwo ibyambere byaba bitarabaye byiiza cyane, ko hari Imana ishumbusha, Imana yomora, ishobora kumara uwo mubabaro, unyuze mu wundi mugabo. Rwose ibyo irabishoboye. Nshime na Isimbi TV, umurimo mwiza bakoze.
Umugabo wumva amabwire, umugabo ugenda uvuga umugore we aho abonye hose uwu s'umugabo rwose!!!! Umugabo ufuha cyaneeeee aba ariwe nyamabi yambere.
Umugore nu mugabo ni inkingi ebyiri za mwamba zifashe igisenge cyinzu ngo kitagwa.
Nta wugomba gutegeka undi ,nta wugomba gusuzugura undi nta wugomba kuruta undi.
Iyo byanze, aho kwiheba, kwicwa nagahinda, birutwa no kubivamo.
Murugo no aho kuruhukira ntabwo ari aho kubabarira.
Birababaje uburyo umuntu ashimishwa no kuragira undi boshye uragira ihene.
Umuntu akenera umudendezo ubwisanzure, ndetse nu umunezero.
Mutesi wowe nu mugabo wawe pole sana.
Shaa abagabo nabo barakavya umenga nibo mana zacu mukudukandamiza nanje icokintu narakizize notuma mba imbobo kbs hako fatwa ukuraho
if u are a christian the story is different .read wha bible says about head of the familly and his responsibilities and read also wife responsibilities in proverbs 31.however if u are not chiristian u are free to say so
H HLN
Mu
Ntibyoroshye
😂😂😂😂😂😂Sabin ngo " n'ubwo umugore yaba afite ibifaranga byinshi kukurusha , ni inshingano zaw zo kumwambika no kumuhahira "
Pole sana. Ibintu byakubayeho bimeze nkibyambayeho ndabyumva cyane, gusa njyewe ntabwo twari umugore numugabo twarakundanaga ark andusha imyaka 10 icyintu cyatuma ngumana nawe niwe warufite inshingano zo kunjyana kwishuri mbega niwe wankoreraga buri cyimwe kuko murugo twarabakene ninawe warudutunze njye na mama wanjye ibyo uwo mupapa yagukoreraga nanjye nibyo nakorewe gusa komera gutandukana nuwo mwabyaranye biragorana
Ubwiza bwumukobwa ntibumubuza kuruha koko 😭😭😭
Urabibona nakomeje kumwitegereza. Numugore burimugabo wese yakwishimira kubana nawe. Niyihangane
Nibyo pee, imana izamushumbusha undi 🤣
hahaha !uyu mugore uwamumpa ni umugore muzima pe ahubwo the guy is sick.
Mwebwe rero ntimukishinge aba badame baza kuri media nabo sishyashya nonese urabona nyina we atabifitemo uruhare
Niko Maman yajyaga ambwira nkiri umukobwa😪😪😪😪😪Ariko nasanze ariko bimeze😭😭😭😭
Abatarubaka ntimugire ubwoba ntabwo Ingo Zose Ari mbi!
Mwiriwe neza nshuti, umva Mutesi uvuze ijambo
rikomeye ngo umuntu agukura mu bandi yakugeza mu rugo akakubona nkuciriritse kndi mbere wari uwa mbere mu bandi. ndi Umusore ariko Imana izandinde gushaka nabi kuko nifuza kuzatanga Amahoro.
Imana ibyumve🙏
Sabin uzambarize uwo mudamu NGO salon de coiffures umugabo yamushingiye inyamata yayimazemo imyaka ingahe? Cantine yamushingiye haruguru ya gare ya nyamata yakoragamo nde ? Yahombye ite abantu bazajya bananirwa gukora nibarangizango babahejeje munzu
Yego rata! Hanyuma bazi gutera impuhwe kubi! Umugabo aterwa insecurities nimico nimyitwarire mibi yabagore yabo
Ako kantu Niko % abantu bafuha nibo baca inyuma abandi👍
Gupfuha buriya nikimenyetso curukundo kuko ntawopfuhira uwadakunda!
Haruwo urabona apfuhira umubanyi wiwe?
Gusa bivanye nimyitwarire yumuntu haraho y exagéra
Gushaka umuntu akiri muto cyane ubanza nabyo atari sawa nyamara, abenshi bagira regret
Urugo ruba rumeze nk’igi iyo ushatse ukiri muto kuko nta gutuza
Ni bibi cyane gushaka ukiri muto cyangwa gushaka amaraso ya gisore cyangwa ya gikobwa bitarashira ni bibi na bible irabibuza na mama yarabimbujije ngo ibibazo biraza kwihangana bikanga ariko iyo ukuze uba uzi icyo gukora
Nakwibwirira abagabo ko gufuha cyane bitubaka birasenya kwizera uwo mwashakanye birafasha kuko nubundi yashatse kuguca inyuma ashobora kubikora ntunabimenye ntibagatecyereze ko abagore babo iyo bari sociable bivuze ko babaca inyuma nabagore bibuko ariko courage cyane kubantu bahangayicyishijwe nibyingo 💪🏽 ntimugatange agatego mujye murwazarwaza hamwe nimana rurakomera
Turabazi di
Turabazi
Ufite Jalousie maladive ntanakimwe wamubwira ngo yumve ahora yumva ariwe uri m'ukuri.
Sh uvuze neza pe harigihe uba wumva watanga agatego Arko nukurwaza rwaza
Marriage is good but not a death sentence. divorce should be acceptable any time you feel your freedom and your well-being are being taken away from you.
Well said.
True
Excessive freedom is madness and excessive discipline is slavery
Thank yu but in africa we are just less informed about this marriage and divorce things
Ibiganiro wakoze byishi byiza ariko uyu ndumva ntakijyenda ubwose ibintu ari kuvuga nibiki ? Umuntu aragutuka ngurindaya bigatuma wahukana kereka niba haribindi bibyihishe inyuma gusa Sabin abantu barababayesha uwo ari kwigiza nkana umubwire azambaze nituganira azumvako ibye byoroshye kuko ndumva ntanama yahatari ari gutanga
private life kuri media buriya mbambona ataribyo harigihe wifuza ko babisiba bitagishobotse
Mercy si Merci
Mercy ni English ivuga impuhwe , imbabazi , ibambe
Naho Merci ni French ivuga urakoze
Mercy yaba nka misércodieux ou compassion
Merci ni thanks muri English
Inama natanga kubakobwa umuntu nagutera inda ntukihutira kubana nawe pe kuko usanga ingo nyinshi zibana aruko bateranye inda hakunze kubamo ibibazo sinashyigikira ko umukobwa abyarira iwabo ariko nanone banza ugire amakenga ureke kwihutira kugenda kubera inda iyo utuje akenshi Imana hari igihe igushyigikira ikakubakira urugo rwiza ari umusore yakwirinda kwihutira kuzana umukobwa yateye inda même n'umukobwa akirinda kwiruka ngo atazaseba
Ibi byose byakubayeho nuko mwembi ntarukundo mwari mufitanye kubera impamvu mwese mwari muzi zari zababayeho
Kwihangana bitera kunesha , ibabazo byose wanyuramo ufite kwihangana byose birangira ubitsinze. Ingo zubu zari zikwiye kubakira ku kwizerana no kwihanganirana.
Mutesi komera warababaye pee, urwo rurimi hari abarwumva n'abandi batabasha kurwumva kuko benshi bareba umuntu w'inyuba uw'imbere amenywa n'Imana na nyirubwite, gusa icyo nkundira Imana ibana nawe muri byose, courage
Abagabo cyangwa abagore bafuha cyane baba ari Indaya cyane..
Wapi ntago aribyo ijana kwizana mwna
Ni ijana kwijana
Warakoze sha kuruvamwo, ntakintu kibabajye nkokuba mugahinda kadashyira, ntawugusura cyangwase ngusure incuti nabavandimwe, ruhuka wongere uruhuke pe, ubwobuzima mbubayemwo imyaka myinshi wagirango twashatse mumuryango umwe neza neza, komera kandi wihangane.
Mwihangane biri henshi😭
Yooo pole mama warababaye, umuntu ugufata nkumugororwa rwose kandi ntanaguhe gaciro ku mutungo ni mubi birenze
Waretse kundiza koko?!😭😭😭😭😭😭😭😭 nge ndenda gupfa, njye sinzi naho imitungo ye yose iherereye, sinzi na compte ye! Sha nagahinda gusa, arantuka, haba turi mubantu, haba turi mubakozi, haba turi twenyine, mbese ntagaciro nagake ngira pe! Ntamuvandimwe ngira!
Pole mama
@@ailceuwimana5092 senga umwanzuro Imana uzaguha uzabe ariwo ukora
Umugabo wawe arwaye icyo bita (pervers narcissique), ntabwo bikira nta n'ubwo wamunezeza ng'iyo waguma mu rugo yakubwira ko uvugana n'abagabo kuri téléphone.kukwizera byo ntibibaho.
Kubana n'ifuhe rirenze n'ikigeragezo kitoroshye.
Nje ndamwumva 100%
@@wizyrozay Umuntu yayivuriza he?please turangire
Umugabo ni manipulateur pervers. Ntibikira. Ibintu byose babibinamo ibibi. Ni ba ntamunoza. Niyikomereze ubuzima uwo mugabo amureke burundu.
Umugabo wawe arwaye icyo bita (pervers narcissique), ntabwo bikira nta n'ubwo wamunezeza ng'iyo waguma mu rugo yakubwira ko uvugana n'abagabo kuri téléphone.kukwizera byo ntibibaho.
Kubana n'ifuhe rirenze n'ikigeragezo kitoroshye.
Ibyurushako namayoberane!
Iyi comment ivuze byinshi kd bihagije😂
She is beautiful and happy 😍😍mpore mama 🙏❤️Imana izagushoboza harimpamvu kandi warize byinshi nubuhamya bw’ejo
genda,harimpamvu?oya gusa igihe cose vyafata,uwomugore numwana pe.ntabwo yihangany koko,kuko kwihanga sukwumwaka umw,oya high cose
Ninde ubabaza bucura koko😭😭😭
Humura kibondo babucura bagira urukundo,ntangeso mbi bagira,baba baramenyereye guteta, baba baziko burimuntu abakunda,bibagirwa vubabarababbarira, bagakomereka cyaneee.Imana irabakunda kuko ntibagira imitima mibi.
Humura ukomeze ukorere Imana, uharanire gukora ibyiza Imana izakunezeza.
Umuntu ubabaza bucura wee cyereka mufashe😔
Uvuze ukuri ba bucura turi abo peee
@@janyteta491 rwose
Acwiiiiii ndagukunze @liberathe
Ihangane mubyeyi
numugabo umva amabwire nawe namugabo umurimo ndakurahiye pe
Ihangane mama hanze aha hari abantu bafite ibikomere byinshi batanashobora kujya kwisimbi kandi babaye Cyane. Imana izagufashe mubuzima buri imbere.
Ako kantu ka telephone no gufuha rwose Imana nikadukirize abagabo
Ntibyoroshye
Nta wushaka nk'uko nyina yashatse,erega mama reka afuhe afite impamvu ufite ubwiza burangaza abagabo wee
This is my story, exactly the same Imana iduhe gukomera
Me too 😭😭😭😭😭😭😭
Sorry for that, just be strong
Nubundi urimwiza nuzabura undi Ntamunu kamara Uwomureke ahubwo Niba yaragufuhiraga guryo niwe wakoraga amabara
True
Ariko muragirango kwishyira hanze byo muragirango nibintu , it's better komwaja mugumana ibyanyu , it's so very crazy umubyeyi nkuyu nkwishyira hanze bitya, mbega ubundi ibyo uvuga ukuri ninde wakumenya ko ibyo uvuga aribyo**
Yewe kurikigihe mbona ingo zaratewe na satani pe waba usenga waba udasenga yewe narumiwe
Jg
Ariko malgré tout uyu mudamu ashobora kuba ari umunyakuri! Aracyari muto njye namwifuriza ko Imana yongera kumuhuza n'umugabo we!
Ahubwo abone undi mugabo wenda we yamuhiira.uwo we ni iteshamutwe
Hoya nasubirane na papa wabana biwe nivyo mbona vyiza nta marayika ari hano kwisi arigihe yoja ahandi agasanga hoho birakaze umuntu afuhira uwo akunda uyo mugabo yara mukunda
Sha natwe niko bimeze mukobwa mwiza
Pole ndugu
Ibyo uvuze natwe niko tumeze wangu ariko ubu twarashikamye ubu turimo duhanyanyaza
Yooo pole,courage
Cyane da ukaba nkimfungwa
19yrs was way tooo young to get married.
So fanny cyane 🤣🤣🤣🤣.ngo ibyonkorera ababandi uwanjye bamufashe🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
He is a Narcissist, he treats you well when people are around but it changes in seconds when people steps out, they don't care about your needs and feelings. It is worse when you manage your emotions with calm and manage your words.
Disi ibi bihe nibyo ndimo 😭😭😭😭😭😭😭😭
Ariko hamwe n'Imana tuzatsinda.
Pole sana IMANA irakubona komera nawe iyakoze biriya nibisigaye Uwiteka azobiheraheza
Mwihangane gusa muhindure stratégie
Courage nshuti. Imana igutabare mu izina rya Yesu umwami wabami.
@@justinemuhoza1802 gute?
Ihangane pe bizashira
Sha ndumva ibyawe bimeze nkibyanjye. Gusa njye ndacyarurimo.iyo uhagarara neza ho gato wari kumushobora.ukirengagiza ibyo ubona bidatunganye agukorera.yagutoteza ukamushyikiriza ubutegetsi.wari kubishobora pe
REB izajye igenera abagore impamyabumenyi z'icyubahiro-cyane kubazajya baba bamaze imyaka 15 mu rugo. Mercy rwose uransekejeee🤣🤣🤣😂imbabazi z'abagore turazigora byaturambira tukabivamo
Wowe uravuga sha nzi uwakoraga umushahara wose akawuhereza Umugabo yagira ivyo agura agatanga za facture hejuru yibyo akanakubitwa
Ndabahaye shaweeeee Mutesi ukuntu yitondaga Sha we njye nda muzi Sha ni nyangamugayo kandi ntaca kuruhande
Story of ma life disiiii
Umugabo ni umwana wu wundi niko tubivuga mu kirundi.
Abanyarwandakazi nibeza pe
Naho ibyingo nzabimenya narugezemo
Reka ninywere icyayi
😂😂😂inywere
😂😂😂inywere
Kweeee
Inyweee nubundi ntamyaka ijana tuu
Inywere ako kacyayi rata nahubundi ibyingo byaraducanze.reka nanjye ntumize ka tangawizi
Same gufuha nibibi cyane abagabo mufuha mubireke gufuha birasenya Kandi iyo uru rukunaniye bwambere nanurundi washobor
Haguma ubuzima , waramaze kwigendera, nyuma y'urupfu habaho kuzuka
Washatse ufite amaraso ashyushye y ubwana kdi warugifite incuti nyinci z abana burungano ubwo wasuhuzaga babana mungana agafureka nabaturanyi bagashyiramo umunyu ngo bakubonanye nuduhumgu hhh kdi bibaho rwose abantu bato barasabana
Reka nongere nibutse abantu bari hafi gushaka cg batarashaka ko marriage atari achievement nkuko benshi babitekereza ahubwo ni choice kbr ko iyo aba ari achievement ntabwo twakabaye tuba tubona divorces zuzuye aha hanze niyo mpamvu rero marriage ari choice kbr ko ushobora gukora choice yumu partner mwiza hanyuma mukazabana forever cg x ugakora choice mbi yumu partner mubi mukazatandukana nta gihe kinini mumaze murakoze ahasigaye reka nge kwisongera ubugari ubundi nirire🏃🏃🏃
Uryoherwe n'ubugali bwawe, ubagiriye inama y'urugo abumva bumvise
urakoze kubw'umusanzu wawe utanze disi....reka iyi comment yawe nyibikeho..😇😇🥰
Uraburisha iki😋
Appétit rata😄😄😄
Marriage is not a reward, it is an assignment.
ark ubu buri wese azajya ashakisha itangaza makuru koko uhuye nakantu kose, ubwose mutesi ko ukiri muto knd akaba ari byiza gusanzana nuwawe mwakundanye mbere mukabyarana knd wihanganye ntiwishyire hanze mugasabana imbabazi ukareka kwiha rubanda bose nibqmwe
Muri societe nyarwanda iyo urimwiza ugira ikibazo cyo kwitwa indaya kandi iyo washatse umugabo wumuturage aba insecure akagushyiraho ingenza kandi ingenza zirasenya kuko ujya gusenya urwe urutiza umuhoro
Yes sure
Mutesi aravuga abashyitsi! Cg kujya mu mujyi! Hmmm muravuga mutarabona uwarakaje umugore, bakarara batavugana, bakirirwa batavugana, kandi nta acces ku mafaranga!!!! Madame yagira ibyago, yajya kubona akabona regles ngo bah!!!! Kandi nta na kotex 1 mu nzu!!!! 🙆🏾♀️🙆🏾♀️😩😩 cg ukora liste y’ibyo guhaha (umugabo) ati madame urahaha ibitunguru 100frw, inyanya 200frw, amakara utudobo 3, etc.
Ntago aba aribyiza gushyira hanze urugo rwawe niyo mwaba mutakibana kuko buriya nawe aje yavuga ibi byawe.
Sha urworugo rwari gereza kbsa! Iyatuma akureka naw ugakora ukironderera pôle Sana Imana izoguhoza pe
Sabain urakoze kuzana uyu mukobwa peeee ntabyo mvuze gusa birihose
Nukuripe murugo nukwizerana yontabirimwo rurasenyuka vubacyane
Mutesi ndakuramukije dufite amateka amwe pe pe pe. Ariko Mutesi we, abo bantu barwaye indwara y’a Jalousie kandi ni indwara ikomeye, rero waca bugufi wagira ute ntibikunda amaherezo ni ukuruvamo otherwise warugwamo umutima ukaguhagararana 🤷🏻♀️
Najye
Uyu mu mama nawe sha yaragukunda nawe urabizi kokwari kukwishimira.Hama abantu mukeneye formation zitandukanye za infomatique nibindi bijanye nigifundi mufyonde kwiyi foto mubona
Sindatahura impamvu abagabo bananiwe n'ingo bataza kuri Socio media. Abagore tugira amarangamutima tukavuga byose. Abatandukanye bahora bavuga ibyababayeho NGO baratwigisha sindamenya isomo twakuramo🤔🤔
Ubu uwazana umugabo we yatanga another side of the story. Kuko ngo ukoma urusyo akoma n'ingasire.
Aahha ntacyo nabivugaho cyane, kuko ibijyanye n'ingo kumva uruhande rimwe waba wibeshya cyane, birashoboka ko ari umugabo wamunanije cg we akananiza umugabo, ikindi ahantu bipfira abantu akenshi bashakana bafite utuntu bakekakekana ariko umwe akavuga ati nitubana bizakosoka, wenda umwe ati runaka azahinduka mu buryo bumwe cg ubundi, nyuma biza guhinduka, kuko however much ntushobora guhindura umuntu ngo Abe uwo wifuza ahubwo uramugandukira. Sabin ni hatari🤗
Nibyo ntawamenya ukuri Hari nabagore batoroshe Kandi burikuntu kiba gifite impanvu abagabo Bose sibabi.
Cyakora subeshyee ibyingo sibyo kwihutiraho gusa
icyo mbona nuko washatswe ukiri muto,19ans ni mike kdi waranavukiye mu rugo rukize .warutaramenya isi kdi warutaramenya icyo ushaka kuburyo ugiharanira!ikindi warigufata umwanya mukabiganiraho kukubuza akazi ntibyari gutuma usenya niba koko aricyo cyatumye usenya!gusa abakobwa bumvireho burya ushatse warakoreye amafranga wariguriye buri kimwe,waratembereye bituma iyo ushatse ibyo umntu yakwima byose uba warihaye ntacyakuabaza!
@@abatarisangagroup3903 ibyo uvuga nibyo cyane rwose! Ikintu cyabatandukanyije, ntugirengo cyavugirwa hano, bakomeje kwitsa ku gufuha ariko there something behind yo gufuha, so abantu ntitukihutire kugira uwo dushyiraho ikosa.
@@abatarisangagroup3903 yari yamuteye inda niyo mpamvu
Luckily enough you've high self-awareness
Mutesi mukobwa wayesu woe ubwawe wavuzengo guceceka nibyiza mbabarira haracyaramahirwe komwasubirana ntuzongere gusubira kuri camera imana niyo izi ubutungane bwawe plz ntuzongere kujya kuri camera
Ahhhaa abagore ba vision nageze naho jya muri RIB Simba byumva maranye imyaka 10numugabo ariko simbona icyatuma jya muri RIB
Sha ntunyibutse mukobwa mwiza urugo numushinga wokwitondera neza . uzikuba murugo gusa warabaye nkumu cakara utinyagambura uhora ukingiranye ngo nugufuha egokoo mpiswaaa mama weeee . ikindi umuntu wokusuzugurira umuryango ambonye nkuze sitwakumvikana kuko iyasuzugura umuryango wawe ubwo wowe uburi zero imbereye .egokooo
Ahandikumwe nawe%
Soit forte ma soeur, dufite inkuru zisa neza neza, gusenya ni icyemezo gikomeye iyo bibaye ngombwa ukabibasha nyuma yaho hari ubundi buzima. Uwiteka agushyigikire
Bibaho hari abagabo bafuha bankakako numugore yakora akazi hari nuwonzi I wacu umugabo yamugenda inyuma agiye noguhuza ubududu ngo yatevye indani muma shine ngaho bagata ngira bakarwana yewe ndi 🇧🇮🇧🇮🇧🇮 bibaho pe ivyo mutesi avuga
Guhuza ubududu niki???
😅😅 ubududu nakaunga gukubisha
Birahari nge ndabizi,harumugorenzi yajyagakukazi umugabo akamuhamagara akamubwirati neretwe urimo gusambana nabagabo mukorana.uwo bitarabaho ashimimana ufitabana babakobwa ajye abasengera bazashakeneza.
Uti washatse ufite imyaka 19 bakwambika n 'impeta ese koko nibyo? Nonese 19 yemerewe gukora umurenge? INAMA nakugira wowe muntu sibyiza gushyira urugo hanze ikindi kuba usenga nkuko ubivuga ntabwo byari bikwiyeko uza kuri kamera uje kutubwira insinzwi itagira insinzi uzagaruke utubwirako watsinze imitego ya satani.
Gute se sorry yubaka?knd we byaranze!!sorry iri kuruhande rumwe ntibyavamo..ikindi sorry ijyana no kwisubiraho....ntabwo Sorry ari ikintu cyo ...mugifaransa bavuga ngo "Abuser"noon na Yesu yaravuze ngo genda ariko "ucukiraho gucumura ukundi"aha nshatse kuvuga ku mpande zombi yaba umugabo yaba umugore ntawe ukwiye guhora muri Sorry atisubiraho...soo sinahamya ko ijambo sorry ubwaryo riba rihagije ngo ibintu bisubire mu buryo...ahubwo ikibazo kiba kigomba kwigwa mu muzi wacyo..kidacibwa hejuru ngo abantu bahore muri sorryyyyy
..wapiii
Mwihangane,
Kwihangana,ibombe ibyara amahirwe.
Kuvuga sorry gusa abantu babitojwe mumadini !ariko mubuzima ntabwo sorry ihagije gusa igihe idakurikiwe n'impinduka, burya gusaba imbabazi zicyo wamajije kumenya neza nibyo bitera impinduka nziza.
Naba nawe ugira Mama na Papa abandi babuze abo babibwira bahungira muri YESU.
🥰🥰🥰 you are such a lovely woman 🤗🤗🥰🥰🥰
Uyu mugabo sinamucira urubanza! Abagore nkaba bari too social babaho batamenya ko bashatse nkibyo yavuze ko agira inshuti zavagabo gusa ! Gufuha kumugabo byatewe nimyitwarire itari myiza yumugore! Umugore utagira aho agarukira mugusabana!bene abo bagore usanga inshuti zabo ari abagore b imico mibi cyangwa bananiwe ningo.Bituma umugabo yanga abagabo nabagore binshuti ze hanyuma umugore akagaragaza ko umugabo ari munyamafuti ko yamuciye kubantu
Sabin njye uzangulire MB kuko ibiganiro byo kwi simbi byambanye supadipe
Mbega umu dame mwiza! Mpore Mutesi, ntibiba vyoroshe. Abagabo barongora bakibaza ko ingo ari gereza, mwaretse kubangamira ubuzima bw'aba dames bacu Imana yaturemeye. Murabona nk'uyu koko ikw asa? Ibigabo bifise urukundo ruke tubisengere cane. 😀
Uri mwiza cyane
Uyu Mutesi ni muzima , umundangire Sabe duhuje amateka ibyamubayeho nanjye byambayeho
Ihangane mubyeyi mwiza ❤️
Uramutse uhuye n'umugabo we nawe ukamubaza uko byagenze ,wasanga wahita wanga uno mudamu ,ntago wagendera kuri side imwe nuko uwabashije gusobanura aruyu ,Ni hatali ntagikwe kbssaa
Burya kuneka umugore ninko gushira camera mugikoni. Ntukarote ibikora numusi numwe pe.
Akenshi bitewe n'umuco wacu usanga abantu wumva ko abagore bagomba kwemera ibibakorerwa byose, bagaceceka kdi ni ihohotera
Nonese ko yahohotewe ntiyajya munkiko akajya niba ari kwisimbi nibyo bikemura ikibazo umugore wumugabo agomba kugira indanga gaciro zumugore kujya kuri TV cg radio ugasebya umugabo sumuco mwiza ahubwo yagombaga guhamagara imiryango yombi akayica agasezera jumugaragara imbere yababyeyi bombing naho kuri social media rwose sumuco mwiza niba Muna tandukanye genda nawe agende ariko singombwa kubyasasa
@@patrickmuvandimwe2610 yavuze ko muryango yateranye kenshi ariko! Erega abantu baratandukanye ni ukuri kdi bumva ibintu mu buryo butandukanye. Buriya umwegereye mukaganira wamenya impamvu yagiye gutanga buriya buhamya kdi hari abo bwigishije yaba abagore cg abagabo pe!
@@bebebebe5149 uze kumva neza ikiganiro yagira ga ikibazo akirukankira iwabo kubera emission zababyeyi buriya bashobora nogufata icemezo kidakwiye ubundi iyo ugize ikibazo urumudamu buriya uhamagara sobukwe mbere iyo ufite sobukwe mwiza buriya aragikemura kandi umuhungu amvumva vuba kimwe numugabo njye ndubatse gusa ntakibazo ngirana numudamu wanjye ariko biramutse bibaye sinahamagara papa ahubwo bwambere nahamagara papa we nkamubwira amafuti yumukobwa we nawe iyo arumubyeyi muzima yigisha umwana we kandi akajya kumurongo. Njye ndakubwira nubu umugabo we njye turakorana akoresha imbaraga ze zose ngobasubirane umugore yaranze
@@patrickmuvandimwe2610 ukeka ko yangiye iki? Nuko adashaka kubaka?
Mama wange arashaje cyera yigeze kumbwira ngo kwisi hari abagabo 3 babi bikabije.umugabo ufuha,umugabo usambana,numugabo ugera.
Arambwira ati uzasabe Imana ntuzashake umwe muri abo.
Izo mbaraga akoresha ashaka kumugarura uzamugire inama azikoreshe yivuza, cg yisengera ngo ahinduke.umumbwirire ko umugore avukira amezi 9 nkabandi bana,umumbwirire ko umugore atari itungo bazirika bakaza kurigaburira.
Umubwire kandi amusabe imbabazi kuko kubabaza bucura ni icyaha😭
@@patrickmuvandimwe2610 nta utinda ishyamba buriya! Gusa si ko ababyeyi bose baba beza yaba a baby at a umuhungu cg umukobwa, iyo ari beza ni umugisha babafasha gukemura ikibazo ndebyemera pe! Ubwo iyo bitameze uko nawe urabyumva! Ingo ni izo gusengerwa ubundi abashakanye bagashyira imbaraga mu kuganira bagasabana
Nagusaba gusengera umugabo wawe harigihe yakwakira agakiza mugasubirana
Sha wari wifitiye icyumba iwanyu. Naho mu bisanzwe iyo umuruma ugutwi, ibyo bidayimoni byari kubahunga. Nayo weho wagize ikinyabupfura kinshi.
😂😂😂
ihangane. gusa bigaragara ko wishimira kuba mu isi y'amahoro. nta mpamvu yuko wakwemerera umuntu kugutuza mu gahinda ko mu mutima. yeah! Ingo zikwiye kugira igihe cyo kuganira kandi ikintu cyo gukeka gituma ukeka n'ibitariho.
Your man was not mature enough to hundle the family. (Ntamuntu) ucunga undi, a man is a lion to fellow man n a man is a snake to fellow man....this was designed by God to make us Grow spiritually. Do what you suppose to do n the rest leave it for God.That's the only way,remember we are the spirits living in the body.When a man isn't confused in the house everything is okay bcz he knows what to do the next.
Yeap uvuze ukuri umugabo we yari weak ubundi umugabo uri strong umuciye inyuma nawe yaterereta igikobwa kikurenze ahubwo ukiheba. Ni ukuvuga ko uwo mugabo dated out of his league.
That's african man. kuko babwira abagore ngo bicare mu rugo bakabatunga nk utunga abana. Umugabo yumva ko utamufite ntacyo wakwimarira agomba kugufata nk umwana w imyaka itanu ahandi ibi ni icyaha gihanirwa (abuse yaba :mentally or physically ) . irahanirwa.
@@dmx7228 aho si Rda urabeshye kereka niba ari ibindi bihugu naho hano iwacu njye nakuze nta mugore mbona uguma mu rugo n abanjye reka reka.
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭hmmmm sinfite icyo nakubwira uretse gukomera ukirerera abana gusa🙏😭😭 mbega umuntu duhuje amateka🙆♂️ twashakiye igihe imwe, imyaka imwe😭hmmm birandenze😭😭
Sorry
Me too 😭😭😭 I was only 18 and her story is EXACTLY LIKE MINE, it’s now two and a half years since I escaped death in a man’s hands 😭😭😭
Gusa tujye twubaha ababyeyi kuko irya Mukuru riratinda ariko ntirihera😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭.
Rwose ndumiwe ukuntu duhuje dossier.
Uwampa numero zawe Mute🤲🤲🤲🤲.Nagusaba guhura tukaganira tukaruhurana imitima
Ariko se ibi biba ari ubuhamya cg biba ari ukwimena inda? Nukuri mujye mujya kuri social media murebye ibyo mugiye gutanga niba bitazababera igisebo ndetse bikazagera no ku bana banyu kuko ntibisaza.
Gumana ibyawe nawe agumane ibye
Noe nind yaguhay ubutumir bwokuvyumviriz gumy ivyaw wew urek aband batwiyigishiriz 😋😋😋😏😏🤭🤭🤭
Ibyo nabivanyemo mukobwa wanjye
Ibi biraruhura
Pole sana mubyeyi mwiza
Sabe uzashake numugabo twumve nawe uruhanderwe
Ayo maseka ashinga nayiki? Nujyuseka ujyuseka ufashije
uyu mudamu ni muzima ariko nyine yahuye n uruvagusenya! No trust no love! Humura nuhura na right person uzarwubaka ! uwo si uwawe!
Ll
Wasenyewe, nindayaze, zamugucomekaga
Umugabo afuha gutyo akakwita n'indaya ni we ab'ari indaya,yarakuvanga agaca yiyagiriza,ukwiyagiriza kw'umugabo n'ugufuha cane gose...by th way ur'ikibaju rata uzosenge Imana izoguh amahigwe ya kabiri!!!
Caane umugabo ukwagiriza uburay akakwugarana ABA ari mumakosa
Nukuri pe
Ariko se byaribikwiye karibyo wajyamo utavuganye n'uwo mwashakanye?
Uvuze ukuri Mutesi umugabo afuha
Abasambana cane.
Yemwe shima Yesu yampaye umugore adafuha🙏
None nkajewe mubikorwa nkora vyamisiyose, konkunze kuyaga nabamama canke inkumi
Umugore wanje arinze amera kuwomugabo wa mutesi nobangowe
Oya ntibikabe ningorane🤔
Iyo ni version yiwe.kumbure uwobaza umugabo nawe yoyaga ayandi. Hari vyinshi bibera mu ngo kandi ukuri kumenya babiri gusa.abandi bumva ivyo umwe avuze kandi ntawuba uzi ko ari ukuri.
Umunyamakuru Sabin ubaza cg ukora ikiganiro n'umugore watandukanye n'umugabo we ntabunyamwuga ufite rwose,
N'ubutabera ntibwinjira mubijyanye n'ishwana ryabo hatabayeho kubahuza,
aho uri gukomeza guhanganisha abashakanye!
Sibyo bro...
None se nyirubwite wiyemeje kuza kuvuga kuri iyo experience urumva akeneye guhisha...ubu yaje kubwira abantu ibyamubayeho Sabin ararengana
Sha mbona bamwe muteta pe twe twarahebye none wowe ngo baragufuhiraga🙄
Uvuze ukuri muvandi nuko uyunawe abayibereye mukwishakira udufaranga ariko mubyukuri ibisibyiza
Haruba yabazanye kubivuga se?
Yooooo! Impore Mutesi! Uwiteka ahari ku bwawe n'abana
Hoberana Nyamata yose 🤣🤣🤣🤣🤣
Hhhhh ab'i Nyamata mwese ndabasuhuje muze duhoberane
Mbanumiwe Koko nyamata nzabahobera mwese
Ndabona Nyamata turi benshi rwose ..hobeeeeee cyane
@@muhongerwasylvia2042 uzibeshye wihobereshwe nyamata yose 🙄🙄
Nari nayobewe aho muzi
Abantu benshi muri comments bigize aba doctors ba mental health hahha , have you guys checked him?