Ariko se kubaza patsors ngo iyo umugabo aheheta agasebya umugore we ubwo yabisubizaho iki koko cyane cyane ko atariwe wabikoze!! Muzashake uwabikoze abisubizwe
Amakuru y,umugore n,ubwo ayatanga mu gihe kimwe na kimwe bidakenewe; arko ni ingenzi kuko hari igihe atuma umugabo ava kuri stress mu buryo humwe cg ubundi
Mubivuze neza, gusa muri communication si amakuru gusa yibandwaho, icyo nakongeraho ngirango ni informations, ndajya aha, mvuye aha, cyane ko kutavuga byatuma mugenzi wawe atekereza ko waba uvuye mu bindi!
Ese ndi umukristo ngakundwa n,umusore w,umu Islam ariko ugaragarako afite caractere nziza zo kubaka urugo akaba anakwitaho mutaranabana,kuki ansabye marriage ntakwemera?
Utumira abantu kungira musangire ijambo ariko wiharira ijambo kurwego rwihejuru.video yose ninkaho ari woe wavuze wenyine am sorry rwose but uko niko kuri
Pastor Antoine ndagukunda wigisha neza kdi ntujya uca kuruhande kdi nukuri ndi umukobwa arko nkunda inyigisho zabubatse utanga .uhoraho ajye apguha umugisha.
Byiza cyane murabantu babagabo cyane IMANA izabahe nijuru kuko murubaka gusenya kurimwe kirazira
IMANA yabahaye ubwenge igumye ibubake.
Ariko se kubaza patsors ngo iyo umugabo aheheta agasebya umugore we ubwo yabisubizaho iki koko cyane cyane ko atariwe wabikoze!! Muzashake uwabikoze abisubizwe
Imana ibampere umugisha ikiganiro kiryoshe caaaane ndipfuza uwompa no za pasteur Rutayise WhatsApp nshaka kumuvugisha kandi musabe azankundire murakoze
Nabakunze cyane Uwiteka abampere imigisha myishiiiiiiiiiii
Amen Imana ibahe umugisha utavangiwe kabisa ndishimye cane murakoze caaaane
Mwakoze Cyane bakozi b'Imana!Imana yabashyiriyeho ngo mufashe ingo gukomeza gutera agatambwe muri iki gihe kibi!
Nyakubahwa Dr.Antoine Rutayisire nagukurikiye cyane kandi usubizanya ubwenge bwinshi.
Gusa unyihanganire mvuge aka kantu nabonye katari keza muburyo usaba abantu umutuzo!"Suuuu" numvise atari keza, bibaye byiza wazagahindura ukajya ukoresha ubundi buryo usaba umutuzo!
Murakoze
Imana ibahe umugisha!
Imana ibahe umugisha kubwi ikigisho cyiza
Aba pasteur ( Rutayisire & Desire) nkunda bose bari kumwe Imana ibampere umugisha ! Mukwigisha abashakanye muri aba 1, Imana ikomeze ibagure muri byose!
Nange rwose nabadsmu babo
Uvuze neza cyanee uti abadamu tuba dufite amakuru menshi kandi ni abatware bacu bagomba kuyumva, nta mwanya wo kumva ibyo byinshi byo kubabwira, birabarambira, ni ukumenya ibyo tubabwira apana ibikonetse byose, ni igihe tugomba kubabwira no kubitegura ( observation)
Imana ibahe umugisha izonyigisho ninziza caneee kandi caneee
Nkunda ikiganiro cyanyu
Ndi Umusore ariko izi nama z'abubatse ingo ziranyuze cyane.
Pastor Rutayisire uranyubaka rwose.Ubwenge buvanze n'ubushishozi nibyo bikuranga
Komeza wubake umuryango nyarwanda.
Imana ibahe umugisha bakozi bimana ishobora byose Amina
Murakoze icyokiganiro uwampa abashakanye bakagite amatwi
Gusa pastor mujye mukomeza ibi byigisho birubaka cyane
Sindashaka ariko inama zanyu ziramfashije mukomeze iyo gahunda tumenye n'ibind ahasigaye Imana ibahe umugisha.
Rutayisire ndamukunda cyane asubizanya ubishoshozi nubuhanga bwinshi na Madame we Imana ibahe umugisha
Imana Irimurimwe Rwose.
Imana igikomeza ibagure pe
Pastor Rutayisire, Imana Ikumpere umugisha. Arabakristu n"abapagani bose bakuramo ibyabo.
Murakoze kubisubizo byiza.
Mwaduhaye nibyo byigisho koko hano natwe tukagira amahirwe yokubyumva.
Murakoze
Iki kiganiro ni cyiza kubashakanye. Mwakoze cyane bashumba.
My brother ndagukunda cyane ariko inyigisho zawe ndazikunda cyane kdi ziranyubaka cyane warandeze mubuzima busanzwe ariko inyigisho utanga ndazikunda cyane
Izi nama ni nziza cyane pee. Ibi birakenewe cyane. Murakoze cyane, muzatugezeho ibikurikira
Mama wanjye utubwiye neza Imana iguhe umugisha
Imana ibongerere umugisha, muri kutwigisha neza cyanee 🙏🙏🙏❤❤❤❤❤❤🙏🙏🙏🙏🙏🙏
N'abandi abakozi B'IMANA bajye babitwigisha. IMANA ibahe umugisha.
Imana ibahe umugisha. ..ikiganiro cyari cyiza cyane
Pastor Antoine rwose numvise ibyo mwavuze kubijyanye numwe mubashakanye waciye inyuma
nukuri kuzuye umugabo ugiye aba atwaye igitsina gusa naho umugore wagiye abayafashe umwanzuro utakagarutse murugo kdi nanone kutabivuga ko waciye inyuma byakubaka kuruta kwibeshyako uvuze ukuri kko ukuri kose ntikuvugwa
Mubarikiwe sana
Imana ibahe imigisha
Iki kiganiro kiranyubats cn,mwoza muraduha ibisa navyo ingo zacu zorama knd zoryoha.nunvirij cn nsanga ibisenya ingo sibintu vyar binini knd sibintu vyozisheny,nuko abantu twanse kunva nukunvira.Imana ibah imigisha musanuy izitari zike.
Yesu aguhe Umugisha Pasteur Rutayisire n, abo muri kumwe.
Ariko nfite ikibazo kubyo Pasteur Rutayisire yishuye kubya divorce.
Mbese ko uvuze ngo amategeko yanyu t, Itorero ntabwo yemera gusezeranya uwabanye n, ubundi rugo???
Nimba Yesu we ababarira ibyaha byose kandi uwakoze divorce akaba atari igicibwa, None iryo Torero jyanyu ritemera gusezeranya abakoze divorce, iryo Torero se sirya Kristo????
Kristo we aragirira imbabazi ibyaha byoseeee Ariko Itorero rigafata ibihano?????
Ahubwo amatorero niyige gukora ibyo Kristo ashaka areke gushiraho amategeko yayo bwite.
Amakuru y,umugore n,ubwo ayatanga mu gihe kimwe na kimwe bidakenewe; arko ni ingenzi kuko hari igihe atuma umugabo ava kuri stress mu buryo humwe cg ubundi
Pst muzehe wacu imana iguhe kuramba inyigisho zawe ziranyubaka mwishurA neza cane
Murakoze kuduhanura no kutwigisha!!
Pasteur Rutayisire 👍
Nibyiza
Mme Rutayisire urifura uvuga neza Imana ikumpere umugisha. Love you
Vyiza caneee muhezagirwe
Mbega ikiganiro kiryoshe!
Erega abagabo bamwe nabamwe barahimana niyo wamubwaha ute?
Mugize neza kubaka
Imiryango
Mubivuze neza, gusa muri communication si amakuru gusa yibandwaho, icyo nakongeraho ngirango ni informations, ndajya aha, mvuye aha, cyane ko kutavuga byatuma mugenzi wawe atekereza ko waba uvuye mu bindi!
Hanyuma we afite uburenganzira bwo kwirirwa yandikirana nabandi bagore nokubahamagara kandi wowe akaba atanaguhamagara ngo akubaze Amakuru?
IGIHE????
Mbega byizawe inunber yuyu musaza pasteri nayibona ute murakoze?
Muzombarize pasitori, mbega ijambo ry Imana rivuga iki kukwahukana ?
Kumenga rivuga ko umuntu yahukanye ntiyemerewe kugira iyindi mariage, kiretse umwe muribo apfuye ?
Murazomutubariza murakoze !
Mwigishije neza ariko ibyo kuvuga ko ibyo murugo isuku imyenda guteka ko bireba abagore simbyemeranyaho namwe uko ni ukuvunisha abagore ntakuntu twava mukazi twembi tunaniwe ngo niruke njya kureba abana nimirimo yo murugo noneho umugabo yicare ajye mumupira nibishya muzanire arye yicaye nooooo ibyo sinabbyenera mureke kuvunisha abagore mugomba kubifatanya mwese nta mugabo nta mugore niba nogeje abana akabasiga akanabambika niba ntetse akoza amasahani ibyo kudutesha agaciro twebwe abagore simbyemera namba
Ibyo rero iyo Ugize amahirwe ukabona umugabo ubyemera ni Umugisha ariko abenshi ntibabikunda ntibanabyitaho. Ese Juli usanze Umugabo atabyitaho byatuma usenya? Harigihe aba atazi ibyo ariko haribindi ashoboye byinshi kdi byiza ncuti yanjye
Pastor Désiré njyewe simeranywa nawe. Rwose. Ingingo yo kudacana inyuma uhasobanuye nabi rwose sinyuzwe.
Ibyo mwigisha ni ukuri kdi bizafasha ingo nyinshi.
Ururugo rufite Yesu!
MUBIVUZE NEZA,MUHEZAGIRWE
Ndanyuzwe pe ndi ingaragu ariko mpawe impanuro ikomeye
Nukuri imana yomwijuru idakiranirwa ntikageyibagirwa imirimo yanyu nukuri bibintu mwavuze birakenewe mumuryango nyarwanda kd ingonyinshi zirimo gusenyuka kubera binobintu mwavuze imana ikomeze ibahe ubwenge nimbaraga
Ba paster banje
He boys do u haired bonne fete from noel
👏👏👏👏👏👏👏👂👂👂 lmana ibahimigisha mwese
Jewe numutware wanje ntitusagiye idini ariko abana babatirijwe muri anglicane kwase kugura abana bakunde gusenga Jewe nsengera kenshi muri anglicane kugira abana ndabacompagne kandi ntangorane bidutera bisaba kuvyunvikanako Kandi ntibibe itegeko ngo ategerezwa guhinduka idini
Mwambabariye mukampa number zanyu please
Umuntu yovyifatamwo gute mugihe umugabo azana amategeko aremereye murugo kandi amwe muriyo akibonekeza KO arayo guta urugo munga???
Ese umuntu yabona ate nr ya whatsup ya Pastor Rutayisire Antoine?
kurijye uri ikitegererezo nigute umuntu yabona zino nyigisho
Ariko rero abayobozi namwe ntimukadutware muri diplomacy. Ubwo se umugabo akuboneye umwanya ntahahire urugo,akagutera inshingano zose wabinezererwa?
Madam desire uranyish kwli,aba dame turakunda kuvuga vrma knd vyinshi.aba papa muj mutwihanganira kabisa!!!mwunger Rutayisire urantwengej p,kabisa nongey kugukunda cn wozodufasha ukaza iburundi ukatwigisha.
Iki kiganiro kiraryoshye pe
Ese ndi umukristo ngakundwa n,umusore w,umu Islam ariko ugaragarako afite caractere nziza zo kubaka urugo akaba anakwitaho mutaranabana,kuki ansabye marriage ntakwemera?
Wow
Madame wa Pastor Desire yasubizanyije ubwenge.
Koko uziko wamugore arimwiza we imyumvireye niyumugore mwiza koko
Muraho yesu ashimwe ikiganiro mwazindukiyemo nikiza ariko mfite ikibazo kugirango natwe dusobanukirwe muburyo bwumvikana kandi kuko nikibazo usanga abantu barakivugaho rumwe bamwe baravugango kujya muri onapo nicyaha abandi bakavugango sicyaha hagati aho Niki mwabwira umuntu wese ubakurikiye kugirango benshi bave mu rungabangabo
Kandi batazabuzwa ubugingo nibyo batasobanuriwe
Kandi urubyiruko narwo rukeneye gutegurwa kuzaba abagabo ndetse nabagore kugirango bazinjire murubwo buzima arintanga rugero ukurikije ningo zirimo gusenyuka murino minsi
Imana ibahe umugisha
Hari lmitima myinshi muruhuye kubibazo yarifite
Kandi ikindi gitekerezo
Nuko mwamanuka mukajya mubyaro byabindi birikure nabo mukaberekako
Imana itabahamagariye mumugi gusa ahubwo no mucyaro ko ibireba abomumugi yuko nabo bibareba kubakika kwingo zabo nabo bifuza kubabona atarukubareba kumaphone
Nokubimva kuri radio gusa
Pastor Desire na pastor Rutayisire ndabakunda cyane amatorero yose yo mu si afite abayobozi nkamwe hahiduka byisi
Nicaha kuko Imana niyo itanga uruvyaro ikigaragara nuko hari nabamara 10ans babana barabuze uruvyaro kandi ata planning bakoze!
Nanje ndi umurundi, yanyuzwe ninyigisho zanyu. Imana ibahezagire cane.
Ikikiganiro ntikigira uko gisa mwakoze kbsa.Mwatwubatse rwose
None Pastor niba uribuzindukire mukazi uzarara wicaye buke akazi kakunanire ngo nukugirango wubake?
Umugore yahawe impanuro yo kumenya igihe agomba kubikubwira rwose ntagomba kukuraza wicaye gusa nawe ntugomba kumuburira umwanya burundu 😂
Ikibazo nukubimuhisha
Akazabimenya.
Woooooooow hhhhhhh precious couples
Mukarutayisire nimwiza peeeeee
Eeeee gutanga gift kweri
uwo mupaster ngo ni Desire yigira umurokore cyane akageza naho yihaye ngo areba mumutima wumuntu nkaho ari Mana!kd irijuru abazarijyamo bazamenyekana kumunsi wanyuma :nubwo Kristo yavuze ngo tuzabamenyera kumbuto zabo;uwo rero niyo atakuzi imbuto zawe yigirankaho azizi
Mushiki wajye Liliane Akimana ikigaragara haraho wagonganiye na Pastor Desire,ariko kuvuga ibyo sicyo gisubizo kibibazo ufite.watera intabwe ukamusanga ukamubwira kuko turamuzi n'inyangamugayo Kandi n'ubuchristo.
Ubundi umupastor iyo yigisha avuga iko Imana ivuga
Hanyuma wowe ubyumva agahitamo ibyawe
Nange ngasiharana ibyange
Don't be a judge
Murakoze cyane
Pasteur Rutayisire na Madame wawe mubereye kuba abakozi bimana pee Kandi murabisa ndabakunda ,Gusa lmana yaguhaye umugore mwiza pe .lmana izabahe ljuru ibyo mwigisha biramfasha .
Abadam ni baka radio. Hahahh
Utumira abantu kungira musangire ijambo ariko wiharira ijambo kurwego rwihejuru.video yose ninkaho ari woe wavuze wenyine am sorry rwose but uko niko kuri
Nuko ariwe mukuru amaze kubona byinshi, ariko nta ribi rye pe!
Abagabo benshi ntamwanya bagira wokwumviriza abagore,aza kwikangura ibintu vyarononekaye
Icyikiganiro nicyiza
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣👏👏👏👏
Muranyubatse kdi ndabakunda mwese
😁😁😂kbs