Salongo Yongeye Kwica ihene atayikozeho | Ayikubitishije inkuba | Yemeje Nabashinwa dore ko bigenje
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 8 พ.ย. 2020
- Wamupfumu Salongo akoreye agashya abashinwa yongera kwica ihene, atayikozeho. Reba ibyo akoreye umuntu waruje kumuteza ingaru, Twese turumiwe.
#Salongo_0783277882
Hamagara 0783277882 niba ushaka kuvugana na Salongo
Zoba zikorana na WhatsApp
Nepooooo???🙄🙄🙄🙄
Egokowee....
Ukabumukoreye Ubuvugizi
merçi nepo. ndakwemera.
salongo nisi byo ndamwera
Gina rango wazadufashije ugasura umusaza uvura indwara zinyuranye , umuvuzi gakondo ukomeye rwose yaratuvuye turakira kandi yafasha abantu batandukanye wazamusaba ikiganiro. Pe agafasha abanyarwanda akiyunga nuwo salongo bakavura abanyarwanda kuko abantu benshi barapfa bazize indwara zitavurwa na hospitality za kizungu , uyumusaza amaze imyaka 50 avura ninzobere afite nibyangombwa Bagie byabavuzi gakondo legally ,avura amarozi atandukanye, atanga imiti yishaba, nibindi bitandukanye wamubona uciye kuriyi nimero +250786581226 yazegurutse ibihungu byinshi kwisi avura hose. Kandi yemera bibiliya yimana. We ntabikabyo byinshi agira.
Gina rango wazadufashije ugasura umusaza uvura indwara zinyuranye , umuvuzi gakondo ukomeye rwose yaratuvuye turakira kandi yafasha abantu batandukanye wazamusaba ikiganiro. Pe agafasha abanyarwanda akiyunga nuwo salongo bakavura abanyarwanda kuko abantu benshi barapfa bazize indwara zitavurwa na hospitality za kizungu , uyumusaza amaze imyaka 50 avura ninzobere afite nibyangombwa Bagie byabavuzi gakondo legally ,avura amarozi atandukanye, atanga imiti yishaba, nibindi bitandukanye wamubona uciye kuriyi nimero +250786581226 yazegurutse ibihungu byinshi kwisi avura hose. Kandi yemera bibiliya yimana. We ntabikabyo byinshi agira.
Umusaza salongo ndakwemera kbs komerezaho uvure abanyarwanda
Mureke gutekera abantu imitwe, abo Bose babeshya NGO barakize cyangwa baje kwivuza nabo Salongo aba yishyuye NGO bemeze abantu
nyine iyininka comedy abayibereyemo bano batubuzi gusa
@@trecymukunda5480 salongo sumutubuzi ryose ryose aravura yangaruriye umugore wari warantaye igihe kinini kd akabikora ntahari kuko mbamuhanga wimusebya rero kuko namuragiye babandi beshi kd yarabavuye
Nyamara imyuka mibi ibaho hatari kbs mumpe like mbaye uwambere
Turakeneye kubona na behind the scène 😂😂😂
Salango Wacu Turagukunda Cyaneeee,Wavuye Maman Ubu Yarakize Neza Yasubiye Mukazi,Nukuri Warakoze Cyaneeee Twebwe Ntago Twabona Icyo Tukwituye Muganga Wacu Imana Ijye Igukomeza Iguhe Ibyo Ukeneye Byose🙏,
YESU christo niyamamare satan atsindwe amware ibyabapfu biribwa nabapfumu nimuze christo abakize umubiri nubugingo kuko umupfumu agucyiza umubiri ubugingo bugasigara bubora iherezo utamenye christo ukarimbuka
Amen, be blessed for the message
Abanyarwanda murahakana cyane knd uhuye nikibazo niwoe wafata umwnya wambere ujyayo ikibazo cyanyu murabahakanyi knd mwahura nibibazo nimwe mubqnzay
Abantu bapinga Muganga salongo!!rwose!!muzagereyo niba mufite ibibazo byananiranye abikoreho kabisa bikemuke!!
Afrimax TV , ubundi baravungango aho ubutunzi bwumuntu buri niho numutimawe uba, ndabona murikwamamaza imyizerere yanyu , burya namwe nihomukura imiti , ubure kwamamaza Imana yaremye ijurunisi yoyakuremye , uhora wamamaza ibyabapfumu
Ndashaka ko mwompuza nuyu muvuzi salongo
Jyewe go mba ku jya mu butabera akasubuza amafaranga ya jye 👍
Kuk' ukw ari k'Uhoraho Nyen' ingabo agize, ni we Mana y'Abisirayeli, ati Ba kamenyi banyu baba muri mwebge n'abapfumu banyu ntibabahende, kandi ntimukumvire inzozi babarotera
YEREMIYA 29:8
Amena paster god bless you
Salongo ugiye kuva kubuvuzi ube umurozi
Icobikoze Mwagerageza kwamamaza Ibikorwa Vya Salongo
Nonese murashaka ko ntiyamamare kubyiza akorera abantu Koko kwatuvura ? Niyamamare natwe tuzamwamaza kd salongo tukurinyuma✊
Ndamwera cane from USA
Apu, ibyabapfu biribwa nabapfumu, urabona uriya mukecuru yabuze kujya muri hospital ngo avurwe aza muri bisatani byo kubangikanya Imana ngo ni Salongo
Nyamara salongo arakora
Nepo kbs iyo nkoni ibitse byinshi kdi abo Bantu mujye mubatinya nibabi cyane kbs
Salongo ni umutekamutwe njye ndabizi neza
Umva wisebya salongo ahubwo wowe wasanga nanayo kukwishyura warufite kd nokwamuganga barapfa wisebya njye yarapfashije cyn kd ndimumahanga babandi namurangiye yarabavuye wimusebya ryose.
@@hategeasman7625 Nawe uri umwe mubo bapanga bagatuburira abantu!
@@gikeritheoneste2370 ahubwo warayobye uzaze salongo amaze kumvura nibeshi narangiyeyo kd barakize ahubwo ubwire uwagutumye ko yayobye
@@hategeasman7625 Nimujyane iyo mitwe yanyu
Scleroderma niyo ndwara uwo muntu (uwo mucecuru wahinamiranye intoki) arwaye....
njy rwose ibi ndabyemera as long as akiza umuntu knd amasengesho no kwamuganga byabananiye. at least nudakunda urukwavu yemera ko ruzi kwiruka.
rwose nejejwe nuyumugabo ushimiye salongo pe ankoze kumutima .
Muganga Sarongo uri umuhanga pe! Komerezaho nanjye ndakwemeye. Ese nubu ukorera inyamata kotugukeneye?
Uwomuvyeyi arababaye amaze kudumako insazi 😭SALONGO amuvuye agakira uwotobishima yobande koko? Mugihe abasenzi batamuseye ngwakire
Batamusengeye ngira niko washatse kuvuga
numutekamutwe ndamuzi cyane nge naguha ubuhamya arabeshya weeee gusa tuzamugeza kubamurenze
Nugasebye salongo kuko nawe wasanga wagiyeyo nta cashi ufite ukaba urikumusebya ahubwo wagira ngo waruwagutumye kumusebya rekeraho twe tuzi uburyo avura ryose
Muze kwa yesu arakiza
Soy primero mirando
Nakunganyembabaye ntiwafasha mwazamujyejejeho kurisarongo
Mbabajwe n'uyu muchinoi Salongo ari gutuburira amubeshya ngo aramuvura! Buriya amuririye amafranga ye amubeshya nk'uko yambeshye
Hhhhhh salongo aravura wibeshya umusebya twe nibyishi yakoze kd nubu agikora kuki se utategereje salongo akora ibyo akwiye gura nokwamuganga ujyayo ukivuza kd ugapfa ubwose haruko baba batagize kutasubiyeyose? Nukamusebye rero
salongo nanjye nashakaga ku zamugana ikibazo nuko yahava ambeshya, ngo aramvuye kandi ngo ibyabapfu biribwa nabapfumu
Uzaze azakuvura kuko nange yamvuriye mucyecuru kd yararembye pe
Nyegix
Najye nzatabutsa ubuhamya nashimwe sarongo namara kunyiza maranye ibibazo imyaka12
Ibyahishuwe 3:20,
Dore mlagaze kurugi ndakomanga, umuntu niyumva ijwi ryange nzinjira iwe dusangire.
Bavandimwe Namwe nshuti bakundwa, mbifurije gukingurira Yesu mu mutima yacu kugira twere imbuto zikwiriye abihannye.
🙏🙏🙏🇷🇼🇷🇼🇷🇼✋✋✋
Amen . Bene Data twamamaze Yesu wacu niwe ushoboye wenyene abandi n'ababeshi.
Erega n'a satani arakora ibitanganza ivyo ntibidusamaze .
Dukorere Yesu wacu wew azotujana mw'ijuru,
Salongo akorera satani afise aho azomujana
Salongo njye yaranyibye yanciye amafranga atagira ingano ayarira ubusa ni igisambo ni umutekamutwe
Ibya abapfumu biribwa nabapfu hama hamwe...gusa igisubizo kiri muri Yesu nshuti
Niwihangane abapfumu nokonyene bimeze ushobora gukira canke ntukire
Ibyabapfumu biribwa n,abapfumu
Naje namubwiye anshakire téléphone bari banyivye. Ndarungika amahera. Haheze umwaka urenga. Narahevye
Sha ni umutekamutwe byahatari njye yandiye cash nyinshi aba ari kubeshya kdi n'ibyo banyibye sinabibonye bariya ni abo baba bapanze!
Murarezwe utaranigwa agaramye agirango ijuru ririhafi
Afrimax big up to you. Id suggest that you translate for pple who dont understand kinyarwanda coz this channel is watched by thousands of pple all over the world.
Ibyo ninabyo akorera ihene zikagwa
Hahhaa uwo wuruhu rwera ndabona ntaho ataniye na mw mu Nigeria waryaga inshyi bati kimeme kimeme kipatu urushyi
Salongo yarambeshye Andira amafranga 50000f ngo arangarurira amafranga banyibye ndaheba nigisambo nababeshye
Muganga salongo urashoboye ryose waziye igihe kuko ibyo ukorera ababaye turabyishimira gusa turagushimira kd abatakuzi bazakugereho ryose .
Gutegeka 18:10-14
[10]Muri mwe ntihazaboneke ucisha umuhungu we cyangwa umukobwa we mu muriro, cyangwa ukora iby'ubupfumu cyangwa uragurisha ibicu, cyangwa umupfumu, cyangwa umurozi,
[11]cyangwa umwambuzi, cyangwa ushikisha, cyangwa uragurira abantu ibizababaho, cyangwa umushitsi.
[12]Kuko ukora ibyo wese ari ikizira Uwiteka yanga urunuka, kandi ibyo bizira ni byo bitumye Uwiteka Imana yawe izirukana ayo mahanga imbere yawe.
[13]Utungane rwose ku Uwiteka Imana yawe.
[14]Kuko ayo mahanga uzahindūra yumvira abaragurisha ibicu n'abapfumu, ariko wowe ho Uwiteka Imana yawe ntigukundira kugenza utyo.
Jina langu we, uribuka cya gihe ujyayo bwa mbere muri gitumo uko yarakwirengeje? :)
Muganga Wacu Turakwemera Warakoze Kutuvurira Umuvandimwe Yarakize Ameze Neza Tuzaza Kugushimira
Nkeneye ko tuvugana ukampa ubuhamya
Nonese kwabandi bavugako abeshya ngewe burimuntu mufatukwari nabapasiteri bavugako babeshua ariko mbafatuko bari kuko burya icyutishoboje ubutagishoboye abagishoboye simbanenga
Wabwirwa Niki ko atari mugenziwe bapanze ngo atere comment
@@lambilinkrwandaltd2508 witondebatazakurya amafrw yawe ,abatekamutwe bafite taktique nyinshi nuyu utera comments wasanga arabantu basalongo abayaguriye ngobatere comment ,
Ariko rero niba bajyayo bagacyira ndumva ntacyibi, reba nkuriya mucyeru ukuntu amerewe koko, sha tujye dusenga Imana ikomeze iturinde .
Ubwescro bukabije
Nukuri ameze nabi
Yego rata salongo aravura ryose kd arakuvura ugakira ntacyo bitwaye ryose.
The goats and the chicken are paid actors 🤣🤣🤣
Fr fr 🤣🤣🤣🤣
Jyewe mbona arabacuruzi nkabandi kuba mushaka link kbs
Haaaa narumiwe koko mpise nseka Salomon ni koboyi uti ninlikanisa 😁!!! Uwo mutipe se nibite !! Ndumiwe koko @?
Salongo ndabona arenze
Mww'izina rya yesu umutubuzi arafashwe.salongo nta misi usigaje udapfuye
Hhhhh ahubwo wasanga ariwowe ugiye gupfa kbs salongo aradufasha akatuvura warangiza ahubwo wowe ufite abazimu uzaze abagukuremo kbs.
Awe anaweka number ya watsap?
Yesu we uzandindire murino si yanduye
isiyahumanye iha satan imbaraga zogukorera kumugaragaro nagende azakizwe
Isi niba ubona yanduye wayivuyeho hhhhhh uba wabuze icyubuga kbs
Yesu
Yesu ni we gisubizo,
Egomana nyagasani ibyobintu bamushyizemo biramuvamo kweri cg arajyana nabyo
Salongo mwisi aragerageza mugabo yibuka ko hari isumba vyose
Ese haruwa mugezeho ntamuvure ngomubone muvuga arumuteka mutwe
🙏🙏
ibi nukuri aravura cyangwa ni hit ashaka agakomeza kwamamara
Ni hiti
Shn neppo nicyo ngukundira kbs uyu mugabo salongo abakenewe kbs kuko numuvuzi w'umuhana kweli nkundako uba watugiriye ahantu hakenewe nabeshi nkaha
Nepo ntarareba iyi video ,wambaye neza kbsa
Valens uwo mugabo afite imbaraga
nepo yarabyibushye ubu ya gitumo yakoze bwa mbere agasimbuka hariya ntiyahashobora hhh
Nurugo umugorevaramuha car
Mwampaye. Nimero ze zamugaga
Iyi numéros ya salongo nticamo muduhe numéro nzima
erega shitan yahawe intebe neza neza ubusarongo mwamuhaye intebe wenamashitaniyepe nukuri satan arimo gukora kumugaragarope mana iyuniyaminsi watubwiye, wamuhunguwe ufite akazi kabi kokwamamaza satan nokumuha kuenyekana uzabibazwa
Ark kankubaze kujyagusenga ayomasengesho yakijije bangahe ese'komwasenze Niki mwagezeho Koko mwahumunse mukivuza ko salongo ark cyo cyatumye aza kugura adukuremo ibyo abandi batabona wamugannye akagufasha?
Ngo abanyamahanga uwakwereka ibyo iwabo bakora wasanga sarongo ntaho aragera asia babyemera kubi
Umuturanyi
Iki sigihe cyo kuraguza Kandi yesu akiza
Abantumucizera abapfumu murakwiy gtabaewa nimana
Erega iyo utaragerwa nuburozi ubonako arumupfumu nyine ark wagezweho ntiwavuga utyo rekeraho rero urimwisi!
🙏🏾🙏🏾🙏🏾❤️❤️
Abishura zingahe ubundi
Icyigaragaracyo iyi ni sicliputhi uwo watuburiwe nuwobababateguranye ngobemezabantu uretse nokwirwaza abanubaripfusha ukemera sarongo muzampuzenawe mukubitishimana isumbizindi
Guhura buroroshe...gusa afrimax na salongo nabanyamitwe barakorana..
Umva,ntagoturabana,iyinimitwe,mwabisezereanye
Yego nibyo
@@placidetwizeyimana2494 hhhhhh ark muzemezwa Niki? Utabona salongo yaba aruwo kutuzana imitwe wimusebya nawe ejo utazamugana salongo aravura ndumuhamya wabyo kuko nabyiboneye namaso yanjye.
Nange ndamwemera salongo aravura cyane
Salongo turakwemera kbs cyane ndetse kuko uradumfasha cyane
Mwizina rya yesu abazimu bashe Imana yo mwijuru niyo ikiza kandi niyo yonyine ishoboye byose ayonamadayimoni ntabishobozi afite 😏😏😏😭😭😭😭😭
Hhhhhhhhh ahubwo wasanga Ari wowe uyafite kbs wamugana akayagukuramo kbs kuki mukabya ngo yesu abajyayo nayesu bazi ?
How far
Sha iyi ni Kazungu analala, banyarwanda nimuhukye pee
Nibahumuke byo
Ubukoko usibyeko urinjiji aramakarita ubonye salongo arigukina
@@gisacloude9485 ubwose unyitiye iki injiji muvandi?
Salongo arafashwe
Ntakundagufata.arikoturamwemera
Salongoasengerahe?
Icyicyongereza cyuyu munyamerika sicya USA ni cya uganda Sha muradutuburira pe
Nonese Uganda habayo abazungu
hhhhhhhhh nihatali
Amagize amahirwe yavuga icya Uganda
Nibyiz papa nukr salongo arashoboye
Sha muba mwabiteguye just ist filming
Ark abantu ntimwemera mwemera mubonye salongo aratuvura anatuvura turimuhanga none urimo uravuga utyo?
Iby'abapfu biribwa n'abapfumu
Uko nikiri?
Umusaza Arabasha Kbx
Gusa nepo wibukako uherutse kubaka urwawe rero utazozira kurondera amakur murugo kwasorogo.ndumurundi ndihanze ngukunda kubi.
Nepo kuki akomeza kwamamaza imbaraga za salongo?
nukuri nepo hindura akazi amafranga atazakubuza ubugingo kuki ukomeza kwamamaz satan ko urumukozi mwiza ntahandi wakorera akazi kawe ariko utamamaje imbaraga zasatan utabatije umurindi none akazi kawe wazagashyiramo umuvumo
Chetani ndabona mwaramuhaye ikibanza kinini mu Rwanda mbabajwe nabo bajakuraguza na jiribabe Allah abanusuru kwer
Erega wowe impamvu uvuga utyo nuko utararogwa waza kumushaka wiruka kuko utaragerwaho rero uravuga ibyushaka ark rekeraho ejo utazajyayo nubwo nakuzi CG ukajya ahandi nkaho ukiseka mumutima
Njye nsinakwemera. Niyo napfa napfa nemera ibishitani byawe
Ndashakanimero
hhhhhhhhhhh ati nakariro kabaksmugezemo araguhamije sha uhobeye shitani sha
Sarongo arabeshya.ngaho nandoge ndebeko haricyompa.biriya namacoyinda.nukuragira intangare ngo abapfumu.muzamubwire yiroge apfe tumushyingure azizure twamushyizeho itaka nazuka tuzamwemera.nimitwe.gusa yishakiye icyamubeshaho
Hhhhhh uziko urigicucu kweli😆😆😆umuntu utuvura akadukuramo ibyobadushize bitabonwa naburiwese ugakira gwazipfishe ahubwo wowe uzapfe we muveho kbs kuko ibyuvuga bigaragaza ko ufite ubwenge buke,🙉🙉
Muba mwaje kudukinira Filime
😆😆😆😀muraturagiye ahubwo mutubwire mwamwishyuye angahe ngo abactingire🤪 umuntu arishyuza ibye kuko mwishe amasezerano mukamuhana 😀😀😀 abakwemera barakwemera rekana nibimenyetso
Abantu ntimwemera mwemera mubonye uhuye nikibazo nubwo wamenyako abo ntamwishyuye urimo Bose babaye nkawe uvuga utyo wagira ngo haruwagutumwe tu
Njew sinibazako ababaganga bavugisha ukuri kwel uwo yavuy naduhe ubuhamya
Jina Langu na Salongo barongeye kdi kudutekinika kweli? 🤣🤣🤣🤣
Ark mwagiye mureka gukabya aratekinika ate ubwo kd avura abantu babaye kweli?
Salongo numubeshyi nuwo kurya frw yabandi akoresheje uburyaryabwe🤔
Hhhhhh ahubwo wowe ibyuvuga ntubizi kbs kuko salongo yankozeho riraka pe kd babandi namurangiye Bose yarabavuye wimusebya kuko no kwamuganga naho barahapfira.
Ariko Nepo wowe wagiye uba inyangamugayo Koko, nkiyi kinamico ukinana na Solongo ubona aribyo bizagukiza mubyukuri. Ubuse ibiberaho byose simitwe ihene baziha ibizica mbese namakinamico araho kdi nawe ububizi rwose uratandukira ugakabya kuko iyo yapanze ikinamico araguhamagara burigihe rero njye ndakugaya pe
Hhh harya muzatubebya kugezaryari Koko ah
Afrimax TV ndashaka unfashe uduhe number za salongo 🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
0783277882
Yoy😊
Wa mukozi w'imana wateruraga amabuye aryama yivuruga mu cyondo nk'ingurube arihe ko mbona Salongo akomeje akazi kdi yaramusengeye ngo abireke akizwe!
Kagire inkuru vyagenze gute?
🤣🤣
Sha nda kuikundira nepo
ibibintuse biracyabaho!
Ubu ni ubutubuzi akora Salongo
Salongo aravura yangaruriye umugore warumaze imyaka 10 yamvuriye mushiki wanjye salongo nukamusebye rekeraho.