Kuva iyi ndirimbo yasohoka nta munsi ntayicuranga incuro ntazi umubare ku munsi kdi sindikuyimenyera igihe cyose irikundiza😭😭😭😭😭Gsa umugabo wa Pascaline Imana imuhe umugisha adufashije turi benshi na Annette wemeye ubusabe bwe Imana imuhe umugisha 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ali pastor Mutesi, na Passy. na Anetty, mukomere Imana irabakunda, mwibuke ko intore z' Imana zose zahuye nibibazo... nkaba Daniel, Job..., yewe n' Umwana wayo Yesu Kristu... sinzi niba hali aharusha ububabare I Golgotta... yaragize ati: nibiba gutya kugiti kIbisi!! bizagenda bite kugiti cyumye... mukomere muli Kristo ntamvura igwa ntishire.
Yooooo mwihangane gusa buriya ni tuvuga ngo Imana ni byose tujye twibukamo ni ibigeragezo ko biri muri byose ahubwo tujye tuyereka ibyo dushaka n ibibi bitugezeho tuyisabe kubidukiza
Anet urakoze mukazi uramumurizhe ubwo nibwo buzima bwangye nanyuzemo Kandi pr mutesi wowe ngungyeraho nkabura amagambo 😭😭😭😭😭😭😭😭 but in I thank God for every 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Yumve neza indirimbo yuyu Mukobwa 😢👇👇
th-cam.com/video/hDe8inO7NVE/w-d-xo.html
Banyamakuru beza reka mbisabire akantu niba bishoboka. Mu gihe mwakiriye umutumirwa avuga ibintu by’agahinda, ababaye, arira mujye mugerageza mwisanishe n’amarangamutima ye byibuze akanya gato mureke guseka umuntu arira! Ibyo kubaza ikibazo kibabaje mwe mwisekera nkeka ko atari indangagaciro ikwiriye umunyarwanda cyane cyane w’umukirisitu.Dukunda ibyo mutugezaho muri rusange, si ukubanenga ni ukuvuga icyo ntekereza. Murakoze Imana ikomeze ibashoboze akazi mwahamagariwe.
Iyi ndirimbo uko ndi kuyumva amarira ari guhita yisuka Imana yumve gusenga kwa buri wese ufite umusonga utamworoheye🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Amen
Ohhh pacy ndakumva peeee uwiteka akunezeze , pastor mutesi Ndagukunda cyane , Anetti uwiteka azaguhe umugisha mwishi iyindirimbo yaraduhembuye cyane njye nyisengeramo nkarira ,nkafashwa , nkabohoka
Kuki ntarimo kuyimenyera koko😢😢😢😢😢😢? Uwayihimbye yayihimbiye abari m'uburibwe nkubwo ndimo,reka nkomeze nyisengeremo wenda nanjye nzasubizwa😢😢😢😢😢😢😢😢,kuko andi narayasenze pe!!
Iyi ndirimbo irarijije cyane weeeeee, nubuzima tubayemo ariko dukomere dushikame nitutagwa isari tuzasarura
Kuva iyi ndirimbo yasohoka nta munsi ntayicuranga incuro ntazi umubare ku munsi kdi sindikuyimenyera igihe cyose irikundiza😭😭😭😭😭Gsa umugabo wa Pascaline Imana imuhe umugisha adufashije turi benshi na Annette wemeye ubusabe bwe Imana imuhe umugisha 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
I LOVE U
Am Didier, inama nagira abandi bahanzi, babe baretse gusohora indirimbo, turi kumva "niho nkiri" what a touching song?
Kabisa babe baretse tuyumve neza yinjire
😄😄😄😄😄😁
Kabisa 😂😂😂
Hhhhh nukuri ndabyumvise cyane pe!niyo ndi kumva buri munsiiiii!
Ngo isengesho ryari rigufi ngo ndyongere!Mana Nyagasani
Annet Murava be blessed, iyi ndirimbo yankoze kumutima cyanee, nanjye nigeze gusenga isengesho nkiri 😭😭
Ahahantu ngwabo tugusangiye nkumubyeyi bose ......karamvuna😭😭😭😭😭Annette numutware wa paci Imana ibandanye ibakoresha ivyubuhizi nukuri.iyindirimbo manawe izatuma dusubizwa cyane🙌🙌nukuri izakoribikomeye abarinibikomere muhumure🙌Pasta Mutesi Chrie mpore
Imana
. Eliya yasenze ikamanura umuriro
.Iyi Mana Petero yasenze Dorcas akazuka
.Iyi Mana Anna yasenze ikamuha umwana
Hari igihe wibaza niba ariyo Dusenga.
Kabsa
Mutuzanire umutware wa paccy nukuri Annette be blessed kbx💕
Yesu aguhe umugisha,kuko ivyo waririmvye nije wavuze.lmana Impe kugumaho yansize
Annette, Annette Annette koko wagiye umbabarire 🙏🙏🙏ndagukundaaaaa Imana ikumpere umugisha ntakindi navuga🙌🙌
Iyi ndirimbo weeeeeeeeeeee.urarira neza ukamanyuka umutima
Ndavye imyaka maze ngwaye hageze aho nibaza ko ntasenga uko bikwiriye, amajambo yose ari muriyi ndirimbo nayanje pe, igihe cose bizoba vyanse ko nsenga nzokwicara ndayumve ndayiture Imana.
Kugeza igihe ☝🏾uzanjyana,mugitaramo cy’abagushima 🙌🏼
Uririmba neza mukobwa mwiza!🥰 Impore Imana yumva amasengesho kdi yomora ibikomere by, umutima.
Wow... This song is really a revelation and so so so powerful... words from a deep heart that needs to hear God! Thank you for sharing it
Ali pastor Mutesi, na Passy. na Anetty, mukomere Imana irabakunda, mwibuke ko intore z' Imana zose zahuye nibibazo... nkaba Daniel, Job..., yewe n' Umwana wayo Yesu Kristu... sinzi niba hali aharusha ububabare I Golgotta... yaragize ati: nibiba gutya kugiti kIbisi!! bizagenda bite kugiti cyumye... mukomere muli Kristo ntamvura igwa ntishire.
Waouuuu annette❤ iyi ndirimbo yawe irasengeye peeee kandi ugumye uyisengere ikomeze ikundwe kandi igumye ifashe benshi
Yooooo mwihangane gusa buriya ni tuvuga ngo Imana ni byose tujye twibukamo ni ibigeragezo ko biri muri byose ahubwo tujye tuyereka ibyo dushaka n ibibi bitugezeho tuyisabe kubidukiza
Pascaline n, Umutware wawe Imana ibakomereze imitima. Nimuhumure izabashumbusha!🥰
Nice 👍 song God bless you sister
Tukurarikiye gukurikirana Mpumuriza nguhumurize tv hari ibiganiro byiza cyane byubaka ubwami bw'Imana 🙏🙏
Murava disi
Urigufasha benshi nukuri
Uwo murava wo gukorera Imana uzawuhorane
mwamiiiiiiiii yesu we eeeeee uyumuvyeyi umuhe umwana uzobukoze cannnnneeeeee kuko ntamugisha uruta kuronka umwana
Hello dear Pastor Mutesi, Samantha, and Annet, ndabasuhuje. Ntimuri mwenyine muriyo nzira hari nabandi. Kandi mubibazo, ninamwo ibisubizo bibitse. Uwiteka abasetse namwe abarememo umunezero. Ndabakunze mwese
Nukuri lmana ibahe umugisha ba Mama beza nawe Mukobwa mwiza amavuta nimbaraga nukuri iriya ndirimbo nasanze arijye ubwirwa nukuri pe nanone MUKANEZA mwiza humura lmana lrakora kdi Irarema humura kdi ukomere
Manawe iyindirimbo inkozeho pe amarira ambanye menshi nkoriki ngunyu mve mana umutware wapasi lmana imuhe umugisha aneti wayiririmbye nawe agume mubihe byokubana nimana bizamugeza Kure ndafashijwe cyane ndanashimiye🙏🙏🙏
Iyi ndirimbo nanjye nisanzemo😭😭😭 kuko ibyo Anette yariribye nisanzemo.
Annette Imana izaguhemba kubwiyindirimbo yesu aguhaze byose wifuza
Yesuuu😭😭😭😭😭😭 mvugiki ndekiki?God bless uuu my sister 💕💕
Imana izagusubiza ninyambaraga
😭😭Imana iguhe umugisha pee ufashije imitima yabantu benshyi
Iyindirimbo numva ariyanje pe! Sinzandayimenyera🤗🤗🤗🤗🇧🇮🇧🇮 ark Past Mutesi yagiyh😂😂😂😂
Iyi ndirimbo irandiza 😭😭😭🙏🙏🙏
Anette, you're such a beautiful, smart and a humble girl, God bless you abundantly 💖🧡
This song is mine too🙏🙏🙏much blessings Annie
Annet imana yomwijuru iguhe umugisha nukuri ndagukunda. cyane imana izampe guhura nawe Kuko wavuze ubuzima bwanjye
Past Gatesi ndagukund ❤️❤️ ukuntu uteye ndumwan nuyo arik nkwigako vyinshi 😍😭😭😭😭😭
Annette murava imana ikwagurire impano iyindirimbo iranubatse ahonarinarasenyutse kubera ibihe pasteur mutesi ndamukunda gusanyine ngira akababaro kuburyo tuzabonana ndabakunda mwese Samantha komera imana izaguhe impanga ❤️❤️❤️
Imana iguhe umugisha
Iyi ndirimbo beshi bayisangamo pe
Yesuuu we Mbega indirimbo😭😭🙏🙏🙏
😭😭😭😭😭😭
Mbasabiye umugisha mwese mwagize uruhure kugirango iyi ndirimbo tube tuyumva ubu🙏🙏
Imana ishimwe kandi ibafashe bakobwa ba Gitare
Pasi komera maman Imana irikumwe namwe byambayeho nkuko pe ariko ubu yarasubije fite bane abahungu na bakobwa komeza usenge
Nukuzabashaka mukatubwira kuri iyo mirimo y'Imana!
Passy wazabaye Manager wa Annette please
Imana ibandany kubakomeza🙏
Nukuri narasubijwe ,sinavugako harikimbabaje ubu ,ariko uko ndeba iyi ndirimbo ndarira sinzi,yankoze kumutima cyane.
Niryo sengesho abenshi turi gusenga .IMANA nitabare abayo. Be blessed Murava!
Nange ndarize pe
Nukuri uyu mudada lmana imuhe imbaraga
Anet urakoze mukazi uramumurizhe ubwo nibwo buzima bwangye nanyuzemo Kandi pr mutesi wowe ngungyeraho nkabura amagambo 😭😭😭😭😭😭😭😭 but in I thank God for every 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Numva ndabakunz knd cyaneeeeee 💕💕 Indirimb Annette aririmvye irimo amajb menshiii cyane 😭😭😭😭😭
Imana impe gutegereza nange munkoze kumutima pe
Bireze ibyo navuga gusa nicyogihe ngirango Imana yashatseko tumenyako ikitururuhande🙏🙏🙏
Bakundwa rero ndashima Umwami Imana ko ikunda abantu bayo rero ndabingingo ngo mureke dusome the whole book of James ndabizi buri muntu wese arabona igisubizo kibi byose
Iyindirimbo irihariyepe njyenabuze icyokuvug Nukuri irinisengesho rikomeye
All my talented women together. Remain blessed. Annette Murava Imana usenga ntizagutenguha🌹
Iyi ndirimbo wagirango nijye yahimbiwe Kandi iri kuvuga ikanafasha ikaba ikanafasha n'a benshi
Muhezagirwe 🎊🎊
Amen mbakunda cyaneee cyaneee
Wa mwana wumukobwa we ufite ubutunzi muri wowe budasanzwe gusa ndagukunda uri umukobwa mwiza muburyo bwose
Icyo nkwifuriza nimigisha Imana yo mwijuru itanga .
Mushimire na Annette ariko pasi wemeye kumunyuramo ndamukunda nukuri nawe pasi❤️❤️❤️
Oya Annet yahohoteye benshi nanjye ndimo.
Nice song @ Annet !!!
Nanjye ukondikuyumva amarira arikundenga but mwarakoze.❤️😥😥😥😥
Kuva navuka nubwambere pe🙏
Amarira agiye kuzanshiram kbr ino ndirimbo pe
Iyi ndirimbo irandiza nkenda gupfa pe! Nta muntu numwe utisangamo
Yesuuuuuuuuu
Oh Mana uyumwaka dutangiye ufungure inzira abawe bose iyindirimbo nyisubiramo kenshi
Kuva navuka nafashijwe nindirimbo ninshi Arko iyindirimbo yambereye iyambere mubuzima niyo nirigwaho Amanwa nijoro mukobwa mwiza imana izahaze kwifuza kwawe
iyindirimbo si iya paccy gusa ahubwo imana yamukoresheje umugabo we kugirango abantu benshi bayisengeremo imana igiye gusubiza abantu basenze nicyo gihe
Nanje niyanje
Amen
Pole
Annette Imana imuhe imigisha myinshi🙌🙌🙌
Muhezagirwe bakobwa ba Yesu🥰🥰
Mbegaaa!!!!Nice song😭😭😭Mbese isengesho ryange ryari rigufi?Mana wee!
iyindirimbo manawe 🙌🙌😭😭😭😭😭😭
Iyindirimbo burimuntu iyo ayumvise asesa urumeza
Iyindirimbo nanjye kuyimenyera byarananiye pe burimunsi ndayumva nkumva ninshya mumatwi indiza buri uko nyumvise
muraho ni U wase sandrine uwomubyeyi Pasikarine niyihangane nange ndumubyeyi ibyomubayeho turabihuje nange namaze umwaka nameze 10 maze nyuma ndasama nzakubyara umwana amara umunsi umwe arapfa ubu nange ndacyari kumavi ndacyasaba umwana nawe niyihangane izatugirira neza
Ntamuntu yokwumva iyindirimbo ntarire
Esubu amarira kabaye meshiiiii😭😭😭😭😭😭😭 Amashimwe Yuwiteka
Annet ndagukunda
Nanjye iyi ndirimbo nibyo bihe ndimo.
❤❤❤❤
Iyi ndirimbo ntawo yunva ngo areke gukorora amosozi kiretse uwibera mwijuru wenyene😭😭😭😭😭😭
Annette weee umva urandirimbiye nukuri Imana ihezagire umugabo wa pascaline yamwiyumviriyeko bigatuma nanje nshikigwa
Mbega amagambo weeeeeee.... ayiweeeee
God bless you .Annette
Icyakora nkunda gispol nanjye izampe umwanya nkomeze abo tumusangiye nkumubyeyi
Mana iyi ndirimbo irimo amagambo akomeye.gusa humura Pascaline Iwiteka arumva gusenga.
Erega Pascaline, iyo umugore afite umwana munda, umugabo aba amufite mu bwonko rwose byumve ko nawe yarababaye nubwo yayiguhimbiye nawe araremerewe.
Ndabizi m
a komere nange by
amb
ayeho h
ashize
Imya 8 ariko byanze gushira nanubu
Nukuri pe iyindirimbo izafasha benci
Annette disi ndarize ubuse kwarubundozi bwanjye ninkaho waririmba ubuzima bwanjye gusa😭😭😭
Mana we iyi ndirimbo
Ngewe kumva iyindirimbo byananiye kuyirangiza
Icukoze Annette ufita impano
Kuyumva ngo irangire biranze, nange n'iyange ariko naniwe kuyirangiza kuyumva