Uko natwawe umugore na Sheikh agahabwa gatanya na Qadwi wa RMC ntabizi kandi ari umugore wisezerano
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 10 ก.พ. 2025
- #0788682703 #Dawa_Rwanda_Tv #Subscribe_now
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Code *182*8*1*909582# Dawah Tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Sauda natuze arekana n’ibimubeshya jye mba 🇺🇸 America nakoze nk’ibyo Sauda yakoze ariko ibyonabonye azabibaze. Mubyukuri naje kugira amahirwe umugabo wange turasubirana ariko ndashimira Imana ubu ndatuje mfite amahoro n’ubwo umugabo wange atize amashure nkayomfite ntanubwo umugabo wange akorera amafaranga nkorera,ariko nshuti abavutse ari masculine nibenshi ariko abagabo n’umwe mwijana 😢😢wikwirushya shyira amaranga mutima yawe utuze abo bagabo basa neza unomunsi ejo nabo bakeneye abakobwa batoya ,they want to use you and they are going to make you suffer until you will regret your actions . Don’t give a chance to devil 😈,the sweetest thing are between you and your lovely kids and their daddy if you want to side of story reach out to me
Allah akongerere muvandimwe uzanyihere Numero yawe
Bijou ndagukeneye
@@GatesiSaidath unkene ute nshuti?
Urakoze cyane gutanga Inama mubyeyi kdi Imana ikomeze ikuyobore wubake rukomere
@@bijou5038 Ibyo nibake mubagore babotekereza arko nabamwe mubamenyidufite nimpyisi harahobagera bakora Dawat nibyiza Alhamudulillahi arko bakibagorwa gusigaminkuta zibatandukanya nabobakorera Dawat. Ibyobikagumuko mpaka nomubuyobozi bwohejuru ahokuzimya umuriro bakawenyegeza. Haryubwo nobwobuslam twigishwa?
Ababona ko uyu mugabo asa nka sheikh idrisa nankandire kwifoto
Hhhhh umva ngewe nikanze nkimubona maze wagirango ni impanga ye ❤
hhhhhhh
Murasekeje, reba Ibyo turimo mwebwe ngo bagukandire ifoto
Sheikh idrissa ni mwiza cyane ntago basa na gato
@@NsengimanaInnocent-w2vsheikh Idrisa ntimumuzi koko ntabwo basa pee
Ntabwo basa
Ubuyisiramu nibwiza ariko abarimo nibo babwambika isura mbi cyane
Njye ashrafu ndamuzi cyane yashatse muri famille yanjye so ibyo uwo mugabo byose ari kuvuga nibyo wallahi 100% kuko natwe twarumiwe ndetse numugore yashatse nawe arabizi ko umugabo we amuca inyuma kubandi bagore
😢
Sha nanjye twari duturanye Nyamirambo nibyo ntibabeshya,ukuntu disi yafuhiraga umugore we agashyiraho nabamucunga kandi we yarahoraga amuca inyuma 😭
😢😢😢😢😢😢😢
Mbega agahinda kandenze😢😢😢😢😢😢
Ubu rero mise numva isinyanze😭😭😭😭😭😭
Numvaga ashirafu akiri imanzi kumbi nisekurume yigihugu😅😅😅😅😅😅
😂😂😂😂@@zawadiibrahim3852
Mbegindaya yumushehe ntabumenyibwe nibaribyo ashraf nareke abazidini barikotere nakomezel yirukemubitsina
Allahu Akbaru wal llah alhamdu muri make ndababaye iyinkuru irababaje cnee uyu mugabo yarahangayitse mbese yarahungabanye ariko sheikhe Rubangisa ibi bintu nkibi nagirango ngusabe kutazabigarura 😭😭😭 kuko winjiye mugukangura fitnat kd Intumwa y'Imana Muhammad sw yatubujije gukangura fitna mugihe yari isinziiye uzayikangura uwo ngo yaravumwe.hagarika sheikhe kuko ububi bwaba bagabo batuyoboye ugiye kubukirigita hari byinshi wakwangiza.
Fitna ikise mwabivumemwe karimwe mwangiza sosiyete
Mwabyomañzi mwe nibabagaraze muri ibibore mwanyandamwe
Ahubwo nabivuge bibere nabandi isomo ko gusenya ingo zabagabo bitwaje utugambo tubi sibyo ngaho reba agahinda uyu mugabo afite. Ngaho ibaze abanu dufite batujya imbere koko
Innallillah, ariko mwe muvahe? Mwize he? Areke kwanika amakosa yayo mashyano ngo ni abasheikh wtf you hide it for? Shut fk up about it.
@AbdulRazaqOmarTUYISHIME abangizi ba sosiyete ba firauni mwa mbwebwe mwe abo basheikh Bose n'abasambanyi ,Hera Kuri nzanahayo,sindayigaya,kajura ,segisekure Yussufu,gatete..n'abandi ntavuze.
Yeweweee. Ubuse koko ibi nibyo cg ndimunzozi.
Uburenganzira bw'umwana bujye buhabwa agaciro,gukubita umwana kuburyo ata ubwenge nibibi cyane muri kumuremamo urwango rukabije😢😢😢
Niba Gufu atabeshya Imana nirebane impuhwe iyi family ❤turabakunda iyo muri kumwe rwose.
Ibrahimu ihangane usabe Allah ariko ikindi nkugiraho inama umugore iyo yakwanze aba yakwanze nubundi numugarura murugo azaza aje kukwica rero ntacyo utakoze, njye ndumva washaka undi mugore cyangwasi ukabaho ntamugore ufite ukarera abana bawe, Kandi please ibrahimu iyo nama uyikurikize
Nibyo kbsa ndakwanga ntivamo ndagukunda
Ibrahimu ndamushaka cyane uwampa number ye.
Haji Rubangisa wowe Allah ajye akomeza akurinde kand azaguhe ibyiza hano kwisi nejo kumunsi wimperuka ❤
Uyu Mugabo afite kwihangana kwo hejuru kyane. Allah azabimuhembe.
I’m a woman Ariko I’m team Ibrahim.
Sheikh the trauma that he has caused to those kids… Allah knows best. He’s a father and as they say what goes round comes round.
Shame on you Sheikh Ashraf. I petty all the women that are obsessed with your teachings.
I hope they watch this show and learn something out of this.
I cried watching this brother as he was talking, and listening to that little girl and the baby crying for papa…😭
It’s heartbreaking
Ubwose urumva adafite troma nonese nubundi ko asazwe yihangana nubundi yakwi'hangane akareka gusebya Sheikh ko numva umugore we ariwe wananiranye
Ibi nikwakundi umuntu avuga ngo nipfa bazamenye icyo nazize
Abantu mwumve neza uyu mwana uko yinginga ashraf munibuke abantu n' amarira n'idua sheikh faradji aherutse kuregera Allah mureke rero nyagasani abatwereke ,ndasaba ibrahim ko yakurikirana cyane amasomo ya subra(kwihangana)
@@laurentbishambo8418 yabasabiye nokubahetamisha imigongo nibatisubiraho ngo bakore tuwuba Allah arabatamaza
Uziko uhise unyibutsa
Icyo kiganiro cya sheikh faradji disi ustadh wanjye
@@mutuyimanamuhammad4305 yigendeye kumaranga mutima ye yibagirwa uwo ariwe
Ntibyoroshye kurikigihe ibyingo. Uko byagenda kose ni mukuru.icyamujyanye ni we ukizi!!!
Subhanallah Wallahhi Ndababaye Sana Kaka Ibrahim Hora Kdi Komera Ncuti Nsababaye Kweli Icyo Twifuriza Imitima Yacu Nibyo Tubifurije Allah Agushoboze Kubasha Kwakira Icyo Kigeragezo Amiiiin
Dua ya mwenye kudhulumiwa hayina pazia.
Umugore wakunaniye icyo wamuha cyose aragenda
Icyo nizemo kuriyi nkuru abagore nsanze tutazi icyo dushaka ,kuko abashahidi bambere mu bantu babana Nkumuryango nabana,kuva abana bari kuruhande rwa Papa Mama niwe wananiranye!! Wamugabo pole sana kdi nawe wazize kwitonda cyane buriya no kwihagararaho murugo nkumugabo bituma Umugore agendera kuri gahunda nibura niyo Yaba afite imico mibi yari kugira Aho agarukira!! Gabanya kwitonda cyane murugo ube akazuyazi.ikindi nusubirana nuy' Umugore uzicuza ubuzima bwawe bwose azakubuza no kwirerera abana,Allah akorohereze
gusa ikibazo si ashraf , ikibazo ni uwo sauda niwe wikirara ,
Muvandimwe ihangane,ikigaragara cyo umugore wawe waramukunze uracyanamukunda ariko umugore wawe nta urukundo akigufitiye ahasigaye zibukira umureke usabe Allah aguhe kumwibagirwa anaguhe undi uguhoza amarira va mur'ibyo si byiza kwihambira k'umuntu utagushaka tuza urere abana wikomeza guta igihe uniteza ab'isi ibyo ntacyo byahindura kubyo umugore amaze kwanzura ahubwo nutareba neza azanakwishisha nukomeza kumubuza Amahoro ikindi kikugaragaraho umugore wawe umufata nk'ikigirwamana umufata nk'aho ariwe ukugize mbese urumva ko utabaho utamufite Dore ukomeje no kubimwereka no kubyereka isi.iga kurekura no kumwibagirwa nibinagukundira jya kure ye Kandi uzajye wirinda gukurikirana amakuru ye nanaguhamagara ujye unyuzamo ntumwitabe ibyo bizagufasha
Mufate nk'uwapfuye Kandi Ashraf mureke sinangombwa no kumuvugisha muganira iby'umugore wawe nk'aho uri kumusaba imbabazi.
Assalaam alaykum ww.
Nabonye abantu benshi bihutiye guca imanza no kuvuga ko Umugore yahemutse ariko reka mbibutse umurongo ubuslam buha ibintu nk’ibi:
1. Guha umwanya ibiganiro nk’ibi bishyira Hanze bagenzi banyu ni umwanda mubi cyanee. Ari uwazanye amakuru ari n’uwamwakiriye bose ni abamgizi kurusha uwo barimo kuvugaho, byaba ari ukuri cg byaba atari ukuri, byose ni ubwangizi kuko ntitwemerewe gukwirakwiza I nkuru mbi ku Bibi Biba byakozwe na bagenzi bacu. Aha Rasul saw yatubwiye ko ukwirakwiza inkuru z’ubwangizi aba ari mubi kurusha uwakoze ubwangizi. Ibi bishomangiye ko Rubangisa na Ibrahim ari abangizi kuruta uwo bavugaho (Sauda na Ashraf)
2. Icyubahiro cy’umuslam kiri mu byo intumwa Rasul yatubwiye tugomba kurinda. None aba bandagaza abo bavuga ko bakoze ibibi baba hari uwo bafatiye mu cyuho? Uretse ko n’iyo baba hari uwo bafatiye mu cyuho bitabaha kumuvuga. Ubwo se muzakora iki ngo mubasubize icyubahiro cyabo?
3. Bibaye atari ukuri se ko byaba ari ubwangizi bwikubye inshuro byinshi Aho Aho mahugu Rubangisa na Ibrahim imbere ya Allah mwazayakira?
4. Bibaye se ari nabyo Muri mwe hari ubitse imbabazi za Allah ku buryo azi neza ko abo ashinja ibyaha batasabye imbabazi?
Brief: Nta option n’imwe yakwemerera aba bangizi gukwirakwiza ubwangizi. Ndabita abangizi Nshingiye ku murongo ubuslam buha iki kibazo cyo gushyira abantu ku karubanda.
Ndamgize nibutsa ko intumwa ya Allah yavuze ko uzahishira umuvandimwe we Allah azamuhishira ku munsi w’imperuka. Ubu koko umuntu unaniwe guhishira uwo bashakanye, babyaranye abana 4, hari ahandi abahishe? Uwamuhaye urubuga se we hari aho abahishe?
Mana turinde abangizi
Assalam alaikum warahmatullahi wabarakatuh muvandimwe rero ahubwo wowe uhishira abangizi uri umwe muribo
Umuislam w umwangizi nta cyubahiro akwiye ahubwo umuvumo wa Allah umubeho
Mujye mureka guhishira ababi mwitwaje intumwa saw
Igihe KIMWE muzicuza
Rubangisa afite uburenganzira bwo gutangaza ukuri
ivyabo vyagiye hanze azagukuramwinda ck akubitira umigabo muruhame rr allah yashatse kubishira hanze ivyab ngo bitubere isomo
Mbega inkuru wee😢😢
Chn ndarizeepeeee,ibrah imana izaguhe iherezo ryizaa
Nukuri Allah amworohereze
Nta MOMO y'uyu Muslam?
Ugiye kumukandira akanyenyeri
Urumuntuwumugabopee
Kode
Yewe nanjye mukaibona muiduhe hano akeneye inkunga ikomeye ituma ata babara birenze kuko yarababaye pee!😊
Ahubwo nimumugire inama yige kw'ihangana kuko umugore we niwe mubip ndiyoroshye
Allah akorohereze Muvandimwe Wanjye Pole Sana Allah aguhe kwihangana azaguhe iherezo ryiza
Iyaba abagabo bose babohokaga bagashyira ibyabo byose ku mugaragaro nibura hari icyo byatanga.Gusa uyu mugabo afite umutima w'urukundo no kwihangana kwinshi.Njye kumenya ko umugore wanjye yanshiye inyuma nahise ndekana n'ishyano.Abagabo ntimugakandamizwe n'amadini ngo niko intumwa yabitegetse.Intumwa yabayeho mu gihe cyayo kandi i ibazo by'ubuzima byayo n'ibyacu bitandukanye cyaane, murakoze.
Ohhhh my God Ibyo uvuga niba arikuri you're so awesome and you are so good gusa reka nkubwire amakosa wakoze wabaye mwiza urakabya kuko madame wawe yakweretse ko atagukunda mbereeee nukuri iyo umugore agukunda niyo waba ukenye niyo waba uri mubi apfa Kuba agukunda ibindi byose biba ari 0+0 waramukunze ntiyigeze agukunda wapi cya nawe ufite ibyo uduhishee ariko nkurikije uko uvuga maybe urumugabo mwiza Kandi uzi gukora gendagahoro uzabona umudame mwiza agukunda
Subuhanalla gusa dusabe Allah cyane kuko nibyoronshye ubuyislamu bwo murwanda buri hasi cyabe
Cne pe
Allah yoroshye
Subha Allah Amabanga yose hanze koko!!! Abaislamu!!!! Nubundi ndakwanze ntivamo ndagukumda cyane .wenda na we afite ibyamujyanye!!!!! Ni mukuru ndumva atarumwana.
Muvandimwe Allah akorohereze, aguhe gutuza no kwiyakira. Gusa nk'umwemeramana nta mpamvu yo gufata umwanya ungana utya ku mugore wafashe icyemezo cyo gutandukana na we, kuko tubana n'abagore kubera Imana, tugatandukana nabo kubera Imana. Kora akazi witeze imbere, wigishe abana, ukomeze gusali nk'uko ubikora, iby'umugore ubireke.
Weho ntago uteretse kimwe nawe so weho komeze witurize urire muburiri
Assalam alaykum warahmatullah wabarakatuh, mbaje gushimira dawa rwanda tv kuri ubu buhamya bw'uyu mugamo.Burambabaje cyane kuko uyu mwana teta w'imfura ye naramwinyigishije, umwana we wabonaga y'igunga cyanee kumbe byabaga ari ibibazo byo mu muryango.Papa Teta wihangane urere abana bawe ,Nyina ntazatinda kubona ko yibeshye.
www hewe burya nanje numiwe pee
Yaa Allah 😮 muri make nukuvugango Sheikh Ash'raf numupfubuzi 🤔,.
Humura papa Teta Allah azaguhorera
Niba uwo burahim adashoboye,utazakangisha umugore kurya no kwambara , ibyambere ni care😂😂😂😂
😂😂😂😂 na grp yabapfuburwa aba sheikh bageze Kure KAZI nabo batse muri kbs gusa aba sheikh kubera Kumara igihe mubarabu batabona abagore baza bafite umushyukwe undasanzwe wallah icyo nzicyo abenshi nzi batse umuriro ubonye kakaza arikumwe n umugore amagambo aba avunga wakumirwa cg uwo segisekure ibyo abarimo wallah ntaba sheikh dufite none abitwa ngo bigisha abagore bo nihatari
muzabaze story ya yuwo brahim akigisha abagore aho mu biryogo kwa sheikh Rashid ohooo yaranyigishije ndamuzi sooo nibihane kbs
@@nickynadiira1639 hhhh Allahu Mustaaan
@@nickynadiira1639 nae uzagende Hajj Rubangisa aguhe ikiganiro ,🤔hh
Niba uhatiriza kubana numuntu utagushaka uzagumana trauma mpaka , umuntu iyo atagukunda nubwo wakwiyahura barinda bagushyingura atarongera kugukunda..
Uyu mugabo yabaye nka... Gukunda umugore cyane bituma agoryanga.
Abana banyu barakomeretse wee😭😭sauda igitsina cyatumye yanga aboyabyaye birababaje 😭😭gukubita umwana we akarenda aho ahwera amarira aranyishe
Allahu Must'aan
Buretse nabandi bashekh nabo ibyabo birajyahanze namashitani yimitswe na RGB
Uvuze ukuri bigie kugaragara
Ariko bavandimwe muribuka Ally pepe avuga kuri ya group ya Ashiraf bishura 3k kuyijyamo yokwigisha abagore ukobakora imibonano ukuntu abantu bamugize umusazi ngo nishari afite !?
Narabyumvishe shaa ngoni ishyari kd arimukuri sheikh Ally pepe
Mubasakuje ngo nishyari naha barahari ubu bumiwe nta watanga comment
Sindi umuslam arko Ibra arambabaje nareke gusubira aho umugore yahukaniye ataza mutamo.
Ashraf yasenye Ingo nyinshi uru ni rumwe😊
tell them natw nuk
Sha njye yashatse kunyikururwho mpita mukuzaho
Assalam alaikum walahmatullah wabarakatuh UBUNDI UMU ISLAM NUBU ISLAM NIBINTU BIBIRI BITANDUKANYE KKO UMU ISLAM ARAKOSA ARIKO UBU ISLAM NTANARIMWE BUKOSA KD ISLAM NTAMUNTU WAYAMBIKA ISURA MBI AHUBWO UWASHAKA KUGARAGAZA NABI ISLAM BIRANGIRA ASEBYE
Umbaye kure niyompamvu Allah abashyira hanze iyo bananiwe kwibikira amabanga yabo shame on you Ashraf Aho Uri nizereko ufite isoni nikimwaro umugore wundi ni kirazira mugihe agifite valid marriage hagataho uyu mugore wawe she is ungrateful woman yagiye kera nuko utabimenye washatse kubaka we ntiyabishaka rekura igisasu kitaguturikana
Subhanallah!!amarira y'uyu mwana niba kk ubifitemo uruhare azakubere umuvumo😭😭😭😭😭😭gs ndashimira cheikh Rubangisa kuruhura uyu mugabo,knd Allah azaguhoze ayo marira kur'iyisi nejo kumunsi wimperuka
Aslam waikum let's help our brother 😊
Allah azagushumbushe umwiza w, umwemera kumurusha / kko birenze ubwenge ibyo yakoze/ ufte umutima wakimuntu ukomeye kbsa/ komera cyane
Kwiyoroshya cyane kumugore sibwo buryo bwo gumukunda bituma agusuzugura ubutaha uzajye ushyiraho imipaka
Ibyo uvuze n'ukuri 100/100 uri umunyabwenge
Aya n'Amarira twaririye Allah tumuregera Sheikhe Ashraf kubwo gukina n'Imitima ya cu nk'Abagore yitwikiriye Ubumenyi bw'Idini.
Allah n'Umuhozi natitonda ngo yicuze azaseba birenze ibi😊
Kubitaaaaaa
Inkuru ahubwo ndumva zitangiye🤣🤣🤣😳 mutubwire dore twateye udutebe...🐒
Iyo usabiye duwa mbi umwislam nkae umenye ko ivyo umusabie nawe hari pourcentage yavyo uzoronkaho vyaba vyiza cangwa bibi ntuj aho ngo wishimire kwandariko umwislam nkae nae harumusi uza seba wait and see
Amarira mwarize ? Nonese simwe mubitera mutamihaye umwanya ngo mwubahe abagabo banyu ibi byose ntibyaba , jyewe amakosa ndayashyira kubagore. Simbishyigikiye arko muratugayisha peee
@@subikaabdoullatif8980 ibyo uvuga ntabyo uzi bireke Allah niwe uzi ukuri kw'Ibyo mvuga.
Ntago wabana n'umugore ku ngufu atagusha muzatandukane....Imana izaguha undi mwiza..utaguca inyuma.....wirerere abana...kidini......iyumuntu atagushaka uramureka.
Reka amaheru y'umugore ushake undi uwo sauda ninugore ki wagusazije uzi abana bariho kandi beza
Subhanallah 😢
Allah Akbar, abagore bose bazabona iyi video utazakuramo isomo azaba ari injiji.
Ikibazo sa abagore
Nabagabo barikuremwo
Cyokoze Allah abana nabihangana komera Allah azaguha kujyeza ubwo uzishima
wowe ntamakuru ufite ushaka nabi ugapfa udasetse uzaze twisungane nanjye baramugurukanye arko umugore batwara ntawuba ahari.
Yooo srry
😂😂😂😂pole disi
Ahaaa 🤐
😂😂😂
sha birababaza utiyitayeho wasara @@ToniFairy
Subhanallah
Mureke sauda azicuza
Gusa we ihangane hanyuma urwane kuruwo mutungo wabana
Ibyo bibazo twabicimwo ariko nyuma nibwo sauda azicuza kugahinda kenshi cyane
Inaa Lillah wa inaa ilaihi radjiuuna
Pole sana broh ewaba abagore turananiranye ariko kwifata ukimura umugabo ntago aribyo vasi abana bawe wabatekerejeho muri umubyeyi gito
Abasilamu bomurwanda bakeneye kwiga iyi ngingo irimo dawa burya ubumenyi ninkinyanja reka njyire icyo nyivugaho umuvandimwe niba arimukuri nibyiza cyane doreko burya ntawumenya ukuri kumuntu uretse roho yiwe numuremyi wa roho ikindi abantu burya nabacanza bibikorwa byabagenzi babo ok abasilamu mwibuke hadith ivuga kukibi yuko gikurwaho muburyo 3 - ingufu cg amaboko-umunwa- kubabariramo ariko bikaba arukwemera guciriritse tubinononsoye rero uyumugabo ikibi yagikujeho amaboko cg ingufu biranga ubwo yategaga akoresheje umutungo arega Ashraf mubiyita abayobozi babasilamu naza RIB byanze iyi ntabaza kuriwe nuburyo bwa 2 bwogukuraho ikibi arikubivuga 🤷🏼♂️abamutera amabuye rero mujye kwiga idini ba islamu ikindi kki mwumva yabihisha Rasulu S.A.w yigeze gusarira abanafiki Omar asa nkumubuza Ayat ya Allah yaramanutse imubuza kubasarira Omar yari mukuri, idini abanyarwanda biga cg bize sinzi aho baryize Rasulu hadith zirahari nyinshi aho abanafiq yabashyiraga hanze kdi baranazwi uyumugabo ntakosa yakoze ahubwo twere gufata umuco wakinyarwanda ngo tuwinjize mudini bayislam kuvuga umuntu umuvugaho ibibi biri konona islam ntacyahaaaaaaaa kirimooooo mubimenyeeeeeee muve mubujiji dawa yanjye ndayikoze Ibindi nibya Allah
Barakallahufikum
Allah akongerere sheikh
@@Hassandayisaba Amiina ya Rabbi nawe kdi
@@Hkmassiوفيكم بارك
Allah akwishimire cyaneee uko Niko kuri,Allah niwe Uzi uko agomba kubabarira, but ntiyanga ukuri yanga ikinyoma
Pole sana wa mugabo we. Imana izakurenganura. KU bwanjye niba izo nkwano zihwanyd n amafaranga bagutwaye wazifata
Someone once said, “a man will sacrifice his happiness for a woman. A woman would sacrifice a man for her happiness". That cut deep
Ooh come on that's not true bro please
True kbsa
Arko Imboga zibona abana kweli‼️umugbo nkuyu aba hake,uyumugore azabyiciza tu!gusa Imana Izaguhoze amarira uwo mugore yakurijije😢😢
Niyiyizire iwage wa
Shimirimana yagiye uwo mugore n'imico ye kuko ukonumvishije ikiganiro chyawe. Umugore wawe yakuyemo inda ni ya sheikh? Uwo mugore wawe afite imico mibi.
Papa Teta ihangane kandi ukomere sukuguca intege ihangane umugore umureke umuhe umwanya azabanze yitekerezeho umunyarwanda abivuga neza ngo ndakwanze ntivamo ndagukunze senga usabe Allah aguhe kwihangana kandi niwe uzi impamvu yibi byose Allah agukomeze kandi akube hafi
Allah azakurenganure muvandimwe kuko niwe utarenganya🙏
Assalam Ibrahim ihangane uri ntwari kdi wibukeko imana irikumwe nabihangana ndashimira dawa tv Rwanda ituzanira ibiganiro byisa nkibi, Ibrahim imana izaguha ubutabera ihangane inshaa Allahu. Shukrani
Allah azagenda abatamaza gake gake.
Allah n'Umuhozi Abagore Ashraf yakinnye n'Amarangamutima ya bo yitwaje Icyo ari cyo twazamuye Ibiganza turirira Allah niwe ugomba kumutwishyuriza
Imana izamworohereze uwo mugabo ibrahim❤
Iyi video niyo izagira views nyinshi kuri iyi channel
Umugore ukurusha amashuri cyangw ukurusha amafranga aragoye cyirese atinya Imana nka Hadija umugore wa Nabbi muhammad
Nyamara nuko dushaka kugendana nibigezweho Ariko rwose umugore akwiye kwicara murugo ntagire ibyo akora bituma agira amafaranga.pole wamugabowe wahuye numugore ufite ubumenyi ark ntabwenge afite.😢
Mwihutire kumva mutinde kuvuga kk iby'umugore n'umugabo ntiwamenya gusa umugore nawe avuze ibye mwacece
Hanyumase ukamutunga kombona benshimubagabo mutamenya inshingano zanyu mujye mureka Sha hanyuma se yicare nibiba ngombwako upfa mbereye abana usize bazatungwa nande
Mwajya mugira ubwenge basha
Ariko ko murenganya umugore,umugabo uvuga iby'urugo aka kageni murumvaaa?/Njye namugira inama,ave muri ibi byose!N'ubwo batandukanye,s
ce n'est pas la fin des haricots!1Umugore nta mukunda,hari ibyo batumvikanyeho!Areke gukomeza gucumura aharabika uwe!Bafite abana,abavandimwe,Imana yamuremye!Ibindi abireke
Reka kurengera amafuti yabagore natwe ntitworoshye😢kotutabimenye mbere😮bishatse kuvugako uyu mugabo yarakomerekejwe ndetse akomeretswa numuntu twese twizeraga 😊
None uriya Mugbo aravuga kuko umutima we utamaze kuba igisebe koko😢,sha ntimukumve ko uvuga aba arenjyereye,ahubwo arinjye ubanza nahagarara muri Gare nkajya mpora mvugaaaas
Inna lillah wa inaa iraih rajiuna😢
🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Asw hagi Shaka kwibarize amakuru yuyu muvandimwe turayumvise none mbere yogutangaza iyinkuru umugore waba waravuganye 'nawe NGO 'nawe wumve uruhande rwe
Kandi uyu mwaka uzagira amezi 13🤷♀️🤌😏😂😂
Allahu akbar benga inkuru mbi , mbega umugabo n' abana bahuye n' ibibazo sinarinzi ko ukuntu igise kiryana harumugore wakorera ibintu nkibi abana be yatwise amezi icyenda, uyu sauda aratangaje ashebeje ababyeyi, iyi si dutuyemo rero ushaka kubaka ahura nutabikeneye njye biranshanga pee
Allah yorohereze aba baziranenge na pp wabo inama namugira nuko yakura mumutima we uyu mugore akajya amuvugisha nka maman wabana kukibazo cyabana gusa , ubundi atabaze allah azamuha igisubizo gikwiye
Mbanje gushimira Hajji Rubangisa, iyi channel itumye menya level ya sheikh Ashraf, ntazongere kujya imbere yabantu ngo arigisha, ahubwo akwiye kwirukanwa mu nama nkuru Yaba sheikh
uramwirukana c wowe ufite ubuhe burenganzira bwoguharika abantu , uyumugabo atubwiye ibye ubuse sauda avuze ubu uyumugabo yashyirahe isura ye , ntugafate umwanzuro wumvishe uruhande rumwe
@@ibrahimhabintwali9172 ntaburenganzira mbifitiye rwose, gusa uriya mugabo ntagamije kumisebya, Imana niyo izi ukuri
@@ibrahimhabintwali9172 ntaburenganzira mbifitiye rwose, gusa uriya mugabo ntagamije kumisebya, Imana niyo izi ukuri
Ashiraf humura ntazagaruka yaragiye ubu ari gushaka uburyo yabona imapapuro ! Ubwo ntabura umugore yegamaho aka,imuha ari Portland Main USA. rero sawuda nasubire murugo atuze
@@AmberNasim
Ibyiza sawuda yasubira mu rugo, abana bakabana na mama wabo,
Subuhana Allah 😭😭
Aba basheikh barakabije kbs
Asalam Asalam alaykum warahmatullah wabarakatuh muvandimwe tuza ubereke allah azagusubiza kdi sauda azagaruka yiruka nimyenda mukirere bamwe mubashekhe muri gusenya ingo za bavandimwe banyu kdi muzabibazwa inshallah
Sha wa mugabo we ufite kwihangana pe, reka mbwire Sauda ko arakuze ariko ntazi ibyo arimo,niba hari nibyo yacyekaga k umugabo we uriya mwanzuro yafashe siwo kuko niwe uzahura nibibazo. Sau njye nacyetse umugabo ndamutuka ndamutukuza ndamusuzugura uko nshoboye ariko aho bingeze ninjye uhazi. Nsaba Imana ngo izambabarire yongere impe second chance. Sauda nifuzagako wasoma iyi comment yanjye ngo umenyeko hari twe twagerageje kwigira intabwirwa ariko byaduciyeu mazuru. Itonde uracyafite n amahirwe umugabo wawe aracyagukunda. All the best kabisa gusa iherezo ryabyo n iribi.
Inama umuha niyo pe,Kandi nawe bigaragara ko wakuyemo isomo,Kandi wahindutse umuntu mwiza, ariko se Mubyukuri wababaza abana bane,ukumva ko wazagira amaherezo meza,ntibishoboka
Yaarabii pole wamugabo wee
Iyo ukunze umugore utagukunda Niko bimera Arya areba hanze gusa ntazatinda kubona ko yibeshye
Uwamunyuza mubyo twanyuzemo yabura ayo acira nayo amira😢
😢😢😢 ibaze nukuri arikose aba sheikh byikigihe koko ninde tuzafatiraho urugero muhumure inkunga ya Allah irihafi
Sheikh Ally Pepe NDABISHOBOYE
Sheikh Faradjih DUSENGIMANA
wamugabowe Allah byaguhaye umutima wokeihanfana kbsa icyo nkusabiye nuko agahinda umugore yaguteye Allah bazaguhevumuhurirayini in Shaa Allah nka ho ibyashirafu we mureke nacyo arabona iduwa yafarajiniracyakora twese twarayikirije duti amiin y'Allah
Nzabaza abamenyi Niba ibi Atari ukuvogera icyubahiro cy'umuntu. Hari ibiba bikwiye kujya mu itangazamaku cg munzego za leta zibifitiye ububasha. Si no, tuzisanga turi kuryana nk'isenene.
Ibi bintu bishobora kuzateza umwiryanye kd bikozwe nabo twita aba shekh
Kbs ntagaribyo nkabayislam ibisibyo gushyira kukarubanda gutya
Bagomba kubashyira kumugaragaro 😂
Ntacyo urunva mon cher Ce n'est qu'un petit extrait de ce que vous écoutez
Ku karubanda nihe mu mboni zawe?
Subhan'Allah 😢Abagore rwose Dutinye Allah
Muvandi pore sana nukuri Allah azaguhorera kd umenyeko igiti kimwe atarishyamba niba madamuwawe aguhemukiye wowe mwihorere Nyagasani azagushumbusha undi naho abobagusenyera baregere Allah
Mureke dutinye Imana
Twese dufite inyama ibabara uyumugabo kuza akavuga agahinda ke nukobyamugendekeye biba byabaye 2much ahubwo abatuma abantu bavuga agahinda kabo bisubireho
Ntago yize koko umugabo wize ntiyaza kuvuga ibi kuri social media ariko umugore akwanze nkeka atari isi irangiye washaka undi ikibabaje ni abana bumva ibi .ntagahato murukundo kandi qoran yabivuze neza mutinye isi n'abagore
Sha yaragowe ndamuzi umugorewe numwana mubi cyane asuzugura na family yashatsemo ibra ubu byaramurenze
Subuhanallah imana ikorohereze brahim kuko birababaje cyane
Ubu ejo bundi aha Qadwi nabandi basheikh bazaza bavuge ko bitari bikwiye kuza kubishyira hanze kandi nyamara Ubutabera bagombaga Ibrahim ntibabumuhaye. Islam iruzuye iratunganye gusa nitwe twangiza ishema ryayo.
Ntango yasenye. Kuko ikosa numugore iyo yanka ntivyarukuba
SubuhanaAllah gusa komera kd ntucike intege kd nyagasani niwe mukungu unagena wwe bimuture ubundi ukomeze kujya imbere Allah azagushumbusha ibiruta ibyo yatwaye kd ntazatinda kubonako yibeshye muvandi
Nukugana Faradji akatubwira uko bene aya mahano akemurwa mu idini
Bavandimwe tureke amaranga mutima nurwago bitubuze gutanga ubutabera simugize umwere ashraf simwanga sinamukunda gusa analysis yange nuko uyu mugore yabaye mubi kuva cyera ashraf ataranamenyekana akiri no kushuri ibugande kuko urumvako byatangiy 2010 aho ashraf yarataranava ibugande mur secondary bikomez 2018 aho yaracyinjya kwiga saudia bavandimwe wenda nyuma yaguy mumutego wumugore aba arinawe ufatwa ark kubwange ndumva atariwe umusenyeye pe ,Allah adutegeka guha ubutabera nabo twanga Allah abarinde
Analyse yawe ni sawa ark mwese muri kumva iby'uyu mugabo ark umugore ntimuzi ibye pe ngewe sinjya nemera ntumvishe impande2
SubhanaAllah 😢😢 nukuri Allah akomeze aguhe umutima wo kwihangana
Assalam alaikum ww.numvise iki kiganiro ndakirangiza.ark ndabaha inkuru nziza ko uyu mugore azakwifuza atakikubonye .ko knd bizarangira ukuri gutsinze ikinyoma.
Aww Sheikh mubyabagore nabagabo ujyubanza wumve impande Zombi, ubu numugore akubyiye ibye wakumva we ahubwo yarashize, mubusesenguzi bwanjye, ngo numugorewe haribyo yatangaje kubyamuvuzweho, sinzi uko nzabibona, asante,
Aww Sheikh mubyabagore nabagabo ujyubanza wumve impande Zombi, ubu numugore akubyiye ibye wakumva we ahubwo yarashize, mubusesenguzi bwanjye, ngo numugorewe haribyo yatangaje kubyamuvuzweho, sinzi uko nzabibona, asante,
Ukuri kuratsinda nubundi ashobora no kuba amubeshyera
SUBHANALLAH😢😢😢😢
Asalam aleikum walahmatullah wabalakatuh mubyeyi ibyo turabizi muvandi gusa humura kuko Allah akunda abihangana
Pole muvandimwe mwihangane p bibaho ariko Allah byose aba afite impamvu nyagasani akorohereze
Mbega ikinyoma we ngo warihiye amashuri sauda wibeshya kuko yize kuri bourse ya leta ,masters ni bourse y'akazi yabonye ,iryo terambere niryo ritakunyuze ,kwica umwana mu bwonko umwangisha nyina uzabibazwa mu gihe umwana azakura akavumbura ukuri uzabyicuza
Nkawe kweli
Haaaaa!ariko se ubwo nawe Koko?
Wowe urindaya nka Sauda,ntiwabura kumuvugira?wanjiji we,iyo bourse ya Leta yamuhaga nimyambaro?nibyo kurya? ibigoryi gusa.
wasanga nkawe ubizi neza naghoo nduwe amakuru
urahubutse patoro. buri wese akurura yishira. @@themagnet4236
So sad to hear this 😭😭May Allah keep strengthening your Imaan and your kids
May he keep his Merciful Eyes on your Kids and reunite you with your wife as well.
Stay strong and keep your faith in Allah. (your time will come.)
He looks familiar with sheikh Idrisa Is he his brother?
Unva mba muli France ariko Nkunda gukurikira inyigisho za Ashraf ziranyubaka cyane ariko ibyo numvise mulikikiganiro kubyakira byanze gusa waduha nuburyo twakunva ibyumugore byarushaho kumenya ukuri
Yego rata kumva uruhande rumwe ntibikemura ikibazo
@@GatesiSaidathcyane
Allah akbaru
Wallahi shrk pepe” yarabivugaga mukabifata minenembwe nonendorera;ibibaye asenye mugenziwe
Nange mpise mbyibuka muri byabiganiro bagiranaga byo guterana amagambo yamugiriye inama ngo niyirinde abagore hhh
Allah akorohereze
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuh,
Usigaranye umwanya wokumenya igisobanuro cy'umugabo, ntabwo wabaho winginga umugore bene akakageni ngohanyuma uzabane nawe
Allah akbaru .Allah arikubatwereka gake gake ark inshallah Bose bazagararagara
Ikiganiro Ndagishoze Allah Aturindire Idini yacu ya Islam
Icyo nemera nuko Inzego za Leta zubakitse. Na mudugudu aba arenze kweri. Pole sana Ibrahim
Allah akugirire Impuhwe
Sub'hanallah 😭😭
Yaa Allah watabaye iyi ummah koko😥
Ibintu ndi kujya mbona birimo kuntera agahinda😰😰😰😰Allah atange sabr kuri uwo mugabo kd ubu biragoye aka kanya arko Allah azi impamvu yabikoze buriya nibyo byiza kuri we kurushaho
Innallahu maswabilina🙏