URUGO SINAKAGOMBYE KUBA NDURIMO😢Madame Theo Bosebabireba avuze k'UWAMUTERESE MBERE|Kubaka wihanganye
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 16 ต.ค. 2022
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#Kumuvugisha_0783234473
NUMERO YA MADAME THEO BOSEBABIREBA: +250783234473
Théo afite umugore w'imfura disi.
Yesu uri muri wowe.
Umucyo ,urumuri, nta joro rudacya.
Madame uri umunyarumuri, komeza urucane , bravo Mama.
Muraho. Mbese ni Mwebwe Madame Théo!!ikaze hano iwacu ku ISIMBI TV.
Urihangana cyane imana ikwongere imigisha myishi cyane usengere nanje nihangane
Hallelujah Hallelujah
Bless U M. Eric umpesheje umugisha kubw'Ijambo ry"Imana
Amen and Amen ndafashijwe rwose Imana iguhe umugisha mubyeyi yesu arakora
Theo Yavuze ukuri koko ngo Numugabo wo guhamya ko ntakure cyane habaho Imana Itakura umuntu.
Abantu mwifuza kubona Sabin amaso ku maso, nimwihangane muzamubona. Njyewe naramubonye numva namuterera ivi!!!🤏ariko shahu ni Sérieux!!!!
🤣🤣🤣🤣🤣🤣ntumbwire hewe. Icukoze uransekeje ngo wumvise womuterera ivi
😂😂😂😂
😹😹😹😹😹😹😹😹🤭🤭🤭🤭HHhH
Sha Sabin nanjye mukunda wese! Avugana ubwenge kdi neza mbese 👍
🤣🤣🤣🤣🤣
Big up to you wa mubyeyi we
Buriwese azahemberwa ikamba rye nawe uzahabwa irishashagirana 😎
Jye sinabibasha niyompavu mvuze ngo wubahwe!!!!
Jewe nkunda ibiganiro vya isimbi TV ariko ndashaka kubona uyumumenyeshamakuru Sabin
uri bazina ukaba numu client wanjye disi,ndagukunda ❤️
Komera maman Eric ndagukunda komera nishimye kongera kubonana,
Imana iguhaze ibyiza mubyeyi
yoooo urihangana koko bless you mamy
God bless you mama Eric ❤️❤️❤️
Madame Théo ! Ikaze
She is brave woman 💖
I like Isimbi TV so educative 🙏🙏🙏
May God bless you so much dear ❤
Wa mubyeyi we ufite umutima ukomeye
God bless you M. Eric 🥰🥰🥰🥰
Uyu mumama ni ntwali cyaneeee
Imana iguhe umugisha nukuri uranyubatse
Yarabonabonnye pe umugabo amaze kubona udufaranga yahise ahinduka ahindura nimico yigira udasanzwe ariko icyonkundira lMana imenya itangiriro niherezo Dore birangiye barikumwe imigambi ya satani yabaye imfabusa ubuse abari bishyize imbere ngo bazamusenyere ntibamwawe Koko
Narimaze iminsi mwiyumvira ngumutuzanire 💚💚💚💚💚💚💚
Koko madani Theo ntibyoloshe Imana yonyine Izadushibize
Iryo jambo Abapagani siryo maman !!!
Uyu we mukunda kubii kdi mwigiraho byinshi
It's ibiparu for me❤️🤗😂
Amen 🙏🏾 Iryo jambo rirakomeye, Imana ikugirire neza Mama.❤
Nibura nje mubambere
Bien aje wenyine
Yioo uyu mudamu azi kuganira rwosee!
God bless your family Maman Eric ❤️🙏
⁰
👍👍
Turi kumwe Sabin
Amen
Uyumugore yarabonabonye kabisa nuko yinambiye kumana ikamutabara nahubundi arinkabinosi aba yaratorongeye.
Eh! 8? Ngo nimujye mu isi mubyare mwororoke mukwire isi🙏
Sabin ubirimo neza,gusa dukeneye ku kubona
Humura uzamubona. Nanjye naramubonye.
Njye namukunze azi kuganira akagira n'ukwihangana gukomeye! Ikindi gitangaje nakunze ni uko ari mu batumirwa bake batarigata iminwa buri kanya😂😂😂😂😂😂 Buriya rero abatabizi uko urigata iminwa buri kanya wibwira ko urimo kuyibobeza ngo ituma ahubwo uyumisha kurushaho bigatuma uguma urigata,urigata🙄🙄 ikikwereka ko aba ari nka habit ni uko n'abisize lip gloss/ lipstick na bo usanga barigata🤭
Iwanje izahita? Mama Erik’unsabile mubyeyi
Jane nta mvura idahita, wowe uzajye usenga mwuka wera agufashe kurushaho kuba mwiza ku rwawe ruhande satani azatsindwa agusohokere mu rugo pe
Cherie humura
Nduwambere noneho😂❤
Wamaze
@@niwegusahabimanavenant2471 uranezerewe😀
Hoyaaa daa!!Ahubwo mpise nigayaaa mazee Imana imbbarire Nawe umbarire
Ngo urampa akokantu ntamuntu wumukibwa atakabwiwe😆😆😆😆
Hhh ngo umuhe
Abagore bakuze ntibahukana
Akenshi nibanyirandarwemeye
Nuwa ndimbati ntaho yarikujya nibyo nikobimeze ubuze uko uyatega urayabamba
Que representent ils dans la republique rwandaise...???? Les sagihobe.....
Mama Eric yigishije benshi
Karabaye😅ngo ugirute?😂
Waremera umukwe se wirirwa abyara hirya no hino ra.
Sabin wakase icyo kijambo ngo ur…..😅😅😂😂
Hhhhh none c avuge gute
Nguramuha🤣🤣
Yahise amuhaho
Ubwoba bwaramwishe🤣
Arikose iyo atihangana yari bugire ate? Abana 7 yari kubagira
Ate? Nukubura uko agira ikindi ntashinge ntarugero
Niwe yari atezeho
Amakiriro😆😆
Ungize se kubasiga akajya gushaka nkabandi byari kumunanira ntiwumva uwataye batandatu none ubu akaba ari guhungura abandi kugenza uko yabigeje .Yarihaganye amfira abana be .
Ntihari abasambana?
Hanyuma Mama Vanessa yasize bangahe?
@@usengimanadenyse2807 nawe reba aho bimugeze urabona atazabura intama n, ibyuma?? 🥺 yarasebye isi soye iramwose
Natwe turi ikantarange turamuzi
Muka theo nyine azi ubwenge
Sha wabuze uko ugira pee doreko yariyaranaguhaye space akaguta bigatuma umwihanganira wibukeko harababana nababatoteza kugeza bapfuye! Wariwarabuze ahujya biciyemo ubu urikubyita kwihangana 😂😂😂😂mujye mureka korora abagabo
Urabona se ari mubi kuburyo nta mugabo wamwera ntiwumvise uwabataye agashaka .Yarihanye ye Imana irikumusubiza kubyo yihaganiye Rwose
@@alphonsineuzabakiriho1650 njyese mvuzeko arimubi?mvuzeko ibyoyise kwihangana yaramabura kindi kandi ko batagomba kuza kwigisha ngo abagabo bla bla blaaa bagomba kwicara hamwe bakubaka bagakura ntakuzana ubugoryi bwokudakura ngo bategerejeko babihanganira
@@alphonsineuzabakiriho1650 ntamugabo wihana ara pausing 😂😂kuko uko avuka abaruko ntawuguhindura
Yewe barakizwa. Wifitiye ibikomere nawe watewe nabagabo buriya hari uvuga ko abagore badakizwa kubera ibyo yahuye nabyo .naho abakizwa barahari nabadakizwa nabo nuko.
Ntacyo twumve ko yabuze uko agira ark agaciro afite ntabwo Kangana nakuwataye urugo ngwagiye gushaka ibyishimo byumubiri ugomba guha agaciro isezerano warahiriye imbere y'Imana
Ko atavuze ivyo kuvyara hanze kwa Théo ????
Mucyiganiro, atanze, cyose, uracyinenze? Ibyo, byararanjyiye, ntimugakuririze, ibyaranjyiye
Ibyokubyara hanze c? Birakureba Koko komukunda byacitseeee weeee koko
Ibyo byajyanye nigihe cyabyo rwoseeee ahubwo nezezwa nuko ntanzika igihari kurugo rwabo
Shamukiganiro cyahiseyigeze kubigugahop mujyemutega amatwi
Amen
Ijambo ryimana riravugago nimubamurijye nkaba murimwe ibyomuzacamo byose nzaba ndikumwenamwe tubemumana nikogushobora byose bitugerageza
Turi kumwe Sabin
Cyakora madame uzi gutanga ikiganiro neza pe.
Hhhhh
Ngo ndamuha hhhh