ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Look beautiful my sweatheart sister.Keep shining.This is your time to shine.
Ndakwumva pe.Umugire ashobora kuba agira One Room pe.Nabibayemwo imya irenga 20,nkitegereje ko umugabo wanje yahinduka akaba mwizaNta nirindi nsengesho nagiraga,
Ndabizi,ubana n umugabo mubi aguhindura mubi,kugeza naho nawe wibona ko uri mubi pe.Keep strong my sis,God has been faithful to you.Thanks
Cyanepe wunva ntanubwenge ukigira umuntu wica mugenziwe mumarangamutimaye lmana ige ibababarira
Courage Courage. Bless Aline waragirageje disi.......
Uri mwiza kandi ayo marira azashira maman
Impore ,ariko urekere aho S.M.murakoze
😢😢😢😢 Aline we hhh abantu basa kandi batanasa hhhh ahaaa ingo weee ,ushobora kuba waragizwe umusazi n umugabo hhh hali abagizwe abasazi nimiryango bavukamo ndetse nigihugu cyagagutabaye ,hhhh ngiyo isi muvandimwe ,abanyarwandakazi balibakwiye gukunda bikomeye president wacu Paul Kagame, hayesheje umunyarwandakazi agaciro gakomeye ,hhhh uzikubura aho washatse ukabura naho wavutse 😢😢😢😢 ,burya impamba y ubuzima ikomeye n URUKUNDO rw ababyeyi ,iyo wabonye URUKUNDO uwanyu rugufasha guhangana nibibazo by ubuzima .Hali umudamu ngerageza gufasha kugira ngo abanze yikunde kuko ntiyakunzwe na se ,ugasanga haraho agera ukagira ngo afungiye ahantu ,dusabire ingo zunve uruhare zufite zo kubakira igihugu kurukundo bakunda abana IMANA yabaragije .Ndagusabye ntukareke kumusabira ,nawe siwe ,nibikomere bitandukanye byamubase kubera impanvu nyinshi ,umuntu atanga icyo afite ,ntarukundo yifitemo kuko ntarwo azi ntarwo yahawe ,nuko bimeze .Ababyeyi bafashe abana kutirukira kubakana nabagabo badasenga ,kuko iyo bukiye urugo rwabo kuli YEZU KRISTU we RUKUNDO nyarwo ,niyo ntango y Urugo rukomeye .Komera Aline kuko iyo uvuga wunva ugifite ibikomere bikomeye byunvikana ko utarababalira se wabana bawe
The same history kabisa ni kimwe nanjye
Simpaga kukwumva
None se uzakomeza ubivuga kugeza ryari mada?????
ariko abantu mwabaye mute?mumureke abivuge Niko gukira kwe👌
Azakomeza?nonec amateka arahinduka?nonese urashaka ko ahindira subject kugirango bigende gute?ubu se niba waramwimvise ntuziko Hari abamwumvise bwambere ?knd ntacyo bitwaye rwose,ntimukabone ibibi gusa mujye mureka umuntu yisange knd ntanubwo Ari na Bibi,uyu mubyeyi arakuze knd yuzuye ubupfura mujye mwiga no kubaha
Look beautiful my sweatheart sister.Keep shining.This is your time to shine.
Ndakwumva pe.Umugire ashobora kuba agira One Room pe.Nabibayemwo imya irenga 20,nkitegereje ko umugabo wanje yahinduka akaba mwiza
Nta nirindi nsengesho nagiraga,
Ndabizi,ubana n umugabo mubi aguhindura mubi,kugeza naho nawe wibona ko uri mubi pe.Keep strong my sis,God has been faithful to you.Thanks
Cyanepe wunva ntanubwenge ukigira umuntu wica mugenziwe mumarangamutimaye lmana ige ibababarira
Courage Courage. Bless Aline waragirageje disi.......
Uri mwiza kandi ayo marira azashira maman
Impore ,ariko urekere aho S.M.murakoze
😢😢😢😢 Aline we hhh abantu basa kandi batanasa hhhh ahaaa ingo weee ,ushobora kuba waragizwe umusazi n umugabo hhh hali abagizwe abasazi nimiryango bavukamo ndetse nigihugu cyagagutabaye ,hhhh ngiyo isi muvandimwe ,abanyarwandakazi balibakwiye gukunda bikomeye president wacu Paul Kagame, hayesheje umunyarwandakazi agaciro gakomeye ,hhhh uzikubura aho washatse ukabura naho wavutse 😢😢😢😢 ,burya impamba y ubuzima ikomeye n URUKUNDO rw ababyeyi ,iyo wabonye URUKUNDO uwanyu rugufasha guhangana nibibazo by ubuzima .Hali umudamu ngerageza gufasha kugira ngo abanze yikunde kuko ntiyakunzwe na se ,ugasanga haraho agera ukagira ngo afungiye ahantu ,dusabire ingo zunve uruhare zufite zo kubakira igihugu kurukundo bakunda abana IMANA yabaragije .Ndagusabye ntukareke kumusabira ,nawe siwe ,nibikomere bitandukanye byamubase kubera impanvu nyinshi ,umuntu atanga icyo afite ,ntarukundo yifitemo kuko ntarwo azi ntarwo yahawe ,nuko bimeze .Ababyeyi bafashe abana kutirukira kubakana nabagabo badasenga ,kuko iyo bukiye urugo rwabo kuli YEZU KRISTU we RUKUNDO nyarwo ,niyo ntango y Urugo rukomeye .Komera Aline kuko iyo uvuga wunva ugifite ibikomere bikomeye byunvikana ko utarababalira se wabana bawe
The same history kabisa ni kimwe nanjye
Simpaga kukwumva
None se uzakomeza ubivuga kugeza ryari mada?????
ariko abantu mwabaye mute?mumureke abivuge Niko gukira kwe👌
Azakomeza?nonec amateka arahinduka?nonese urashaka ko ahindira subject kugirango bigende gute?ubu se niba waramwimvise ntuziko Hari abamwumvise bwambere ?knd ntacyo bitwaye rwose,ntimukabone ibibi gusa mujye mureka umuntu yisange knd ntanubwo Ari na Bibi,uyu mubyeyi arakuze knd yuzuye ubupfura mujye mwiga no kubaha