ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
This really best be blessed CONTINUE to listen old women. Please keep it up
Ndashimira abanyamakuru cyane kuko barimo gukora akazi gakomeye cyane muri iyi minsi Imana ibahe umugisha. murakoze
Impanuro TV Imana ijye ibaha umujyisha pe
Ubuzima uyu mukecuru abayemo burabaje cyane .Ndibaza impamvu FARG itamwubakira inamufashe kandi ari umupfakazi wahekuwe na Genocide
Wowe ukora neza. Courage.
Imana ibahe umugisha mwishi
Yewe musore ukoze ibintu ndikanga:Uti yezakuzwe ubwira mukecuru!!!!!!!Kirazira kubanza indamutso umuntu ukuruta!Noneho ni n'umukecuru ra!Ntuzongere.Ndikanze pe!
ibyo bivuze iki se nabe nawe avuze yezu, uvuga hey se
Ibyo niibyakera ubu ntakibazo kiriziya yakuye kirazira
Nange mbimenyeyeho da
Paccy ukora neza yesu ajyaguha umugisha maze ubutaha ntukaramutsa umuntu ukuruya niwe ukuruya niwe ukubwira ngoyezu akuzwe
Uwo ntabwo ariwe Mwitenawe yaririmbye kuko ndamuzi
Nibyo mumushyiriye ibintu ariko ntabwo ari byinshi cyane sinabyinshi n,ubwo ubusabusa buruta ubusa.mwarakoze
Imana ibahe umugisha mukomeze umutima wo gufasha ni byiza ❤
❤ yeweee mumufashe pe. Uyu mukecuru mukomeze ku mwitaho tu ❤❤❤
Yes. Ibi nibyo byungura société nyarwanda. Naho babandi ngo niba Ba Aflimax ngoniba ari bâ Bac t ngo niba gitumo bazabivemo kuko ntanyigisho baha abanyarwanda
Ntacyo ufite ugaya Afrimax TV,Kandi imyambarire ya Bac-T ntacyo itwaye abafana be,wowe u shobora kuba ufite icyo mupfa
Ariko ntimugakabye urinjira muburiri bwumukecuru kko 😭
Hahahaha,ngo gitumo ra!Bajya bansetsa kadukinira comédie.Ngo tubaguye gitumo(hahahaha).
Arikosemana,koumukuru,wigihugu,yemezaisi,nabayituye,kourwanda,arisingapore,yafurika,ubuntibiteye,agahinda,ariko,Mana,waragowe,!!!!
tuzarwubaka
Imanaijyeibahaumugish
great work for sure
Good
Number one
Imana ibahe ugisha👍 mwe mwamufashije
Msza nukuri uzadushakire wamugabo uzadushakire uryaye ibya kuko nawe Arababaje nukuri Passy imana ikurinde
Urabantu babagabo uhoraho azongere aho mwakuye.
Pacy imana ikujye imbere mugutabara benshi bababaye ndashima nuyu mumama witanga wo muli america wibuka abababaye b iwabo ?nabandi bibahe imbaraga zo gufasha nabandi bagire ubumuntu murakoze nukuli
Ayyyyyyyiiiiii ndababaye. Nta na supa net agira. Aranyagirwa nibibazo nukuri
Impanuro TV ndabshimiye cyane .Iri niryo tangazamakuru ryubaka societe dukeneye ureke za Afrimax TV zirirwa zidukinira ibinamico ngo zasuye abapfumu ,ngo zasuye abantu bibera ikuzimu n'ibindi.Reka nkore subscribe kuri iyi channel yanyu .Afrimax yo ndashaka gukora unsubscribe .Impanuro TV nimukomereze aho mugaragaze uko abaturage babayeho muvuguruze amaraporo y'abayobozi bateknika ngo imibereho y'abaturage igenda itera imbere .
Mbega byiza
Ni gute twamugeraho
Nimekabeshye siwe
Ariko Mana yanjye, birababaje kubona Umukecuru nkuyu abayeho atya.
Byiza
Ni mwizape
Kuki batamufasha we?
70 ndabona yaba ayirengeje.
Wowe urumugabo ugira nicyo utanga
O
Ngo "BYINSHI CYANEEE".
Wamwana we urajya kureba aho.nyogokuru aho akarabira mukadobo hhhhhhh
Mbega muri Singapour ya Africa!!!!
😉😉🙈
😛😛
None wowe ukora iki ngo ibe Singapour wanjajwa we.dukeneye abantu nkaba bagira icyo bakora kwirirwa munenga nicyo mukora ngo tubarebe nikihe?usibye ukuvuga abusa.
Reka ubabenge rata wari ihogoza!
UWANYIRIGIRA Jacqueline uyu mukecuru yari asobanutse pe👌🏾
Nta muntu ubwira umuntu umuruta ngo yezu akuzwe uramuramutsa bisanzwe akaba ariwe ukubwira yezakuzwe cangwa amashyo .Ushobpra kuba utabizi ariko abantu bakera bavuga ko utagira ikinyabupfira
Ariko ukora neza kwari ukuvikenura cangwa kugikosora ,cpurage
Bandika ngo: Yezu akuzwe? Cyangwa Amashyo
Ariko gukuza Yezu cg kuvuga Yezu ntibisaba imyaka nuko abantu baba bagize ibidasanzwe
Ibyo c wabikuye hehe
Aliko ntugakabye wamwana we. Ntawe uca umugani kumanywa. ?ariko jya ubabaza ducye aba ananiwe yisonzeye jya ugabanya amagambo uyu nimukuru s umwana? Agafiliti bazi kugateka wishinyagura numuceri ntanudukwi aba afite ?pacy mujye mubagurira amakara n imbabura kuko ashobola no kubura icyo atecyesha kbsa udukwi ntatwo sha ntibibaba byorohye
This really best be blessed CONTINUE to listen old women. Please keep it up
Ndashimira abanyamakuru cyane kuko barimo gukora akazi gakomeye cyane muri iyi minsi Imana ibahe umugisha. murakoze
Impanuro TV Imana ijye ibaha umujyisha pe
Ubuzima uyu mukecuru abayemo burabaje cyane .Ndibaza impamvu FARG itamwubakira inamufashe kandi ari umupfakazi wahekuwe na Genocide
Wowe ukora neza. Courage.
Imana ibahe umugisha mwishi
Yewe musore ukoze ibintu ndikanga:Uti yezakuzwe ubwira mukecuru!!!!!!!Kirazira kubanza indamutso umuntu ukuruta!Noneho ni n'umukecuru ra!Ntuzongere.Ndikanze pe!
ibyo bivuze iki se nabe nawe avuze yezu, uvuga hey se
Ibyo niibyakera ubu ntakibazo kiriziya yakuye kirazira
Nange mbimenyeyeho da
Paccy ukora neza yesu ajyaguha umugisha maze ubutaha ntukaramutsa umuntu ukuruya niwe ukuruya niwe ukubwira ngoyezu akuzwe
Uwo ntabwo ariwe Mwitenawe yaririmbye kuko ndamuzi
Nibyo mumushyiriye ibintu ariko ntabwo ari byinshi cyane sinabyinshi n,ubwo ubusabusa buruta ubusa.mwarakoze
Imana ibahe umugisha mukomeze umutima wo gufasha ni byiza ❤
❤ yeweee mumufashe pe. Uyu mukecuru mukomeze ku mwitaho tu ❤❤❤
Yes. Ibi nibyo byungura société nyarwanda. Naho babandi ngo niba Ba Aflimax ngoniba ari bâ Bac t ngo niba gitumo bazabivemo kuko ntanyigisho baha abanyarwanda
Ntacyo ufite ugaya Afrimax TV,Kandi imyambarire ya Bac-T ntacyo itwaye abafana be,wowe u shobora kuba ufite icyo mupfa
Ariko ntimugakabye urinjira muburiri bwumukecuru kko 😭
Hahahaha,ngo gitumo ra!Bajya bansetsa kadukinira comédie.Ngo tubaguye gitumo(hahahaha).
Arikosemana,koumukuru,wigihugu,yemezaisi,nabayituye,kourwanda,arisingapore,yafurika,ubuntibiteye,agahinda,ariko,Mana,waragowe,!!!!
tuzarwubaka
Imanaijyeibahaumugish
great work for sure
Good
Number one
Imana ibahe ugisha👍 mwe mwamufashije
Msza nukuri uzadushakire wamugabo uzadushakire uryaye ibya kuko nawe Arababaje nukuri Passy imana ikurinde
Urabantu babagabo uhoraho azongere aho mwakuye.
Pacy imana ikujye imbere mugutabara benshi bababaye ndashima nuyu mumama witanga wo muli america wibuka abababaye b iwabo ?nabandi bibahe imbaraga zo gufasha nabandi bagire ubumuntu murakoze nukuli
Ayyyyyyyiiiiii ndababaye. Nta na supa net agira. Aranyagirwa nibibazo nukuri
Impanuro TV ndabshimiye cyane .Iri niryo tangazamakuru ryubaka societe dukeneye ureke za Afrimax TV zirirwa zidukinira ibinamico ngo zasuye abapfumu ,ngo zasuye abantu bibera ikuzimu n'ibindi.Reka nkore subscribe kuri iyi channel yanyu .Afrimax yo ndashaka gukora unsubscribe .Impanuro TV nimukomereze aho mugaragaze uko abaturage babayeho muvuguruze amaraporo y'abayobozi bateknika ngo imibereho y'abaturage igenda itera imbere .
Mbega byiza
Ni gute twamugeraho
Nimekabeshye siwe
Ariko Mana yanjye, birababaje kubona Umukecuru nkuyu abayeho atya.
Byiza
Ni mwizape
Kuki batamufasha we?
70 ndabona yaba ayirengeje.
Wowe urumugabo ugira nicyo utanga
O
Ngo "BYINSHI CYANEEE".
Wamwana we urajya kureba aho.nyogokuru aho akarabira mukadobo hhhhhhh
Mbega muri Singapour ya Africa!!!!
😉😉🙈
😛😛
None wowe ukora iki ngo ibe Singapour wanjajwa we.dukeneye abantu nkaba bagira icyo bakora kwirirwa munenga nicyo mukora ngo tubarebe nikihe?usibye ukuvuga abusa.
Reka ubabenge rata wari ihogoza!
UWANYIRIGIRA Jacqueline uyu mukecuru yari asobanutse pe👌🏾
Nta muntu ubwira umuntu umuruta ngo yezu akuzwe uramuramutsa bisanzwe akaba ariwe ukubwira yezakuzwe cangwa amashyo .Ushobpra kuba utabizi ariko abantu bakera bavuga ko utagira ikinyabupfira
Ariko ukora neza kwari ukuvikenura cangwa kugikosora ,cpurage
Bandika ngo: Yezu akuzwe? Cyangwa Amashyo
Ariko gukuza Yezu cg kuvuga Yezu ntibisaba imyaka nuko abantu baba bagize ibidasanzwe
Ibyo c wabikuye hehe
Aliko ntugakabye wamwana we. Ntawe uca umugani kumanywa. ?ariko jya ubabaza ducye aba ananiwe yisonzeye jya ugabanya amagambo uyu nimukuru s umwana? Agafiliti bazi kugateka wishinyagura numuceri ntanudukwi aba afite ?pacy mujye mubagurira amakara n imbabura kuko ashobola no kubura icyo atecyesha kbsa udukwi ntatwo sha ntibibaba byorohye
Msza nukuri uzadushakire wamugabo uzadushakire uryaye ibya kuko nawe Arababaje nukuri Passy imana ikurinde