ALINE Ararize cyaneð UMWANA WANJYE Bamuroze Kugira Uruhu rw'UMUKECURUð Afite igikeri kimwonka Mu Nda
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 6 āļ.āļĒ. 2024
- #PART_17
#SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Ariko kweli mwaje tugapanga amasengesho tugahuza ibiganza, amavi hasi, nkuko Queen Ester yasabye ubwoko bwe, n'abaja be kwiyiriza ubusa 3days, tugasabira Aline n'umuryango we, ko ahari icyatumye ubu buhamya butangwa arukugirangi abakunda Imana byukuri nibasenga hagaragare imbaraga z'Umuneshi nyakuri,
Igihe Petero intumwa yari bwicwe, yarokowe n'isengesho yasabiwe n'abandi we ASINZIRIYE, malayika aramukangura,
Mana yanjye sinzi ikindi TWAKORAðĒ
Humura humura linda wacyu ntacyuba, Kandi
Imana, Iratanga ingabo nyishyi
Zizapfa kubera mwebwe
Komera turabakunda
Murarinzwe, Nadata watwese
Womeijuru!!
AMEEEEENEN âĪ
Nukuri tubikore
Mureke dusengere aba Bantu twambare ibigunira , I'mana izatwumvað
Bivuge neza muvuge isaha turi buhurireho
Hagire uzatanga nimero tuje murigroup hama dusengere bose
Arikose plaisir kunziko urumukozi wimana uziranye nabanyamasengesho bahamagawe washakiye mama Linda abantu mugafata umwanya mukanya gusengera iwe apana kujyayo ukeneye ikiganiro ukabikora nkumutwaro
Kandi ubuhamya bwawe burimo buratwigisha byinshi Imana ikomeze iguhe umugisha kdi igukomeze .
Mama Linda urandiza neza ngahohogora. Ndwaza umwana nkarara nkanuye nakwibaza ibyo ubamo bikandenga nkibaza icyo nagufasha nkakibura. Imana isigaye imbyutse saa kenda ngasenga nukuri ndagusengera kandi Imana yacu iziyerekana!!
Humura Aline, wizere Yesu cane. Linda azokira 100/100 kuber'Imana. Iyo ngwara izohinduka amateka, uzikomeza banshi. Abagize agahinda bazogira umunezero mwinshi bahimbaze Imana. Imana yaravuze ngo nabeho, ariho kandi azobaho. Vuba cane Yesu aramukiza muvuge ubuhamya bwuzuye.
Yesu abane namwe Plaisir.
Kandi mukomeze kwihanganisha aba babyeyi pe.
Yesu abasange abahishe umubisha sekibi.
Narimbakumbuye cyane kuko mwatumye nsubira kumusaraba
Umwaka mushya muhire wo kubohorwa izo mbaga z'umwanzi satani mu rugo rwanyu "Aline"
Nubabere uw'amashimweâĪ
Turikumwe namwe mu masengesho abohora umuryango wose âĪ
ALINE komera Imana Iremze abapfumu. Reka kurira hubwo izere imana senga, mujye gushaka Apostor Gitwaza. Abasengere kandi namwe mwisengere. Reka kumvira ama tÃĐl. Yose qguhamagara.
Bantu mwitonde cyane umuntu uzakubwira ngo tujye ku nyanja,ku mazi!!noneho nogukoresha amagi nikindi mujye muhita mumenyako nta Mana ibirimoo mube maso satani n'abakozi be barakataje!!!!ðĒðĒðĒ
Ahubwo bashakaga kubajyana nabana ikuzimu.
Imana izi byose ndizera ko umugabo wahoze aru wamama linda lmana izamubohora izongoyi maze nawe akazahagarara hano kuri zaburi nshya agatanga ubuhamya twese dufatanye kumusengera ngo abohoke ndavuga uwo mugabo naho mama rinda lmana imurimbere
Plaisir mukozi w'Imana,ko nzi neza ko uli incuti ya Chris Ndikumana,koko wamuhuje na groupe Kanguka rwose ko natwe yadufashije cyane,urakoze cyane.
Chris na we abivuga neza ko atari we ukiza kdi Aline arasenga ikindi Imana yagendanye na we iyi myaka yose kdi Imana chris abwira ni imwe n'iyo Aline abwira.
Chr uwo Muntu umwitondere ukubwira kujya kunyanja nanjye uwanzengereje n'umupfumu wo muri Tanzania knd untwarayo nawe aba murusengero bamaso cyane imana zabaye nyinshii ariko zibigirwa mana
Abarokore natwe turatongera mwizina Rya Yesu christo kdi birakora pe ndakwingize muvandi turangana twashakiye rimwe iyo uvuze linda mubonamo Queen wajye ngira umubabaro uteye ubwoba ariko tangira utongere uroge uvume mwizina rya Yesu kdi wizere Imana yo mwijuru birakora ðĒ
Kandi Imana Iguhe ubwenge kubantu baguhamagara, kuko bashobora kwihishamwo abobarozi, wewe guma m umwanya wawe. Nibagende. Ntuhagire ahuzanjyana abana bawe ndakubujije, Imana murikumwe, tugiye kugusengera, Turire turirire Imana Irashirako iherezo. Muzarama muhumure kugira muzobuge imirimo yâImana.ð
Mana we icyi gice cyirambabaje cyaneee suko ibindi bitambabaje ariko ubundi wabaga ukomeye aha you broke down mama hagarara ukomere imana nyirimpuhwe nitabare yesu we.
Mw'izina rya Yesu kristo w'i Nazareti
Aline n'abana bazabaho mw'izina rya Yesu ntibazapfa bazarama bavuge imilimo ikomeye y'Imana
I have been following you on Aline story from uganda, ever since the first part up to part 16.
I have been checking my phone for part 17 almost every minute, anxiously!
I was beginning to worry that something bad had happened to the family.
We thank God Aline is back and continue to pray that her family gets total deliverance âĪ
ðððððððlðlllllllllll
ðĒðĒðĒðĒðĒðĒðĒUbubuhamya bwa Bazina Aline burandiza TujourðĒðĒAyiiiii, Uwiteka Yitamurure muruyumwaka, abahe gukira, kdi Ifate uwomugabo imufate mpiriðĒðĒðĒðĒAkizwe cg apfe, Ibintu ni 2 kuko birarenze peeðĒðĒðĒðĒðĒðĒ
Uwiteka akurinde abarangi ni imbaraga zabo,nkubujije abazagusengera baturutse ,Byumba,gisaka ahahoze ari kibungo,ruhengeri,uganda ,na Tanzania udasanzwe uzi kuko niho abarangi benshi bari kandi ubu biteguye kubahuza ni imyuka ,ugomba kwisengera rwose ni ukuri ,noneho inyanja inteye ubwoba ,bakorana ni mazi cyane kandi abagirwa ba nyabingi bamwe bimikirwa ku nyanja ya tanzania.Uwiteka azabarinda
Mama linda mamie ,mporeeeee,maman Marie agutwikire mu mutamana wiwe muvyeyi ,yezu arashoboye,abazimu bashe niyo shetani itsindwe au nom de Jesus
Humura cyane Aline. Imbaraga z' Imana zizagutabara. Sending my love and prayers your way. Be strong!
ChÃĻre Maman Linda urandengera ukuntu umeze nivyo wanyuzemwo .unyigisha vyishi surtout kuba uremye nanje urandema gose
Komera Aline, Komera mubyeyi Kandi mwana wâImana! Yezâaracyari kungoma!! IYURUGAMBA RUKOMEYE RUBARUGIYE KURANGIRA!âĪâĪâĪ
Abarozi baratubabaza cyaneððð nanjye bankozeho pe! Imana ingarurire naranyazwe nukurið
Aline abakubwira ivyimiti barakubesha nabakozi basekibi komeza wizere imbaraga z, Imana Umuremyi wavyose niwe azobirangiza
rwose abime amatwi ni igikundi kimwe n'uwamuteje ibibazo kuva na mbere. bose barakorana ni ukugira ngo akomeze mu mihangayiko nyuma bamwishimeho ngo ntimureba ko ariwe nyirabayazana. Izere Imana n'abaganga azakira. Abo bapfumu nta mbaraga bafite, nta bubasha bagira ku mwana w'imana lynda. komeza ube umunyembaraga.
INAMA NABABWIRE , barandoze Cyanee ariko ikuntu yakira , najye narasenze ndiyiriza ndaririmba , ARIKO ICYANYIJIJE NUGUSOMA BIBIRIYA , MAZE GUSOMA BIBILIYA CYANE NKI YIRIZA NKASENGA , ASABE MWUKAWERA ABANE NAWE UMUBATIZE , NUKURI NAHISE NKIRA ARIKO IYO NTASOMYE IJAMBO RY'AMANA NTAJYIRA KUBONA BIGARUKA NUKURI IJAMBO RY' IMANA RINESHA AMADAYIMONI BOSE
Aline mwiza, uraho neza?
Ndagukunda pe! Ariko Imana igukunda cyane humura.
Ndababaye cyane kubw'ibintu byose bibi byakubayeho . Ariko mu ntege nke zanjye zo gusenga ,nizeye Imana data wa twese ko hari icyo izagukorera n'abana bawe, kdi igihe kizagera nawe umere neza n'abana , Imana iziheshe icyubahiro. Komera mubyeyi.
Yesu Mwiza nyirimpuhwe abatwikirize amaboko ye amen ððð― âĪâĪâĪâĪâĪ
Ariko plaisir koko nkawe umukozi wâImana koko washakiye iyo famille abakozi bâImana bakabasengera bakabajyana mumazi ibyumba ððŧððŧ hejuru yimbaraga zabarozi hari imbaraga zâImana
Biba byiza iyo ukoze ikiganiro live muri hamwe, atari kuri call phone, kuko ugira uko ukiyobora! Imana irengere uyu muryango mu izina rya Kristo Yesu
Yesu ashimwe bene Data nanjye ndasaba ko mwashyira muri groupe yo gusengera uyu muryango wa Aline ngiye gufata igihe cyo kubasengera Ayiweeee Imana ishoboye ibidashoboka murakoze.
Yesu ashimwe, Aline uwo muntu wanyanyagije amafaranga mubukwe nanjye nagize ihishurirwa kuruyu mugabo wiyita Prophet Joshua umaze iminsi anyanyagiza amafaranga kuba star. Nanjye namubonye nk'umukozi wa satani...
Ndagukunda cyaneeee mama rinda Kandi humura urugamba urimo uzarutsinda kubera imana tugumye kugusejyera yesu azabijyenzaneza
Aline nshuti ya Yesu uhumure Kandi ukomere ujye wibuka ko Yubu nawe yabaye cyane ariko igihe kimwe yaratabawe
Reka dukomeze dutabaze Ijuri Rinda nawe ijururu ritabare nukuri.
Mama Lynda ikomeze k'urutare ahandi hose ni umusenyi
Humura Yesu yakijije umuntu warumaze imyaka38 abana n'ubumuga
Yesu araje arahuruye ngo agutabare
Yesu nizera ni umukozi w'umuhanga arakora
Nukuri uyu mwaka wa 2024 turategetse ngo imbaragazabarozi zifashe ubuzima bwa Aline n'abanabe zibarekure mw'ina rya Yesu Amaraso ya Yesu ababohore abakure ikuzimu.mw'Izina rya Yesu
Ngizagahinda kenshi kubwisengesho rya Linda ryumubabaro ðĒ nziko imana yumva isengesho ryumwana nsabye imana ngo inkirize linda kugirango azavuge imana abumugabi wo guhamya imbaraga zayo amina
Rega bantu bumva Zaburi shya mwunve ko iyo umuntu bamuroze abarozi baramuhumurirwa iyo myuka irakururana rero uretse kusenga ukizera Uwiteka ikaguha ijwi ryayo ð ntakindi
Yesu Kristo nashimwe bakozi b'Imana. Imana ibahe umugisha kubw'umurimo ukomeye ibakoresha. Aline rero nakomeze kwikomeza ku Uwiteka kurusha mbere, kuko ntabushobozi nabuke bukorera mu byatsi, mu magi n'ibindi.
Uramenye ntihazagire umuntu ujya kwitaba ngo aragusengera, kuko ushobora kuzasanga afitanye gahunda na nyirabayazana w'ibibazo umwana afite ubu. Komeza usengere aho wasengeraga, turagufasha Kandi nizeye ko Imana itazakomeza kwihanganira ako gasuzuguro ka shitani. Humura, Yezu muri kumwe
Aline komera aho ujeze uhangayika yanatosha imana iraje uguhe ibyishimo nabana bawe mukire mube bazima kandi nyuma yibi byose ujekuna ikitejyerezo cyaburi wese kuburyo umwanzi wawe aje kwishimwa heju tumumwaze azabura ahakwirwa bitewe nibyimana ije kugukorere linda uti komere yesu agahinda kawe arakazi kajyeze kumusozo wishime nkabandi bana ibitotsi ibyishimo biraje mwizina rya yesu amen
Imana irumva mubyeyi humura nukuri uzabona ineza y' Imana kandi umwana wawe azishima !ðĒðĒðĒ Imana arabakunda ! Mbuze ikindi mbambwira gusa Imana ibahumurize! Nzajya mbasengera uko nisengeye disiiâĪ
Mana watabaye umuryango wa Aline koko ðĪēðŧðĪēðŧðĪēðŧðĪēðŧ
Yooo!! Komera mubyeyi mwiza Aline, ahari kurira kwararira umuntu byacya impundu zikavuga, Nahoraga ndeba kuri Zaburi nshya,
YESU akomeze akurinde mama nabawe mwese satani yagize umujinya kubera wamenye amabanga ariko humura YESU arikungoma
Mu izina rya yesu, umukozi w'IMANA ntatera ubwoba humura aline we muzakira na bana Bose kdi byose bizaba uwo mugabo ariho kko IMANA ibarusha imbaraga.
Amen Amen! Imana Ishimwe kandi Ihabwe icyubahiro cyayo.ð
ALINE urakoze ku buhamya nâimpuguro zawe.ð
ALINE urakoze cyane kubwâiryo sengesho usoresheje ikiganiro.ð
Imana Ikomeze Ikwiteho, kandi isaha yayo nigera Izakubohora hamwe nâabana bawe.ð
Mu Izina rya Yesu Kristo. Amen Amen!âĪ
Yesu ashimwe cane kandi abahezagire
Uko biri kwose Yesu aracari ku NGOMA kandi ari kumwe namwe
Turabasengera caaaaaane gushika Yesu asoje amasezerano
Ararinda ararinda ararinda nyahunyiza kandi ntasinzira
Amina
Aline, komeza wihangane nubwo bitoroshye ariko humura nta kitagira iherezo, komera turakomeza kugusengera kuko Imana Ishoborabuose.
Iyo uzaba ukomeye unyura mu bikomeye humura mubyeyi abo bana bawe bazaba abakomeye gusa inama nagira Aline ayo matelephone aguhamagara nabantu bakugira inama byibabarire amaso yawe uyahange Uwiteka kuko abavuga Yesu siko bose basenga Yesu wamenye abeshi bakorera satani humura Uwiteka azagutabara njye ndumva ubu buhamya butazarangira kuko ndumva iherezo rizaba ryiza Imana yakunyuzeho kugira ngo dusobanukirwe amabanga ya satani gusa dufite Imana ihindura ibihe
Humura Aline imana yabarinze iyo myaka yose irahari ntaho yagiye izabatabara igihe mutazi.Gusa uwo mwana amazi agiye koga ajyâayaturamo amaraso ya yesu umusige elayo nayo wayisengeye ndetse buri mugoroba nâigitondo jyunyanyagiza amazi wasengeye ahantu hose.Amaraso ya yesu abatwikire ð
Mana ko ushobora byose watubabariye tukumva ubutsinzi bwawe ku buzima bwâuyu muryango mwâizina rya Yezu watsinze uwo sataniððŧ Twarakumvise ku burinzi bukomeye kuribo nukuriððž
Amen ,nukuri Yesu arakora kandi satani yaratsinzwe Igihe kimwe Uwiteka azigaragaza
Humura mubyeyi Imana irimo kukuremera ubuhamya ngewe ndizera neza ko muzakira Yesu arashoboye turakomeza no kugusengera ibitangaza bizakoreka abantu bose bamenye ko Imana ifite imbaraga kdi ntibizatinda
Uwomurozi burya Imana iramubona nawe ivyagira vyose Imana iramubona kandi irihejuru kandivyarivugiyengo uguhoro ni ukwayo.
Ariko Imana y' amahoro yakohereje umwuka wear kuri papa Linda akihana koko ,uyu mubyeyi akaruhuka kokoðĒðĒðĒðĒ
Ariko hari nâumwana wo kurimbuka, niba aruwo kurimbuka nave munzira uyu muryango ubohoke! Niba kandi aruwo gukizwa nabwo Imana ni mudufatire mpiri, umusumire nâamaboko yayo akizwe vuba Linda akire umubabaro arimo
Maman rinda humura urugamba urwana ruzarangira, hejuru yizo mbaragambi hari imbaraga z'lmana ishobora byose, amaraso ya yesu kristo abatwikire.
Imana Iguhe imbaraga gusa ntacyindi navuga
Kd uhumure Yesu ni Umwami Azabitsinda rwose
Yesu Agwize imbaraga muri wowe cyane ukomere
Mana wo mwâijuru, Tabara Aline nâ abaziranenge biweðððð
Aline nshuti y'Imana. Humura iyakuremye irakuzi rwose. Iyo bikomeye burya biba bigiye kurangira. Ahubwo komeza witangire ubuhamya utavuga amazina y'uwo mubisha, birashimishije, wahisemo neza. Naho ubundi uvuze uwo mugome ntiwarara, ndumva ari Kazungu nimero 2.
Imana ikomeze ikurinde n'umuryango wawe. Ibahishe mumababa yayo muryango mwiza ukunda Imana. Humura iyawutangiye igiye kuwusohoza shenge. Umwaka mushya muhire bavandimwe nshuti.
Humura ururugamba ruzarangira reka dutegereze isaha yi Imana
Nge ndumukobwa sinajyagabntekereza kubintu byogusengera ibijyanye nazakarande ariko kiva nakumva ubuhamya nahinduye isengesho uziko ubuzima bwawe bwangirikiye murushakooo icyambabaje cne nukuntu byakurikiranye nabanaððmama Li mwihangane kdi Imana itubarire nukuri ikureho izombaraga za sekibi kdi izikuraneho nibisigisigi byazo mu izana rya Yesuðððndasenze ngo Imana irandurane izo karande nibisigisi byazo murugo rwanyu namwe mubeho muramahoro nkabandi mwizina rya Yesu
Yesu na shimwe maman Linda.
Twari tubakumbuye cane. Tubandanya tubasengera. Imana yabakijije birya vyose dusaba Imana ikize Linda imusubize umubiriwe ,2024 niyibisubizo nogutabara kw,Imana. Araje abatare kandi ntatinze kandi satani wameneye ibanga irarakaye ariko hari uwiteka akomeye abarwanira. Mukomeri turi kumwe.
Imana data,Yesu,Mwuka wera mufasha twahawe, nukuri turatakambye muhamirize uyu muryango wa Aline n'isi yose ko abahisemo bagakurikira Yesu batayobye batabarwe mu Izina rya Yesu Amen
Ariko satani adutwaje igitugu peee ! Bana b,Imana duhaguruke me,Izina rya Yesu
Komera nshuti ya Kristo arakunda afasha abashavuye
Yesu ushobora byose abahishe, Mana kingulira uyu mubyeyi nabana be, Nyagasani bahagarareho imbaraga zawe zirabiruta byose, warapfuye Yesu amaraso yawe arameneka ngo uturengere, Mwami rengera ababana na Mama wabo, urabishoboye Mana dusenga twemera twese! Uwiteka arabahisha mu rutare, uwo mubisha ababure!
Aline uwo muntu ushaka kujyana umwana kunyanja ntuzamwemerere. Maman bamuvuye gutyo badutanga ikuzimu. Tumaze imyaka irenga Mirongo itanu. muntamara z'urudaca zikomeye cyane kubera iyompamvu.
IMANA NIYO KWIRINGIRWA, nukuri nta na kimwe Ikorera guhomba, Izagaragaza Icyubahiro cyayo, kuko ntizagiha undi.
Mana ishobora byose we tabara uyu muryango wa Aline,ushyire iherezo kuri uyu muriro wa satani, nubagirire imbabazi wongere ubasubize umwimerere wawe Mana nkuru,tubisabye twizeye muzina rya Yesu Kristo,Amena.
Mama Linda,ndashimira Imana iguhaye imbaraga zo kumena amabanga ya sekibi ukayashyira hanze!!! Uzafate amazi uyasengere maze ujye uyatera iyo marijose na linda ajye ayakaraba. Umwami Imana akomeze aturinde abane nabana bawe n'umuryango wowe ,dusengeyeno ni miryango yose mwizina ry'umwami wacu Yezu Kristu Amen.
Byarangiye abarozi banyimutse barampunga pe. Erega nanjye abarokore bajyaga banyimvisha ko basengera imiti, ariko ndabahamiriza nti nizeye Yesu Kristo gusa nimpfa nzagwa mu maboko ye. Gusa mbere Yuko witaba telephone utazi jya ubanza wiyaturireho Amaraso ya Yesu Kristo ubwire imbaraga z'Imana zikugote uvuge uti niba iyi tel.atari iyumugisha, umuriro w'Imana uyitwike mu Izina rya Yesu Kristo.
Muhumure yesu arikungoma Kandi yaranesheje stani ntabunasha nabuke abafiteho muzakira mwizina rya yesu
Shalom shalom.Nakurikiranye iki gishingantahe kuva mu ntango.Aline komera wihangane Yesu aracari Ku ngoma aracakora.Ali za urumviriza Kanguka hamwe n'abana Yesu azogutabara
Ariko Imana ijya yica abarozi kko bagomba gupfa ahubwo nawe tangira umutongere mwizina rya Yesu kdi Imana irabica cg ikabagira abasazi jye sinemeranya nawe kwishinja icyaha ngo wamwifurije gupfa jye rero ndasaba Imana yo mwijuru izamwice kugirango tubone amahoro gusa ndumva agahinda
Aline vyukuri Imana iri muruhande rwawe!!harivyo wagiye urengana kubw'urukundo rwayo!!warayihamagaye kenshi irakwitaba!!kometezaho!!kndi nashaka nukuri ndagutumirire uzohore usengera no muri Kanguka,nukuri bizogenda neza
Imana ijye iguha umugisha uhugura abandi, nukuri kwikurura mumiryango byatubereye ikibazo, ukavayo ugirango uri muzima, urushako rwatubereye intambara , kubyara ni kumavi kubera ibyo twakorewe!! Uwashaka yakwirerera nukuri, nange ntamwana ujya umva iruhande yemwe n iwacu ntajyayo, najye naziza kwirirwa kwa nyogokuru!!!!
OhhhhjðĒ mubyeyi mwiza komera kandi Imana Lynda Imana izamukize ku gihe yagennye. Gusa ndababaye cyane kubera uburibwe bwa LyndaðĒðĒ Data ndakwinginze uko wankijije ube arko ukiza LyndaâĪâĪâĪ
Mama Aline Komera cyane Imana irikugukoresha ibikomeye Izakurinda kdi ubutumwa utanga burakomeye niyompavu nintambara zikomeye ariko Yesu wacu arabitegeka byose, ikibazo cyababyeyi bikura ho abana babo uzagitindeho cyane kuko biri munzira satani arigukoreramo cyane kubantu benshi! Nabaye mumiryango itandukanye ariko niyo naba ndiguhumeka uwanyuma ntamuntu nakwizera kumwana wanjye!! Reka twige kuyoborwa ni Mana kdi turusheho gusengera mama Aline cyane murakoze
Humura Aline Imana iri muruhande rwanyu, ntibigukange ibyo nibishaka ngo urekure ariko humura ni ubuhamya buri kwiyubaka kurushaho. Aline Imana izagutangaza kandi ikumezeze. Umunezero uzabona ntaho bizaba bihuriye numubabaro wababaye uzishima utangare. Imana yacu ntijya itsindwa komeze uyiringire
Yesu mwiza akunda Ababa bayo. Mubyeyi komera komeza unambe Ku manager. Izakugirira neza. Kandi ikwibuke, humura.izagukiza ,igukirize n'abawe mama
Mana turakwinginze kiza Linda mwizina rya yesu
Aline Komera Komera Nange abarozi bantwariye Umugabo bamushyingira Indaya yabaga mukabari nzakomeza ndasenga ndera abana barakuze Ariko bahora banteza inzoka indwara Ariko mpanganye nabo Nange sintuje Komera nabana Yesu azakurengera
Imana itabare.Imana yarindiye saduraka,meshaki na Bedenego mw'itanura ry'umuriro ibasha gukiza Linda ikamusubiza umubiri we.
Imana yaremye isi n'ijuru nishyireho iherezo,kuraka gahinda kawe n'abana bawe,birangirane n'uyu mwaka mwizina rya data watwese n'umwana nirya mwuka wera, Amennnnna
Aline komeza ugire kwihangana urugamba iyo rukomeye rubarugiye kurangira kndi Imana rwose ikugirire imbabazi ishireho iherezo kuko yo yakurindiye muri ibyobyo se pe igire icyo ikora ntakiyinanira nikurengere pe nanjye ngize umubabaro
Ariko Mana aba bantu uzabatabara koko? Ngewe mbanumva byambujije amahoro sukubeshyaðĒ
Ntakinanira Imana,isaha izogera ibabohore!!vuba turumva ubuhamya bwuko vyose vyasenzwe
Mubyeyi komera cyane wihangane . Burya ga Silas yarahanuye "" ibya Yesu ni ku murongo "" kandi ga nta mvura idahita humura Uwiteka ni umuneshi . None c Yobu yaheranwe n ' umubabaro ? Humura mubyeyi buzacya Uwiteka aguhire aguhe n ' indishyi z' akababaro .
I have been waiting for this part, i have listing from part 1.
I am located in Australia ðĶðš, the whole world is tuned in.
Ariko plaisir mwashatse abanyamashengesho bakajya bibera kwa mama linda mbese hakabayo igicaniro gihoraho njye niko mbyumva mugitekerezo cyanjye,mubyukuri twese dufite agahinda pe ka mama linda,kuko biteye ibwoba peðĒ
Mama Linda Humura Ihangane .Abo baguhamagara n,Sbarozi .Baragambana na papa w,Abana bawe .Ntuzongere kubatega Amatwi..Kuko n,Ibitsmbo by,Abana bacu bashaks.Nyabuneka Bakilisto Dusengere Uyu Mu Mama Aline. Yesu Kristu n,,Unwami Amina
Mwizina rya yesu amukize mu mwuka no mumubiriâĪ
Mana we mama Linda uwo muntu ukubwira kukujyana ki inyanja ntumwemerere ndakwinginze
Ahwiiii Imana ishimwe,nirirwaga kumunsi ndebako mwagezeho,nibura inshuro 5 kumunsi,Aline uburibwe bwubuzima bubi wagize Imana izaguhe iherezo ryiza,uburinzi Buge bukugendaho
Uwera wa Isirael, Imana ishoboye byose ndakwinginze rengera uyu mulyango ndakwinginginze wokabyarawe..
Que Notre Seigneur Sauveur JÃĐsus Christ Dieu d'Amour veuille sur toi Aline et tes enfants, vous Êtes protÃĐgÃĐs,ne craignez pas soyez forts et persÃĐvÃĐrants.ðððððððððð
Mwizina ryâumwami wacu Yesu twatuye gukira muri uyu muryango wa Aline nâabana be bose tubatuyeho gukira mwâIzina rya Yesu.
Mbega abantu bazinduka weeeee, ..komera Aline, twari tugukumbuye , ..Humura Yesu azakwibagiza umubabaro wose. Nange Yesu yarantabaye narimfite umurozi wambujije amahoro imyaka Irenga 40 ariko ubu yarapfuye vuba aha.tuza
Kandi urakoze cyane Arine kutugira inama yo gusengera impano duhabwa twakoze ubukwe ukoze neza kuko benshi ntitubitecyerezaho
Maman Linda komera kandi rwana urugamba ntuzapfukamire bayari kandi turagusengera cyaneeee dufite Kwizera ko mu minsi irimbere tuzumva amashimwe ko Linda ndetse mwese mumeze neza,Imana igutandukanye nimba n'imbaraga za satani mu izina rya Yesu âĪ
Nari ndamukumbuy mwari mwatinze
Mama Linda ni umukozi w Imana kdi cyane.kdi nibimuhiga niyo byamugeraho ntibizamubasha ,
YEZU Kristu nagirire amarira Umubyeyi Mariya yarize Ubwo yarebaga inabi yagirirwaga Maze erebane impuhwe Aline arebe amarira aririra abanabe ababohore Kuko ni umunyembaraga aburizemo imigambi yose ya sekibi