Ni Ukugira ngo ibyanditswe byuzuzwe muvandi.Ni Yezu wabwiye Nikodemu ati nutavuka ubwakabiri ntuzigiramo ubugingo.Nyamara tuvuge undi utari Nikodemu utarumvise uwo muburo wa Yezu,we ashobora kutazacibwaho iteka.Nonese ubwo ko twe ubu butumwa twabwumvise ni iki cyatubuza kuvuka bwa Kabiri no kubigirira abacu?Ikindi Sekibi yasigaranye kumuntu ikintu kimwe gusa icyaha cy'inkomoko,kabone nubwo Yezu yakigiraho ububasha mubundi buryo utavutse kubw'amazi.N'abahorwa Imana ni urugero.Kandi kwinjira mu isezerano rishya ni ukwakira Kristu.Ikindi icyo aba byeyi baba baribarutse aba ari umubiri.Indi mpamvu ni uko icyaha ari gatozi
ITANGAZA MAKURU NIRYIZA RISHOBORA KUBA INZIRA YUBUTAGATIFU GUSA IYO MBONYE BENE DATA NKA BA PASTOR NABANDI BENSHI UKUNTU BIRIRWA MURI SAGA BATUKANA MBA MBONA ARI HATARI GUSA ICYO NKUNDIRA KIRIZIYA NTABWO SAGA NKIZO IZIJYAMO 👍
Mutugezaho ibyo dukenerabyose kukwemerakwacu NYAGASANI akomeze abahe umugisha
Mouse nibaza ngo iyo abatijwe n'umurayiki hanyuma agapfa agenda yiswe uwavutse bwa 2? Ese Yamavuta asigwa n'umwambaro 'itara ntacyo biba bikivuze?
@@uwiringiyeceline9405ibyo bimenyetso byitwa explicatifs. Bisobanura icyabaye. Icyabaye ni Batisimu.
Amazi n'Ijambo riherekeza amazi, ni byo Batisimu
Ibyo padiri avuga nibyo ariko abapadiri bacu ntabwo baduhugura batwigishya bakoreshya nkamarenga ntabwo badutomorera kandi turaziko bazi byinshi cyane kurushya abo bandi bose ariko hageraho umengo ibyo batwigisha umengo ntabwo babyemera yewe ndasaba ko bohindura inyigisho. Yezu yarabwiye abigishwabe ati nimutugisha cyane kurenza abafarizayi ntabwo muzabona ubwami
Ubwo rero dukeneye inyigisho byimbitse kandi bashyize amanga ntawe batinya
Buriya rero duhamagara abantu ngo tubigishe, ariko abaza ni mbarwa. Hari n'igihe tubasanga aho batuye, tukahasanga mbarwa
Aba padiri b,abakatolike bakwiriye gutegura inyigisho zo kwigisha amahame atomoye y,aba christu bayo
Emmy amahoro cyane noneho nanjye ndagufatishije uri live
yego se
Emmy natwe twahajyeze dusuhurize Padiri
kabisa ni karibu Alphonsine we
reka musuhuze
@@emmy_pro_mediaThank you
Emmy tubarize Padiri
Ese ko hari igihe Umwana Avuka kubabyeyi barahawe batisimu
Ese kuki Abana babatiza kandi Ababyeyi babo barakuweho icyaha cy'Inkomoko
yego , reka mbikore
@@emmy_pro_media urakoze kumbariza
Ni Ukugira ngo ibyanditswe byuzuzwe muvandi.Ni Yezu wabwiye Nikodemu ati nutavuka ubwakabiri ntuzigiramo ubugingo.Nyamara tuvuge undi utari Nikodemu utarumvise uwo muburo wa Yezu,we ashobora kutazacibwaho iteka.Nonese ubwo ko twe ubu butumwa twabwumvise ni iki cyatubuza kuvuka bwa Kabiri no kubigirira abacu?Ikindi Sekibi yasigaranye kumuntu ikintu kimwe gusa icyaha cy'inkomoko,kabone nubwo Yezu yakigiraho ububasha mubundi buryo utavutse kubw'amazi.N'abahorwa Imana ni urugero.Kandi kwinjira mu isezerano rishya ni ukwakira Kristu.Ikindi icyo aba byeyi baba baribarutse aba ari umubiri.Indi mpamvu ni uko icyaha ari gatozi
@@ndayishimiyeprosper1671 urakoze cyane Rwose ndasobanukiwe
@@MushimiyimanaAlphonsine-wz8pp Gumamo.Urakoze Nawe Muvandimwe wacu.
Nonese padi igihe umugore n'umugabo bananiranye burundu kuburyo umwe aba ageze naho ahiga undi ngo amwice agomba kwemera akamwica aho kugira ngo batandukane yakwemera agapfa?
Emmy tubarize padiri kubereki iyo bagiye guhaza basengera karisitiya na divayi kandi bakavuga ngo muryeho mwese bagafata nigikombe nacyo cyadivayi bakavuga ngo munyweho mwese ariko divayi bakayibywa bonyine harinywe undi ko harabantu benshi babarizwa muri katorike kandi amasakaramentu yose barayahawe ariko ntibazi divayi uki imeze nukubereki badaha abakiristu
Iyo uriye inyama uba unyoye n, amaraso kuko munyama haba harimo amaraso.
Mutubarize ESE UMUNTU UTARABATIZWA ARIKO AKABA ARI MUNZIRA ZO KWIGA NGO ABATIZWE KANDI WENDA AKA ARWAJE UMUNTU UTARABATIZWA ARIKO WENDA YIFUZAGA BATISIMU KANDI BIGARAGARA KO UWO MURWAYI AREMBYE CYANE (ashobora gupfa) UWO MUNTU ASHOBORA KUMUBATIZA ?
yego
@@emmy_pro_media yego urakoze
ITANGAZA MAKURU NIRYIZA RISHOBORA KUBA INZIRA YUBUTAGATIFU
GUSA IYO MBONYE BENE DATA NKA BA PASTOR NABANDI BENSHI UKUNTU BIRIRWA MURI SAGA BATUKANA MBA MBONA ARI HATARI
GUSA ICYO NKUNDIRA KIRIZIYA NTABWO SAGA NKIZO IZIJYAMO 👍