Impamvu ukwiriye guhitamo buri munsi gukunda uwo mwashakanye/Gushimangira urukundo nyuma yo gushakan
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 16 ต.ค. 2024
- #WhatsApp_0788422984
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda!
Pastor Imana iguhe umugisha umaze kumfasha muri vyishi,rero Imana ibikuzirikaneko nk'ukugororoka ikindi gihe tuze duhurire mubwami bw'ijuru
36:47 gutanga ikiguzi ngo urugo rubeho..
Aha niho ruzingiye rwose.
Murakoze cyane
Ahee naatanzwe sha wamushumbawe imana igukomeze kuko nange numva nkomeye kubwaweayomagambo yasawe gusa ahubwo nayabanu bimana bakeneye kubaho mbega mvugicyi imana itazibagirwa abeza abanyamumaro izaguhembe kuko waranforomye bushyashya kweri nzakugwinyuma gusa beshi nkawebarabuze murikigihe mbese kwifurije ijuru nubugingo 🙏🏻🙏🏻kuko aribyo nawe utwifuriza
Inyigisho zawe ni Pastor,Imana ikongerere imbaraga n,amavuta
Komera cane mutama desire
Pastor Imana ijye ikomeza kukwagura mu murimo w, Imana ukora ibiganiro byawe biratwigisha
habwa umugisha mugabo w'lmana
Pasteur Imana ikomeze kubazigama
Urwanje twari rwagiye kuko umugabo wanje arikunda cane
Murakoze cane
Ntashingano nimwe yurugo yubahiriza wewe aza aryama gusa main nu mukristo ariko naragwaje vyaranse
Yesu abahezagire
Ijambo mbabarira rikemura vyinshi,nukuri iy umuntu aryumvise arahumurizwa bikwongera kumwubaka.ikibazo rero kugira risohoke.
🥰🥰🥰🥰