Sabin na fofo. Mu Rwanda na Africa yose tubayeho kubw'imiryango tuvukamo. Niyo mpamvu benshi bemera kubaho mu buzima bubi kugira ba support their family members zasigaye muri Africa. Ikibazo n'abiyemera ko bakize kandi babayeho muri struggle. Ikindi, ubuzima bw'iburayi burahenze. Ibyo fofo avuga ngo ntufona umukunzi ngo umubure. Uramubura kabisa. Si buri musi ariko bibaho. Mwoye guca intege abantu bikundanira no kubankanisha
I don't care what anyone says! Kuba muri Europe, muri America canke Canada is not all about living in beautiful houses or walking on beautiful roads. It's all about living in countries that have good SYSTEMS. Ibindi byose depend on how you have set up your life. Abantu benshi birabagora kubera ko batamenyereye gu planinga ubuzima kubera ko muri kamere tutabitojwe. I'm grateful to be living here because I have learned so much and I love the person I have become. I always remember what our president said: Tuzahahe ibyiza, ibibi tuzabibarekere😅. What a man!!! I mean our president👍🏻 So Sabin ubutaha uzabaze uti how is THE SYSTEM works for people living in these countries? Then, uzamenya why people are still taking huge risks just to come here. That's all I have to say. And for anyone who gets the opportunity to come to live in these countries GOOD LUCK❤
Iyi comment iriko ibwira nde ? Rubanda nya Rwanda cyangwa rubanda mva mahanga, nimwiteho ibyanyu disi n'indimi ny Africa ntizibuza umuntu kuba uwateye imbere mumibereho.
True that brother, I believe that it’s our responsibility nkabantu baba hanze guhaha ibyiza tukagaruka duteza imbere igihugu cyacu in direct investments, start ups and adoptions of so called good systems we chase abroad.
Wari warashize kweri😂 ubwose aho hari iki kiri special?which system? Kugaburirwa nk'umwana iyo byanze? Health Insurance? Mu Rwanda ibyo birahari byose, niba aribyo bintu bitangaje
Mu Rwanda biroroshye kumenya umuntu gusa hari ukwihishamo Cg ni uwitwa shyaka Steven atereta kubi kandi abeshya afite umugore witwa jane 🤣🤣🤣 ndabarabuye
Bite Sabin, abantu bose baba iburayi ntibakora amajoro.Maze imyaka 35 ino kandi ni myaka 33 narashatse.Romance irahari nyinshi. Biva kubantu nuko abantu babaye ho.Tout le monde ne souffre pas en Europe. Hari abantu benshi babaye ino kandi babaye ho neza, biva uko abantu bageze ino ou icyo baje gukora. Umbarire. Merci
Niyo waba Uri umugore Uri murugo udafite akazi nta mpamvu yuko umugabo atagufasha Imirimo yo murugo pe. Umugabo udafasha umugore we iburayi aba yikunda Kndi aba Ari ikigwari 😮
True sintuye Europe ariko nibaza ko USA naho hari ubuzima buri similar busy tuyibamo madam ukageraho nawe ukibura! Udafite abana birumvikana ariko ufite abana dropping to school, going to work, pick up from school, yenda nawe ujya ku ishuri plus game z'abana after school. Muza kugera home 8 to 9 pm kandi mugomba gutegura dinner get ready for bed mufite the same schedule next day!! Lol uzayibona iyo busy utumva umwaka 1 muri marriage ni toto!
Hari ibintu uvuga nkumva ko utamaze imyaka myinshi i Burayi ikindi ata bana uraronka. Kuza mu Rwanda buri mwaka bwo ni ubukire nuko ubishoboye ntawutabishaka. Ikindi umaze kuronka abana kuza buri mwaka ntuzobishobora amafranga atwarwa na vyinshi iyo ufise abana kandi biranaruhisha. Wivugira nk' umugore nyene akiri muto mu rugo ataragira uruvyaro mu mahanga ngo yumve uko bimeze.
Yemwe ubuzima bwo mu mahanga si kimwe nubwo mu Rda gusa ni ngombwa kubyumva ko ari ugufatanya kuko iyo umuntu akora ari 1 mu mahanga ntacyo mwageraho, mufite abana ntimwabaha icyo bifuza, ntimwazajya muri vacances Nanone ntimwajya ku kazi ngo mutahe nijoro mwembi hari abana , ngo ureke Mama akore byose wicaye uri umuntu mukuru kandi umukunda Ubuzima bukwereka ko niba uri responsable ufasha mugenzi wawe bikagenda neza mukaruhuka kuko uwanga ibyombo ashobora ibindi Ikindi abantu benshi baza gushaka mu Rda baba bafite imico mibi bigoranye ko yabona uwo yifuza cg se afite uburanga buke😅 (sibyo Fofo😊) Mu Rda haba abana beza kandi benshi baba nabo bashaka aba diaspora kubera udufaranga no kumva bashaka ubundi buzima Kuko uwo baba hamwe ntiyamushukisha udufaranga duke twa salon n'ibindi Icya nyuma rero mugore mwiza Belgique ntago ari référence y'ubuzima bwa Europe😅
You are not experienced in modern countries like Europe or northern America. Say thank to your Julien. But as long as he will work alone, guess what could happen 😢😮, think not good for you. Make yourself to go to work for contributing bills paying
Madame, with all due respect, nukwitondera iki kintu cy'uko ngo mariages z'abazungu zose ari contract. Ntabwo ari bose, hari abazungu bashakana bakabana for life kandi bagasazana, hari many families ziyubashe cyane kandi bubaha family values. Let us just clarify this. Thank you.
Abazungu ntabwo marriage zabo ziri contractual,that's not true. Ahubwo bo ntibihambira nkatwe. Ikindi they dont tolerate cheating. Twe umugabo aguca inyuma a million times ukababarira. Ariko bararambana kandi baba bishimye cyanee. Barasazana,barikumwe..
Ikintu nayobewe mu nvugo yuyu mme kuki mwunva ko aba diaspora ibyo bakora mu rda biba ari ukwiyemera??? Ntimubibonemo mood ya vacance nibyo bakora niyo bagiye mu gihugu kitari u rda aho bajya hose. Uba warabipanze ugakora saving byarangira ukajya kuruhuka .. Nta mpamvu yo kunva ko ibikorwa bakora biba ari ukwiyemera kuko niba ari ukwiyemera nta rukundo rubamo. Ntimukqze gusebya abantuuuu no gutuma abo ba diaspora bafatwa nabi mu Rwanda. Niba ujyanye famille yawe cg inshuti muri restaurant cg ukabazanira gift kuki wabyita ko baje kubiyemeraho. Aho wabeshye peee mujye mwivuga ntimukq generalize.
Ndi D’accord na Fofo nta muntu uba busy yo agukunda Abo bakora muri hospital nibo bavugira kuri phone Kandi muri Europe ahantu hose mugira 30 min 1h ya pause
😂😂😂😂😂😂sabin uransekeje p uti kandi abantu baba mumahanga ntiwababwirango cabugufi uti ntibyakunda😂😂😂😂mwadufashamatwi ngo ntimwakoza ibyombo uwabanjyanira iburayi sha😂😂😂
KANDA HANO UREBE VIDEO YA FOFO I BURAYI: th-cam.com/video/eBUrdc-ElxI/w-d-xo.htmlsi=kNWTPXZK4bTLPXdS
Sabin na fofo. Mu Rwanda na Africa yose tubayeho kubw'imiryango tuvukamo. Niyo mpamvu benshi bemera kubaho mu buzima bubi kugira ba support their family members zasigaye muri Africa. Ikibazo n'abiyemera ko bakize kandi babayeho muri struggle. Ikindi, ubuzima bw'iburayi burahenze. Ibyo fofo avuga ngo ntufona umukunzi ngo umubure. Uramubura kabisa. Si buri musi ariko bibaho. Mwoye guca intege abantu bikundanira no kubankanisha
Turi hanze kubera gushaka ubuzima naho Home is Best(Rwanda).
Sabin ati hari umugabo wishimira koza ibyombo? None se abagore bo ugirango hari ibyishimo bakuramo? Byose ni inshingano z'urugo mugomba kumvikana uko muzikora. Mu Rwanda nuko haba hari umuntu murugo ubafasha. Ntago mwese mwaba mwiriwe mukazi ngo hama nimutaha umwe yicare arebe TV undi ateke, yoze ibyombo, amenye abana, akorope, amese/atere ipasi... ababishobora chapeau.
Suko ,ariko burya na éducation itangwa kubahungu twebwe murugo basaza banjye bigishijwe byose, guteka, gukoropa gutera ipasi byose barabikoraga kabisa
Arega kunda mugenzi wawe nkuko wikunda .niba umugabo akora numugore agakora bombi baba bagiye gukorera urugo no murugo rero uko bombi bababarushye bagomba nogufatanya kugirango bose babone nergie ejo basasubiza kukazi.najye ntuye Belgique abahungu bajye mbigisha gukora akazi komurugo.nubufatanye ntabwo arubuganzwa .
Thanks 🎉
Saben buriya koza amasagani sikibazo kuko uba wayaririyeho kandi umugore ashonora kuba ananiwe kandi wowe wenda utakoze , numva rero ntacyo gufatanya , ahubwo mudafatanyije numva byaba aricyo kibazo , kandi kwambika pampa umwana wawe ntakibazo kirimo kuko yitayeho umwanda nyina adahari wabikora rwose ibyo sikibazo . Kandi ashobora kubahari ariko ananiwe cyane .rero ibyo mubivuga kuko mutazi ubuzima bwahano .
I don't care what anyone says! Kuba muri Europe, muri America canke Canada is not all about living in beautiful houses or walking on beautiful roads. It's all about living in countries that have good SYSTEMS. Ibindi byose depend on how you have set up your life. Abantu benshi birabagora kubera ko batamenyereye gu planinga ubuzima kubera ko muri kamere tutabitojwe. I'm grateful to be living here because I have learned so much and I love the person I have become. I always remember what our president said: Tuzahahe ibyiza, ibibi tuzabibarekere😅. What a man!!! I mean our president👍🏻
So Sabin ubutaha uzabaze uti how is THE SYSTEM works for people living in these countries? Then, uzamenya why people are still taking huge risks just to come here. That's all I have to say. And for anyone who gets the opportunity to come to live in these countries GOOD LUCK❤
Iyi comment iriko ibwira nde ? Rubanda nya Rwanda cyangwa rubanda mva mahanga, nimwiteho ibyanyu disi n'indimi ny Africa ntizibuza umuntu kuba uwateye imbere mumibereho.
True that brother, I believe that it’s our responsibility nkabantu baba hanze guhaha ibyiza tukagaruka duteza imbere igihugu cyacu in direct investments, start ups and adoptions of so called good systems we chase abroad.
Commentaire nziza cyane irimo ubwenge. Nubwo ahantu hafite icyo havuga mu buzima bw'umuntu ariko ibihindura ubuzima bwe bituruka muri we kurenza ibindi byose.
Uvuze ikinyarwanda waba iki?
Wari warashize kweri😂 ubwose aho hari iki kiri special?which system? Kugaburirwa nk'umwana iyo byanze? Health Insurance? Mu Rwanda ibyo birahari byose, niba aribyo bintu bitangaje
She looks very natural 100% I love it 😍😍😍😍
Umu graceroom oyeeeeee❤️❤️
buriya rero iyo uTAri mu Rwanda niho umenya neza u Rwanda urwarirwo, Mana wee i miss my Home nukuri
Cyanee nukuri home sweet home 😢😢
@Baptist😂 nukuri pe iyo ukiri Mu Rwanda wunva ntabirenze ariko ubyunva umaze kuhava. Nkumbuye I wacu weee 🇷🇼
@@girukwishakaevelyne4470😂😂😂 muhame hamwe.baravuga ngo amahanga arahanda.bamwe ntibabyunva.
@@rwandamum8323😂😂😂Ukaba uradukocoye twagiye guhaha umunsi nu mwe tukagaruka I wacu.
❤❤❤❤pole sana
Ma chérie ..quand il y aura des enfants 😊😊😊 reviens nous parler☺️☺️ là tu sauras exactement les sacrifices zurugo❤...
Exactly
Nugaruka tuzasurane nuye Asse uri umugore wu muhanga setu❤❤
aba jo❤ mukunda Sabin munkandire kwifoto mbashe kwivana mubudhomeri wowe ubikoze IMANA ikugwirize amafaranga❤❤❤❤
Burya ibi bintu birahemba gt??mumpe Ayo makuru
Twekotuzubatse neza ikintu niba cyarakwangiye wicyangisha abandi umudiaspora tubanye neza kandi umwanya wose mushakiye ndamubona niyo arimukazi turavugana ahubwo ninawe ashaka akambura ubworero uwutaguha umwanya abafite abandi yawuhaye
Umugore uzi ubwenge,abantu tugire urukundo ,ukuri,kwizerana ibindi ibyo bavuga ngo umugabo ufite frs ntacyo bivuze icya mbere nugushyira hamwe
Yemwe, amahanga tuyabamo kandi nimeza kuko umuntu abona amafaranga. Abantu bazababwira ko atari meza ariko bakayagumamo. Hanze wakora akazi koroheje ukabona 1.5M rwf no kurenza cyane , Rwanda se manager wa bank akorera angahe? Ntibakabashuke. Ikibazo gikomeye hanze abantu baba bigunze kandi, ntitubona umwanya wokunezerwa mumafaranga....niyompamvu umuntu afata vacance akaza Rwanda. Bajye babashuka mwemere. Umuntu utaterwa ikibazo nokuba africa, nuwuva mumuryango ukomeye uzamufasha kubona akazi kintica ntikize agakorera amafaranga azatuma yigira. Ubuse ko the Ben yagiye America akazana amadolali ntiyarongoye Pamera? Iyo atajyayo ngo arebeko Pamela amwemera....aleweeee
Yego rata,uwangezayo 😂
Uvuze ukuri
Aleweee😅😅
Babwire rata 😅😅😅
Urumunyakuri tumenyane❤😂😂
Wouww uri mwiza mam, nkunze ukuntu uri naturelle cyane❤
Uziko mbona atanatoboye 😂😂
Ikinu mbonye Nuko Fofo arimwiza anaseka neza😂
Sabin mujye munaganira muganize abagabo si ngombwa ngo Abe Umu diaspora .
Nabagabo bomurwanda basigaye bahemuka cyaneeee.
Nakundanye numusore twari tumaranye imyaka itanu.
yanyeretse umuryango we ,ampuza nincuti ze twapangaga kubana umwaka utaha gusa natunguwe no gusa naje gusanga arumugabo wabana babiri n'umugore wisezerano.ikirenze nuko nasanze umuryango yambwiye ko aruwe nasanze ntanicyo bapfana.iyisi iragoye
Pole sana 😢
Mu Rwanda biroroshye kumenya umuntu gusa hari ukwihishamo
Cg ni uwitwa shyaka Steven atereta kubi kandi abeshya afite umugore witwa jane 🤣🤣🤣 ndabarabuye
😢😢😢😢 ooh lala ihangane mama yarahemutse ariko humura Imana izaguha ugukwiliye
😂😂😂@@Uwimanalice
Sabin ndagusuhuje nakubwira ati komerezaho courage cyane. Nugaruka muri Brussels bikunze tugahura ngasangiza abanyarwanda kugirirwa neza kw’Imana. Mfite imyaka 24 ariko ubuzima bwange mbona bwabera isoko yibyiringiro kuri benshi. Nabaye mu Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi, Mozambique, Swaziland, Cyprus, Romania, France na Belgium. Kubera impamvu nyinshi ariko bikubiye mukuba impunzi or asylum seeker kandi nyamara ntacyo mpunga ahubwo ari ugushaka ubuzima. Murakoze!
Ariko Jew ndumurindi nkeneye unyishure woba waraburonse,nukuri wararush imana yoba yarabuguhaye vyoba arisawaa
So cute
So interesting
So beautiful
So shinning
So smart
So nice ❤❤❤
Bite Sabin, abantu bose baba iburayi ntibakora amajoro.Maze imyaka 35 ino kandi ni myaka 33 narashatse.Romance irahari nyinshi. Biva kubantu nuko abantu babaye ho.Tout le monde ne souffre pas en Europe. Hari abantu benshi babaye ino kandi babaye ho neza, biva uko abantu bageze ino ou icyo baje gukora. Umbarire. Merci
Nuko uhamaze igihe,abagiye vuba ntakintu bariho ubuzima buragoye.Abagiye muriyo myaka yawe rwose ibintu n'uburyohe Kandi kuryoherwa murugo akenshi bijyana nigihari
@inezaaline2494 ibintu bishobora kugorana iyo ukiza kuko uba utaramenyera kandi ntampapuro urabona byo biragora ariko iyo uzibonye uzi icyakuzanye ubaho neza
turabasuhuje mwese mwese muba mwibanga rikomeye cyane😂😂😂😂
Sabin rega ntituyobewe ko u Rwanda ari rwiza ndetse cyane. Kuko njyewe ndahakumbura nkenda gusara. Ariko se uzaba Rwanda ukore iki? Ukurehe akazi? Ubushomeri buri Rwanda nibwo butuma tujya gushakishiriza imahanga ariko kuri coté social ntago haruta iwacu rwose. Iyo umaze kubona icyo wagiye gushaka ugaruka iwanyu ukubaka ukiteza imbere. Imahanga biroroshye ko wakora saving dans 5 ans ukaza ukubaka inzu nziza cyane iwanyu. Ariko biragoye ko urubyiruko ruri Kigali kuri salaire ye yakorera amafranga akubaka dans 5 ans.
Inaha dukorera muri moins😅
nokurya ni danger
Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana rero hanze biragoye kuba umugore yakora akanatunganya ibyo murugo wenyine.
Urabikora gose abagabo beshi baratuvunisha ariko harinabagobo bafasha abagore pe.
Niyo waba Uri umugore Uri murugo udafite akazi nta mpamvu yuko umugabo atagufasha Imirimo yo murugo pe. Umugabo udafasha umugore we iburayi aba yikunda Kndi aba Ari ikigwari 😮
😂😂😂😂😂 umunyarwanda wahiriwe nurugendo bagenzi bange 😂😂😂😂😂 ahahaaaa nice to you Dada. Subuhanga cg amagambo meza kurenza abo byanze ahubwo ni Ineza y'Imana sha 🤣
Yego rwose byose bibaho kubera Imana ❤❤
Agree 100/100
Ariko abantu bajye bavuga expérience zabo apana gushira mubwinshi uyumugore ntagihe aramara muburayi pe nta struggle yaciyemo,ntarabyara ngo agire challenges z’umu bébé sinzi impamvu yashyize muri rusange
Ushobora kuba umugabo mubanye Neza pe kandi ninabyo mubihe byambere Ese nyuma birangiye nabi byose ntabwo tubiteganya Ariko uvuga uziga,abatandukana suko baba bataragize ibyo bihe none iyo wigenuye isi irakota 🤣🤣
Uyu mudamu ndamukunda pe, ariko ndumva namukosora kubyo avuze kuburyo abantu baba busy, umaze igihe gito uzabibona, ndumva hari twinshi nakosora ariko kanguhe umwanya wokubibona
True sintuye Europe ariko nibaza ko USA naho hari ubuzima buri similar busy tuyibamo madam ukageraho nawe ukibura! Udafite abana birumvikana ariko ufite abana dropping to school, going to work, pick up from school, yenda nawe ujya ku ishuri plus game z'abana after school. Muza kugera home 8 to 9 pm kandi mugomba gutegura dinner get ready for bed mufite the same schedule next day!! Lol uzayibona iyo busy utumva umwaka 1 muri marriage ni toto!
Fofo uvuze ukuri umuntu iyo yiyerekanye uko atari ukabivumbura ntibiryoha na mba. Bana bato meitonde,ngo hari n’abari ku miti ya HIV/AIDS bakakujyana batakubwiye ukabimenya warsgezeyo ubukwe bwararangiye ukabimenya mubana💔💔💔Mubyitondere bakundwa ibishashagirana byose ntibiba ari zahabu 🙏❤️❤️❤️❤️
Nibitonde we😭😭😭
Imana idufashe kweli 🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️🙏🙏🙏@@dorotheuwamaria5107
I agree with U kbs; ingo zino nyinshi zizize gukunda €€€ cyane kuburyo couples zibaho zidahura, bahora biruka inyuma y'amafranga bikarangira byose bibaye impfabusa... n'abana usanga baratereye iyo basa nkaho birera...
mu Rwanda niheza kubafite ifaranga abandi wapiiii
😂😂😂😂😂 wabaretse se 😂😂 uvuze ukuli
Hari ibintu uvuga nkumva ko utamaze imyaka myinshi i Burayi ikindi ata bana uraronka.
Kuza mu Rwanda buri mwaka bwo ni ubukire nuko ubishoboye ntawutabishaka.
Ikindi umaze kuronka abana kuza buri mwaka ntuzobishobora amafranga atwarwa na vyinshi iyo ufise abana kandi biranaruhisha.
Wivugira nk' umugore nyene akiri muto mu rugo ataragira uruvyaro mu mahanga ngo yumve uko bimeze.
Yego rwose ,wongereho ntabwo ushobora gukura abana mu ishuri nta mpamvu zifatika ,utegereza vacances z'abana
Urabona ko avuga ibyo atazi rwose
Njye ngiye kuzuza 10 ans hano gusibirayo nishida Nama tickets🤔 nyihera subscribe cherie uraba ukoze cyane
Nanjye naringiye kubimubwira eeega abatajyayo burimwaka suko nta fr bafite ahubwo ureba igifite inyungu kurusha ikindi
Uzirinde mecap yuko Imana yayigukoreye rimwe yakurema
Rero Sabin ibyo wivugisha ngo ntiwakoza ibyombo? Nonese utuzi twinshi two mumahanga ko harimo no koza ibyombo ubwo wakoza ibyo muri resto iby'iwawe bikakunanira? Ubundi iyo ugiye mu mahanga imico yo muri africa cyane ku bagabo mugomba kuyibagirwa kuko ubuzima muba murimo nibwo bubaha uburyo bwo kubanamo
Ikindi hano tuna dufite nimashini zoza ibyombo mba numva bitarenze
Nanjye iyo numva abantu bahora bavuga ngo koza ibyombo kdi hari machines jye biranyobera😂 ariko niba mu Rda udashobora kudafasha umugore wawe mu Rda no muri Europe byakugora. N'uko mbyumva🤷🏼♀️
Abakobwa bose bigira abanajuwa cyangwa ko barenze , abasore barabatinya bigatuma bagumirwa. Abageze mumahanga abasore babatinyirako batumva bigirako barenze.
Aho uratubeshye Sabin, niba ufite umugore cg umugabo iburayi ntabwo kuzana undi muntu yego mwasezerana mu Rda ariko ambassade ibona ko ufite umugore cg umugabo iburayi kuko nibo bakora process ya viza.
Oui ntabwo bibaho kuko nanjye nabinyuzemo ibyo yaravuze ntabwo abizi neza
Yemwe ubuzima bwo mu mahanga si kimwe nubwo mu Rda gusa ni ngombwa kubyumva ko ari ugufatanya kuko iyo umuntu akora ari 1 mu mahanga ntacyo mwageraho, mufite abana ntimwabaha icyo bifuza, ntimwazajya muri vacances
Nanone ntimwajya ku kazi ngo mutahe nijoro mwembi hari abana , ngo ureke Mama akore byose wicaye uri umuntu mukuru kandi umukunda
Ubuzima bukwereka ko niba uri responsable ufasha mugenzi wawe bikagenda neza mukaruhuka kuko uwanga ibyombo ashobora ibindi
Ikindi abantu benshi baza gushaka mu Rda baba bafite imico mibi bigoranye ko yabona uwo yifuza cg se afite uburanga buke😅
(sibyo Fofo😊)
Mu Rda haba abana beza kandi benshi baba nabo bashaka aba diaspora kubera udufaranga no kumva bashaka ubundi buzima
Kuko uwo baba hamwe ntiyamushukisha udufaranga duke twa salon n'ibindi
Icya nyuma rero mugore mwiza Belgique ntago ari référence y'ubuzima bwa Europe😅
Uwanyijyanirayo peeee
Byose uvuze ni ukuri
Thk u fofo na breminga ubugabo wange ubayo ko atamfasha kuko ambwirako ubuzima bukimugoye sibyumve ariko ubu ndanyuzwe
Sha mwabantumwe usibye yesu we nyine wagutabara naho umintu arakubeshya kbs kuburyo kumuvumbura bigoranye kbs, ngewen na kundanye nu mu diaspora tumara 3 years ntaziko abana nu mugore kd naragiye iwabo mabukwe ubona anyishimiye bitavugwa kd abizi nezako umuhunguwe afite umugore hanze, inkuru yange ninde kbs ,ariko nashimye Imana ko nabivumbeye ntarabana nawe kd nkabimenye umunsi yaje ngo tubane kubwo amahirwe y,Imana ndabimenya kd isaha yose nashaka kuvugana nawe yaramvugishaga rwose no kuri video call tukavugana pe
Yesu wee, pole sana muvandi. Imana yarakurokoye pe. Ariko abagabo ni abana babi pe. Courage uzibonera undi mwiza
Yego rata@@godisgoodgodisgood1109
Useka neza,jya umwenyura kenshi❤
Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana
Kbx urabatubwiriye abanyafrica Urakoze kandi fofo ndagunda cyane ❤ ❤
Ibyo byo nta muntu ugukunda wakuburira umwanya ngo ni diaspora. Nanjye umugabo wanjye ntiyajyaga awumburira, ariko sasa mbega challenges nahuye nzazo mpageze😂😂😂 sinazivugira kuri Camera biteye ubwoba
Yoo pole bambe challenge ibikomere byishe abantu
It's ok ubuzima burakomeza 😅uzambaze hhhhh
@@vallloyd9653 yeweeee inteye amatsiko nanjye uzambaze hhhhh gusa Imana injya itanga ihumure
@@abatarisangagroup3903 Jyewe kereka hari nka Camera Bakemerako batangaragaza insura ndetse n'ijwi bakarihindura. Naho ubundi sinabivuga biteye ubwoba nagahinda.
@@Co-br5upihangane chr.
koza ibyombo si ikibazo, ikibazo ni ukubyoza bakagusuzugura, as long as you're appreciated for all the work you do, you wana do even more
Ariko Sabin, nawe koko uracyatereza nk'abasaza b'abanyarwanda? Kwoza amasahani, guteka, gukoropa, kumesa rwose ni ibintu bisanzwe! Ubikora nabi iminsi ya mbere ariko ugera aho ukabimenya! Jyewe narabikoze muri Canada na Sweden, ku buryo n'ubu umukozi agiye nabyikorera sinaburara! Guhindurira umwana pamper byo rwose narabikoze abana banjye bakiri bato, muri 1988, 1989 ntaragera no mu Burayi
Ukuri kuzuyeee🙌
❤❤❤❤❤❤❤
Ariko ibyo muvuga koko!None se koko ubundi murumva guteka ibyo mwese muri burye n’abana bawe ari big deal?koza amasahane muza kuriraho ni ibya danger?koza abana bawe ni ikibazo?Ibyo byose ndabikora.
Ariko rero na none ncishamo nkigira muby’abagabo kandi n’akazi nkagakora.
Mwikomeza life rwose,nubwo ubuzima buvunanye cyane kubera umwanya muto.
Oya kwubaka ni umugisha n Imana ibitanga ne jugez pas
Nukuli pe
Ndagukunda
Erega, ingo zisenyuka kubwinshi muriyi myaka, nuko abagore batacyemera agaciro k'umugabo murigo. Umgore ntagoha umugabo agaciro karemano. Burya mujye mutinya icyashyizweho n'imana.
Cya Fofo cyarashaje disi mperuka Kamakanika ariko kacyiryaho agafoto😂😂😂
Ahubwo mundangire umudiasipor wumugabo ukuze kuko nange ndakuze ndi umupfakazi kandi nshaka kubaka mfite abana ariko ntinya umu divorce ariko aramutse yarapfakaye nkange twakibanira kuko ndakeka ko abadiasipora bose atari babi kandi atariko babeshya ndashaka umuntu wumurokore kuko nange ndiwe winyanga mugayo ❤
Byose bikorerwa murukundo n'ubwumvikane byoseeee umugabo yabikora
Iyo twese dukora no murugo dushyira hamwe kugirango turyamire rimwe ntawe uvunitse kurusha undi
Njye ndashaka kumva abakobwa baba diaspora bakundana nabahungu bo murwana mbega 😂😂😂💀💀💀😩😩😩yooooo
You are not experienced in modern countries like Europe or northern America. Say thank to your Julien. But as long as he will work alone, guess what could happen 😢😮, think not good for you. Make yourself to go to work for contributing bills paying
Sabin akazi kaba inaha urumva koko ntabwo umugore yagakora wenyine
Mujye mumenyako abagabo banaturusha imbaraga iyo ni imiteto ya Kgli ubu naba mvuye kubyara umugabo yanyitaho ngo nahindutse aba agomba kumfasha ntabimutegetse ahubwo abagabo bose Bari hanze biyumvemo inshingano zo gufasha abagore babo
Ariko rero afite amongereza menshi cyane
Aba SANDREW ndabakunda 💜💜💜
Sabin uze Canada tukwereke uko kubikora kandi mumahoro
Twarasenganaga mukobwa mwiza uzi ubwenge pe!
Sha ni babitondere pe nidayimoni mbi pe bazabimbaze nanjye ndumiwe ubihamwa pe Sabin abo badiasporant gabo wumva nimbwa gusu gusu.
Byakugendekeye bite
Abakobwa bakunda amafaranga nibobagwa mubishuko kenshi
❤❤❤❤ibyo byo
Madame, with all due respect, nukwitondera iki kintu cy'uko ngo mariages z'abazungu zose ari contract. Ntabwo ari bose, hari abazungu bashakana bakabana for life kandi bagasazana, hari many families ziyubashe cyane kandi bubaha family values. Let us just clarify this. Thank you.
Aho Fofo ariko arabesha, bivana nakazi ukora! Ukora mumashule ntufata télephone, ico nemeza iyo ufashe pause yogufungura urahamagara canke ukandika.
Mais ko uhamagaye bahita bitaba, sivyo
Muri hôpital avuga birabujijwe kunjya kuri téléphone yawe noneho kubera COVID ,hygiène hospitalière babishyize ku rwego rwo hejuru ,ikindi sibyiza kuba uri kumwe n'abantu ukavuga ururimi batumva ,ariko ntibivuzeko umuntu agushatse biri urgence wamwihorera ,ushakako ubigenze ukamuha nka 3 minutes.
Pause zibaho ariko hari igihe uba ufata pause hamwe nabo mukorana mukaganira.Ubwo nyuma y 'akazi akuboneye umwanya uhagije sibyo biri byiza.
Fofo ndagukunda cyane
❤❤❤❤
fofo ndamukunda nari naramubuze pe komeza ugubwe neza
Ushoborakuba uvugukuri madame
You have natural beauty,don't change it!I beg u.I have a natural wife,natural blackish,i don't like too much make up!
Make up is not good I don’t know why many people they are addicted with
Sabin, uraza unyisurire jewe nikaribu ntacomfise mpisha tuzosangira ibijumbu
Ibyo nibisanzwe rwose bibaho Nanjye byambayeho ntaziko afite umugore ntungurwa nuko umugore wiwe yanyandikiye antuka ngo muvire kumugabo let’s be careful kuba diaspora
Mwagiye mutereta abintaha ko abasore duhari
Nahose ubundi mwa mfura mwe umuntu yaguha amafaranga ukayanga ? Reka njye ntayo nakanga mba nifitiye ubukene ubwo rero ngize Imana umuntu akantamo nawe urabyumva ko nayakira sakindi ikazaba ibyara ikindi😂😊
Njyewe icyo nakubwira wa mukobwa we twe tujya Europe dushaka amafranga kuko murwanda ntakazi wabona kaguhemba nibura 1500&200$ ariko muri Europe urakabona ukaba wanakora saving.Niba ubayo ntakintu ukora nyine uba murugo ni challenge kuri wowe .
Yewe uwo ningewe pe kuko kuva ndashaka nanubu ni stress
Yooo pole sana❤❤❤
Impore Mama!
Pole mummy bizashira😢😢😢
😂😂😂Urabeshye KBs Keretse niba ari ahongaho uba USA baba ahantu heza
Muri grace room wagiye utampaye number . Love you
Diaspora mwayikura he!
Ifaranga ry'abadiaspora rizadukoraho😮😮😮
Cyane
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@@valentineishimwe2795😂😂😂😂😂😂😂baje kubarabura muhumure❤❤
😂😂😂😂😂
😅😅😅😅😅
ako gakweto nisawa cyane
HARYA UWA PLATINI YABAGA MURI CANADA CG NI Belgium
Abazungu ntabwo marriage zabo ziri contractual,that's not true. Ahubwo bo ntibihambira nkatwe. Ikindi they dont tolerate cheating. Twe umugabo aguca inyuma a million times ukababarira. Ariko bararambana kandi baba bishimye cyanee. Barasazana,barikumwe..
Ndagukunda peeeeeeeeeeeeeee mukobwa mwiza
❤❤
She is beautiful 😍 ❤
Ikintu nayobewe mu nvugo yuyu mme kuki mwunva ko aba diaspora ibyo bakora mu rda biba ari ukwiyemera??? Ntimubibonemo mood ya vacance nibyo bakora niyo bagiye mu gihugu kitari u rda aho bajya hose.
Uba warabipanze ugakora saving byarangira ukajya kuruhuka ..
Nta mpamvu yo kunva ko ibikorwa bakora biba ari ukwiyemera kuko niba ari ukwiyemera nta rukundo rubamo. Ntimukqze gusebya abantuuuu no gutuma abo ba diaspora bafatwa nabi mu Rwanda.
Niba ujyanye famille yawe cg inshuti muri restaurant cg ukabazanira gift kuki wabyita ko baje kubiyemeraho. Aho wabeshye peee mujye mwivuga ntimukq generalize.
Ndi D’accord na Fofo nta muntu uba busy yo agukunda
Abo bakora muri hospital nibo bavugira kuri phone Kandi muri Europe ahantu hose mugira 30 min 1h ya pause
Nubwambere Nteye comment kw Sabin , gusa nkunda gukurikira ibiganiro byanyu kd ndanabakunda. Fofo uri umuntu mwiza kd ufite ukuri gusesuye🎉nagukunze cyaneee. Mukomeze mugubwe neza🙏
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
😂😂😂😂😂😂umva pe!!! Ugerageza gushaka amakuru yose ashoboka ikindi nawe ugasenga Imana kuko biratinda ukabimenya....ikindi reba n'imyaka kuko nayo iri mubintu byatuma ugira amakenga....gusa abakobwa😂bage bitonda
Uvuga neza cane mukibwa mwiza sana
Fofo ilove you, nkunda ukuntu uba usa nta make up rwose nanjye nuko nimerera nkunda kuba nta make up rwose
nanjye uwanyijyanira muburayi
Ariko ibyo uvuga ntabwo nemeranya nawe. Kw’isi hose iyo ukoze mariage ni jusqu’à la mort vous séparez. Divorce rero n’ibyago bigwirira abashakanye. Yego kubera amategeko , cyane cyane kuba kubaho kwawe financièrement bidaterwa n’uwo mwashakanye , hari igihe byihuta. Kuko n’ubwo tuvuga , hari abagore benshi babayeho nabi mu ngo zabo , bakubitwa amanywa n’ijoro , umugabo yamubyariyeho abandi bana , afite inshoreke kuri buri musozi , ariko kuko ntaho afite ajya kuko nta bushobozi , yarugumyemo.
😂😂😂😂😂😂sabin uransekeje p uti kandi abantu baba mumahanga ntiwababwirango cabugufi uti ntibyakunda😂😂😂😂mwadufashamatwi ngo ntimwakoza ibyombo uwabanjyanira iburayi sha😂😂😂
Hernandez Melissa Wilson Deborah Perez Paul
Twagarutse tuvuye gutora🎉
❤❤❤❤❤
nj mwiza disi
Kumbi wasutse amagambo ngirango umaze nk,imyaka 5 wubatse kumbi n,umwe?!!!!!
Ariko burya umwe nawo ni experience wimujonyora,ubuse ntiharusenya mumezi 2 yubatse
Ngewe nasize nsezeranye, asigarana nundibmukobwa, iyo ntamwohererezaga amafaranga ntiyamvugishaga, kugeza igihe mushicyiwe wubatse yangiriye impuhwe ambwiza ukuri, ko mubura arikumwe numu copine we, amafaranga yose nakoreye nkihagera nayakoresha mushakira ibyangombwa , nkora muri hiver, nkora akazi kagoye, amasaha 12😢nanataha nokumubona kuri telephone nkamubura, cyakora mushikiwe amaze kumbwiza ukuri anyereka namafoto nahise mbivamo, mushikiwe arubatse afite abana 4, uwo muntu ntabwo yasenyera musaza we, kandi nubukuntu yitwaraga byarabinyerekaga uretse gihamya ntarimfite, ubu igitangaje ntashaka kumpa divorse, rimwe yarambwiyengo ko ba Mama babacaga inyuma ngo bakabazanira nabana ngo barasenyaga 😅, hari abantu mubuzima batazi icyo bashakape, mais bon après tout la vie continue.
Nibyo
Mubyukuri hanze tutarahagera twumva arijuru rito arko rwose uronkayo sent ukabura umwanya wo kuyishimamo nabo muyishimanamo, usanga ibyaho arugukora gusa umuntu aruhuka yageze kw’ivuko.
Inzu tuzishyura imyaka 30 lol utongeyeho nindi bills nyinshi aha system nugukora nkumutima
KBs peee 😢, ariko iyo ubishaka ura refinancing ukayishira kuri 15 years
Sha mwagiye mureka mwabantu mwe
None muragirango turuhuke tuzarye iki