IMANA YAMBWIYE NGO NKAREBIRE IMBERE YANYU❗️Amaraso Yanyu sinzayabazwa: MWESE NIMWUMVE UBU BUTUMWA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 พ.ค. 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR) - บันเทิง
Nari umusambanyi none ndabiretse Imana impe amahirwe ya kabiri. Mana mpa agakiza kawe
Uwiteka agukomereze amaboko kubwo gufata umwanzuro wo kureka icyo cyaha
Uwiteka agushoboze🙏
Nukuri nanje Imana Imbabarire kandi Impe kuyikorera Mukuru no mumwuka
Imana iguhe umugisha usohoje icyo yagutumwe urubanza rusigaye hagati yacu n'lmana urakoze cyane
Papa Gift Imana iguhe umugisha kubwo kuyumvira, natwe itubashishe gukora ibyo ishima
I jambo ry,Imana riratubwirango ntitugahinyure ibihanurwa ahubwo dukuremo Ibyadufasha abantu muri gutukana Imana ibabarire ntabwo arimwe nisatani udashakako mukizwa naho ububutumwa ndumva ar,Imana yabumuhaye ikimenyetso Nuko hari abatsinzwe Bari kuvuga ngo Imana ibabarire abatsinzwe Imana ibabarire n,abandi batatsinzwe Imana ikomeze ibasure kuko iracyicaye kuntebe y,imbabazi.
Yego
Imana imbabbarire nange naratagangaye imana imbarire nukuri imbashishe gukora ibyo ishima nange nuwo yagiriye neza
Imana itubabarire arko kuba mungaruka z'icyaha ntibisobanura guhanwa igihe cyo guhana cy'Imana ntikiragera ibibazo byinshi duhura nabyo ningaruka z'icyaha si igihano
Mukozi wimana imana iguhe imigisha
Mana weeee nukuri nange nsabye imbabazi zibyo nakoze byose bibi Imana imbabarire
Nukuri imana imbabarire nange impe amahirwe ya 2
Dukunnda Ubuhanuzi utugezaho ndetse ninyigisho 🙏
Imana imekuyikorera nkukobikwiriy kandi Imana igihe umugisha
🎉🎉🎉 hallelujah hallelujah amen amen imana ibasubirize ahomwakuye ❤❤
Imana iguhe umugisha mana wimana
Imana imbabarire kukanini nagato mwizina rya Yesu
UWITEKA WEEE NYONGERAM9 IMBARAGA ZO KU GUK9RERA NKA MBERE. EREGA UWITE GUTINDA MU BUYAYO BIJYA BICOGOZA! URENGERE UBWOKO BWAWE. DUTABARE TURAKWINGINZE.
MURAKOZE GUTUMUKIRA IMANA.
Imana imbabarire impe kuyikorera nemerwa nijuru
Gumamo mukozi w'imana , kdi imana ikongerera amavuta
Imana iguhe umugisha cyane
Iman umbabarire
NUKURI NUKURI!!!!! NUGUKARABA!!!! KABISAAAA!!!!!
Amavuta mukozi w,Imana
Imana iguhe umugisha muribyose nukuri ndatsinzwe pe
Imana imbabarire nukuri weeeee narinarayigomeye
Cyangwa niwowe utanze amahirwe yakabiri murababaje imana yomwijuru yabaremye ibababarire Ibeze ibahindure mube abera bayo bubutatu butagatifu ntago imana yatubgiye ngo nitubibona ntituzatinye ahubgo tuzihane tuyikorere kuko ubgami bgimana buzaba burihafi
Uwiteka anshoboze nukuri musabye Imbaraga zo kuguma mugacyiza ka kristo neza
❤
Mujye mubivuga nibatihana bazarimbuka
Yesu Aguhe imigisha
Satani yafushye icyikwereka umuti nuko urura waratsinzwe satani yesu yakuzirikiye ikuzimu ntabubasha ufite kubana bimana habwa umugisha mwana wimana ntiwite kwiterabwoba rya satani
Ubundi abatukana bararushywa Niki bakoreye imana bakareka gutukana ko gutukana arumuco mubi iyo gukizwa bikunaniye ubura nindanga garciro lmana ihumugisha abayemereye kubireka
Hhhh ukuri kuraryana burya,muratukanira iki mukuremo ibibareba, niba ariterabwobwa n,urubanza rwe n,imana
Nciye bugufi imbere yomana imbabarire nukuri weeeee
Nonese uretse MWe mutukana Aho nimurimuri bamwe babwirwa cg babikora ahubwo mureke gutukana mwinjire mubanyamahirwe irangije ibagira inama yokwihana
Nubwa mbere nsomye comment irimo ibitutsi nkibi hano😢Mana ruhura abantu bararushye
Imana ciyebungufi ngo umbabarire aho nacinse ntenge zogusenga kd ugarukeho pe
Imam
Imana iguhe umugisha
Yabikubwiriye hehe ko musigaye muza kutubeshya ngewe ndambiwe abahanuzi muza kubeshyera Imana ngo yavuze itavuze umva nkubwire nawe Ntaganzwa ugiye guhura nakaga kubera kudashishoza neza upfa kwakira bizakugiraho ingaruka ntuzatinda kubibona
Ntimugace imana wowe niba bitakureba ntakibazo ariko uyu ni umukozi w'iman
Amen amen
mwabanumwe benedada dufatanyije urujyendo ntimugatukane wihane ibyosibyiza
Blesire we kix konawe yabaye nkabandi yatangiye neza ark Amafrng yaramugushije nawe ntatuvuta akigirira. Uzabantu yahemukiye abababeshya ukuntu zaburishya yatangiye neza, ibyisi biyogoje benshi.
Ya 2
Yego yego
Yewe uri mu masenga we....ntago ari yewe uri mu masega...
Amasenga ni imyobo y'inyamaswa ikunda kuba mu bitare byo mu misozi...
Amen
Guys, amajambo n ay Imana ariko kuri tittle kombona wagize ikimenyetso ca 666 !?
ntabwo ariwe ni nyiri chanel we yerekanaga ibintu 3 ntibyari ngombwa ko babishyira kuri cover
Ark s mwatanze ubutumwa bwiza ark mukareka iterabwoba we
Kugirango wumvwe nuko ukanga abantu😢nimukizwe neza namwe
Ariko nta terabwoba ririmo pe! Yabivuze neza Kandi ibyo avuze biriho
Ubutumwa bwiza ucyeneye burenze buno nubuhe ufite ikibazo
@@MuhabwenimanaCarine ikibazo gifite wowe
Ubuse wari wumva Rutayisire, hortence, Mignoni bavugana igikabyo nka kiriya none s iyo bigishije message ntitambuka ninde wabaroze?
@@fulgenciemukamusoni1753 ark yabivuga neza atikunkumura
Yego rata Imana iguhe umugisha uraduhumurije nukuri amahirwe ya2 turayakiriye🙏🙏
Ndahamanya numutima wange ko watumwe na papa kandi lmana iguhe umugisha
Benedata ntimwibagirwe ko yesu kristo umurengezi wacu agiye kugaruka
Mureke tugarukire lmana iracyicaye kuntebe yimbabazi
Nange Mana umpe ahirwe ya2
Nzirika kukinyita papa
🙏🙏🙏
Hy🙏🙏🙏🙏👍👍
Amen 🙏 You speak the truth, may God help us
Gukaraba se muburyo bw'umwuka nibyo byo kuzana amazi?
Toka wakibwawe
Ingegera 👮♀️👮♀️ziraha zigize abahanuzi baba bashaka amaramuko.. nogusoma ntabyo azı .. Ceceka aho Genda utwike amakara uve mububwa . Mwese mwabaye ba Theogene na ba Noheli .. na ba Mutesi
Icyarushaho kukubera cyiza n’uko wabyumva ubundi uzicecekere ntukore ibyo bavuga aho gutukana , birashoboka ko hari abagucumuje kandi muri ino minsi barahari rwose ariko hari n’abandi bavuga uko Umwuka Wera yabatumye !!
Kuba adasoma neza nk’uko ubishaka ntacyo bitwaye ahubwo wowe uzisomere neza !
@@bravekis9095Yesu ahuhe UMUGISHA umwishuye neza
Yego rata narimugabo,narimunyabwenge,narumutunzi,.............. Ntihabwa intebe. Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kdi kuva mubyaha niko kujijuka
Ubundi 👮♀️👮♀️👮♀️se wowe amaraso yabantu bose arakurebaho iki warababyaye wamabyi we? Umutekamutwe gusa … uzabanze ubyare abana bawe kuko abo ubwira ntacyo bapfana nawe wamutekamutwe we
IMANA ikubabarire kd ujye ugira ikinyabupfura,nkubwo umutukiyiki?
AMINA IMANA IGUHEZAGIRE
Mwitukana kuko umwana uwubugingo yamaze kumva ubutumwa.nta terabwoba yakoresheje kuko Imana yamutumye ibigiye kuba kandi imuha ninsinzi yabyo. 😂😂 Ubundi se haraho yabeshye?
YEWE MU KURI USHOBORA KUTAJYA MU BYAHA ARIKO ISHYAKA RY'UMURIMO RIKAGABANUKA KUBERA UBUTAYU.
Imana imekuyikorera nkukobikwiriy kandi Imana igihe umugisha