Music Quiz FORA iyi NDIRMBO uhite uhembwa aka kanya
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 8 ก.พ. 2025
- Muri Music Quiz y'uyu munsi twabateguriye indirimbo nziza. Gusubiza ibibazo birimo biraguhesha amahirwe yo kubona Ticket yo kwitabira ibitaramo utishyuye.
#menya#umva#ibihembo#quiz
Amabwiriza agomba gukurikizwa muri iyi Quiz
Giveaway Terms & Conditions
1. Umuterankunga
Iyi giveaway iteguwe kandi ikorwa na ELECTROPOWER ACADEMY TH-cam CHANNEL, ntabwo TH-cam ibifitemo uruhare na gato.
2. Itariki n’Igihe cyo Kurangira
Quiz imara gusa amasaha umunani Video isohotse.
Abatsinze bazatangazwa umunsi ukurikira, impinduka tuzitangaza muri Community cyangwa muri comments dupinninga.
3. Uburyo bwo Gutsindira
Kwitabira ni ubuntu nta kiguzi dusaba
Wandika igisubizo muri comments section.
4. Abo bigenewe
Iyi Giveaway ifunguye ku bantu bose bafite imyaka iri hejuru ya 18 . Aho waba uherereye hose. Gusa ticket yo kwitabira ibitaramo tuvuga ni ibibera mu Rwanda gusa
5. Ibihembo
Uwatsinze azabona Ticket yo kwitabira igitaramo ashaka ariko kitarengeje amafaranga ibihumbi 2000frws
Aramutse itike atayishatse twamuha amafaranga ahwanye ni iyo ticket
6. Uburyo bwo Gutanga Ibihembo
Hatsinda uwashubije ibibazo byose neza kandi yashubije mu bambere. Duhemba umuntu umwe gusa, cyakora bashobora kwiyongera.
Abatsinze bazatangazwa kuri , community tab, cyangwa muri pinned comments
.
Iyo uri kurutonde rwabatsinze usabwe kutwandikira kuri electropoweracademy@gmail.com ukatubwira uko tukugezaho ibihembo. Uba usabwe kubikora bitarenze iminsi itatu nyuma yo gutangaza ko watsinze
7. Kwihakanira Inshingano (Disclaimer)
TH-cam ntabwo ifite aho ihuriye n’iyi giveaway.
ELECTROPOWER ACADEMY izatanga ibihembo nk’uko bivuzwe, ariko ntishobora kwishingira ikibazo icyo ari cyo cyose giturutse ku bihembo byatanzwe.
8. Icyitonderwa
Iyi giveaway yubahiriza TH-cam’s Community Guidelines na TH-cam’s Contest Policies.
Ntugomba gukoresha multiple accounts kugira ngo utsindire ibihembo byinshi. Abazafatwa babikoze bazakurwa mu irushanwa.
9. Kwitabira iyi Quiz uba wemeye ko imyirondoro yawe ni ukuvuga Handle twayitangaza hano kuri TH-cam kugirango umenye Results za Quiz. Email communications ntabwo zigira undi uwo ari wese wese uzihabwa usibye gusa Electropower Academy.
Murakoze amahirwe masa !
Quiz Giveaway Terms & Conditions
1. Sponsor
This giveaway is organized and conducted by ELECTROPOWER ACADEMY TH-cam CHANNEL and is in no way affiliated with, sponsored by, or endorsed by TH-cam.
2. Duration
The quiz will be open for only eight (8) hours after the video is published.
Winners will be announced the following day. Any changes will be communicated through the Community tab or pinned comments.
3. How to Participate
Participation is free of charge.
To enter, simply write your answer in the comments section.
4. Eligibility
Open to individuals aged 18 and above from any location.
However, event tickets are only available for events held in Rwanda.
5. Prizes
The winner will receive a ticket to attend an event of their choice, with a maximum value of 2000 RWF.
If the winner does not wish to claim a ticket, they will receive an equivalent amount in cash.
6. Prize Distribution
The winner will be the first person (or among the first) to answer all questions correctly.
Only one winner will be selected, but the number of winners may increase at our discretion.
Winners will be announced via the Community tab or pinned comments.
If you are selected as a winner, you must contact us at electropoweracademy@gmail.com within three (3) days to claim your prize.
7. Disclaimer
TH-cam is not responsible for this giveaway.
ELECTROPOWER ACADEMY will provide the prizes as stated but holds no liability for any issues arising from the awarded prizes.
8. Important Notice
This giveaway complies with TH-cam’s Community Guidelines and Contest Policies.
Using multiple accounts to increase your chances of winning is strictly prohibited. Anyone caught doing so will be disqualified.
9. Privacy Notice
By participating in this quiz, you agree that your TH-cam handle may be publicly announced on TH-cam to share the quiz results.
Email communications will remain private and will only be handled by Electropower Academy.
Thank you, and good luck! 🚀
Bakunzi bacu mwakoze kwitabira Music Quiz 03.02.2025. Dore abatsinze iyi Quiz.
1. Byishimo Jean Paul
2. Niyonsenga Josef
3. Rugambarwagabo Pacifique
4. Munyaneza Ferdinand
5. Worldnews
6. Kwihangana Jean d'Amour
Musabwe kutwandikira kuri email yacu electropoweracademy@gmail.com bitarenze ku cyumweru tariki 09.02.2025, mukatubwira uko tubagezaho ibihembo byanyu.
Let's goooo🎉🔥#TotheMoon🚀
1.impamvu by isiraheri mbonyi mumwaka 2014 .thank you so much
Uhora mubambere courage
@electropoweracademy thank you so much my lovely family
Thank you All
Murakoze cyane
1. Indirimbo yitwa mfite impamvu, umuhanzi ni Israel mbonyi indirimbo yasohotse muri 2014. Ntabindi bibazo mwabajije.
Question 1: indirimbo ni 'Hari impamvu' ya Israel Mbonyi yasohotse muri 2014
Ntabindi bibazo bihari
1. Indirimbo yitwa mfite impamvu, umuhanzi ni Israel mbonyi indirimbo yasohotse muri 2014.
Murakoze kwitabira Quiz kandi courage
1. Indirimbo yitwa mfite impamvu, umuhanzi ni Israel Mbonyi yasohotse muri 2014.
Ntabindi bibazo mwabajije.
Thx kandi courage
Indirimbo yitwa mfite impamvu umuhanzi Israel mbonyi
Ntabw mujya muyatanga nanubu ntabw mwari mwampa ticket yange
Mutwandikire kuri email yacu electropoweracademy@gmail.com muduhe MoMo yanyu tubagzeho ibihembo byanyu.
1. Indirimbo yitwa mfite impamvu, umuhanzi ni Israel mbonyi indirimbo yasohotse muri 2014. Ntabindi bibazo mwabajije
1. Indirimbo yitwa mfite impamvu, umuhanzi ni Israel mbonyi indirimbo yasohotse muri 2014. Ntabindi bibazo mwabajije.