EXCELLENT conversation Sabin & Invitee Yawe!!! NTI MU KOMEZE kufuga ayo ma topics (even if abantu bara tukana)...Muma social media ari a lot of teenagers - bivuga ko nti ya age umwana ananirana family (imagine now - Ashobora ku vuga whatever ashaka anonymously)... Tugomba BUILD OUR SOCIETY...💪💪WE WILL WIN 😉
50:15 min ngo rwiki? Ngo Dubai babafata nkuko badafata abandi bantu ngo iyo bababafatiy mucyaha? Ngo bababwira ko Rwandese Muri smart? don’t you know ko mwebwe igihugu cyanyu bakigurishij se? OMG! Ntabwoko mukigira cank igihugu! Igihugu canyu kiri mumaboko yabandi. U are even so proud to say it ntasoni!
Abagore se bavuga batakoze ni bxoko ki . Hmmmm abo ni abasanze zuzuye kandi ntibazi iyo biva .mubareke abazi icyo gukora barakizi ntampamvu yo ku bla bla bla gusa. Ntacyo winjiza .bazajye kuri 🎤 byaruta
Ibintu biri seriously ntago bigezweho ariko ndibuka interview yumuntu nkunda cyane capital p the great yigeze kubwira abanyarwanda ati iyi si ikeneye abantu bibigoryi icyo ngihe baramurwanije ariko se ubu ninde utabibona? Ninararibonye zabaye amadebe ya usa atarimo amavuta
Ndagukunda cyane wa mubyeyi we,duhuje ibitekerezo nabonye ko dufite ubwibone n,ubwirasi bidafite ishingiro bikatugeza kubukene, ntitwumva ko akazi kose wagakora ufite intego, gusuzugura imishahara mike tugahitamo kwicara gusa kandi ntacyo byadufasha
0:50 0:50
0:50 0:50
Only God can protect your children, every parent should pray everyday with their kids and take them to church to know more about our God in heaven.
Hari ikibazo muriyi décennie ma chère surtout l'éducation familiale. Tu as toute à fait raison 👍 j'apprécie beaucoup tes interviews 🥰
Sabin umbabarire singututse kuko ndagukunda kandi ndagukurikirana umunsi kuwundi. Kaberiki muri gutanga impanuro nziza nkozo wamara ugatumira dj Briana ari gutuka Vava Juru amunegura kandi vava nawe ari gushakisha nkabandi. Nukuri narababaye Briana ari gusesengura ibya Vava Juru kandi Briana nawe aho ageze yarabanje guca kubibazo. Please umutumirwa annyega mugenzi we ntukamwemerere pe
Ntimugate umwanya ku bantu bagira imitekerereze mibi (Negative mind)! Imana Isumbabyose yo yaremye urugo ibe ariyo yubakira Kecapu n' umutware we kandi nabo bayegere nayo izabegera ibubakire urugo ruyihesha icyubahiro.
She is the best nkunda kavuga ukuri kuzuye I really like you mamy komerezaho rwose uranyubaka thnks allot 🙏
Sha Sabina wivuga bijou njye nsigaye naga numuvuga Kuko bari kurengera peee izi social media zirarengera kbs
Tijara ndakwemera cyane, ibyo uvuga ni ukuri👏👏👏👏
Nibyo ma sis ufite ukuri pee.
Nta muntu uhindura undi keretse Imana yonyine ibagiriye ubwo buntu ikamuhindura.
Tk ndagukunda rwose , ariko ntimukarenganye ababyeyi, ntako baba batagize , ariko abana bubu barasaze izi social media zarabasajije , ikindi kintu bafite nukwiganana no kutanyurwa , rwose ababyeyi barumiwe umwana uramwigisha ukamubwira ariko wapi ntakumva umwana wumukobwa ufite imyaka 17 , 18 aba anywa itabi isi iri kujya ahantu habi uretse Imana yonyine yo kudutabara
Abatega iminsi kecapu bazumirwa kuko ntamukobwa n’umwe umurusha ukwenge, imico n’imyitwarire. Azubaka bashwarwe
Waaawooo wakoze gutumira Tk sabin ibyomuvuga barabyumva kandi cyane ahubwo courage benshi dufite icyo dukuramo kumva umunyabwenge nibyagaciro cyane
TK rwose nari nkumbuye impanuro zawe, I do fetch your positive energy and from your attitude. More love and respect to you and Sabin 🍓❤️🙏
Mana yajye nkunda tidjara ndasuhuhuje Assallam alykm wallahamatullah wabarakatuh
arko ngirango Mushobora kuba mutiyizi, ndavuga abastars, ubundi tubamenya kubera uko mutwiyereka, niba twarakumenye nka tk, kuki mushaka ko tubafata nkaho tubazi for real, kndi ikindi wibukeko abenci not only Rwandan, twifuza Kumva inkuru zitandukanye nibyo dusanzwe tuzi, rero nkumwanzuro, ntabwo urwo rugamba rwo kwirwanirira ngo tubafate uko twe tutazi ntimuteze kuzarutsinda ikindi abenci ntabwo ibyo tuvuga tibivugana ishyari cg urwango, kuko nkanjye wowe Sabin ngufata nkaba Chris Brown, nabandi bose ntazi, sinakwifuzako wajya habi kuko sinteze kuzajya mubyawe, mubanze mumenye ikibuga cya chow biz murimo natwe mutureke twikorere umunwa
Umuntu wese ateye uko Imana yamuremye bitandukanye harigihe ushaka ntuhuze nuwo mwashakanye bakureke bakureke
Sha ndakunze amagambo yawe TK,urakoze cane kumpanuro nziza uhaye abavyeyi
Wawooo mm Africa narinkukumbuye nsigaye numva wahora utuganiriza Kuki ibiganiro byawe birubaka cyaneee
Tidjala you are right for sure...! Abantu bakunda kwibaza k ubyo badafitemo inyungu.. I learned more from you..be blessed.
Ahubwo
Ikibazo cyanyu mutinya kuvugwa Kandi mwarizanye kuruvugiro.Akazi kanyu ni ukuvuga abandi ariko ntihakagire ubavugaho!
Nwempi ndabakunda kandi ndabasengera Imana ibahe umugisha kuko ibiganiro vyanyu biranyubaka 💕🇧🇮
EXCELLENT conversation Sabin & Invitee Yawe!!! NTI MU KOMEZE kufuga ayo ma topics (even if abantu bara tukana)...Muma social media ari a lot of teenagers - bivuga ko nti ya age umwana ananirana family (imagine now - Ashobora ku vuga whatever ashaka anonymously)... Tugomba BUILD OUR SOCIETY...💪💪WE WILL WIN 😉
Sabin wagiye ureka umutumirwa akavuga plz ntukamuvugiremo cyane turabakunda cyane
Tj Ndakwemera cyane urumumwe muba maman bihesheje agaciro Respect Maman
Abanyarwanda ikibi cyacu ducana intege ku bantu bari kwihiringa sha bashakisha🤔😢
Ndibutse 2016 narabuze akazi nashoye 10k nteka ibyokurya nkabigemurira abacuruzi muri chick na downtown bishyushye mbyikoreye
Amagambo nabwiwe y'urucantege kandi ndi kwishakira umugati w'abana. Mana wee
J'apprécie cette dame. Aho kugutuka vyibuze bakwigire ho kuko utanga inama nziza
Ikindi nababwira kubanyarwanda baba Dubai, rwose bakora akazi k’Iyubashye pe!!!! Rwandans 🇷🇼 are very smart
Akazi kiyubashye nakahe?
Ntimwite kubacantege ahobwo mukore cyane mubareke
Dubai ntago bose tuba mubuzima bubi , kuko diaspora y'Urwanda we arw protected , twagize amahirwe tubona utuzi twiza nubuzima bwiza...! Nkajye ahomba iyo uvuze kuba murwanda usanga batanaruzi... abaruzi bakaruvuga neza .... we thank Dubai and Rwanda government
abakunda uyumubyeyi tumenyane nabasabye dore nazindutse
Ibintu uvuze binteye kugukunda wamubyeyi we
Nibyo rwose Tk nta muntu ushobora guhindura undi,umuntu wanaiye Imana wowe muntu nkawe wamuhindura Ute🤷😀!!!!uretse Imana yonyine ishoborabyose 🙏🙏.ndagukunda cyane Tk
T.K muri kazi ni kazi byari bimeze neza rwose wagikoraga neza cyane
Ndagukunda cyane mubyeyi Nyagasani ajye akwishimira
Courage Mama wacu❣️❣️❣️
Sabin komeza uterimbere pe kuko haribenshi wabereye itangiriro ryubuzima kdi Ukomeze waguke💯
50:15 min ngo rwiki? Ngo Dubai babafata nkuko badafata abandi bantu ngo iyo bababafatiy mucyaha? Ngo bababwira ko Rwandese Muri smart? don’t you know ko mwebwe igihugu cyanyu bakigurishij se? OMG! Ntabwoko mukigira cank igihugu! Igihugu canyu kiri mumaboko yabandi.
U are even so proud to say it ntasoni!
Ni wowe wakiguze se wangunzu we?ziba
Abagore se bavuga batakoze ni bxoko ki . Hmmmm abo ni abasanze zuzuye kandi ntibazi iyo biva .mubareke abazi icyo gukora barakizi ntampamvu yo ku bla bla bla gusa. Ntacyo winjiza .bazajye kuri 🎤 byaruta
Uvuze ukuri , abanyarwanda ntitwifurizanya ibyiza.
Nahano muri Canada nibyo bihaba.
Kumbi birihose
Biba hose abanyafrica muhira Hanze mukaryanirayo
T.k. wetu nakupenda sana tena iyo ni ukweli kabisa 👍👌
Hello!! Courage Sabin ibiganiro byawe ndabikunda cyaneee mbikuramo inyigisho,Tk nawe courage ndakwemera ntacyo wakora ngo ubabuze kuvuga ntibanyurwa
Ikiganiro kiza rwose,Tk uvugisha ukuri kdi ugira inama abantu benshi nubwo bamwe batumva.
Nkunda kumva umunyabwenge😍😍😍
Ubundi T.K uvuga ukuri kubabaza benshi Kandi abantu ntibagikunda umuntu ubabwiza ukuri, kumenya ko roho zacu zangiritse buriya nka Karasira Clarisse wabonye ukuri yavuze ibyo yatutswe
Yego rata Uwera. Abanyarwanda dufite roho zanguritse kandi ikibabaje ntitubizi.
Tidjara na Sabin mukwiye cake yanditseho Ngo karame nanone ndafashijwe peeee
Mama africa,ibyuvuga biba arukuri ndagukunda,kusa dufite ibibazo byokutishimira intsinzi yabandi kdi intsinzi yumuturanyi wae nawe ubyungukiramo kuko erega niwe mutabazi wa hafi ubufite
Ariiko Disi ndagukundq
TK iyaba aba mama bose bagiraga kurera neza nkuko utubwiye isi yabanziza p 😍🙏🏾
Ibirara Dusigaye Dushaka aha hanze 🤔, Nabahungu bubu Barahubuka Mugushaka niyompanvu Bitamara Kabiri. 🙄
TK weho nukutabanye na banyarwanda hanze yigihugu nabanyamashyari bumva ntacyo wagereraho gusa abanyarwanda imitima yacu nimibi cyane kbx
Bavuga ko abantu bafite ubwenjye buhagije, bita kubitekerozo by 'imishinga yabo.
Abifite ubwenjye Bwa hagati Bita kubyabayeho.
Afite ubwenjye bucyeya bahira bavuga abantu.
Sabin nikibazo niyondi 🇸🇦 nikibazo caane ntivyoroshe bisaba gukomeza roho.
Icyibazo mfite kuki umuntu atega undi iminsi cyangwa akamugirira nabi we kuki adatekereza ko hari abandi nawe babimukorera njye birancanga
Sabin nitwa Christine ariko mbwirira TK uti aragukunda cyane kuko hari ibyo muhuje.
Ndagukunda cyanee mubyeyi
Those people are experiencing the so called fear of missing out(FOMO). icyo ni cyo social media + star life iri kutuzanira Sabin.
Woe muvandimwe bimye passport ,wirakar bby barakwifuriza Ibyiza NTA buzima bwiz bwa oman
ndangukunda mama uvungisha ukuri rwose uwamuza nawe
Gusa nanjye nanga umuntu wambeshya cg akambeshyera kdi akambuza kumusubiza nkunda ukuri kuyu mumama thkx
Ndagukunze cyn uri honest rwose
Kecapu bamureke azubaka rukomere tuzamuragiza uwiteka abimufashemo
Uravuga neza muvyeyi!
Kabendera avuga ukuri kwigendera
Hari umubyeyi afite umukobwa afite nabandi Bana bavukana n'uwo mukobwa nukuvuga uwomukobwa arabapangiye inzu yamahera menshi mumujyi umukobwa agomba kubonana numutipe aramuterefona umutipe akamusanga muriyanzu apanze babanamo n'a se nanyina nabavukanyi nukuvuga uwomutipe aje agasanga Ababyeyi buwomukobwa bari muri salon umwana umwe murabobavukana amujana muri chamble wamukobwa araramo bakabikorera ngaho se nyina abavukanyibe bose baraho umutipe agaheza akongera akabacako muri salon yigira umukobwa niwe ariha inzu babamo
Ubwo se ibyo bikumariye iki kubivuga hano
@@benimanaclaire6467 ariko ubanza uwo mukobwa atubwiye ari wowe Claire we!!🤣🤣🤣🤣🤣mbaga agashiha!! Ndumiwe!
Ubwo se urumva atadusangije ibifitanye isano n'ikiganiro cy'imyitwarire idahwitse mu basore n'inkumi z'ubu?
Nakupenda setu
Yes rwose twigishe abantu gukora, erega amagambo yose nubugome nibindi bibi byose ni ingaruka zo kudakora. Kandi kazi ni kazi umuntu wese ukora icyo aricyo cyose yubahwe.
Mubigishe munakabaha ariko😏 ibyo mwigira aba ari ibiki?uwahiriwe nabazimu yibeshya ko arusha abandi guterecyeera di
KUBA POSITIVE BYO NI NGOMBWA CYANE MUBYUBU BUZIMA
Biba hose hari abantu badashaka gukora!! Ariko nabo ntacyo bageraho mu buzima ibyabo ni ugusabiriza!! Mujye mukomeza mubagire inama kuko kudakora n' ikibazo.
Bari baza gusaba iwawe mbese?nibaza uzabime urebe ko bapfa😏uziko mwigize nkabafashe isi?naringiye kugusabira ngo Imana igukure murako kazi urimo nugira ahandi ushakira ukabure maze wumve nubwo uzamenya ko abatagafite bose ataruko banze kugashaka.hari nabagashaka bakakabura
@@fifi6737 ushobora kuba uli umwe muli babandi birata ngo ntibakora utuzi ducirirtse!!! Niyo wafurila umuntu cyangwa akandi kazi gaciriritse cyangwa ukishakira akawe ushobora gucuruza n' ibindi!! Icyo nzi ni uko iyo ushaka gukora ubona icyo ukora. N'Imana imaze kurema Adam na Eva yababwiye gukora kugirango babeho!!
Nta muntu mukuru uhindurwa n' undi ibyo n' ukuli, ariko umuntu we ubwe ashobora guhinduka iyo abishatse.
Uvuze neza
We love u Tk from koweit
Abamtu muri rusange ntibifuza ibintu byiza ku muntu, ahubwo njye mbona baharanira gumusubiza hasi... ibyo rero si ingeso nziza na buhoro.
Njye nzaharanira kwishimira ibyiza abandi bagezeho ndetse nanabegerembabaze uko babigenje n'aho bakuye imbaraga zo kubigeraho!
Tk we ishyari abanyarwanda barapfuye kubera ishyari baveho
Tky nkukunda kubi ugira ibitekerezo byiza Kandi bifasha buri wese
Tk komeza imana irikumwenawe
Nabagabo biki gihe basigaye bagira amagambo iyo barikumwe di ntago ari abagore gusa,kuko ngewe ndabihamya kuko nkorera ku muhanda nshuruza Liquor store
Sabin ntagusabye gabanya kuvugira mubatumirwa biranjena pe ngewe TK ndamukunda kuko agira inama abantu rero tureke tumwumve
Tk ndagukunda rwose ❤️ngaho gabanya social Media
Harizo wamuzanyeho se?bigutwaye iki ko muzi kwishyanutsa
Arko erega uvuga aba atarabona jya ureka bavuge isi iba ikibashakira ibirungo iyo imaze kubakaranga ntago yongera kuvuga nibo tujya tubona baje kuduha ubuhamya ku isimbi ukuntu umugabo yamutanye abana nkabatanu nibindi nkibyo kd erega ubuzima buryoha iyo bakuvuze sinzi niba ibyo bintu mubizi
Ariko Sabin mubyukuri ibitangazamakuru biri hanze aha nabyo ntibyoroshye pe,ikinyamakuru kirifata kigasohora inkuru Kandi yibihuha bigatuma nabantu bagendera no kubyo babona kurizo mbuga
Ndabakunda mwembi ni ukuri
Wawuuu cyakoza 💋💋💋
Baca umugani ngo “Nta ucirira imbwa ikuze”
Mwebge ni mukomerezeho,abantu benshi ntibazi ico bashaka,arinayo mpamvu abantu bagira is harimwo.
Thanks!
Sha nanjye banyimye passport ngiye muri oman kdi nayishyuye nubu nasubiyeyo ariko banyangiye pe
Dubai abirabura barigukorerwa iyica rubozo
Nadia ibrahim uwimana ndagukunda sanaaaa Allahma Amin.
Reka nicare numve ukuntu nzigobotora rama di!
Uvugisha ukuri pe
Cyijyana umunyamakuru wambere mudwanda nemera yago azakugwamuntege
Ndagukunda mubyeyi TK
Tidjara aravuga ko byo ureba imyitwarire y'urubyiruka rw'abana babakobwa ukumirwa noneho abana bari muri secondaire bafite imyitwarire iteye ubwoba pe
Abanyarwanda bakunda gutega iminsi mais ariko tujye tumenya ibitureba .kecapu niyegere aba mama nka tijara bamugire lnama niba bataravuganye .urugo se rusenyurwa ni iki .naho rushingiye nibaari kubintu gusa ruzasenyuka ariko niba rushingiye ku rukundo numubano .hmmm
Iyi mpanuro ihaw abavyeyi iraduhaguje
You are right Tk we! 😍😍
Narinkukumbuye mubyeyi ukuntu nkukunda keretse nkubonye nkaguhobera nkarira kuko uri mubantu Mara iminsi ntabona nkababara
Mere ndakwemera sana tidjara
Ibintu biri seriously ntago bigezweho ariko ndibuka interview yumuntu nkunda cyane capital p the great yigeze kubwira abanyarwanda ati iyi si ikeneye abantu bibigoryi icyo ngihe baramurwanije ariko se ubu ninde utabibona? Ninararibonye zabaye amadebe ya usa atarimo amavuta
Tijar urumubyeyi wange wibihe byose rekana nabantu Niko babaye
Nkunda uru rumama cyaane
Tijara turakwemera
Nduwambere
Ibyo nibyo gose iyupostinze business ntana likes ubona rye byaranyumije.
Ndakwinginze uzambwire ahantu ugura amakanzu yamadilah wambara
Tidal na saben ndabakunda rwose
Umumama nkunda kuva kera wubahwe nkundijwi ryawe