Shahu jya ureka kwikinisha bamuzanisha iki koko ? Aba 10M baramburwaga , uti bus ya hatari ! wabanje ukamenya iya mbere uko yaje n uko yagiye ? Umunyarwanda yararirimbye ngo ‘ Ihene irishiriza ku burebure bw’ umugozi wayo sha ‘’ utujambo twawe uba urimo !
Mn ndakwemera
Uribuka uvuga ngo tuzatsinda Marine na Amagaju tugashiguka tugnanije.Sha jya uvuga uziga dusabimana ngo dukomezanye n,Imana gutsinda,Kuki uvuga izindi ngo APR izanganya Icyonzicyo ntagakipe nakamwe kazajya imbere ya APR
Turakwemera cyane reyon hejuru💙🤍💙🤍💙🤍💙🤍💙🤍
Ahani sawa
Ibya Reyon sport byarayoberanye ubuko mbakayoko nuwo gusimbura iminota 2😂😂😂😂😂😂😂 harya goyakinyeneza abo ubibwira uziko bakurusha umupira ikipe idasha kwataka ikipe yabonye umutuku😂😂😂😂
Ariko usigaye ukunda Aga cupa ka ndi sibyiz kand uvuga amakuru meza gabanya
Arikubundi ibyuvuga nukuri?
Bite Gilibert.?
Komera turi kumwe ariko hari amakuru namenye nyakuya ahantu mutazi burya KNC yagambaniye Rayon kubashinzwe ikibuga ngo bakimenemo amazi menshi kinyerere sasa abakinnyi be sinzi aho bitorezaga ariko yari yarabamenyereje gukinira kukibuga gitose niyo myitozo bari bafite.
Niyo mpamvu rero ikibuga cyari cyananiye abakinnyi bacu.
Hanyuma mubyara wanjye ufana apr yarimo aganira ninshutiye ikora kukibuga muri bariya bagitunganya bamenamo amazi numva arabimubwiye byose ukuntu KNC yatanze amafranga kurabo bashinzwe ikibuga.
Njye nabyiyumviye babiganiraho.
Ngayo nguko
Izo analyse zawe zidutera umwaku.
Robertihno numunyabwoba aradefander nudukipe duto . Adama kumwicaza it's ok ariko nibatsindwa wamwicaze tuzakunyuza muzuru tugupfune
Arikonukubera. Iki ADAM BAGAYOGO batamukinisha Kandi abimerita?
Namahoro?
ibyo bitego bizatsindwa nande umutoza ukina adefanda gusa nakumiro kbs
ADAM BAGAYOGOnikuki batamukinisha
Ariko uyu mutoza mubona haraho azatugeza?kugeza nanubu ntaramenya gupanga abakinnyi.
Shahu jya ureka kwikinisha bamuzanisha iki koko ? Aba 10M baramburwaga , uti bus ya hatari ! wabanje ukamenya iya mbere uko yaje n uko yagiye ?
Umunyarwanda yararirimbye ngo ‘ Ihene irishiriza ku burebure bw’ umugozi wayo sha ‘’ utujambo twawe uba urimo !