Va yo ujye gukora muri Sengapolo ya Afrika uzahembwa neza utavunitse. Abarimu wumvise ko bahembwa neza cyane ! Reka guteta rero va mumata ujye muri acide niba aribyo bikunogeye !
ixelles niyo commune ihenze cyane muri bruxelles wenda no mububiligi bwose.aho wibeshye cyane kuvuga kwihendutse.ushaka yabireba kuri internet prix par metre carré (wakumirwa)
@@beatriceingabire6169Hoya nta shyari ririmo nawe ubwe arabizi ko yakoze amakosa kandi ahanirwa! The HIPAA Privacy Rule establishes national standards to protect individuals' medical records and other individually identifiable health information (collectively defined as “protected health information”) and applies to health plans, health care clearinghouses, and those health care providers that conduct certain
Aha ndumva ukabije Quand même. Bruxelles ntabwo ituwemo n'abanyamahanga gusa. Ushobora kuba utayizi ahubwo. No Uccle , Watermaal-Bois Fort , Woluwe-Saint-Lambert, Woluwe Saint-Pierre,... .
Group ya WhatsApp ya Jeanne d'Arc: chat.whatsapp.com/IeQp1muKMVjG9Udb7PTXmU
BUZIMA NUBEHO: th-cam.com/video/_hYAoXvLY_I/w-d-xo.htmlsi=wIyAWDub0ErXH2z7
Please nkeneye kujya kuri grp
Mwakoze cyane ni ukuli muri abantu beza😊
😊
Jello
Amavuta yibihwagari niyo yitwa ngwiki
Yego disi jyewe mfite ma macopine.wajye usuzugura .cyane abagakora da kandi jyewe nibyo nkoramo nyamara iyo umuhaye amafranga wakuye mubacyecuru arishima
Nukuri 😂😂😂😂birababaje
Mama wawe ndamuzi nimwiza cyane, n'abakobwa be nibeza cyane,muzarebe umudamu wa wamuririmbyi wa Gospel Aime,baravukana
Disi koko asa numudamu w'umuririmbyi wa Gospel Aimé Uwimana
@@christinesemuto940 twari duturanye
Yeah
Uvuze ukuri arasa na madam wa aimé bavuga kimwe banitonda kimwe😊
Koko barasa disi😍
Merci Isimbi nkimwumva namwumvise kuri rose kuva namwumva nataye ibiro nka 15 kubwimpanuro ziwe mubiganiro aduha muri BUZIMA NUBEHO imitobe Jeanne ur'Umugisha cane
Bonjour abakora ako kazi bitwa operateur ou operatrice socio sanitaire je fais ce travail depuis 2o ans en Italie que Dieu te benisse d en parler
Biterwa n'igihugu barimo. Muri Belgique babita aide familiale.
Mubavuga igiholande babyita ZORG&WELZIJN!
En France babita auxiliaires de vie sociale.
@@ednahtjereka tubite aba
ZORGVERLENERS niho bose biyumvamwo
Akazi wahisemo ni ukwitanga.bravo. Nkwibutse ko utagomba kuvuga umudwayi mu izina rye! Ngo mubyita muri deontoloji secret medical
Jeanne ndamukurikira cyane ni karibu iwanyu urisanga
Uyumubyeyi afite uruhu rwiza koko!👌
Sabin❤️Jeanne d’arc ❤️: murabantu b’agaciro gakomeye❤️
Jeanne urakoze cyane kutwibutsa ko kurya imboga cg betrave ..uziko basil (basilica)jye ndabihanga ariko simbikoreshe .apple hari umukecuru wambwiye ko apple 🍎 yaburimunsi ngo ikurinda kujya kwa nuganganga.exercisse nayo irakenewe cyane mubihugu byateye imbere aho abantu bakora bicaye kurya ibiryo byo mubikombe kuko ari ugushyushya na fast food sibyiza kugenda namaguru nibura 15 minutes. Ningenzi.Imana ibakomeze rwose.
Sabin wakoze cyane ku mutumirwa mwiza,gusa uzongere umutumire adusobanurire amavuta meza yo kurya kuko abenshi dukoresha ay'igihwagari
Biteye isoni kuvuga amabanga n'amazina y'abarwayi (secret professionnel)kuri sociaux médias
Wagize umutumirwa mwiza Sabin 😊wakoze cyane.
Oooooh Jeanne afite uruhanga rwiza shenge 👍 Karibu urisanga ku ISIMBI TV.
Sabin you are no 1 for a reason, welldone and keep up . Utanga ibiganiro byagaciro apana ubusutwa bwabanyeshyali
Uyu mudamu aritonda cyane disi ntabwo ameze nkababandi bazabigize ukuntu aracyafite umuco bambi
Uruhu rwe rugaragaza ko arya neza. Imana umuhe umigisha byishi🙏🏾💜.Ibyo yavuze byose nibuntu abanyarwanda bagomba kwiga.
Link yuzuye kwinjira ntibikunda
Iyo uvuze umuntu uka muvuga amazina yombi aliko avuze limwe ntakibazo kuko abantu balitiranwa
Urakoze guhesh'agaciro akazi kacu mwa
Natwe mwadushakiyese
Ahubwo aka kazi gakorwa neza ni umuntu ukunda ikiremwamuntu, utagira inenesi akagira umurava mubyo akora.
Characters za jeanne very decisives!❤️
Ooooh Jeanne mwiza wacu!Karibu kw,Isimbi mwiza wacu
Ba Musasangohe ni benshi,Kuko Kabeza hari Umu Maman witwa gutyo.
Isimbi wowe urarenze, utuzanura abantu bafise umunaro❤❤❤
Uriya Mutumirwa nta mumaro afise. Byinshi yabeshye...
Mwarimu rwose ntuzongere kumena amabanga ya akazi.
Imana iguhe umugisha mwishi uruwa gaciro kuba nyarwanda
Woooow
Nukuri ibi bintu biranyubatse uy'umubyeyi afite ubumenyi rwose gusa Sabin urubuga(tsup) rwaruzuye ntakuntu yakora urundi hose akajya atwigisha byaba byiza cyaneee
Urakoze cyane Uwiteka akwiteho,kko urokoye ubuzima bwa benshi.
Nanjye muzandangire ako kazi ndagakunda cyane
Uyu mugore ni umuhanga cyane! Namukunze afite inama zikomeye zo gufata neza ubuzima
Jeanne weee,,,,, Urakozeee Cyaneee kutwigishaa..... Nagye ndifuzaa kugyaaa kuriii groupe mwabaaa mukoze
Muraho neza, Jeanne rwose uradufasha pe! uri umwarimu mwiza, uduha ubwenge bwo gufata neza ubuzima bwacu.
Mwarimu Wacu ❤ndakuramukize impuhwe wagira ako Nazi gasaba impuhwe n,imbabazi byarakurangaga
Sabin mwakoze Group nayigezeho ,erega ubundi uduha amakuru asobanutse rwose
Wowe wabigenje ute koyananiye impa ibanga wa koresheje
Wooooow karibu Jeanne mwiza ❤
Uziko nanjye nahagaritse inyama umwaka wose naje kwisanga fer iri hasi cyane
Ahubwo icyo mbaza ariya madini atarya inyama
Mwibuka kubwira aba christo banyu gufata iyo vitamin B12
Waretse guseba kuko jus zose uvuga ni vit c kandi ni hydrosolubre. Kuzifata utariye bigabanya effet zayo.isoni kuza kwigisha ibyo udafitiye ubumenyi .
Mrci Sabin uradukoreye umuti nukuri
Thank you cyanee Sabin, nukuri , uduha ibifite umumaro ,Arik iyi group kuyijyamo byanze sinzi uko nabigenza , mfasha
Va yo ujye gukora muri Sengapolo ya Afrika uzahembwa neza utavunitse. Abarimu wumvise ko bahembwa neza cyane ! Reka guteta rero va mumata ujye muri acide niba aribyo bikunogeye !
Saben kubiganir utugezah jew nkufat nkumukoz wimana Kand uriw
Hari Diabetes Type I z' imiryango zirwara abato , autoimmune nta ruhare bayigiramo kuyirwara
Merci !! Maman Jeanne !! Uri umu mama mwiza!! Agira umwete!!!
Mbega byiza…
Félicitations kuli ili somo uduhaye.
Nkunze n’ukuntu utanga amahoro.🙏🏿
Imana yomwijuru ihabwicubahiro cane gose kuko jewe nivyonkora Kandi ntavyonigiye Kandi bimbera vyiza cane kwitaho umusaza😊
Nivyishi abavyize nabatavyize barabikora ariko harizindi service utamukorera udafite certificate yavyo canke CNA .
Ubuzima nubwa mbere murakoze cyane kurizo mpanuro muduhaye
Ikiganiro cyiza Cyaneee 🙏
Nico ngukundira Sabin, uduha courage yokurondera
ixelles niyo commune ihenze cyane muri bruxelles wenda no mububiligi bwose.aho wibeshye cyane kuvuga kwihendutse.ushaka yabireba kuri internet prix par metre carré (wakumirwa)
Muraho neza.
Jeanne arakoze cyane kuduhugura.
Imana imuhe umugisha.
Ariko Mutsinzi ko nagusabye contact zawe kuri Jo twins show ntunsubize ?
Sha naretse isukari burundu kubera ubuzima nubeho, ndagukunda cyane
Murakoze cyane, Isimbi TV kubwibiganiro byiza mudahwema kudusangiza. Mwaduha iyo link ya Janne Musasangohe. Murakoze cyane kandi Imana igibaha imigisha itagabanyijye.
Jeanne disi umu calisomatike mwizaaa mukuru wa claire ❤❤❤
Wow nize byinshi . Murakoze cyane 🙏
Murakoze cane ndize ndamukunze ❤️
Thanx for the educational tips dear bless
Jeanne wacu, dukunda ❤❤❤❤ ..uzaze south African udusure cherie.
Murakoze cane Madame Jeanne kuvyo utuyagiye.
None ura créa iyindi gpe kugira watsupp twinjire.
Iyo nabonye yaruzuye.
Uzoba ukoze caane
Rwose pee ibitotsi byarabuze now it's three years 😢what should I do
Nimuze turape cocombre na poivron na carrottes tubeho
Bibisi? Cg ubitogosaho gato
@@uhfvf1083bibisi biteguwe neza bakabirapa bikavamwo umutobe mwiza
😅urakoze cyane abantu benshi bibwira ko kubyibuha ari ubukire or kenshi ni ukurya nabi
Uyumukobwa avugishije
Ukuri
Erega ntuba wamuretse
Kuko musbobora
Kubana
Ibibintu birafasha
N’umu Aide familiale .
Btfl Jeanne.
Imana igira neza. Urakoze musasangohe.gusawibagiwe kuduha link
Yooo,dore Jeanne disi,yambiii, ntabwo narinziko wagiye disi
Nibyox? Uwimana Eime?
Bazina wanjye karibu
Jus ya betteraves +anana +carottes (iraryoshe)yoba arinziza? Ndayikora kuko ndayikunda ariko nta bumenyi ndabifisemwo
Urakoze cyane mubyeyi kutwigisha
Jeanne wanjye weeeee
Kumbe amavuta yibihwagari ni mabi.Narinziko ari meza ahubwo ndumiwe🫢🤔
Amavuta y ibihwagali si mabi. Hali abibwira ko huile d olive yonyine ali byiza. Aba specialistes bavuga ko ugomba guhinduranya
Ikiganiro cyiza! I appreciate you
Je connais une Musasangohe wi Burundi
Turemerewe kwiha ivyiza.watuzaniye umuntu mwiza
Twizemwo vyinshi merci pour les astuces
Bjr. Mbanj kubashimira mwese. Umutumire n'umutumirwa.
Hama jew vyans konja muri groupe WhatsApp ngo yuzuye. Nivyo? Si oui, mumfashij iki? Ndabakurikira caaaane. Imana ibarinde yongere ibuzurize muvyanyu mwese
disi uri umuntu w umumaro Imana iguhe umugisha
Murakoze cyane turafashijwe
Urakoze mama. Ikiganiro ndagikunze
Ndakugaye ntabyawe kubona warize ukaba utazi secret professionnel! Ntawuvuga izina lyumuntu wahuye nawe mukazi! Nta droit ubifitiye!! Muratwigisha ibitari byo! Niba ukorera naka ukarangiza ukamutangaza!
Ni njajwa itagira ibanga ry Akazi
Please mwituka Jeane..namwe mugira ishyari..
@@beatriceingabire6169 ishyali se ry iki ? ko tuvuga ukuli
@@beatriceingabire6169Hoya nta shyari ririmo nawe ubwe arabizi ko yakoze amakosa kandi ahanirwa! The HIPAA Privacy Rule establishes national standards to protect individuals' medical records and other individually identifiable health information (collectively defined as “protected health information”) and applies to health plans, health care clearinghouses, and those health care providers that conduct certain
Sabin mubantu wahaye ibiganiro Bose uyumudamu arabarenze cyane yafasha benshi cyane ndishimye cyane
Numuswa cane kubona azakuvuga amazina yumurwayi kuba yariyaracitse ibere na diplome ye bayica muri state yamenye ibanga deja.
Ubundi yariyayanze ikiganiro cungura ntivyaribibi.
Jeanne ndagukunze cyane
amakura saben ujye wihana udefrencial isaha na irene mbone ukombakurikirana mwese
Umu mama mwiza 💕
Oooh uyu muman kbs aratwigishije azasubireyo yaduhaye nikindi kiganiro
Uziko uri bazina ntuye Kigali turi tiranwa amazina yose musasangohe jeanne D'rc
Imana iguhe umugisha sabin tuganirijwe byiza cyane ❤❤
Ikiganiro cyiza,jeanne duhe group watsup
Ndababay nsanze Groupe yuzuy😢😢😢
Nanjye pe😢
Uyu mu byeyi ni aide familliale ntabwo numva ubumenyi afite bwo gutanga inama muri nutrition ?buri wese numwuga we
Kuba ari aide familiale ntibivuga ko atagira ubundi bumenyi. Ubuzima ni ishuri twiga buri munsi, kandi informations ziri accessible ku muntu wese uzikeneye. Ibitabo, internet, expérience y'ubuzima,...
Ahubwo nawe niba hari ibyo wihuguye bidahuye n'umwuga ukora ntibizakubuze kubisangiza abandi.
Mubwireko ahubwo tukora transmission naba médecin buri munsi
Nukuri nibyiza cyane
Ndashaka ako kazi ndagakunda
Musasangohe ikiganiro cye kigize umumaro kubuzima bwanjye❤
Urakoze cyaneee peeee
None se amavuta wakoresha atari igihwagari ? Dufashe
Love from 🇧🇮
Wakoze sabe 🙏 kanirikire muyo groupe
Aha ndumva ukabije Quand même. Bruxelles ntabwo ituwemo n'abanyamahanga gusa. Ushobora kuba utayizi ahubwo. No Uccle , Watermaal-Bois Fort , Woluwe-Saint-Lambert, Woluwe Saint-Pierre,... .
Ndagukunze cyane uramfashije imana iguhe umugisha mubyuvuze haribinyubutse
Ikiganiro cyiza twize byinshi Jeanne ❤
Sha nibyo pe bisabakwihangana pe nanjye nibyonkoramo
Arikose jeane mwiza iyi suruwari wambariyemo imbere nibwokokyi koko
😂😂😂
Cherie urakoze