ADACIYEKURUHANDE UMUYOBOZI WA RGB GUFUNGA ISENGERO/TUZAKOMEZA KUBIKO/NGIZIMPAMVU TWABIKOZE NTAMPUHWE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 21 ต.ค. 2024
- #Cyprien0788620524#IREMBORYERA#
Ndabashuje nshuti mwese mwahisemo gukurikira IREMBO RYERA TV,
Mbifurije umugisha muri byose,
Inkuru, ubutumwa usangiza abandi ku IREMBO RYERA TV,
Buhindura byinshi, kandi, bwubaka beshi
HUMURIZA ABANTU,KUKO NAWE WAHUMURIJWE
Kora SUBSCRIBE,
Duhamagare ube ijwi ry' Imana
Duhamagare inkuru yawe igere kuri benshi
Tel.+250788620524_ +250788673405
Imana iguhe amahoro n' imigisha
Nimufunge iyatangije umurimo ninayo izawurinda muribeshya cyane ngo zirabasakuriza ubu Uganda , Burundi , Kenya, Tanzania ntaba pilote babayo ubuse abarangi cg abatinganyi amariji cg utubari ntibakomeje gukora hhhhhh rwose muzifunge pe gusa iminwa yacu ntifunze kandi insengero zo mu mitima yacu ntizifunze Kandi Imana irahari izaturengera
Uwo numurengwe sha umaza guhimba wese ibylmana abitera akagere iyaba mwarimuzi izo mpwemu muhumeka aho zaturutse mwagabanya gucokora ibya Rurema vyose😢😢
@@JeanclaudeBigirimana-g5uNoneho Abanyarwanda Satani yabasuye.
@@shyaka-1😂😂😂😂
Turinsingero zumwuka wera murinjye harimo urusengero,harimo pastor mwiza,harimo choir iririmba neza,harimo byose nkeneye rero nimushake muzifunge zose nziko urusengero ruri murinjye ntimuzarufunga ngo murushobore nubundi Imana yari yarabitubwiye,itorero riri mubihe bikomeye😢
1kor 6:19❤
N'ubundi erega ngo imibiri yacu n'insengero kdi nta rusengero rujya murundi, ibindi mumenye ibyo mvuze, mbisubiremo nta rusengero rujya murundi😂😂😂
Ariko àbavuga ko àmatorero ari mu bihe bikomeye kubera gufunga insengero, babivuga kubera amarangamutima, bibagirwa amateka y' u Rwanda. Ntagiye gikomeye amatorero yanyuzemo cg azanyuramo kibi kiruta kugirango jenoside yakorewe abatutsi itegurwe kandi ishyirwe mu bikorwa, ntibarebere gusa ahubwo bakagiramo uruhare.
@@NkubitoCelestin-g5t Abatutsi bahungiye munsengero ngo wenda bararokoka ariko abahutu babi b'interahamwe ntibatinye Imana ahubwo babiciyemo harimo paroisse ya Ntarama, niya Nyarubuye nahandi zafunze burundu zigahinduka inzibutso, Saint Paul na Saint Famille, nuko inkotanyi zakoze ibishoboka byose zikabarokora ntawari gusigara.
ariko se iyi video niyejo cg imaze iminsi?
Biragoye ko wavuga ijambo ryanezeze abantu bose,ariko icyo nemera nuko nimba Imana igushyijyikiye shyiramo agatejye ariko nimba itagushyijyikiye mbaye nguhaye pole kbs.
Ntugakinishe Imana , ibimenye ko ibyo uvuga nge ntagushyigikira narimwe .
Ibyimana mubihe Imana , nibyaleta mubihe leta .
Wa mugorewe urumva umaze kubyimba imbere y'Imana ibyo urikwivugisha ejo saambiri nawe ibaruwa izagusanga iwawe ikweguza mugiye kubona ak'Imana &abantu.
Dr kayitesi urumuhanga cyane Imana iguh'umugisha cyane
Ahubwo murahiye 😢😢yesu abatabare kuko murigutuma ibyaha byiyogera kuko mukuraho aho abantu basengera gusa murimo gusohoza ubuhanuzi .ni mubikore ark mwitege ibihano Imana izabahana
Iyi Leta nayigira inama yo kugenda yitonze ikanashishoza mubintu by’amadini nibitaba ibyo ibizavamo izabifatishe amaboko yombi😢
Muyobozi garuka munzira y'Imana kuko warayobye urusengero nyakuri Imana ishaka ni umutima
😢😢😢
Wamubyeyi we nawe ndakurindiriye uzabibona nayo izagusubiza wowe aho wakishe rwose ingaruka ntuzatinda kubibona
Imana itubabarirane twese
Ndauhanuriye, mwizina rya yesu,usigaje, igihe gito,kuriyo,ntebe,niryari, gusenga arugusakuza,uraje,ubone😊
😂😂😂Uri umuswa cyne ni wowe wamwicajeho se?
Yesu akweze gutukan azayivaho Neza ahubwo Uraje ubune icyo Imana igiye gukoda
Sha kera numvaga bavuga ngo injiji. Nizize koko.ubwo urigupinga I byimana erega bakagukomera amashyi ukemera nawe.baragushuka tegereza gato. Tuzagusubiza😊
Woe rero ntuzi Imana icyaricyo! Umenyeko handitsengo
MPORA ABANA GUKIRANIRWA KWA BASE nkageza kureeee no kubuvivi
Rero Imana ikurengere.
Imana mwayigize exclusive ku bantu bamwe. Abantu bose bazi Imana, gusa buri wese ayizi bikurikije umucyo yahawe. Ubwo hari aho uri, hari naho uyu mubyeyi ari. Ntarushanwa ribaho mu gukurikira yesu. Yesu yaravuze ngo: buri wese yikorere umusaraba we amukurikire. Hari abegereye Yesu hari n’abakuru kure kuko umurongo ari muremure. Ugire amahoro.
Nanga iterabwoba mugira,weho uyizi kurushabandi
@@jacksonntaganda586
Niba Imana ihorera abana gukiranirwa kwa ba se ubwo uragowe.
Utazi Imana akinira mubyayo 😢😢😢😢
Uyu mubyeyi ibyinshi avuga n'ukuri! Ninde wababwiye ko Imana kuyisenga arukuvuza induru! Imana siyumuvurungano Kereka niba ari Baayali muba musenga niyo abahanuzi bayo bavuzaga induru bakikindagura kugira ngo ibumve😂😂
Niba ari Imana yagutumye gufunga inzengero komerezaho ufunga , ariko niba atariyo yagutumye ntakurahiye urahangana na yo.
Erega Imana ntiba mu mazu yubatswe n'abantu! Murebe mu Byakozwe n'intumwa 17:22-27
Kbsa mukore ugushaka kw,Imana
Baramaze barazifunga Niki mumarira abakiristu banyu uretse kubicisha ubucyene mubitecyerezo hanyuma ayo babazaniye mukayaguramo za landcruser mukabacaho mwazamuye ibirahure ngo muri abashumba.murara mubipangu birinzwe nabazamu.abakirisitu banyu bari kwirukankwaho ngo batuye mumanegeka,mubabeshya ngo nibaseeeeengeeeeee gusaaaaa.abana banyu biga Greens, Luce,naho abana babakristu banyu bari kurwanira kivugiza nayo kurira KU ishuri yayabuze.ese ko ntayindi mishinga mukora ayo yose muyakura hehe?muve mubujiji mwumvire Leta.
Ngo ibyo wangaye imana iba yabingaye kera imana se itekereza nkawe
Kwizera Imana ko bizanwa no kumva,hazumva bande nihajyamo sound proof? Ni izindi mpuhwe se mufitiye abazakenera kumenya inkuru nziza yubwami bw'Imana?
Kki mutinyuka gufunga inzu y'Imana kweri ntimujyane abantu babuloni
Abantu Imana yaremye batuye munzu wagaya wowe nku mukire nazo uzazifunge ariko Imana irareba
Iyo mwibagiwe aho Imana yakuye abanya Rwanda gusenga muhita mubyita Gusahuza?, Uwiteka naza ntazaceceka kandi azakubita hasi icyishyira hejuru ourwanya izina rye(ni Uwiteka)
Muzabonishyano mukomeze yesu araje kd wowe mugore urimo windagaza gutso Akaga karakurindiriye(gehinomu Ngwiyugaye ikintu Imana ibayakigaye mbere wowe urumwanzi wibyo gukiranuka uzabonishyano
Much Tears! Birababaje cyaneeeeeee😢!
Imana ikuurinde
Cyakora mutanze umwanya wo kurya ruswa kubayobozi bo mu cyaro
Nubundi mu Rwanda genocide ijya kuba mugihugu harimo insengero nyinshi ndumva ntacyiza cyazo usibye kuyagara no kwiba ibya rubanda ngo ni amaturo...Mu Rwanda dukeneye ubumuntu mubantu kurusha ubwinshi bw'insengero..
Uyu muyobozi wa RGB arakunditse cyane ♥️🙏
🎉🎉🎉
Uwiteka akurengere! Itaba wari uzi akamaro k'urusengero ntiwari gushyigikira gufungwa kwazo.
Mwebwe muribikoresho bya sekibi😱👽👹👺😹
Imana ntizatuza niyo izabisobanura gukora Imana mujisho bihorabake nakazl kanyu
Harya abarigucurira bashimishijwe nikira?
Biragatsindwa kugwingira muri Roho kubera kubura umudendezo w''umwuka wibyiza bihesha abakunda Imana Amahoro . Kwitoza mubyuyumubiri bigira umumaro muri bicye ariko kwitoza kwizera Imana bigira umumaro mugihe cyanone ndetse nomugihe kizaza.
Igiporoso wakomeje kuvuga cyane kiragarahaza ko ifite phanatism Kandi utagomba kugaragaza aho ubogamiye nkumuyobozi
Uravuga ibitajyanye rwose , utubari tungana iki, ntakindi wari kuvuga
Wowe icyimana yagutumye nukuyifasha kugaya uzayifasha nogutanga ijuru urarenze mama
Abayobozi bavuga nabi rwose cyane cyane aba Gasabo nukubasengera
Arko n'utubari ni twinshi cyane mugerageze natwo tugabanuke
Harin'abahohotera abagore kugirango ubone umwanya mwiza mu kazi ni hatari
Utubari turishyura imisoro ikaboneka, kdi amaturo nta misoro atanga, its very different
Iyo habaye kw'imura Imana ,iivyago biba bishitse.
Uri kuvuga ijambo rya nyuma nkaho uri Imana!!!! Itonde Gato Imana wakoze mu jisho uraza kuyibona!!!
Narinshatse kubivuga nanjye ariko urabivuze peee!!!
Kdi kko azayibonapeee!!!
None se,mufite inzu mukabura umutima. Urareba inshingano zabamwe bamwe zitatakaye
Mbona ntacyo imaze
Izo nsengero ntabwo Ari izimana nizubucuruzi musengere murimwe
BAZAGUSOBANURIRE IHEREZO RYA NEBUKADINEZARI
Abasenga nimusenge Kandi musengere abayobozi cyanee abagera ahasengerwa bose
Imana igukuyeho amaboko
Niba kuvutsa abandi umudendezo biri mubigize icyaha rwose wa muyobozi we nawe wagikoze kuko watuvukije umudendezo kuko ibyemezo wafashe wabifatanye ubukana urasa n'ushaka guca amadini n'amatorero m'urwanda.
Wubake geteza nini kandi nyinshi ayo mashyi wumva bakoma nkurahire ko ari ayambuze uko ngira si ay'ibyishimo ni kwakundi abantu batsa umuriro bajunditse amazi. Gerageza rwose wurure icumu uri gutera amadini n'amatorero tutararirira Imana nyirabyo.
Erega muravuga ubusa mwese abavuga ngo bari kurenganya amadini kuyafunga rwose ntago aribo mwibarenganya niba Imana ibivuze ntacyo wahindura mwebwe abanyamadini nimwe muteye Imana gukora ibi kuko Mwarakabije gukora mujisho ry'Imana mwanze kubaha Imana mushaka indamu rero ni mureke Iyari yarabashyize mukazi kayo Ize ibanze ibashyire hasi wenda Izazana abayinejeje
Gukira kwibagiza gukinga kandi ushize impumpu yinagirwa icyamwirukansaga namwe mumaze guhaga none murakinira kubyatumye mugera aho mugeze aho😂😂😂😂
Ni igitangaza kumva utubari turara dusakuza ntibitere ikibazo ariko abavuga ijambo ry' Imana ngo basakuje. Yesu ubwe yagiye mu butayu twe turi bande bo gusumba Yesu. Imana niturengere naho ubundi ibyahishuwe bisohoreye k'u Rwanda
Usora angahe ko akabari gasora kandi mugaturisha mutanasorera Leta
@@rachelmurebwayire2606 urabizi neza ko zidasoracg nturumunyaRwanda ?
Imana ikubabarire kuko utazi ibyo uvuga
Imana iraje ndizatinda Kandi niza ndizaceceka
Banumwese mureba urusengero rwi Imana ,mukahabona nkahaciririritse , muraho gusabirwa, nanubwo , zitwa udusengero , nubwo ,rwaba urwimbaho nyirumurimo , azaruteza imbere mugihe cyabyo arwagure rube na etaje ,
Ayo mashyi ntuyakwiriye,
Baguhaye ibyo udakwiye.
Nukuri iri jambo ndaryishimiye, Niko kuri kumuyobozi mwiza ureberera abayobora
Nonese uturiye indegewe hafi yayo iyihaguruste ntimusakuriza komutazihagarika
Umva abatuye ikanombe ntibaryama p!
Ubu mwaricaye mubonako gusenga bitagikenewe cyane?????
Umurimo w, Imana muzawitambika ariko ntago mwabuza gahunda yayo kugerwaho....umuka ubiri In Yuma turauzi ,rero Yesu Kristo yaranesheje
Ariko Nyiri umurimo arahari kd na banyiritubari barahari rero lmana igukomereze abana bawe ubayobore munzira nzima nubona urusegero arirwo waraga abana bawe cyangwa akabari ariko
Banu bashaka gufunga umunwa , abo Imana yahamagaye ngo murashaka , abo amashuri yahamaye muribesha kuko abafarisayo naba sadukayo barayize Kandi nanumwe bahaye agakiza , Yesu kritu utarayize , ubu niwe twese uduhesha agakiza ku Mana ,
Ikindi mumenye ko , nubwo Imana iba hose , harabatayizi , Kandi bayimenyera mwiteraniro
Erega habaho guhamagara ,Ni Mana habayeho ko wahamagawe ukuba waranize well and good, ariko amashuri adafite guhamagara , ayo niyo azaseseranya abatinganyi ,
Mureke dusengere ahantu heza; birabanaza gusengera mu rusengero byanze bikunze uzakuramo amavunja; abenshi tuba mu kigare ngo ni ugusenga, si byiza rwose gusengera aho winjira mu bwiherero ukabura aho ukwirwa, hari n'amavuriro atagira ubwiherero, ntawabihesha umugisha; umwana wumva ni we wigishwa, abayobozi nibaduhwitura tujye twumva; ndetse niba tujya no mu byumba by'amasengesho dukwiye kureba niba tutigemuye sekibi, hamwe batagira aho baryamisha abagabo ukwabo n'abagore ukwabo.
Bantumwadikibitekerezo mbesemunz'ibitejekezo nudasesereza?
Abanu bagakoma amashyi nukuri
Ibaze
Mwimutega Iminsi niba muzi Imana koko atari ukuyikoresha mwiterabwoba twakabaye twunva ko insengero zitahagaritwe ahubwo hahagaritwe akavuyo kabera munsengero kandi ntawe utabibona.rero usenga koko nyakuri agombye kuba afite nimyunvire isobanutse abasirimu which I think you are.
Ezekiyeli 26:1 Imana yohereje amahanga guhana ubwoko bwayo kubera ko butayumviye agiye kubuhana shyiramo inzika no kutagira ubumuntu no gutekereza Imana ibibonye ayo amahanga nayo iyagenera ibihano kuko batabikoze nkuko Imana yabishakaga rero namwe murashyira mubikorwa iby'Imana ishaka ariko uburyo mubikora Imana niba ibaho izaza kubyirebera pe
Ubu hari umugore wagiraga ikibazo cyo mu rugo kukamurushya akamera nka Ana akajya murwo rusengero ntazindi nyungu ahafite akaharirira agataha yumva aruhutse akabigendera kabiri none muwohereje ku mupfumu kuko ntahandi yaririra Imana izabibabaza
Insengero nizo zirara zisakuza muyobozi?
Cg utubari nitwo turara tudunda imizicyi
Nabacuruza ba filime mushishoze niba muca akajagari
Uribeshya cyane kabari nisisakuza nakanyanga nizacitse kubumunyaporotiki ukabuzumunezero abanubivuziki
#amahoro choir ese mwari muzi ko inshingano zo kurwanya kanyanga nigabanuka ryubusinzi arimwe zireba kubwivugabutumwa,muvuge ubutumwa muve mubwoba bwifungwa ryinsengero.imibiri yanyu nizo nsengero 1abakorinto 6:19
Ayo mashyi niyo yagukozeho
Imana niyo nyirumurimo.
Yesu ntansengero yacamo ariko yaja mwubwo buvumo uwigira umuhanga azacishwa bugufi ubutumwa murakenyeye bukugweho nindege zigiye kuza
Uwishe ababi benshi yamaze abeza.
Hari izari zikwiye gufungwa rwose bitewe n'ibikorerwamo! Ariko hakeneye kubikorana ubushishozi.
Kbs
Nukuri muzahanwa kko nyuma yibubuzima hari ubundi buzima
Mwari guhera kumagereza, cyereka NIBA abafungwa bo mutakibabara nkabantu
Leta ndayishyigikiye rwose kuki Africa ari wo mugabane usenga cyane kdi ukaba ari wo ukennye cyane? Kwirirwa wiruka inyuma yingirwa ba pastor nta ni kiro kibijumba wasize murugo abana barandagaye kugasozi aho ntagukorera imana kurimo ahubwo ni ukunezeza aba koloni bazanye ayo madini
Nimuzifunge nyirumurimo arahari Kd arahibereye ibindi azabyikorera kuko insegero sizo zisakuza gusa ariko nizo muheraho mufunga
Kugeza naho mufungira urusengero ngo na parikingi kandi no kuhagera namaguru bigoranye
Imana izabiture imirimo mukora muzayihemberwe.
Ariko mbaze ubu tuvugeko insengero na kiriziya bimeze nabi kurushya utugari mukoreramo cyangwa ibiro byumurenge bimee nabimwe bisa nabi basi ko mutateguje
Imana izobahana mwe mwugara inzu y'Imana. Ibi Imana ntizobura ku bihora.
Murikwikururira umuvuvumo , ubwo x isengero zibangamye kurusha utubari nimipira , ese ko mutanjya musaba sound prof mwisoko cg parking , mwihangane , ibyanditse , murwanda nihabe ahambere bisohorera,
Umwam abiyerek ijambo ryiman ati niza ntizaceceka
Ibyimana nyukabimenyere kuko Imana ntizatuza nagato kumva intore zayo ziyitakira amanwa na nijoro
Birashoboka kandi kenshi biraboneka ko tukiri kw' isi dufashe igihe mu ntambara:
Ariko mfise inkuru nziza, Yesu Christo aragukunda kurenza uko wavyiyumvira! haracariho ivyizigiro ko Igiti catemwe ca kongera kikamera.
Ndasenga ngo Umwakire nk' Umwami n' Umukiza mu buzima bwawe aguhe amahoro Yo mu mutima.
Imigisha Yose Iva ku Mana niyo ndakwifurije!
Imanaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa dutabare ntibyiroshye
ahaaaa mbashij kumirwa pe twababwir iki mubift ibibashuk umwami mukorer azabahemba pe
Nukuri abayobozi bigihugu cyacu , bibagiwe vuba ,ubu Koko , muribagiwe aho Imana yadukuye , ngo niceceke
Muraho nezaaaaa lmana yamahoro nihabwe icyubahiro nnjyewe ndibaza lmana icyo idukeneraho nukutubona dutunganye mumutima yacu ikomgera kutubona munzu yitiriwe izina ryayo ryera tuyibyinira tuyihimbaza tuyiramya tuyishimira ibyo yadukoreye mubuzima bwacu tuyikomera amashyi nibyo. Byayo biyinyura noneho rero c bizabera hehe kokko mwabayobozi mwese mwe icyo mbifurije lmana ibajyenderere ibahumure amaso muhishurirwe ibyahishwe abanyabwenjye bigasobanurirwa abaswa uzi iyo lmana yampa agafiriti nakanyama maze nkabyibuha nkazana amatama na maboko manini ntera Hallelujahs 7 ohooooo nkumvanguwe neza turengere Mana nyagasani niwowe ureba mumutima yacu imigambi ibamo yose yabamyiza cyangwa mibi
Uravuga ubusa useka ,ariko ndi nkawe narira. Imana ntireba inzu kuko ibyisi byose imbere yayo nubusa, gusa , ireba umutima
Kugirango ubyemere tegereza gato cyane igisubizo cyabyo.
Amashuri namasoko ninde se ubarebera ibyumurindannkuba
Natambutse ahantu saaa tanu zijoro hari urusaku rwakabiri ndumirwa!!none ngo insengero zirasakuza nimwiyakire Sekibi arayoboye
Ahubwo se insengero zisenga nijoro zibahehe koko? Utubari turata ducuranga ntibaturebsho.
Ububari se ko busora mwebwe murasora😂
Alfred
Uku Niko kuli uyumuyobozi
arakoze cyane
Ntakizabuza ibisitaza kuza ariko ubizana azabona ishano weho 😢😢😢ubyuvuga ntubizi
Numara kurya ugahaga uramenye ntuzibagirwe
Mwakire ijambo ry,Imana
Mwadusobanurira impamvu mudafunga n'utubari,kandi natwo turara dusakuriza abaturage,ubukoko ubusambanyi n'intambara zabasinzi nibyo ikigihugu gikwiye gushigikira?murakoze.
Utubari turasora ubyibuke
Sha gufunginsengero bizabagirahingaruka
ariko iyi video imaze igihe kinini??
Arko noneho uyu mwaka wararengereye mumurenge wa Karangazi kuba hafunguye insengero zitarenze 3?
Inama ni iyi banyamatorero nimwubaha Imana mukagira ukuri mumitima yanyu mukagwiza urukundo mukicisha bugufi Uwiteka ntazabura kuba m uruhande rwanyu gusa ubu hari gufungwa amazu yubatswe n abantu ariko twe abubaha Uwiteka basengera m ukuri no mumwuka insengero zacu zirarinzwe kuko ntimukwiriye kubabazwa nibi itorero ni iry Imana rero abayo bafite aho gusengera kdi hubashywe umwana w umuntu atabasha gufunga
ESE kodufite umutekano ibyobyuma basaba bipima ibisasu kusengero nibyiki??
Ese ubwo urabivuga useka ukumv ntamutima ugucir urubanza ? Ubuzima bwumuntu se bwangirikira murusengero kurusha uko bwangirikira mutubari,muma night club mumatabi nahandi henshi ? Ubuse insengero zisakuza kurusha utubari ?
❤good
Njye ndumva amashyi simenye icyo bayakomera! Ese insengero abantu bahuriramo Sunday, nububari buhera Monday to Sunday ubwo Aho gufungwa nihe????
Service igomba kuba mbi kuko abantu muhabwa akazi kubera ikimenyane
Hano gikondo segeem utubari rurara ducuranga dusakuza Kandi burimunsi ariko insengero zo niyo zisakuje ni rimwe kucyumweru so lmana izabagenere ibibakwiye
umv mbese ako kazi slmana yakabahay none mutangiy kumv ntacy yabakorey muzabibazwa
Ariko rwose abo bantu bavuga ko babuzwa gusinzira nuko insengero zifunguye badasakurizwa nutubari abo ninyabaki bamwe baba baraye mutubari ariko bakabuzwa gusinzira nuko abandi barigusenga
Ubwose ntiwanagira isoni zaho muhagaze
Ndavye neza urwanda rugeze ahantu hagoye
Ahhhhhh yego arko birabaje kbx utubari ntidusiba kurara ndusakuza arko ikibazo kibonetse mubasenga ahaaa biragoye pe arko gusa kuvugurura nigobwa pe