Vava Dorimbogo Asabye Imbabazi Umukunzi We🙏Sinabaho Ntagufite😥Ababana Sabanjye😭Sinzongera Kuvugaguz🙏
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 28 มิ.ย. 2024
- #slimjesus0782007152
Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250782007152 cg uka twandikira kuri email:slimjesusrwanda@gmail.com SUBSCRIBE:
/ @@slimjesusentertainment8050 #Slimjesus0782007152 #isimbitv
th-cam.com/video/0x9THCgSkbg/w-d-xo.htmlsi=GyVzK1ZL6N_uRxRH
Wouw vava wacu uyu munsi witonze cyane courage burigihe ujye wivugira utuje birakubereye. Dr m nari nakwanze kuko wahemukiye vava ariko Kubo babateranyije mushake uburyo mubicyemura neza.Turabakunda
Nyamara ibyo vava avuga nibyo ntampamvu yokwihisha umuntu ukuri uko utari ndagukunda❤❤❤
Vava nkugirinama, hebana nuwomuhungu,imana izaguhundi, ntibikundako mwohuza.please muvane,ubuzima bukomeze
48:51 Vava gikobwa cyiza ihorere ntukishinge uwo muhungu urebe kure ukurikize inama za Mama wawe gusa setu nyamuhungu arakubeshya ngo aragukunda njye nabibonye cyera uzishakire umugabo uri kuri niveau yawe ntmuzongere gukorana kdi uyu munsi witwaye neza chapeau
😂😂😂😂😂Ariko ntimukiteranye na bakundana Ati Docteur M ntacyo bapfa
Vava najye rwose mbanumva yagira ibyahindura kuko aratukana cyane nkabimwagira
Vava ndaguhanure uwomusore wizikaho uzamubona rindira yavuze kugeze muri menopoze nibindi vyinshi ngo nturimwiza,....ngo ntiyobana numuntu usa nawe warangiza ngo murasubiranye uzavyicuza niyamuvinyuma
Uyu musore niwe kubisa. Vava nzaguhanura. You need a mentor in your life. ❤❤❤❤❤
Vava reka abakubwira ngo uratukana ahubwo wowe uri umunyabwenge Kandi turagukunda vava wacu senga Imana ikuyobore
Sha vava uyumusore ntiyagukunda nukuri ntamugabo ukunda umuntu utukana nkawe cyeretse iyo wiyorobetse akabimenya yakugejeje murugo
Kamere ipfa umuntu yapfuye pe kumubuza kuvugira hejuru nogutukana sha kereka Yesu amwihinduriye kuko mwahuye akuze
Dr m,uze utinya Imana.kuk vava afise ikibazo ciwe,nimba rero ufata situation arimwo ukikeka mur faiblesse yiwe,urik urikwegera ishavu ry,Imana,knd iyo Imana ije,uzotaka wicuze bitagishoboka.kudatiny iki nikintu kibi cane
Mukemure ibintu hakiri kare nibarekane ntabwonubundi bakundana nahujwe nindamu
Ariko vava umuntu koko akubwire kuriya ko utari umukobwa urenze ugakomeza
vava niba umukunda mwubahe numugabo utegerezwa kuvuga make yubwenge muripfasoni hama niba uziko bakunesheye mukunde wibabarizumutima niyakwanga azijana hazundi baramucunzeko avomwo ngo biyamamaze
Vava cabuguwi umugabo numutwe wowe tuza . Uzubwenge pe kuraho kamere urumukrisitu yesu ashobora.byose mbabarira mwana waugabanye urusaku kumuhanda ibyurukundo nimugikari sikumuhanda
Mwese muri bamwe reba ukuntu wavugirije induru vava umubwira ngo afite abana ngo ayo yariye arahagije ngo yiyise isugi nibindi.sha simbizi pe
Gasaro nawe urabe ntugume utekeramazi murukangaka ahutari burare wohava kare😢😢jewababantu ivyabo sindabibona
Apuuuu! aba bari mu kazi rwose, nta rukundo, ntagusaba imbabazi mbonye
Umva docter m urumusore ufitubwenge n'ikerekezo va muribyo biri kukwicira izina uwo mukobw ni biri hanze umukobw utavuga aziga!
Umve Vava nutaba maso uyu musore nindyadya azakubabaza birenze
Sha vava bamaso kd umuntu naguhishako ko akwanze uzamuhishe ko ubizi
Nukuri namuhe andi mahigwe please 🙏🙏 kuko mubigaragara byo vava aramukunda🥰
Vava ntureke indirimbo jya wiyaturiraho ibyiza komeza ukore indirimbo Kandi wirinde kuvuga ngo ugiye guhagarika gukora indirimbo
Aho ugize ubwenge bukeya Vava komeza indirimbo
Kuko uri umu star
Dr m uwo mukobwa niba haricyo umukurikiranyeho komez urukundo kko ubusitari bwo urabusanganwe ark nimba ntacyo bisohokemo
Vava ndagutwenze wige kuvuga make
Vava we nudasubiza amaso inyuma uzarira arenze ayejo wegere Laila usabe inama kuko ntabwo uramenya icyo ushaka turebye uko wisubiye.
Umuntu w'umusore uvuga amakosa y'umukobwa bakundanye apuuu kirahubuka cya Doctor M
Wamusorewe dore imbogo arimo umugeni ushatse umukomereho afite indangagaciro zabanyarwandakasi kadimuzubaka sikimwenabubonabo kumuhanda🙏🙏🙏🙏
Jewe ikintu nohanura abo bantu DoctorM nuwo Vava niveau de formation simwe bitandukanye caneariko Vava gukunda uwo musore jewe numva mwokorana kurongorana mukabireka kuko hari ibintu bizogorana guhura murugo ariko kukazi vyohura neza zFamille zabo bantu nizibijemwo b
Arikuruhande rwa Vava Ari kw Doctor Mntibaze bicuze kuko umukazana ashitse murugo atamushaka nakaga umukwe ashitse umuryango utamwishimite nakaga reri nibabijemwo babona bobashingira babijemwo kare babona bokorana gusa bakorane kuko nivyo mbona bihura neza kuko talent ya Dorimbogo ifitiye akamaro DoctorM Doctor M nawe Vava uramukeneye kuko kuva mumenyanye babakobwa bahora bavuga ko bataririmba nka ba Dorimbogo ubu ntavyo bovuga kuko ntsksjagari kari mubintu vyawe nkambere urumva rero Doctor M numu intectuel numuhanzi gutosora ibintu arabishoboye gukorana birakwiye kurongorana c"est une chance pour qui?
Icyakora IMANA Ibabarire ko mutazi ibyo murimo,ubwose nimwubaka urugo muzajya mutongana muze muri media
Niganye numusore abwira umukobwa ngo asa na godoro none ubu barateretana none naba umusore yavuze ko vava harabanurenze none basubiranye
Jyewe mbona izo nkundo ziri hagati ya Dr. M na Vava bobirangiza hakiri kare kuko bizarangira nabi. Ntaguhambira amazi mu vyatsi.
IBI NI UKURI KWAMBAYE UKURI
Vava jya usoma comment umenye umurongo ugenderaho babarira uwo umuhungu ,umuvugishe ark vana nuwo muhungu lmana izaguha uwawe kuko sagukunda arakuryarya .
Wapi dm ntiyiga n'imbobo kweli
Doctor M uri umunyenzera ushaka kuzamukira kuri VAVA
Wasanga uwo Dr afite numugore
Nanjye ntyoooo
Vavantuzewo .ngeregutuka.umukunziwawe.namakosa.manini❤❤❤❤❤❤❤
Vava afite umuntu akundana nawe hanze niko numvise.
Oya vava kuvugira hejuru bitandukanye no gutukana mu ruhame no guca abandi mwijambo
Vava waburiwe kenshi wanze kumva igisigaye uzarira nkagahinja
Aliko se gutwara vava iwabo niwe muti
Nanjye ubu narumiwe😂😂😂😂😂😂😂
Vava , erega guhinduka birashoboka
Ntabwo wahinduka Ako Kanya Ariko buhoro buhoro ushobora guhinduka.
Vava numukunviwe muzondondere kuri msj tabu tuliya ndabakeneye
Vava nibyiza uyumunsi wacishijemake ark ntugatukane muruhame
Vava nkugire inama turabizipe ugira umunwa muremure ark haricyintu nkunda kukubonana rekeraho kuvugiramo abantu uba wavuze bihagije especial wivugiramo fiance wae Ari kuvuga wangarewe urakabya pe
Nimwikomereze urukundo turabakunda
Vava,ngendamuzibihagije nubwoweatanzingendamuzi,abobanasabenukumubechyerape
Vava waba umukobwa wumupfapfa usubiranye nuwo mutipe,
Vava nubundi ugire amacyenga abasore biyiminsi ntiboroshye
Vava urimwiza cyn rekana nicyocyigoryi cyakwibye nge naracyanze kd naragikindaga
Ark nkibishoboka vava nahura nae nahura nae nkaguha ibanga ryamagambo
Ntarukundo rugihari byanzuwe muhindure sujet nakurikiranye ibiganiro byose
🎉oya nagatwiko atariagatwiko d m aharicotiyagiriza wankantibavuga ivyawe
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤
😒😒😂 uwo mutama kubiganbo nuvis avug ntandero agir nindyandy umuntu ahendwa nabantu yowishikirayo ukaraba aboban wandyandyaw
Vava reka uwo mugabo uzahura nuwo mushobokanye wicare wumve biriya bintu yavuze byose uzicuza peee vava
Uwo azi icyo agushakaho noneho ugeze aho kuvuga ko ugiye kureka kuririmba
Vava tuzagufasha ariko Va inyuma yuwo muhungu
Yabonye commentaires arumirwa
Asyiiiiiiii vava please ntiwongere kwizara icyo gisambo😮kndi ntikiguteranye na sam gakire😮
Ntamuntu wiga disprine akuze
Uyumuhungu yaje kukuzamukiraho
Wamusorewe ntiwikwegere amakara mumumpu. Wunvuse nvuze. Ikara rimwe. Nvuzemeche
Sha ukuntu abanyarwanda babiguriza ibyiza mukaba mitabizi birababaje
VAVA ntiwavuze ngo ntuzongera kumukoreshaho indirimbo.ubwo se ubundi ntiwari wamusezereye.wese ko adashaka ko avuga ukuri nawe ntabwo Ari umugabo wawe nawe umureke amene umuceri
Vava guhinduka birasanzwe wangu ubikunzewahinduka kandi nibuhoro
Ark Vava Wahinduka Birakunda Uzajyerageze
Reka kurata kamere umunyamahoro average za kunesha kamere ntimwavuze ngo murasenga reka kwiyandagaza ntibabashuke urugo ni Ijuru rito kamere ntizizagera mw Ijuru
Nimurekere aho gupfundapfundika ibyanyu byararangiye nubundi sinigeze mbyemera nabonaga harimo akantu
Nubwo Vava mwagerageje kumubuza gukomeza kumutuka twe icyo twakuyemo nuko uyu mugabo yiyambitse intama ari ikirura
Muvane ibyo aho
VAVA nkugire inama uretse ko nawe ubizi mureke nubwo yaba yagusezeranyije KO azakugarurira cano n'ibindi byose harimo kugucuruza witonde nibitari ibyo azabigukorera
Vava nubwowamuhahira wamwubahirako ara ko arumugabo kuko nahowaba perezida urimurugo urumugore vava kuko kubaka nubwenge vavantugace umuntu mwijambo iyo nidefo
Yemwe banyarwanda,murimwo abagome benshi,koko murabonako Vava afise abana😥😥
Ariko DM afise urusaku rurenze,kumva baguhenda ukaja ku karubanda kumusevya uvyemanga mu bantu🙊🙊🙊
VAVA NUBWO WOWE UZI KO UVUGISHA UKURI ARIKO UGOMBA KUMENYA KO UKURI KOSE KUTAVUGWA. YEGO UFITE UKO UTEYE UFITE KAMERE YAWE ARIKO RWOSE GERAGEZA KUBAHIRIZA IBYO UMUSORE AGUSABA. NAHO UBUNDI BITABA IBYO UZABIKURAMO IMBWA YIRUKA.
Ariko Sandrine kujyana umukunzi mu muryango ntuzi ko bitegurwa.umuntu ajyana inshuti mu muryango byateguwe
How long does it take for you to prepare??
Ese abo bana kombona basa nkabarwaye bwaki babuze amata Kandi vava afite inka
Uyo musore nta kaminuza yiga. Ni umuntu yoronderera ubuzima akoresheje Vava. Yabonye atari bwafatishe aca aragaruka kubera Vava yifuza umugabo. Birababaje Vava yitesheje agaciro gusubira kwicarana nuyo muhungu
Vava uwo musore murekepe wikomeza guta umwanya umuntu utabasha kukwihanganira akajya kugushyira hanze gutyo atanabihagazeho ntabwo bizoroha garukiraho
Vava usigaye witwaraneza
Doctor M ni indyarya Vava amurusha ubwenge
VAVA RWOSE UMBABARIRE ARIKO NAWE INDANGAGACIRO Z'UMUNYARWANDAKAZI NTAZO UFITE PE KUVUGA AKANTU KOSE NTIBIMENYEREWE KU MUKOBWA CG K'UMUGORE. UZISUBIREHO PE😂😂😂😂😂😂😂😂URAKABYA PE🙉🙉🙉🙉🙉🙉🙉
😢😢😢😢😢😢doct eM wewe ntahutaniye numurozi urumurozi ukwiye ntaho utaniye na satani ngira mwoba usangiye amaraso na satani
Vava sha abakobwa ntabwenge ubumurasubiranye
Vava none wew warihebuye kugeza aho akubwira biriya bintu vyose ntasoni kumva ngo musubiranye murukundo?
Igitintikigukoramujisho kabiri kibakijekiri mena uragaba
Vava ntakinyabupfura ugira pe jyugabanya umunwa
Esekoko Vava abobana Mumuha kobatanoga ntanisabune
Vava ntihazagire ukubuza kwikorera ibiganiro uryoshya show bz ukunda umuntu amukundira ukwari.
Kuki Dr M mutamuha umwanya ngo asobanure ibintu neza? Mujye muba professional
Uri indyarya wa muhungu we
Ariko vava wewe uciramo umukunzi wawe arikuvuga nibyo sibyiza, nukuri wige guca bugufi byibuze arikuvuga umwubahirize asoze imugabo numutwe wurugo ntiwumve ngo ni50% ariko ntanarimwe umugabo azigera angana numugore ntibibaho nababitubwira mungo zabo siko biri. Nugumuko nundi mwakundana muzatanduka kubera ukuvugira hejuru ucumenga umugabo wawe yagendera musi yamategeko yawe??? Ariko ntibyakunda numusi umwe, ilikuwa ni ushauli wa bure.
ikibabaje uyu mukobwa byise abona ari ukuli disi yooooo
Ariko ibyabana bimeze gute
Bravo Vava
Ntarukundo uyumusore afite nukuri nimukomeze mutwike ariko 😂
Vava. Kamere. Iraregwa ntu ntuvige. Ngontiwohindura. Kamere. Naho. Urihenze. Urinda nokwiga kuvugamake
Namba umukunda uramujana muhira iwanyu nabavyeyi bakamubona nubwobatokubarizangaho bakakubaza nawe ubababwira ukobimeze arinshuti canke arumukunzi hanyuma nawe bakakugira inama nawe ugafata ingingonkumugabo
Vava itaba leilla ariho arguhsmagara
Urikiryarya wamuhungu we!!!ubanza urimayibobo utubeshya ngo uruwo mu ba kire bya hehe!!???
Vava nukuri ndabakunda ariko uzewihangana uriko uvungana numu chr wawe uvugebuhor ❤❤❤❤
Arega núkur vava nae ntiyoroshy murekeraho gutuka dr.M kuko Bose ntiboroshye 😅😅😅😅😅
Rata Bose nikimwe buriya Dr .M we ugira ntitwarimunyujijemo
CYane rata nta vava nta Dr m.😏
Cyakoravavanawe gabanyagutukana nahonuwomusore bizakunda wabonundi arikogutukana. Urumukobwa ntamuhungu. Wapfakukwitezap. Jyawva. Inamazabakunzibawe. Gutukanasumucyo
😅😅😅😅😅Vava muzakundane ariko ntumubare nkumugabo wawe
Kuki wamututse se wowe
Na doct em ntiyoroshe kowew atahuramy
Kand vava uzicuza wamukobwawe
Noneho vya vyanyu ni agatwiko pe!