ABANTUTSE KU BUKWE BWANJYE||Tidjara Kabendera YAHISHUYE ibintu bikomeye ku bukwe budasanzwe yakoze
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- Umubano we na Burakari wanze gukomeza kuba mwiza kugeza ubwo mu 2015 bahisemo gutandukana kandi ngo kugeza uyu munsi bakomeje kuba inshuti zisanzwe, zinasangiye umukobwa zabyaranye. Bari barabyaranye abana babiri barimo n’ukuze w’imyaka 21.
Tidjara na Abdulnasahmad bubuye umubano mu mwaka wa 2016 nyuma y’uko Burakari amaze guca ize nzira.
Ubuzima bw’urukundo rwa Tidjara na Abdulnasahmad bakoze ubukwe mu minsi ishize nyuma yo gutandukana na Bukara, babuherukagamo mu 1996 ari nabyo babyaranye. Uyu mugabo ngo ntiyigeze ashaka undi mugore ari nacyo cyatumye agisaba Tidjara ko basubukura atarigeze ajijinganya.
Kuba tidjara yashaka nibyiza ariko kuba asubiranye nuwo babyaranye ni akarusho🥰🥰
Cyane❤❤❤❤❤
YEAH NI SAWA CYANE UGIRA UKURI CYANE NDAGUKUNZE ALLAH AKOMEZE AGUSHYIGIKIRE NA FAMILLE YAWE KANDI AJYE AHORA AKUNEZEZA
Komera rwose, uri umumama mwiza Imana ibiteho muri byose
I just love TK no matter what😍😍😘😘
Nagukundaga ariko ndushijeho kuba warasubiranye na papa w’abana nibyiza ntibikunze kubaho Imana iguhe umugisha muri byose muzongere mubyare hungu n’a kobwa❤️
Umva ibyowakoze iyaba nabandi bagore batekerezaga nkawe harababona byanze bagashaka nuwa 3 arko wowe watekereje neza kdi ibisubizo byawe uburyo usobanuramo amagambo biragaragarako wasoma gusa birashimishije kbs
Asalam alaykum warahmatullah wabarrakatuh? Realy i love the way u express your confidentiality and reality in all your doings.Tidjara i love you so much you can't understand!
Iteka iyo Umuntu akoze ibyo abandi badashoboye, abantu babibona nk'ibitabaho. TK, congratulations 🎊 umwanzuro wafashe nako mwafashe ni uwa Kigabo. Kadra ya Mungu kwa mwanadamu ni nzuri.
Allah ashyire barak murukundo rwanyu
Sha, ngukundiye ko uvuze neza umugabo mwatandukanye nta mpamvu yo kumushyira kukarubanda. Urumunyabwenge kbsa
Nivizurisana tumefurahi kurudishana na baba watoto
Tidj rata uri umunyembaraga uyubakire ubundi ubareke kbsa imana izakubakire.
let them talk sunajuwa dada angu kwa kiswahili wanasema watasema watacoka combo ca Jose chamilion mambo bado
NUKURI NI BYIZA ARIKO USANGE YESU AKOMORE IBIKOMERE , NDATEGETSE NGO UZUBAKE MU IZINA RYA YESU
Wowe tera imbere ibindi ubyime amatwii kuko ntiwabuza inyobya kuyomba
Uyu mu maman sindamuzi,ariko ndamukunze.une brave maman
mubyeyi turakwishimiye tera imbere ikingenzi ni ukubaho wowe ubwawe n'umuryango wawe wishimye cyane. Uwiteka abakomeze
Congrats rata ntampamvu yo gusazira murugo rwa wenyine
Tidjara nukuri uri umudamu wintangarugero, ariko muzihangane ntimuzongere gutana mukomeze mwibanire neza!
Ahubwo n'ubundi uwo niwe mugabo wawe uhamye
Ubuzima bwawe privée ntawe mbireba. Abantu bazavuga no matter what. Ntakwisobanura kubantu kuko uba ubaha ibindi bavuga. Gusa mwihangane ntimuzongere gutandukana kuko ntabwo ariwo mugambi w Imana.
Yeg rata
nukuri imana ihe umugisha urugo rwanyu kd kugira urugo numugisha haribenshi bifuza gukobwa god bless you .
toutes mes félicitations madame ukuboko kw'imana kukubeho t'es une brave femme
Ego sha nje nshimishijwe nuko urikumwe na papa wabana nivyiza binezeza abana
Allah azakubakire urukomeye, unteye emotion peee! Abantu ni abacamanza ariko Imana ni nyir'imbabazi n;urukundo rwinshi
ndagukunda abagusebya bareke baba babuze ibyo bavuga Imana irakurinze komera
Well said mama...u are a source of inspiration for all single mothers.
Tidjara ngendakwemera
Ni byiza ndetse cyane, ariko icyo nabifuriza nuko mutazongera gutana
Tidjara courage abantu bakunda byacice kdi bitabareba courage kbs
Tidja,urintwari rekana nabavuga ntagihe bazaceceka
You fools how you Said
OMG what can i say TK at least finely you have helped me out i think i have to surrender this life i have been in 20yrs enough is enough seriously this story is me thank you beautiful your just amazing lady God bless you in your new journey
Allah akomeze kubarinda
Nibakureke ntaco wacumuye waharaniye umuryango wawe kandi nisewabo ndakwikundiye waragize ukwihangana
Tike turagufillinga sana
Uri umudamu mwiza wo kwifuzwa! Ndagukunze cyane pe, wakoze neza rwose iyo ibintu byanze ntakwinginga kdi papa wabana yabonetse rekana nabantu wimenye wenyine
Courage petite sœur ubuzima ni ubwawe abandi ujye ubihorera umusonga w'undi ntukubuza gusinzira niko bavuga mu kinyarwanda waramaze
Yooooo Ndagukunze mama wabatoto
Urakoze cyane Tidjala. Imana igufashe uru rwo ruzarambe. Love from USA
MaashaAllah byiz
Umva ibyo utubwiye birasobanutse kdi birimo ukuri kwinshi kuko mu bantu bagerageje gusobanura ubuzima ba bayemo uri mu bambere nda gukunze cyaneee
Congs TK, ugire imigisha mu rugo rushya 👏🏻👏🏻
Yeah uri umuntu mwiza peer njy ndushijeho kugukunda nukuri
Uwiteka abahe umugisha mbifurije urungo ruhire
Ntibagucire urubanza kubyo wakoze kuko nta mugore nkawe ukwiriye kubaho wenyine kandi umugabo babyaranye nawe ahari kandi nta mugore afite! Urigo rwiza. Ntuzongere kugir'ibyago ngo mutandukane.
TK ndakwemera sana!
Uwiteka aguhe umugisha n'abawe bose.
👍💕 urumudamu wumunyakuri kd wumunyembaraga👍 ❤️
Ma shallah ndagushyigikiye
Dufite amateka ajya gusa urankomeje cyanee
Rata Imana ikubakire urugo!!
ndagukunze cyaneee nibake bagira Ubutwari uwiteka uzakubakire rukomere cyaneee
Still ariko hari undi utarikumwe na papa we 😲😲😲😲 Ha ha ha ndasaze 😂😂 ntuwo mwatandukanye nawe nuko yavugaga ngo abo bana 2 nabe 😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Mana ndakwinginze umpe kwihangana nicecekere 😷😷😷😷😷😷😷😷😷😷
ndumva bitakureba uyu ni umuntu mukuru ibyemezo yafata niwe bireba ntimugakomeze ibintu rwose!mwifurize guhirwa gusa nta kindi
@@user26041 aha! Reka nicecekere niba bitandeba 😂😂😂😂😂
Tijyara ndagukunda uranyubatse
Haribenshi wigishije
Tidjara uri umwana mwiza komereza aho . nibakureke uri intwari kabisa .
Yoo Imana Izabasajishe Neza Rwose Kandi Noneho Rwose Impamvu Yajyanye Papa Wumukobwa Uzayimurinde
Ngushimye cyane ntashano wakoze nagato
ahubwo ndumva byari byiza, gukora ubukwe bwababyeyi bawe sha!
Ni bakureke yego Ikibazo dukunda kwinjira ubuzima bwabandi keep up
jy'ureka abantu bavuge n'uburenganzira bwabo, ururimi n'inyama yigenga, ubishaka cg utabishaka ruravuga neza cg nabi, urugo n'urwa babili ntitukinjire mu buzima bw'ingo z'abandi, iby'umugabo n;umugore bireba bireba umugabo n'umugore, batangira nta numwe wari uhari. uyu mubyeyi mwifurije urugo ruhire n'umwaka mwiza w'amata n'ubuki. vive la vie familiale
Komera shikama
Big up sweetie TK I love u 4 ever. Wherever I hear ur voice I remember ur dady kabendera shinani may his soul rest in peace
Be blessed ntukabe wenyine your life is yours
Unva njye ndakwemrye chérie uri umusirimu kbs uri Umuzungu nta mpanvu yo kwizirika kumuntu nkaho arikimata kuba ubayeho ubabaye why ntabwo tugomba kubaho mubuzima bwo kwihambira nukuri tukuri nyuma ahubwo dukuremo isomo haveho kwicana no gutemana buri wese ajye mubuzima bwe
Urasobanutse
Urumunyakuri rwose
Thanks for your inspiration dear Tk
Buriwese na choice ye bareke bavuge we wikomerezubuzima
Man nanjye ngukunda kubi pe
Siwowe wambere rata nturinuwanyuma gutandukana reka abantu Uwiteka niwe ufite ubuzima bwawe mukiganza cye bihorere Iman niyo nkuru utabusya abwita ubumera
Aha ndasobanukiwe pe
imana iguhere imigisha gukunda abana bawe
Asalam alaikum warahmatullahi wabarakatuh nibakureke ntanimpamvu yogusigura igikuru nuko we uvyumva nabana kandi ukaba utakoshereje imana
Mansha’Allah umeongea maneno mazuri sana Mungu akubariki katika ndoa yako . Umefanya maamuzi mazuri sana kukubali baba wa watoto nimefurahi sana . zamani tuko Rwanda tunaskiliza radio rwanda tunamsika mzee kabendera Mungu amlaze mahala pema peponi .., wanao sema usiwajali wewe tizama maisha yako Tuu ndio muhim kwako ni mimi kutoka 🇴🇲🇴🇲🇴🇲 nakupenda sana 🥰🥰
Tijar ivyobibaho rata nibakureke umuntu wese kuriyisi afise ivyiman yamuteguriy
wowww Gokombwa kabiri ni experience ifite bate, stay strong Mama, bazavuga baruhe
No ku decidant kubana nuwo mwabyaranye utazanye uwa 3. Urumunyabwenge kbsa
Uritwari cyane KBS imana ibehafi
Arko disi Imana iguhe umugisha mwinshi ko watanze imbabazi kdi mubyukuri byose tubikorera abana bacu abo bose nabatazi agaciro ko kubana numuryango wuzuye mwishimanye courage Tidjala wacu Kdi byose n Imana ibitugenera ndagushyigikiye wabaye intwari cyane rwose Imana ikunezeze rwose
Ahubwo n'iri jambo iyo ashaka aba yaryihoreye, ABAVUGAGURA BAGAKOMEZA, KUKO N'UBUNDI BAZAKOMEZA...
TK,,, nta GIKUBA CYACITSE,,, VA KUBANTU,,, WIRERERE ABANA BAWE WIKUNDIRE NUMUGABO WAWE MUSHYA... ALLAH AKURINDE... NDAKWEMERA
Ahubwo wabigenje neza.
Urukundo ni urwa mbere Tidjara...
Uzasaza neza cyane.
Ntiwabuza abantu kuvuga bihorere n'uburenganzira bwabo. Nibareke kukwinjirira mu buzima! Nkwifurije urugo rushya ruhure. Birambabaje ukuntu wisobanura ngo abavuga banyurwe! Bareke n'ibyabo! Wowe ikomereze ubuzima bwawe! I support the decision you have taken! Only make sure your daughter from the husband you divorced from feels happy and comfortable. Do you live with her too or still with the father? Please and please make sure she be taken care of even more than the time you were with her father to make her feel okay.
Bakureke kuko buri wese agira inzira ye kndi amahirwe y'abantu ntangana ! Komeza urugendo ntucikwe intege wubahe uwo Imana iguhaye kndi wubahe uwo mwatandukanye ntimube abanzi ubundi wisengere Allah agukomeze ureke abavuga bavuge bazasigara muribyo wowe ugeze kure ! Ndakwemera ndagukunda !
OK tijra bibaho rata gs ndasobanukiwe
Imana ikujye imbere
T.K,Urumuntu w'Umugabo kbx ndakwemera. Abo bavuga bareke kdi keep it up.
Disi ndushijeho kugukunda TK, Imana ikomeze ibubakire let them talk
Ce bon ca
Byiza cyane tky ndagukunda cyane nirwojyere abavuga bareke bavujye
Ntakabura Imvano mama kd ibaze kundi nawe yahisemo kukunanira rero mama nuwo akeneye urukundo nokwerekwa ko urintwari aratereta bushya macherie uko nukuri👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍
Ngukunze kurushaho
My role model TK ,nakwigiyeho byinshi byiza harimo kwihangana ndetse no kubabarira
T.K ibintu wakoze nisawa cyane
Abavuga bo bareke bavuge. Njye ndagushyigikiye
T.K wakoze neza cyane,byari kuba ikibazo iyo abana bakomeza gukura batazi se.ariko se nibo baguhatiye gusubira nase?
congz my big sister bareke bavuge nibaruha bazarekera
woowww.courage tija wanjye urumugore wintwari kabisa irire ubuzima wirerere abana wikundanire numugabo wawe abandi bareke bajiginywe .uryoherwe nubuzima igiko
Isomo nuko umuntu wabyayeho aba yakisubirirayo.
Nge kandi uwo natera inda twaba tuzanabana byanga byakunda.
Njye sinarinfite aya amakuru ariko ndanyuzwe
ibyo wakoze nibyaribikwiye ubwo nukuvuga ko wiyandaritse gusa uracyari umwandu wimana yoniyakwemera kuguhara nubwo wayigomera bikabije. nakomeje kumva ushimagiza #Anita# nkoresheje ayamagambo gusa niwumveko arukuvuga amabi #tk# aragira ati: "nangunzu iyoberwa cg ngo yibagirwe ngenzi yayo ndetse niyanayirengagiza".
umva wisarara ndagukunda najye nabyaye 2 mfite makumyabiri ibyondabizi cyane jyubareka bavuge ibyobatazi
@@jkumbuk4937
Sha urazi kugaya ngira mufite icyo mupfa wee ...
Ntakosa wakoze ndagukunda cane Allah akujimbere
@@jkumbuk4937 umva mwene da ashobora kubyara kandi utiyandarika ashobora no gushaka kabiri Atari uko wiyandarika
Wagize neza kongera kwakira se wabana bawe ntibisanzwe nubutwari kuko abantu benshi baheranwa ni bikomere ntibabashe kubabarira nokwakira.
Bihorere hari abafite imyaka 4o batarashaka nishyari turagukunda.
Tijhara ndagukunze cyane
TK strong woman rekana naba paparazi wafash décision ikwiriye
Wooow! Felicitation Titi kandi Imana nisingizwe kuko mwongeye guhura na Papa w'abana. Nibakuveho
ariko se niwe wambare utandukanye numugabo kweri???? sha ma dear nkuko wabivuze live your life peeeee
Ntiwanezeza abantu ngo Ubabashe shenge
Tidjara uvuze ijambo rinkoze k'umutima pe!!!
kd Allah akomeze agushyigikire m'urundi rugendo utangiye rw'ubuzima