GANZA FILMS UKENEYE KUTUGEZAHO IGITEKEREZO DUHAMAGARE CYANGWA UTWOHEREREZE UBUTUMWA KURI #0798479414 WADUSANGA NO KURI WHATSAPP NDETSE NA INSTAGRAM : ganza_films
Ariko uyu Ganza komwakomeje kumuduhisha !ko dukeneye kumenya uyu muntu utuma ibi byose bigerwaho??tukiga binyuriye muri film mutegura???ubu ntakabuza iyi channel igiye kuzabera benshi ikiraro,,njye numugore wanjye Hari imyumvire twahinduye myinshi bitewe na Ganza film ,,nukuri one day azatwiyereke cyangwa niba ari umwe murimwe mukina ubyiyitirira azatubwire tumushimire,, izi nizo film dukeneye..
Abakunzi ba ganza flm munkandire kwiyofoto yanjye twimenyanire❤❤❤
Hey
❤❤❤ 3:32 @@frednshuti3114
Sanyu Sha uge ukina uri romantic ❤,gukina uhemuka ntago bikubereye nukuntu uri umwana mwiza🎉
Yewewe mbegu mugore wikigoryi weeee ndumiwe pe❤❤
Abagore nkuyungunyu nibarebereho
Mbega inshutimbi manawe nihatari dutabare murakoze cyane gukomeza kuducyebura ndabakuricyira cyane ni emmy
Muduhe twatuntu tuhatwike twimanukira💃💃💃
Mbaye uwambere mumpe like ,,@ganzafilm itancika uyu mugabo naje gusanga adasanzwe ,mwise the best over the best professor.....
Umugore mubi gusa ntampuhwe ugira urambabaje
Nukuri Abangore baragwira Hano haze.birakaze kubaka Suburanga Gusa. Kubaka Numutima Murakoze kutwigisha 👌
Ibibintu Kandi bibaho , Gus birabaje kubona umugabo yishakaho buri kimwe ngo aneze umugore hanyuma umugore akamutura kumuhemukira , basi abakobwa murebe ganza film mufate isomo kuko nubwo umugabo waba utamushaka ntago wakora Ib isa nkibyo sanyo yamukoreye amumenaho ninzoga Koko, nubwo Ari film ngewe biranyigishije , so ababasore nabo ntakigenda kabisa ukifata ukanywera amafaranga yumugore Koko , aba ntabagabo bazima bazabavamo pe , gs mukina neza pe , ndabakunda cyne
Murakoze kuri Ganza films ibyiza mudahwema kudushyikiriz.mukomerezahmubiromo neza
Benga boys bavuga kumungore😢😢,ngo umugabo nafite umugore nigicucu gusa😮😮😮
Ubundi flm yose irimo soreye na kanimba ni❤️
Yebabaweee!! mbega kubona sanyu yarumby'ukuntu bibishye; Sha ndumva ntari kubyakira 2.
Cyakoze Aba basore Bazi acting kbx Reba vibe batanga kwer nario nuyu musore bakinnye role zibintu biberamo neza neza😂 keep it up kuri ganza films❤
Biberamo se warababonye cg muhurirayoo😂
Ark woe presenter wa ganza film nkunda ibitekerezo byawe nukuri kdi Ganza film ndabakunda cyaneee mwubaka urwanda rwiza muri imfura mukomerezaho turabakunda kweli
Thank you Kuba mukunda ibyo dukora Kandi bikabanezeza turarushaho gukora cyanee
Ganza is very smart you ibintu ukora byarenze ubwenge bwanjye keep it up muratwubaka ,,please never give up. This channel is my life rwose....
Ewane deric ni Mr vibes kbx ❤❤❤kuri ganza film kubera inyigisho
Umva mbabwire Ganza mubitegura neza kbs mukomereze aho ❤❤❤
Sanyu uri umugire mubi nagukundag ark bitewe nibinyu ukoze umugabo ntawabigushimita ingaru u😢
Yesuuuuuu😮😮 sanyu urimaswa yewe sugukina peeee 😢 uzapfa ryari Toka urumukobwa cg urumukobwakobwa
waoooo
Murabarimu beza nukuri mikomerezaho murambe tubahorane🙏🇷🇼❤️
Mbegaweee!!! Mbega sanyu weee!!! Mbega umumama utanze amasomo!!! Urugo rwa Cristian& sanyu ruduhaye isomo twebwe abitegura kurushinga abasa twubahe bashikibacu kk batureberera gs team Ganza films muratwigisha tukabakunda cyane!! mukomereze aho muri abumumaro kubanyarwanda Bose nabandi bose bakurikirana films zanyu ark byumwihariko Cristian &Darda muradufata❤❤❤
Be blessed be blessed bcz your films are true advices which are today familly🙏🙏🙏
Turagumiwe karabaye😢😢😢
Waoh. Film nziza yigishaaa. Mukina neza cane
Abantu tunjye tugira ubumuntu ntitugakunde ibintu kurenza umuntu plz umuntu ntukamukunde mubyiza gusa ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Toka kure wa shyano we ry,umugore,uri mayibobo y,umugore
King of product I love you
Sha ndabakunda cyanee
Ndabakunda caaane
Cristian ooo ikinta neza nkabikunda.gyz gusa abagore nkaba babaho❤
Ndumiwe uyusumugore namabara nukuri arikose ariwoe urwaye akagute rerana wabige nzagute gusa ubamba isi ntakurura ikindi wamugabo komera urakomere wep
Turabashimire cyane barimu beza lmana ibahe Umugisha mwishi Nukuri murabagaciro
Murakoze kunyigisho nziza ❤
Muzamugerageza mwambare neza
Soreyi ndagushimiye cyane komerezaho
Ndabakunda nimpamo
Kanimba na soreye murampemukiyepe iyo mukubita izongegera
Yes King of product (Alpha)
Sha sandra uzigukina ufitimpano gusa wabayigikumi naguherukaga urimuto from rwamagana
Ariko Aba Basore Nabo Nimbwa ko badafasha Umugabo mujyenzi wabo?! Byibuze ngo bamushakire na Gasupu.
Mbega umugore n akumiro
❤❤❤❤mbega
Ubundi nario ni number one
❤❤❤❤ nukuri turabashima
Atk se Soleil na kanimba bazakundanye koko baraberanye ❤❤❤❤❤❤❤❤😂😂😅
Kand ari umugore numugabo nubund ntgx wabony nubukw bwabi
mbega umugore ahhhh nishyano kbx
Alpha 💓💓💓💓💕 mbega inkumi weee
Inshako ziragwira gusa muratwigisha pe umugani ugana akariho ibi bibaho ni ukuri.
Turabemera cyanee ariko mbega uugoreee
Derick ndagukunda ukina neza ❤
Mbakunda cyane buriya knd courage❤
I Love you derc ndabakunda pe!
Cyokoze ndababaye,
Biriya biyoga banywa nibyo biboshya ngewe birambabaje , especially sanyo , uburanga sibwo bwubaka , umutima nubwenge nibyo byuba , abakunda uburanga mwigaye
Iyifirime ndayikunzepe
Ndabakuundaaaaaaaa mukomerezaho
Soleil, courage vraiment
Muraho neza mwazaguye mugaragaza igice kirangiye ko aribyo byaba byiza.murakoze
Darda & christian ndanakunda cyane muratwigisha tukanyurwa caurage
Sole wambara nez nkabikunda p❤
Courage kabisa
Mwekubeshyera Inzoga. Umuntu wese atsinda uko basanzwe. Inzoga se Ninde utazi nywa. Ubuse bose n ibigoryi cg n, Abagome gutya.. Inzoga nizabagabo. Ntamugore wanyweye Inzoga. Ubu bashatse ntiba a Murongo bakamutera inda na Sida.
sister wawe yari yarakubwiye ko uwo mukobwa yari ikirara muri kaminuza bose ko bari bamuzi
Mwajyiye mushyiraho download
Ntabwo film irangira gutwo sms ntabwo iba itazwe kumukobwa ushaka amafranga
Cyakora ewana kanimba na soleil role yanyu murayumva pe. Ese ubundi koko mwakwishakaniye biri real ko byazatunezeza❤
Ariko uyu Ganza komwakomeje kumuduhisha !ko dukeneye kumenya uyu muntu utuma ibi byose bigerwaho??tukiga binyuriye muri film mutegura???ubu ntakabuza iyi channel igiye kuzabera benshi ikiraro,,njye numugore wanjye Hari imyumvire twahinduye myinshi bitewe na Ganza film ,,nukuri one day azatwiyereke cyangwa niba ari umwe murimwe mukina ubyiyitirira azatubwire tumushimire,, izi nizo film dukeneye..
Mba numva ganza Ari Soleil
Niwe kbs
Aragapuuuu
Ganza film Respect❤ mbakunda cyn
Muzahe akazi madudu mushuti wawe
Mba rutsiro ariko nkunda soleil pee yaba uko akina niba no ndetse na hausing no kumutima ariko bimeze yaba ari saw rwose ❤❤!!!
Ibyobibaho kbsa gsa Abagore barabakera kbsa.
Kanimba 😂kurira byamunaniye
Bamwita kamatari ndabona wabishobora😊
Ihangane bro washatse nabi
Ganza filmtubahorane💞💞💞💞❤️❤️❤️💞❤️
Ibi byabyita gushaka Nabi, reka nkurikire agakino..
Abagore baragwira pe nuko turumirwa🤔🤔🤔🤔
Yewe, Nta igikwe rwo. Noneho iyiyo bihumiye kumirari. Wallah. Apuu
Soleil uwazakunyereka live haricyo nazakubwira❤
Sanyu byambabaje
Tikiy mukomerezaho
Mbega umugore w'igito ,Mana wee
Yooo mbega film Sha wagirango ni petitfrere wajye mwafashe ibibazobye abaribyomukina Chris polesana
Cyaze , clissitian na dalider muractinga bikadushimisha, cyereka mubanye byab'aribyiza, turabakunda
Tubigirahobgishi
Nukuri murabarimu bezapeee
Kristian Anda dalid mbakunda birenze❤❤❤
Abagore nkaba ahaaa😂 kanimba nawe ati madam apuuuu
Ndabashimiye rwose mukina neza mugahanura neza
Cristian ooo ikinta neza nkabikunda.gyz gusa abagore nkaba babaho
Muraho neza ! Mwapfashije Koko , nigute nabona numero ya Darda ❤ipfura cn !! Nukuri mwaba mukoze
Ese uwo muzamu ubwira umushyitsi gukomereza mucyumba cya Sebuja we nigati ki?😂😂
Byibuze kuri finare tubonye ibyo mwigishaga
Abagore bibirara bariho aribenshi ark nabeza bariho
Aba bombi bacyina miribamenya kanimba namadamu
Ego wamugore uragatsindwa nimana puuuuu
Mushireho akandi sanyo yaraKennye byaramuyobeye
Muratwigishape turabaku
Ababyeyi bagize umusazi Mimi ibitekerezo by' abana nabyo by' ubawe
Kamezeneza2
♥️♥️♥️♥️♥️