Bravo, brother! 😊 Keep fighting for freedom, justice, and human rights! I've come to know that you've been to school and you're very intelligent when it comes to explaining important issues without hurting anyone. However, I don't agree with you on some matters, like predicting the future solely for personal gain. But there's no doubt that you're brave without hesitation! 😊
Ntabwo bihagije akeneye umwuka wera ukomoka mugutsindishirizwa n'amaraso ya Yesu Kristo ngo bihamye Isabato byukuri muri we naho ibindi ni amarangamutima yakimuntu gusa
@@nsanzinezadieudonne1960 ego turazi KO dimanche ari ikinyoma ni ku wambere ariko namwe Isabato itangurana nijoro ni ikinyoma Soma Lewi 23 .32 itangura ku mugoroba ikarangira kumugoroba ukurikira yariyi le 1.7 hamwe n'a le 10 .7 iyo niyu muntu nkuko n'a dimanche ariy'abantu muvyukuri Isabato y'Imana itangura Samedi mugitondo ikarangira dimanche mu mutwenzi
Isabato niwo munsi nyawo Imana yaduhaye wo Kuruhuka.
Mutabazi ndagukunda ariko garuka utababaza Imana .Ubwenge buva ku mana n'ubwenge bw'abantu biratandukanye.
Bravo, brother! 😊 Keep fighting for freedom, justice, and human rights! I've come to know that you've been to school and you're very intelligent when it comes to explaining important issues without hurting anyone. However, I don't agree with you on some matters, like predicting the future solely for personal gain. But there's no doubt that you're brave without hesitation! 😊
Urabeshya brother.
Mutabazi urumutekamitwe nakumvise
Wowe naho ba potre babuze uzaba nka rugagi cg x gitwaza
Imana ikubabarire uri umutekamitwe imana yawe nisatani
Ibyo uvuga ndabyumva ariko se igihe cyose abo byakorewe bagannye RIB izabatere umugongo ibirengagize?
Urumutekamutwe
That's true
None bajye babarega ko mutubahirije amasezerano RIB iceceke Kandi amasezerano Ari umwenda?
Ese uri apotre wande ko uwo mwuka wo kwikakaza uvugana Yesu atawugira ga?
Mwaherewe ubuntu namwe mutange kubuntu ibyo mutanga byose wandyaryaweee
Uzi ubwenjye bw'lmana ushobora kuba lmana yaragushyizeho icyimenyetso cyayo pe ndemeye kd n'abandi,nukwibuzabuza bazayiruhuka
Isabato yumuntu itangura vendredi kumugoroba ikarangira samedi ku mugoroba soma neza abarewi 23 .32 umpinyuze
Ntasabato y'umuntu ibaho
Mutabazi
Numunyabwenge nukwasa nahoyavangiwe
Ubundi x niba warasomye bible nigute ujya gusengesha ntamuntu usengera undi twese twemerewe kwisengera umwenda watabutsemo kabiri twese twigerera kumutabyi yesu ckristo
Uriryarya mutaba nakumvishe wowe
Ubundi uvugako uzi bibiriya wowe
Uruwibinyoma nyine none x muri matayo 24
Havugako hazaduka abahanuzi bibinyoma wowe imivugire yawe irikukwerekana ko uriwibinyoma nimbuto ntazugira
ikingenzi nuko yemera isabato ibyo birahagije.
Ntabwo bihagije akeneye umwuka wera ukomoka mugutsindishirizwa n'amaraso ya Yesu Kristo ngo bihamye Isabato byukuri muri we naho ibindi ni amarangamutima yakimuntu gusa
Kuba umu gatorika ukubahiriza Isabato umusi mweranda birashoboka muntu wImana turiyo twamaze gutahura Isabato samedi tuzinduka mu masengesho ya gatondo hama tukaruhuka dimanche uwufise umwanya arazinduka mu yambere ariko tuca tuja mubikogwa kuko twatahuye kwari kuwa mbere
Mukwiriye kuruhuka isabato y'ukuri gusa kuko ibindi nibihimbano byabantu!! Ngo ntawukeza abami ba 2 hitamo uwo ukorera. Kuko Kiliziya niba yaritoranyirije umunsi w'icyumweru ntudukwiriye kwifatanya nabakuyeho ibyategetswe n'Imana. Yesu atubere umuyobozi
@@nsanzinezadieudonne1960 Ishengero ryose ririmwo umugeni ariko yubahiriza amategeko y'Imana cumi n'isabato irimwo
Yego nibyo icyo navuze nuko dukwiriye kwita kucyatuma twitandukanya nibihimbano byabantu ninyigisho zibinyoma bishyiriyeho kubwimpamvu zabo!!!
@@nsanzinezadieudonne1960 ego turazi KO dimanche ari ikinyoma ni ku wambere ariko namwe Isabato itangurana nijoro ni ikinyoma Soma Lewi 23 .32 itangura ku mugoroba ikarangira kumugoroba ukurikira yariyi le 1.7 hamwe n'a le 10 .7 iyo niyu muntu nkuko n'a dimanche ariy'abantu muvyukuri Isabato y'Imana itangura Samedi mugitondo ikarangira dimanche mu mutwenzi
Yego nibyo isabato itangirana numunsi ikarangirana numunsi!
Umunsi utangira izuba rirenze ukarangira izuba rirenze
Ubwo ni kuwanyuma(vendredu) izuba rirenze igasoza kusabato izuba rirenze
Abadventist bumunsi wa 7 nibo babikora neza kuko bagira icyo bita gutangira isabato Kandi babikora kuwanyuma(vendredu) nimugoroba burya bo baba bageze mu isabato
Urumva harumuntu wagusubya ubutekamutwe ahubwo RIB igukurikirane
Gusa ikindi hari ama sabato abiri Isabato y'Imana ni buragoroba buraca rero itangurana na samedi mugatondo ikarangira dimanche mu mutwenzi
Isabato itangura Vendredi izuba rirenze , ikarangingira kw'Isabato Samed izuba rirenze
@@LouiseFaith wapi nukuri musome neza mutahure itangurana n'umuco ntitangurana nijoro Imana yacu n'Imana y'umuco
Toka ngenda wowe urabeshya urumukzi wimana satani mutabazi numutekamitwe
Bazabonishyano abagisha Inama abantu batagifite umwuka Yesaya 30:1
Uvuga ko azi Imana ariko ntiyitondere amategeko yayo uwo ni umubeshi ukuri nti kuri muriwe.Kandi Imana iti: mu minsi itandatu ujye ukora Ari.......
Mutabazi arasobanutse Azi Icyo ijuru rishaka
Abagutuka,nabayirengagiza gusa ngo uri nk rugajyi oya nanone niba avuze ukuri ntibimujyir'umutekamitwe"!! Haramafranga ari gukorerase?!
Bibria yose,ntahantu icyumweru cyanditse pe nijyihimbano gusa gusa kd numwuka mubi ubakoresha kwirengagizako icyo lmana yavuze ar'ukuri
Ko Wishima mu mutwe? Ibyo uvuga harimo ku beshya?Ntabwo Isabato kuba umuka Chatholica,
ukaruhuka n'ISabato,
Waba uru mugambanyi mubi cyane ahubwo Uri umu Jésuite niko bakora.
Ntabwo philosophie umuphumu bw"
ubucurabwenge aribyo bisobanura Bibiliya.
Wize Master 's muri Theology wicara ku ntebe y'ishuri umwaka umwe cg ibiri ibizi neza ko bakubeshya ngo urashaka amanota.
Amanota wayashakira iga iki? kandi ibyo bakwigisha utabyemera, iyo uhindura Faculity ukajya mu bindi.
Nubwo utamera ibyo bakwigishije,
Ibyo uvuga ko Teoligy wize bakubeshye, nawe ukaba ubeshya abandi. .Warabyemeye ahubwo,barakubeshyaga none nawe ubeshya abandi.
Kuba ibyo wanuye byabaye ibyo ntabwo byerekana ko uri umuhanuzi.
Na Satani arahanura,
Umuhanuzi afata amafaranga se?
Impano y'Imana ntigurwa ,
Nawe Uri umugambanyi mubi kuko urazimiza abantu ,ikibigaragaza urishima mu maso no ku mazuru, icyo nikigaragaza ko nawe ibyuvuga ubeshya.
Abo bigisha biyita abakozi b"Imana, bigisha bashyiramo za Philosophie za Psyclogy na Politics ukabivanganga ubwo bucura bwenge nawe buragucurika ugasigara ubeshya abantu.
Abazakugisha inama nabo bazaba bayobye, ahubwo uri gisambo nawe. Wiba abantu ukoreshesheje urururimi rwo kubesya.
Ubwo ntukonje cg ntushyushye ahubwo Uri akazuyazi.
Uri lukewarm
Usome
Ibyahishuwe 3:16 So then because thou art lukewarm, and nether Cold nor hot, I will spue thee out of my mouth.
Révélation 3:16 KJ V Bible.
Huuuuuuuuuu😅