🔴URUTONDE RW'INSENGERO ZIFUNZWE NONAHA😭MBEGA INKURU ITEYE AGAHINDA | IMANA YABIGARUTSEHO INSHURO....
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 7 ก.ย. 2024
- UMUSARUZI MINISTRIES INSTAGRAM: www.instagram....
UMUSARUZI MINISTRIES TIKTOK: vm.tiktok.com/...
Yesu ashimwe!
Tubahaye ikaze k’ umusaruzi ministries ni Umuryango wa gikirisito udashamikiye kw’ Idini iryariryo ryose. Dushingiye kukubwiriza ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo mumahanga yose kuko ariyo nshingano Yesu Kirisito yadutumye (Matayo 28:19-20). Gufasha abatishoboye (Luka 18:22). Telephone #☎ +250 784485533 Whattasp #0781727044 ADRIEN
Mwahawe ubutumwa kugirango musenge Imana ikize igihugu ibyago apana kuvitangaza
Imana iracyavuga. Musenge kandi musengeshe umwuka iteka. Mwige kubana n'Imana neza kugiti cyanyu. Hari izizafungurwa.
Imana irakyavugana nabana bayo muburyo bwuzuye ariko ucyinga urisengero nawe imana izamucyinga imana ibarinde in Jesus name
Mwiriwe neza,biragoye ark nukubyihanganira😢 😢😢
Nubwo zafunzwe ntibivuzeko gusenga byakuweho ahubwo tugomba gusenga cyane kugirango turebeko haricyahinduka
Ninduba zafuzwe cyane icyo yavuze iragikurikira
Impamvu nuko bayobewe insengero izarizo bazimuye mumitima yabo bazimurira munyubako😢
🏥🏖️ubwugamo burafunze sinzi ahoguhungira gusa imana niyonkuru
Ninde wababwiyeko Imana yafunga urusengero rwayo koko? Ahubwo nitwicuze, nitwicuze kuko igifunga iby'Imana ni ububasha bw'ibyaha byacu.
Urusengero siziriya nzu mwirirwamo zamatafari, ahubwo n'umutima urimo Christo , umuntu wese wuzuyemo Umwuka Wera niwe rusengero rw'Imana!!
Natwe iwacu Musanze ejo insengero ziriwe zifungwa hamwe nahamwe !
Mubonye uruvugiro mwagiye mureka kwiteza isi koko
Ark ntabidasazwe Nuko haribyo zitujuje nibizuzuza ziribifungurwe
Nkibihe se?
Nonese izitafuzwe ntizihari wakwibaza uti kuki hari izitafuzwe numenya impamvu zimwe zitafuzwe
IMANA NTIJYA YIVUGURUZA KOKO
Ahumbwo jyewe ndabona baribskwiye kuzifunga zose,kuko barakiranirwa hafi yabose
Ivugabutumwa rirangizwa bwa mbere n abayobozi b amatorero bavuye muri mission ya Kristo bwa kabiri aba bahanuzi bishimira ibyago nabo baratukisha umurimo bwa gatatu ibizira birakabije mubitirirwa izina ry Imana
Byatewe Niki mumbwire ndabinginze
Kuki Ari adprr yonyine
😮
ARIKO NDUMVA NTABIDASANZWE NONESE NTIMWARIMUBIZI? IGIHE CYOGUSENGERA MUKURI NO MUMWUKA CYARAGEZE AHUBWO KIBERAKO TWARANGAYE CYANE NIYOMPAMVU TURUKUMVAKO BITANGAJE
Urwo kwarugamba se urumva zirimo ?kuki wamushyizeho
😢
Imusanze zafunze naho.
Ese Kamere Ihanuye wabwirwa Niki?
Gufungwa kw,Insengero ,Ntibiba kubazihishemo
Nonese zifunzwe burundu?murashoboye ngo mwarahanuye .mushoboye kwishyira Imbere.nonese ejobundi nibakora ibikenewe bakazifungura muzavugiki?
Hano mu Ruhango byatangiye hari izo bafunze
None c zirazira iki izo nsengro?
Nutubari tuzafungwa nitwo tuzakurikira
Ariko mwagiye muvuga mbere mukareka kuvuga aruko ibintu bibaye
Sha babivuze kera
Manawe turengere
😮😢🎉😂
Turashije noneho pee
Humura yewe nuko haribyo bari barabasabye gushyiramo munsengero ntibabyitaho nibabikora bazafungura nuko bababwiye kuzubaka kuburyo urusaku rudasohoka ntibabikora nibabikora bazajya bahita bafungura ntabirenze rero tuza mwene da
Bazifunze kuberako bababwiye gushyiramo ibituma amajwi adasohoka nibabishyiramo bazafungura ntabirenze rero nuko abayobozi bazo batabyitayeho ntakindi nukubakangura
Nukuri nta butumwa abantu benshi bavuga
Reka kubeshya wa mutekamutwe we ko utabivuze mbere ukabivuga nyuma yuko umwanzuro ufashwe na RGB, sibyiza kubeshyera Imana mwa babeshyi mwe
Bari gufunga izitujuje ibyangobwa bisabwa
Zose nibazifunge
Byaba Ari sawa
Ubu c ko twari tuziko zizafungwa bataranabivuga kuberako zitujujwe ibisabwa natwe tuvugeko twahanuye ?
Babuze guhera lnyarugenge ndababaye la bafunge zose kabisa
Ubwose nizifungurwa 😂 mbakundirako muhubuka
NaRiziki Chantal yarabihanuye
Jesus, ubwose man twe ntibizatugeraho konaringarutse ndetse agacupa se man Eheee Imana irinde imitima yacu
Nonese barikuzifunga kubera iki?mumubwire?
Ariko kuki abanyamadini muri abateka mutwe nimwuzuze ibyo babasabye murebe ko mudakora
Nimuvuge ngo ahubwo babafashe kunda
Noneho rero zigiye kongera zifungure vuba aha ibibura nibishyirwamo ntabirenze namwe mwikabiriza ibintu
Hhhhh zari zafungwa se ?karahe kabe mukuzifunga ,gusa bafunze insengero z'amatafari ark insengero nyirizina ntibazifunga ngo bazishobore(ndavuga umutima w'umuntu nirwo rusengero ruzima )
😂uko. Numva. Ubwo. Buhanuzi. Nibyo. Butasohoye. Ariko. Hari.
.indilimbo. 414
Sibyahanuwe nuko zahindutse utuduka.
IMANA IBIDUFASHEMO
Natwe twabonye kucyumweru baraje barakinga turumirwa ubu byatuyobeye
Ibiki byabayobeye?ibyo ni isanzwe ahogusenjye nimungo zacu kandinabyo birakeniwe
Ibyo nabirenze ibyahanuwe byarasohoye ahubwo imana iturengere
Zahindutse amasoko.