BIRIHUTIRWA MUBIBWIRE NABANDIðĪĄðĪĄ BURI munyarwanda wese yihutire gusenga no KWIHANA ððABASAZA na BAGOR
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 4 āļŠ.āļ. 2024
- iyi channel igamije kwamamaza ubutumwa bwiza bwa yesu kristo no kubwira abantu ko ubwami bw' Imana ko bwegereje
buri wese asabwe kwizera Imana nuwo yatumye
haramutse hari igitekerezo cg inyunganizi cg ubuhamya bwafasha umu kristo murugendo duhamagare cg utwandikire ku 0787324219
MURAKOZE KUBANA NATWE IMANA IBAHE UMUGISHA
Nange imana imbabarire kuko ntayikiranukiye hamwe nu muryango wanjye Amen
Muramutukira iki mwumve ibyo avuga Ari kuvugira imana ishoboye byose wowe umututse uwiteka akubabarire.
Ndafashijwe Uwiteka abampere umugisha
MANA umbabalile
Hamwe numuryango wage
Udukize MANA nziza
mwizinaryaYESU Amen
Mana utubabarire ibyaha byacu
Amena
Mana utubabarire iyiminsi nimibi?
Nambere yintambara Imana yatumaga abantu bagafungwa.
Murusengero Imana yavuga bakavuza ingoma.
Ayiiiiiiiiii Yesu wee!nyeza weza umuryango wanjye ndakwinginze ubugingo bwanjye mbushyize mubiganza bwawe duhe kumva no kumvira ubuhanuzi ndimo kumva buteye ubwoba!
Mana umbabarire hamwe numuryango wanjye ikindi usange uwotwashakanye ubariwoe umwigisha cyane mbashe kuva muri ububuretwa
Imana igukomereze amaboko kd izaturinde umuyaga wishyuheri
Imana itubabarire cyane kuko twakoze,ibyaha ntitwashyikira ubwiza bw'Imana.
Rata Imana iguhe umugisha ijambo ry'Imana ni ubuhanuzi butavangiye
Imana iguhe imbaraga kuko ndabona urimwo mwuka wera.abumva bumve igikorwa cawe uragishohoje
Mwimutukira ubusa Iyera yacu n' Imana ifuha kandi buri wese ahanura nkuko yategetswe. Abo ikunda irabacyaha ikabahendahenda ngo ahari bakwihana itweze peee.
Imana yomwijuru imbabarire gukiranirwa kwanjye?
Mubye Imana ukorera iguhe umugisha kdi ikumvire mubyo uri kuyi saba,Abavuga amacakubiro ari hehe ahubwo mwinangiye imiti yanyu aho kumva mutangira gusesengura mugatangira guhuza ibidahura.Twihane dukinzwe neza nicyo Uwiteka adushakaho
Imana iguhe imbaraga umirimo wimana waguke kd urakozeððžððžððžððžððžððžððž
Kdi ntabwo Imana izakoresha amabuye kdi ifite abantu yaremye ngo bayikorere izakoresha bamwe kugirango irokore abandi ! Icyiza nuko twakumva tukumvira ibyo Uwiteka adushakaho ,Imana iduhe imbaraga zo kunesha kdi abakozi bayo irimo ikoresha muriyi minsi ikomeye ibahe umugisha!
MANA utubabarire kdi uduhe kukumvira nimiryango yacu
AMEN
Mubyeyi Imana iguhe umugisha
Kumvira biruta ibitambo
Ububasha bwa sekibi bwashimuse abana b , Imana Data ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Ububasha bwa yesu na witeka ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Niba utbeshye Yesu na Papa we bakubabarire Kandi Yesu agushake kuko nawe uri intama ye satani atwaje igitugu.
Imbaraga n'amavuta mtumishi wa Mungu.Twarabwiwe ariko kugonda ijoshi byaranze. MANA uzanyibuke ku munsi w'amakuba.
I'mbaganamavutabikubeho
Imana itubabarire twese abanyarwanda kuko ntabwo twakiranutse
0
Kuva kera kose abantu batinyaga kuburirwa no kumva ibikomeye ,kubwa Nowa abantu byanze kumva imiburo y'Uwiteka I ateza umwuzure ,nubu turaburirwa Kuva mubyaha tugakora ibyo ishaka naho abatuka abahanuzi ntabwo bazi ibyo bavuga bazemera nabonye! Imana itubabarire itugirire ibambe nimbabazi nyinshi
Nkurikije Ibyo ndi kumva ino Minsi mu bantu beshi batandukanye Imana ihagaurukije nukuri Imana irababaye kd tuyisabe Imbabazi
ððððððð
Imana ikurinde. Uko ni ukuri kW'Ishimire. Kdi izakurinde mugihe cyayo.
Nange imana imbabarire Kandi impe umwuka wera wokumfasha kureka ibyaha Amen ððð
Yego mubyeyi Imana iguhe umugisha kubwo kumvira Uwiteka ukamutumikira
Nyamuneka Mureke Twumvire Imana.
Amen ðð Imana imbabarire n'umuryango wanjye wose.Imana inyambike imbaraga zo gukiranuka ku gato n'akanini ððð
Imana niturinde idutabare ibyago bigiye gutera
Utabyuma azumvishwa nigihe buretse gato.
Mana ndasavyimbabazi nzisabira nabana banje numuryango wanje nincuti tugirimbabazi Mwamiwanje twarakubabaje turinde irimbukiro wongerewambike imbaraga abakobawe Mwami.
Urakoze mubyeyi habyirwa benshi hakumva beneyo
Imana iguhe umugisha turabwirwa nuko tuvunira ibiti mumatwi,ariko Iba yavuze pee Mana udutabare rwose uduhe Imbaraga zo kwihana.
Mana weeee ndabizi pe ntago nigeze nkutunganira basi ndakwinginze umpindure icyuma cyawe uhora ukoresha kndi rwose uzampe gukomera kumunsi mubi umpe agakiza kawe gatuma unyishimira rwose mana ndakwinginze wumve gusenga kwange kandi wite cyane kugusaba kumutima wange umpe umutima unyuzwe ufasha abandi kndi ungirire ubuntu ndakwinginzeðĒðððð
Mana Nyiringabo mbabatirs ibabarire numuryango wampaye uhindure amateka yacu Mana ngusabye umutaka
Komera mubyeyi Imana iragukunda. Duhe number yawe tuguhe Amata yâ umwana. Gusa uyitangarize hatagira abakwiyitirira. Imana igukomezeâĶ
Banyarwanda Banyarwandakazi twarabwiwe pe kandi uko dukomeza kwinangirað No kwikunda abari mu gihugu mwibuke ko Magayane yapfyuye avuze ko nyuma yamahoro abantu bamaze kurya bagahaga bakibagirwað Imana yabahaye igihugu hazabaho intambara izica 1/2 batuye mureke twumve kandi twumvire Imana itaraduteza abanzi bacu dore abaturanyi baraduhagurukiye kandÄą icyo gihe ngo ntabuhungiro buzabaho Uwiteka weee turengere
Imanayavuzecyera..umunsiyavuze ko .intama.zinjira.zigasohoka.na ndetse.imipakabarayifungura..abafitamatwi.yumwukawera..yarabahase.baragenda..urugorwintama..a marembo.aracyigwa..nkukobyavu zwe..ðĒðĒðĒðĒ cyera...harigihe.intamazibaba.zita cyemerewe.gusohoka..mwara b ibwiwe. muvunira.itimumatwi.. nukwiyeza..uzasigara..nuwo
Imana iguhe umugisha ,ushikanye ico uwuteka yagutumanye
Imana ishimwe cyane! Uwumva niyunve ahibdukeâĪ
Tubabarire ibyaha byose Mana twese abanyarwandaaa duhindukirire uturebe nimpano y'imbabazi tukuboneramooo mu izina rya Yesu!
Amaraso ya Yesu
atubonekehooo
Abantu nacyo lmana itatubwiye mureke twemere kuyoborwa n,lmana igabanye umujinya idufitiye itarawudusukaho
Ufiteeee umwukaa w imana iyooo nimana iri kuvugaaaâĪ
Ndababwira ukuri yuko babashumba biyita abikirenga ntibabasha kubwiriza ayamagambo nabanyabima nibisambo bikuru numwumve uko uwiteka abavugaho matayo 23:13
0pppðððpl
Plðð
Ariko abantu muvuga ngo Imana siyiterabwoba ngo bavuge ineza yayo bite byanyu ubwayo yavuzeko izababarira uwo izababarira ikagirira impuhwe uwo izazigirira,kubw nowaðŪ yaravuze ,isodomu iravuga,uko itababariye abisiraheli ikanani hakajyayo abana Niko nubu itazihanganira abanyabyaha mureke duhindukire tumere nkabininewe murebe ko tutabona ubwiza bwayo Kandi iyo mutsinzwe nurubanza niho muhera mupinga Aho kwihana Imana izabikorera kwiyubahisha kugirango yemeze abantu
uwiteka aguhe umugisha wunviye umwuka
Hahirwa uwumva akumvira agahindukirira Uwiteka
Iki gihugu ni cya Kristu Mwami ntacyo kizaba.
Izi mana z.injajwa zirigwa zitesha umutwe abana b.Imana Data ndazizirimbuye mu izina rya Kristu Mwami
Icyo utazi ujye wicecekera!
Nyamara mumenyeko nta Gihugu cyaruta Urwanda
Iman iguhe umugisha abumvenibumwe kuko turimumutsiyinyogezi
Imana niyongeremo amavuta kd twabwiwenkenshi Itubabarire Aho twayigomeye duciye bugufi nyagasani
Imana imbabarire ibicumuro byose nakoze yeze ubugingo bwanjye
Ibi byose avuze biri ku mitwe yacu,Kandi ni ukuri nitutihana turarimbutse ,duhindurwe n'imiburo.
Nta mugambi wo kwihana abanyarwanda dufite kuko imitima yacu yabaye akahebwe,ubugome bwahawe intebe.
Imana imbabarire aho nacumuye hose numuryango wanjye
Imana iduhe urukundo turwigishe banana bacu
Amena mena imana igushyigikire kandi natwe iturengereeee!
Kuko Bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bwina a amen
Udusengere imana iduhe imbaraga
Muvyeyi urakoze Iman uguhe umugisha amen men
Imijyishayose ikuzehooð
Aiii imana itubabarire nukuri abumva bumve nyara nimushake mwumve haruwatubwiye indirimbo igiye kuturirimbira umuziki nyamara bagenzi bajye ahhhðŪ
Umuntu urigutuka uyu Mwana wImana nuko azinezako arinkozi yibibi kuko uyu mubyeyi we aravuga ibidufitiye umumaro kugirengo turokoke Abandi bashishikajwe nokumutuka uyu Mubyeyi Abagize gute ?ibyo bitutsi utuka uyumubyeyi umenyeko utuka uwamutumye kandi se naho yaba atatumwe nUwiteka ikibi avuze nikihe?Abanyarwanda ntitwumva ninayo mpamvu Uwiteka azaturimbura kuko abazayikorera byukuri ntiyababuze
Imana Iguhe umugisha mama kumvira Imana Itubabarire
Yesu aguhe umugiha
Yesu agiye gusubira muijuru ati ningenda nzabaha umwukawera niwo mufasha
Imanaiguhe imbaraga nyinsi kuko wowe urumukozi wimana.
Nukuri Imana irababayepe,twarayizengereje
Kuba harabahanuzi beshi se nikibazo ,ikibazo nukutunvira imana gusa
Igihugu gifite banyiracyo !!! Bande banyiracyo!!!
Ngahoooooreeee iyintambara izica imyaka se? Ngo kuva kuri40 baragiyeððĒð igihugu ngo gifite benecyo ngahoreeð
Imana itubabarire. Itwambike imbaraga.
Murakoze cyane IMana ikongerere amavuta
Imana imbabarire narasambanye ngumamo imbaranganamavuta
Imana itubabarire cyane
Imana itubabarire kandi itweze idutunganye
Imana iguhe umugisha nibye pe,
Mana wee umpagarareho na Famille yanjye,knd iduhindure uko ibishaka.
Gusa Urimo umwuka wa Nyawo rwose njyewe nayamanitse ,ku giti cyanjye.Imana Imboneze
Imana iguhe umugisha âĪ imbaraga namavuta
Imana itubabarire ibitayinezeza byose mu izina rya Yesu
Imanimuhe umugisha kubwubutumwa
Amen, Imana itwambike imbaraga
Imana idutabare kdi iturengere niyo buhungiro bwacu
Ikigaragara ni uko murushye cyane .ubu se izabumva ibatabare ra ???
Mwamutuka mutamutuka ibyo imana iturega birakomeye ubuse haruwabura icyo arengwa muribi
Izakoreshanibiti namabuye arko iburireabantubayo
Cyane!
Imana ifite Imbabazi
Ubu abantu Bose murwanda nabagome tuvugishe ukuri. Cyangwa ugamije ibindi
âĪuwumva niyumve yesu azaza nkumujura
Ese azaba itinya iki yazaje nkumushyitsi
Imana iguhumugisha pe
Uyumudamu turasabako yashirahoni meroyaterefoniye. Tumufashe gukora umurimowimana
Imana iguhe umugisha ikonjyerere imbaraga muribyose turafashijwe imana idufashe muribyose
Abahanuzi ndabona mwarabaye benshi to mukomerezaho
Tubwire sha wenda twakwihana
Amen Imana iguhe umugisha kd itubabarire idushoboze
Gumamo cyane amavutayiyojyere
Yego nibyo iyo habaye guca bugufi no kubabarirana no kwihana ibyaha Imana yisubiraho kuko iNiniwe naba yarabababariye,atwe tureke ibyaha tutazazanira igihugu cyacu umuvumo
Amen muhanuzi Imana iduhe imbaraga zo gusenga.
Vanessa nange imana imbabarire Kuko nakoze ibyangwa namaso yayo ð
Amaraso ya yesu ambonekeko kuk ndumunyavyzh
Dusome Yoweli1:1--- Yesaya 5:8,9&10 guhuguza ibitari ibyacu Mana utubabarire.Isambu ntigira nyirayo,Mana uturinde kwishyura hejuru,sinzongera gutunga abandi intoki.
Nukuri uri mumavuta uwiteka akomeze abagurire imbago
Imana imbabarire nasubiye in Yumasatani antesha umuhamagaro
Mu Rwanda niho hari abahanuzi barenze urugero !
Ububuhanuzi ndabwemeye pe imana imbabarire gukiranirwa kwanjye kd inkomerezamaboko
Imana itubabarire itweze