NDAKARABYE💧SINZABAZWA UBUGINGO BWAWE🔥NIMUREBE UKO ABANYAMADINI BAGIYE KUTUMARIRA GIHENOMU😭INYAMANSWA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 30 มิ.ย. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - บันเทิง
Mwiriwe,Nishimiye inyigisho zawe,kuko twarabeshywe bihagije,iki ni cyo gihe ngo habeho impinduka mu izina rya Yesu,kandi nddbizi Umwuka Wera azagushyigikira.
mwiriwe neza, usumbabyose abahe umugisha, naho ibibyabene data babanyamadini ntibashaka kumva bayobotse amadini ntibigeze bamenya Imana
Wowe Pamphile uracyavuga ngo ntibasoma Bibiliya kd noneho barimo kuzitwika, buteye ubwoba.
Bibiriya muri yohani 4:24 :Imana n'umwuka nabayisenga Basingere mukuri no mumuka.
Murakoze.
Gusa nasaba ngo ubutaha ntumugace Pamphile mu ijambo
Murakoze kubwibiganiro mukora turushaho gusobanukirwa ibyo amadini atavuga umuntu ukurikira Beulah akazarimbuka menyanawe azahabwa ibihano bikomeye
Akanyama nimukarye kuko Uwiteka yaduhayeho inyamaswa (izo yemera) ho ibyo kurya ariko hari izindi nama atanga zubuzima nzima pe.Erega buri wese iyo avuga ukuramo ibigufasha ibitagufasha ukabireka.BITAVANYEHO UKURI KWA BIBLIA ARIYO CATALOGUE ITUYOBORA ABAKRISTO ibyo muvuga ibyinshi ni ukuri kw'Ijambo ry'Iyaturemye ariko namwe sometimes habamo amarangamutima .Be blessed.Yitwa Nzungu Pamphi nukenera his number uzazimbaze.
Imana ibahe imigisha myinshi pe murakoze
Imana ibahe umugisha kd ibongerere ubwenge buturuka kuri yo.ndanyuzwe pe gusa ntabw kirangiye mudusezeye.ubwo uzaduha part 2
Turiho kubw'ubuntu bw'Imana SI ibitambo ngo babyirate SI amategeko ngo tuyirate ahubwo ni Ubuntu bw'Imana
Mukozi w'Imana paphille, Imana iguhe umugisha uzatumire Pastor Piter Musisi afitebyinshi muhuza kuku gira ifuhe ryiza kubwumurimo w'Imana murimukazi neza
Ntabwo Abo wita bene se wa Yezu na bashiki be bivuzeko bavutse kuri Bikiramariya.
Nyuma ya Yezu ntabandi bana Mariya yabyaye kuburyo bw'umubiri kuko ababyeyi babo nabo baboneka muri Bibiriya muzasome neza.
Uzasubire wumve ibyo musenyeri yavuze.
Ibaze ubwo buyobe bw'abadive koko.kandi ntibashaka guhinduka bazingo nibo bemewe😢😮 birababaje
Uwiteka abihishurire nukuri 😢
Uwo musaza w'umutampera yitwa NZUNGU.
Atuye i Rubavu.
Uwo Musaza yitwa Gad ,uzamutumire niyumvire nanjye nkunda kumwumva
muze mukore ikindi kiganiro kibandanya kuriki
Mwiriwe kubigenzura bisaba mwuka wera, Dusabe twese u.mubatizo wa mwuka wera niwe uzauyobora
Nibaza Ko Ijambo ry'IMANA Rusobanura neza, kandi nibaza ko Pamphile amaze imyaka muriniyi nzira ta Kristo, kandi IMANA Imaze imyaka Imana Ivugana nawe.
Mbese ubutumwa cya gitabo Yanditse IMANA Ibimubwiye ngo aburire abantu baYo, buriya ibyo Yanditse ni ibyo Yibwiye si UMWUKA WERA Wamuhishuriye.
Simuvugira ntazi nanjye simuzi ngo mbe muvugira. Jyewe, umuntu undusha gusenga kandi adatandukira ibyo Biblia Ijambo ry'IMANA Rivuga, ndamwubaha.
Ubwo c gukacanga karindwi ibiryo, igifu cyazasigara gifite uwuhe mu maro?
Ubwo havayeho gukacanga karindwi igufu cyajya cyakira ibuntu bimeze nk''igikoma cg amazi gusa.
Igifu cyarwara kigatoboka pe
Kugisha inama abapagani cg kujya kurega umu kristo mugenzi wawe mu buyobozi bwa Leta cg n'ibindi nk'ibyo Bibiliya ibyita ubusambanyi.
Bikiramariya mwamizi w’Isi n’Ijuru. Imana ibahe umugisha kubwikiganiro. Rwose tugenda turi sha ho kumva ubuyobe buri aha hanze, tunarushaho kumenya Imana y’ukuri. Igisobanuru cy’umubatiozo ni ikimenyetso kigaragara mukwinikwa mumazi no kuyavanwamo tuzukanye nayesu none ababatiza batibijwe baba basigura ikihe kimenyetso? Nyagasani Imana aturengere.
Erega ntibihe byanyuma
Mathieu 13:53
Mariko 6:
Yohana 9:10
Reka mbabaze ese kurya ingurube, urukwavu, imbata ni icyaha?