Our very own Bruce! Our very own The Ben Our very own Riderman Our very own Meddy And more others! Our artists are all talented and have done enough and we only owe them respect not making conflicts among them.
Njye ndakwikundira uri humble cyane naho the ben na meddy sinkunda ubwibone bwabo Kuba baragiye muri america baba bumva barenze batatanga interview Kandi amazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho courage munyakazi wacu izina niryo muntu
Kuba yarira nukugaragaza amarangamutima yiwe sibyo kdi the ben is legend kbs mumuhe amahoro Kuko the ben ntawe abangamira imana yamwihereye umugisha ❤❤
Ikigaragara mukoresha amazina yabo mubashira mumatiku bose nta rwango bagira uretse aba managers babigize ama team bidakenewe, bazashakane biganirire ubundi hahire rimwe bikorere na collabo, Ben na Melodie big up sana❤
Bruce ... you sindikuruhande runaka , but you are truly 💯 %... ikibazo cyavuzwe ..... aho Muyoboke yakagiye mu itangazamakuru ... yagombaga kugusanga mbere yokujya mu itangazamakuru... erega abantu bajye bamenya ko Kuba mukuru ntibivuzeko ariko kugira ukuri kwinshi kuko buri wese agaragaz ko ari muruhande ruzima.... rero havuge ibikorwa not amagambo
Guys, Bruce Melody ntaho azurite na The Ben, Bruce afite Talent,afite ubupfura, afite nubwenge. Iam a showbiz guy, kera ntaramenya Bruce Nemeraga Meddy na The Ben.ariko aho Bruce aziye,nasanze abavuje bombi. Love from Kampala
Ndemeranya name ko Meddy Arenze Ariko name urabyivugiye.Akora indirimbo imwe ikaza ikaze. Ariko buriya jyewe nemera umuntu nebeye kubintu byinshi. Ijwi ryumwimerere Bruce ararenze. Ikindi,tubara ibikorwa bro. Album, number of Shows in a week,month,a year. Umwe ari kuri music ,numukozi wa music.undi abikora nko kwishimisha .So I prefer a professional than a machinery
nimutuze ben yaduha show nimubyibagirwe ndahamwako melody atamukoma pp Kool umwana iyo ageze hejuru yomvako are nze cyane yibukeko ben yamutanze mubinu nanubu amufite ayo namagambo ya boss we mubi nimugashyi gikire abakire
Nkunda ben na Mélody at the same time ark ben ari mumitima yabanyarwanda kugeza Isi irangiye ark melody ni game changer ikindi ni philosophe niba wita kuri buri jambo avuga yisekera kd akomeje 👌🏽
Kurira nubumuntu si défaut hubwo bamwe amarangamutima yarapfuye kubera uburyo bakuze nkumuntu ugereranya koko Bruce M na The Ben subugoryi umwe yize maternelle undi yakuze ahiga ngo bene nyina babeho urumva koko barira kimwe. Niyo mpamvu umwe yiririmbira urukundo avuga ko nyina yifuzaga ko aririmba Gospel undi akaririmba ibishegu kuko aribyo bicuruza urumva ni inzira zitandukanye rwose abantu bajye bareka kugereranya then ben na Bruce ntaho bahuriye.
@@vyuguruzumwangumwereka ntabwo turi abahanzi muvandi twe tuvuga uko tubyumva njye rwose reka nkubwire ukuri nziko indirimbo za Bruce nta mwana uziririmba cg umuntu wiyubashye kuko Bivugwa KO ari ibishegu Iza The Ben numva zivuzwa mubukwe nahandi kuvuga ngo Bruce azadukorogoshora tudahigira kuri terrain imwe sha nuburofa pe.
Wenda iyo mpeta ya Bruce Melody ntihambaye cyane kuri we kubera agaciro k'amafaranga iguze; birashoboka ko ari ikibazo cy'imikagiro n'imitsindo birimo, cyangwa se basi ikaba ifite agaciro k'ibyo imwibutsa bitabonerwa igiciro mu mafaranga. Gusa niyubahirwe ibyo akora; ni Munyakazi by'ukuri.
@cheffidele Let me help you to understand what he/she meant. MELODY is the only and most Activ also Hardworking Artist we currently have in Rwanda. He is the best "currently " we love him soooooo much and we are here to support him in anyway whatsoever. Is that loud enough!?
@julia. Le me tell u 1 or 2 Being active and being arrogant Working hard and being indiscipline Being big and disrespect your elder are all lead to failure
@@ChefWacu are you kidding me? Do you even read your message before you click on send? Apart from hearing it from Social media. Do you ever Seat alone in a quiet place rethink and filter everything you heard, then widely Open your eyes 👀 to see the reality of life/things in general, before opening the toxic😡 mouth to Judge Igitangaza Bruce melody. In which way or to whom was the poor Melody arrogant? In which case was he Indiscipline? I personally don't know Melody but I follow each and everything he does since he came in this industry. Therefore I am here to tell you that Melody is an Artist who is kind, intelligent in everyway and social. I guess what you call arrogance and indisciplinary is the values he set. Just because he set the high values and boundaries which you may not like doesn't turn him into an arrogant person. Hey! Wake up. You are not supposed to like him or fan him like some of us but also forget not that you have no rights to call him names. Don't be a joke! We all see...
Bruce Melody azi ibyo arimope! Imiziki yaramuvunnye mumureke ayikore, ahibwo mwige kugendera ku muvuduko ariho! But, amatiku ya Bruce na Ben, mwirinde kubyegereza umutima cyane, kuko this is show buzz men!
Sure! sure! Actually,this is music busines kandi hagomba kubaho show business too! Twatangiye kubona umuntu ushobora gushora mu muziki impande zose kandi uri very strategic. Ahubwoicyo nasaba abashora mu muziki, begere itangaza makuru rivuga icyongereza, igifaransa, naryo rikorere show off abahanzi bacu!! @@mutoniwasekessia5399
Alex Muyoboke w’uruhara n’inda ubwo siwe yavugaga 😂😂👊 Showbiz iraryoha koko Mr Marira uheruka song ye bwite idenge itaragwa uzamudukubitire ako kanyafu kunda Muhungu wanjye ❤️🫡
Bruce niwe muhanzi wa mbere Rwanda rwose tujye twemera uyu muhungu ari humble nta mutima mubi kuri social media atanga interview nziza naho abo birasi banyu batajya baza no mubinyamakuru ngo basuhuze abafana abanyarwanda ni bagende the ben uwo muvuga araza agakubita 2 months mu Rwanda si ndabona interview ye meddy nawe nuko mbese bigize abanyamerica baba baduciye amazi melody ni wowe wacu courage abafana bawe turagukunda cyane cyane
Izi confidence za BRUCE MELODIE ndazimukundira ksa
Kandi ibyavuga n'ukuri
Ababyunva nkanjye mumpe like
Sizo nuburere buke. Inziza zubaha buri wese
@@user-vl2rj6iq1c ntabwo ari uburere buke kuko level ariho yarayikoreye nanubu akiyikorera
Kandi Music ni competition nibadakora agakora akabarushya gukundwa n'abafana ntibakirize mugihe ntawe abuza gusohora imiziki!
Thx
@@user-vl2rj6iq1cariko nkawe uba uvuga ibyuburere ubwo urumva wararezwe kumurusha
❤❤❤ngo ngo Melody gabanya umuvuduko ngo ngo Melody shyiramo imiyaga ❤❤❤
Bado bado 😂😂 uyuu muhungu nako uno mugabo ni munyakazi koko natwihere imizikii myishii thew ben nawe nakore areke ibintu bwo gutekana byubunebwe...
❤❤❤
@@rihannafansofficial363 biriya bishegu nakomeze abibahaate rata!! Hahahaha aaaa!!
Arko sinzi impanvu Melody batamutumira mu ma shows ya. Comedy kuko arasetsa foo😂😂😂
Heavenly Father I pray that you keep the person reading this alive, safe, healthy and financially blessed Amen🙏💙
Amen
Amen
Amen. Thank you so much
And wishing you the best ❤❤
Thx bld amen
Amen
Melody ntamutima mubi kbsa agira😂😂😍😍 niyo mpamvu nkwemera my g for life 💝👏🏽👏🏽
Super musician super comedian super majic super Lion King 👑 Man urarenze uzi gusetsa pe nukuri uzagume wimerere gutyo pe❤❤❤
The Ben ni legend gusa nanone ni umuzimyi melody ntimuka musuzugure pee #N'IGISIMBAGIKURU Paaa❤❤❤
Genda Bruce melody Uri gitangaza Kweri 👍🙏 turagukunda cyane
The ben numuhanga cyane ndanamukunda pe aririmba neza gusa nanone ntaseti ijya hejuru ya bwana Bruce Melody arakubiye pe ni bwana 😍😍
Cyakoze bruce nkunda ukunu uba ufite energy mukaz kawe😂 ❤
Ningera canada 🇨🇦 imana ikaampa umugisha ngomba ku blessing umuhungu wange melody 🎵 ❤❤❤😂😂😂 nukuri umutima wae niwo wagakwiye ikiremwa muntu ❤️❤️🥱ntitaye kubyo ikiremwa muntu cyose gikorera inyuma yamarido ❤
Ndashima imana ko nahageze🤗🤗ottawa kbx nugusenga uhoraho musaba ibiceri ngo mburesinge abandi🤗😎
Ubundi bruce Melodie niwe wanjye. Nkunda ko azi kuganira yoroheje ibintu kandi anyuzamo akanasetsaaa😂😂😂🔥🔥🔥
Sinzi impamvu abantu tutabona ko uyu mutype ntamutima mubi agira mubyukuri, showbiz Wenda Niko imera simbizi ariko ubugome bagushinja mbona bakurenganya. Kdi sinziko watinyuka gusuzugura Ben kuko waranabivuze ko Ari Grand frère, komeza utere imbere Bruce
Bruce azi gusubiza neza ❤️🔥❤️🔥
Cyane!
Kbx
I love both Bruce and The Ben and others. I respect their actions accordingly.
It’s his vibe for me😍😍😍
Our very own Bruce!
Our very own The Ben
Our very own Riderman
Our very own Meddy
And more others! Our artists are all talented and have done enough and we only owe them respect not making conflicts among them.
Sibyo rata😊
Well said
Ntawurenze umwami James and prophet polly
Your real
Kwishyira hejuru bibanziriza kurimbuka Nshuti yange Melody tuza umuziki urawuzi ariko kwishongora ni ikosa.
Njye ndakwikundira uri humble cyane naho the ben na meddy sinkunda ubwibone bwabo Kuba baragiye muri america baba bumva barenze batatanga interview Kandi amazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho courage munyakazi wacu izina niryo muntu
Kuba yarira nukugaragaza amarangamutima yiwe sibyo kdi the ben is legend kbs mumuhe amahoro Kuko the ben ntawe abangamira imana yamwihereye umugisha ❤❤
Amahoro aracyayafite ntago bayamwatse
The Ben nikinebweee 😂😂 Dukund Ubuntu ukora
I like how u're always happy and courageous umusa 🥰
Ikigaragara mukoresha amazina yabo mubashira mumatiku bose nta rwango bagira uretse aba managers babigize ama team bidakenewe, bazashakane biganirire ubundi hahire rimwe bikorere na collabo, Ben na Melodie big up sana❤
Yego rata
Ndumusaza utarya ruswa! Iki gitype ndakemera, ndagikunda. Mumuziki no muri filozofi! Nabo bahanganye ndabakunda, ariko iki kirabarenze!! Nigihungu kikinyarwanda, n'ikigabo fresh, n'icyana kiza!!!! Kizi no gusubiza! Mubwonko nubwo cyaba cyarize make, gisumba abamenshi!! Ni "Iki, iki, iki, iki..... yuhuuuu" kuko ari igikoko mubushobozi! Nicya Simba! Nibagihe amahoro, nacyo kizayabaha. Kuko arigifilozofe!!!!
Uko umubona nanjye niko mubona, melody numuhanga kdi numwana mwiza,
Yewega filozofi hhhhhhh ngaho da mufite aba filozofe ntibabaseke
Sha nanjye nunze mu ryawe!
@@footballlegend2764😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ababipf nababisangiy je mbakund bombii si meddy , melody si na the ben mbakund bose kuk singir ah mpagaz mukomez muter imber from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🫰✌️✌️
Suko se!
Nuk rata gus nuk twihend turingenz dushak twakwikundanir da😍🥰
Only our Bruce melody uti noneho bamufunze cyaba 😂😂😂😂 umbaze nkubaze ❤❤❤❤❤❤❤❤
Bruce ... you sindikuruhande runaka , but you are truly 💯 %... ikibazo cyavuzwe ..... aho Muyoboke yakagiye mu itangazamakuru ... yagombaga kugusanga mbere yokujya mu itangazamakuru... erega abantu bajye bamenya ko Kuba mukuru ntibivuzeko ariko kugira ukuri kwinshi kuko buri wese agaragaz ko ari muruhande ruzima.... rero havuge ibikorwa not amagambo
Niyo mpamvu umuhungu abareka mukirukaaa akaza mukibuga mwirukiramo akishyuza miriyoni 3
Mutinye Tiger
Impara ninda😂
Nti mugakunde byacitse sha kuko nabo muvugiraho mwarabakunze bya cyane none igihe cyabo cyarashize muri kubona ntacyo bakoze isi nti sakaye buri wese ya nyagirwa ikiza kora ibyawe neza wicecekere
Irène useka nabi urasamanga cyane iyonseko yawe niyibihomora jyusenaneza anyway bruce gabanya ubwiyemezi isintisakaye kdi ntawumenyaho bwirageze
mn Bruce gabanyamagambo wowe nugira indirimbo nkiza Ben uzaburumugabo uragasamwa
Guys, Bruce Melody ntaho azurite na The Ben, Bruce afite Talent,afite ubupfura, afite nubwenge. Iam a showbiz guy, kera ntaramenya Bruce Nemeraga Meddy na The Ben.ariko aho Bruce aziye,nasanze abavuje bombi. Love from Kampala
Bro ntuzagereranye meddy naba ba type meddy is another level uyu bru akora indirimbo 5, imwe ya meddy ikaza izikubye views, so respect the guy.
Ndemeranya name ko Meddy Arenze Ariko name urabyivugiye.Akora indirimbo imwe ikaza ikaze. Ariko buriya jyewe nemera umuntu nebeye kubintu byinshi. Ijwi ryumwimerere Bruce ararenze. Ikindi,tubara ibikorwa bro. Album, number of Shows in a week,month,a year. Umwe ari kuri music ,numukozi wa music.undi abikora nko kwishimisha .So I prefer a professional than a machinery
Mubyukuri Melody
na mutima mubi nabinu byubugome bimubamo iki gara gar Abayi hanganiye n Ibimureba mubuzima 🤲🏿🙏🏿🙏🏿
I love this guy mumuzane the Ben mûri battle arye ikinyafu 😂😂😂😂
Ubuse utavuga ngo aryekinyafu mwumva ubusa mwirwa muvuga yabijyamo ntakeneye ihanganaryingegera nkamwe
Jya wibera umwana mwiza rata Imana izakugeza kure ❤❤
Ubaye wumva ururimi rwikinyadwanda
Nube ukunda melody waba ufite ikibazo
Njyewe ndabakunda bose ni The Ben.Meddy.Bruce Melody bose nabahanzi twemera naho The Ben kurira afite ibyamurijije nimuhamahoro mwese nimutere imbere mureke amatikuku kuko mwese mukeneye ubuzima basore ❤❤❤
sha Melody arakora tujye twemera!!!gusa njye nkunda ukuntu aba afite vibe arirekura kbsa nta mutima mubi.
Melodie ntarwango agira ni imfura cyane
Komeza itsinde itahiwacu❤❤
😂😂😂😂 ubundi umuntu wanga melody abayehoo. Ateeee😂😂😂😂.
Nukuri I don’t understand pe🤣🤣😂
Nanjye ntyo
you are good vocalizer for sure, I love you so much
Wamaze Niba urinumwana mubi icyambere nuko nkwikundira❤😂😂
Nangenuko ntaribiryacyo cyarihirinze kabisa kumugani
Nugahana umupfu ya kunanira ukomeshya😂😂😂😂😂 courager Bruce wee kubwo kumunura abandi ngo uzamukireho😂😂😂😂
The legend, the only one, The best of east Africa 🌍.... #The_Ben Tiger 🐯 on top
Who tf is Tiger B
Tiger B
Munyakazi 💪
nimutuze ben yaduha show nimubyibagirwe ndahamwako melody atamukoma pp Kool umwana iyo ageze hejuru yomvako are nze cyane yibukeko ben yamutanze mubinu nanubu amufite ayo namagambo ya boss we mubi nimugashyi gikire abakire
Kuki bavuze uruhara ninda nkumva mumutwe hajemo MUYOBOKE Alex 😂😂😂😂😂
Unyandikiye camments
Nange nuko
😂😂😂njye numvise djihad
@@girimpundutheopiste2531 umva ubugome bwo kumvugira ibintu.
Me tooo
Nkunda ben na Mélody at the same time ark ben ari mumitima yabanyarwanda kugeza Isi irangiye ark melody ni game changer ikindi ni philosophe niba wita kuri buri jambo avuga yisekera kd akomeje 👌🏽
Cyaze uyu mujama yifitiye icyizere Koko,🙌
Bruce bruce 💥💥💥💥turakwemera turakwemera dore uhanganye na battalion yabantu ngo baryamye kubigwi aho kuryama kubiri gukorwa basigaye kuruhu inka yarariwe kera😂😂😂😂😂😂😂😂
Utaganiriy na se ntamenya icyo sekuru yasiz avuze
Kurira nubumuntu si défaut hubwo bamwe amarangamutima yarapfuye kubera uburyo bakuze nkumuntu ugereranya koko Bruce M na The Ben subugoryi umwe yize maternelle undi yakuze ahiga ngo bene nyina babeho urumva koko barira kimwe.
Niyo mpamvu umwe yiririmbira urukundo avuga ko nyina yifuzaga ko aririmba Gospel undi akaririmba ibishegu kuko aribyo bicuruza urumva ni inzira zitandukanye rwose abantu bajye bareka kugereranya then ben na Bruce ntaho bahuriye.
Yewe uri injiji koko😏😏😏
@@mutonilucky1324 ubuse disi wita umuntu injiji ushingiye kuki ngo tumenye KO wowe ujijutse? Uduhe igipimo wakoresheje.merci
Bruce arabakorogocora mu mitwe yanyu muzasara mwambure ubusa mwiruke ku mihanda!
@@vyuguruzumwangumwereka ntabwo turi abahanzi muvandi twe tuvuga uko tubyumva njye rwose reka nkubwire ukuri nziko indirimbo za Bruce nta mwana uziririmba cg umuntu wiyubashye kuko Bivugwa KO ari ibishegu Iza The Ben numva zivuzwa mubukwe nahandi kuvuga ngo Bruce azadukorogoshora tudahigira kuri terrain imwe sha nuburofa pe.
@@sandraumuhoza7333 nifuje kumenya imyaka yawe kugira ngo nkusubize.wowe kubana kwa so n'a nyoko wabigizemo uruhare cg? Ushobora kuba uri munsi ya 21 ans ukaba uvuze ibyo gushaka kuko utabizi kuko ubizi ntiwavuga ubusa nkubu nukuri.the ben urumva uruhare rwo kubana kwa nyina 'a se aruruhe? Bahisemo séparation kuko benshi bashaka kwerekana KO bubatse bakazigwamo niba wubatse ntiwakavuze ubusa nkubu.njye nivugiye ibyo Bruce yatanzeho ubuhamya bwicyatumye atiga ntabwo mvuga ibyo numviye ahandi niwe wabyivugiye naho ibyo ngo ababyeyi ntibabanye baruta benshi berekanye KO barikumwe nyamara ari intambara gutandukana sicyo kibazo nshuti ikinjyenzi nuko buri wese abaho kdi neza anezerewe.
Itahiwacu, Igitangaza, Munyakazi ... yuhuuuuu❤❤ nkunda ibiganiro byawe bro never give up.
Turamutera amabuye kuri stage nubwo abifata nkibisanzwe
Ukuntu ruseka rero 😂 Bruce weeee urandyohera ndagukunda cyane❤🎉
Bruce Mélodie 🎵 Urumuntu w’Umugabo pe wumukozi,ayomatiku ntiwayabonera umwanya !Ntamutima mubi peee
Ndagukunda mumabarayose ♥️💞
Irène 🤣🤣🤣ni team Bruce ndakubonye turihamwe Sha Irène 😂😂❤
Rata 😂😂😂😂 najye no kwa Ben amubaze ibyo bibazo byubutiku byose turebe 😂😂😂😂😂😂
Najye namubonye ntiyambonye shaa 😂😂😂😂
Nabanyamunwa bahuye mais ben arabarenze ntibikimusaba kujagarara nka melodi na irene. Havuga ibikorwa kwa ben ben.
@@jeshi4988 shaa Ben ntabikorwa afise peee asigaye kwizina gusaa man melodie simwemera arko the guy amaze kugera kuri level irenze
@@jeshi4988 melidie aratuganiriza tugaseka nayo uwurikuvugase ninde
Wenda iyo mpeta ya Bruce Melody ntihambaye cyane kuri we kubera agaciro k'amafaranga iguze; birashoboka ko ari ikibazo cy'imikagiro n'imitsindo birimo, cyangwa se basi ikaba ifite agaciro k'ibyo imwibutsa bitabonerwa igiciro mu mafaranga. Gusa niyubahirwe ibyo akora; ni Munyakazi by'ukuri.
Nkunda ukuntu melodie byose abigira comedy😅😅😅😅
This man will drive 'em crazy 🤣🤣🤣🤣
Joie de vivre
Iki kiganiro ndi ku yumva nkaseka melody n’umuti wamenyo hahahah
Melody ntakiganiro ciwe woraba ntutwenge pe kndi utakuramwo isomo💕😂😂
Pe!
Bruce love you forever and ever 🥰🥰
Sometime abanyamakuru muraburiza ABA star ,nkawe Erene ikikiganiro gishobora gutuma RIB ,yinjirira Merody ,gusa Respect Merody Uba usubije nkumuhanga
So wonderful melody music
I love you more sweet melody 🤗💗💗💗💪🇺🇬
Dorigitangaza dorigitangaza dorigitangazaaa!!! Itahiwacu kabisaaa🥰
It’s his vibe for me 🥰🥰❤️🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
Ubundi melody numusani kbs❤❤❤❤
Melody niwe muhanzi dufite mn mujye mwemera guys …!🎉
Vibe yiweeee muri interview❤ Bruce fav star from🇷🇼 love from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
😂 😂 😂 😂 munyakazi we love you so much tumwemera kubi ararenze
The most famous musician from Rwanda 🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼♥️♥️
😂😂😂😂mbuzukuntu nshyira like 1000 kuriki kiganiro🔥🔥🔥🔥
Bose baracyari bato bakeneye gukora cyane bakiteza imbere , ubuzima bwiza kuribo n'abazabakomokaho, bakeneye kubaho kandi neza batekanye amahoro kuri bose imyiryane n'ipingana bibi , ni bareke buri wese akore mu buryo bwe Amena🧎♀️
Ubundi M Iren niwe wanjye😂😂
turakwemera Bruce
Nkunda bruce setu! Rusisibiranya wacu love love!!!!
😂😂😂😂😂
Melody nyamara barimo kukwangiza wowe dore ndaguhamiriza ko 2024 izasiga warazimye abazi ubwenge iyi coment bayibike ahantu urimo kwihenura wowe koko ubwo ubona wajya mukibuga kimwe na ben
Ukaba umuteze iminsi ariko mwaretse urwo rwango rwanyu niki se wumvise avuga kitari ukuri
Ahubwo azaha🔥🔥🔥🔥
Uhuuuuuuuu ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹 urarenze Bro ijwi noneho Sinavuga ubundi unywa icyi ,mbega ijwi weeeeeeeeeee
ngaho mpise nkanguka kubera title😮😮😊😊
😅😅😂😂😂
😂😂😂😂😂😂 This kiboy Melody Goodness!!
U can't hate Bruce 😂😂😂😂😂❤❤ 🇺🇬
The only artist we have 🔥🔥🔥🔥
U aint even explain your point and you just shout
@cheffidele Let me help you to understand what he/she meant.
MELODY is the only and most Activ also Hardworking Artist we currently have in Rwanda.
He is the best "currently " we love him soooooo much and we are here to support him in anyway whatsoever.
Is that loud enough!?
Muzika nyarwanda ipande
@julia. Le me tell u 1 or 2
Being active and being arrogant
Working hard and being indiscipline
Being big and disrespect your elder
are all lead to failure
@@ChefWacu are you kidding me? Do you even read your message before you click on send?
Apart from hearing it from Social media.
Do you ever Seat alone in a quiet place rethink and filter everything you heard, then widely Open your eyes 👀 to see the reality of life/things in general, before opening the toxic😡 mouth to Judge Igitangaza Bruce melody.
In which way or to whom was the poor Melody arrogant? In which case was he Indiscipline?
I personally don't know Melody but I follow each and everything he does since he came in this industry.
Therefore I am here to tell you that Melody is an Artist who is kind, intelligent in everyway and social.
I guess what you call arrogance and indisciplinary is the values he set.
Just because he set the high values and boundaries which you may not like doesn't turn him into an arrogant person.
Hey! Wake up. You are not supposed to like him or fan him like some of us but also forget not that you have no rights to call him names.
Don't be a joke!
We all see...
Sha wamugabowe ndagufana KBS ❤
Trace East Africa Award turayitahana, ntagisivya 😊
Melody nibakureke uri umujama Uzi ubwenge. Abafana iteka bifitiye ubwonko bwatokowe nibo bazana ikibazo! Mwe nimukomeze mutere imbere! The Ben nabijyamo azaba Atari mature enough nawe! Naho fatakumantuze we ni ukukuriraho hit ashaka no kugusebya mureke! Komera Bruce!
Melody uri agati kateretswe n’Imana naho bakwanga gute Uwiteka agukomeyeho! Humura…
Rene Na Bruce nuko mwese muri babandi ntavuze naho ubundi ahhhhhh🦁
Bruce Melody azi ibyo arimope! Imiziki yaramuvunnye mumureke ayikore, ahibwo mwige kugendera ku muvuduko ariho! But, amatiku ya Bruce na Ben, mwirinde kubyegereza umutima cyane, kuko this is show buzz men!
You get it kbsaaa… njyewe nkunda ibi bintu biryoshya umuziki bigatuma abafana bashyuha umutwe hagashyaaa
Sure! sure! Actually,this is music busines kandi hagomba kubaho show business too! Twatangiye kubona umuntu ushobora gushora mu muziki impande zose kandi uri very strategic. Ahubwoicyo nasaba abashora mu muziki, begere itangaza makuru rivuga icyongereza, igifaransa, naryo rikorere show off abahanzi bacu!! @@mutoniwasekessia5399
Number 1 and only melodyy❤❤
Alex Muyoboke w’uruhara n’inda ubwo siwe yavugaga 😂😂👊 Showbiz iraryoha koko Mr Marira uheruka song ye bwite idenge itaragwa uzamudukubitire ako kanyafu kunda Muhungu wanjye ❤️🫡
Ako kantu ni sawa rwose
😂😂😂😂
@@fifi6737Fifi Koko?
Ariko rero abafana turanakabya.noneho ibaze ko banyirubwite ntakibazo bafitanye ariko twebwe.....uretse ko nkeka ko Melodie aba yiganirira nkibisanzwe ntamutima mubi agira rwose
😂😂😂😂😂
❤❤❤❤❤❤❤❤❤ my shining star Melody ❤
Melody ubundi yasobanukiwe guseka ko arumuti wibibazo byose😅
Cyane rwose✌️✌️✌️
Ampayinka buriye nigiti 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂akavumbi ndabona warahatwitse🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥
😂😂
Cyakoze bro bluce ni number uno, much respect kbsa
Munyakazi ❤ ❤❤❤❤
irene najye ndumunyempano ukomeye pe nsinzi nibawatecyereza kabiri koharicyumuntumubuzima abayifuza kuzajyeraho kandindabizi urazirikana💪💪💪❤️🙏
Cya melody nange ngikunda birenzeeeeee👍
@@longtimetv6945 ok nibyiza
Uriyemera gusa wowe uri umuhanga arko uribwa gusugura bakuru bawe sibyiza
Munyakazi ❤❤uvuze. Ukuri wallah babwire bumve.bagabanye amatiku
I love that story , Melody you're so wise.
The Ben hejuru cyanee watumye umuziki nyarwanda utera imbere,ubu no mumahanga urwanda rurazwi
Sha nkunda Munyakazi numutima wanjye wose 😂😂ahorana courage na confidence
Melody hejuru cyane bro!!!
We yibereye mukazi bimuvanga mubyabo ,ahubwo yatanze akazi hose
Mélodie love from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮✔️❤❤
Number one muri show busy nyarwanda❤❤❤❤
Kandi narinabivuze #brucemelodie biriya babikoze kugirango barebeko babona umufa bashakaga kurira kuzinaryawe ase ubundi bakubatse iryabo konawe iryawe ryakuvunnye😂😂😂😂❤❤❤❤❤❤🔥🇷🇼
Yes umuntu wese ukurikira music yarabibonaga ko bakoresheje izina rya Bruce ngo bamamaze igitaramo bikihagararaho rero cyararangiye
Munyakazi forever ❤❤
Bruce niwe muhanzi wa mbere Rwanda rwose tujye twemera uyu muhungu ari humble nta mutima mubi kuri social media atanga interview nziza naho abo birasi banyu batajya baza no mubinyamakuru ngo basuhuze abafana abanyarwanda ni bagende the ben uwo muvuga araza agakubita 2 months mu Rwanda si ndabona interview ye meddy nawe nuko mbese bigize abanyamerica baba baduciye amazi melody ni wowe wacu courage abafana bawe turagukunda cyane cyane
Iman ibahe umugisha to
Melodie kweil. mn this guy is so suitable
💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽💃🏽🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥🔥 Bruce M. keep shining bro 😎
Akantu kimpara ninda iyo utagashyiramo ikiganiro cyari kuba kituzuye 😅😅😅😅
Hhhhhhh ark nawe urasetsa ukanakurikirana
Nibaza harabantu bashaka guteranya ben ba Bruce Nibaza arabantu babakikije bashaka induru
BruceMelody Ukundwa na benshi kora bose baragufana gusa nyene Igiti camye nico giterwa amabuye