Umugore wanjye YARYAMANAGA n’umushoferi|Njye nabyaye abana 20 hanze|umuhanzi Safari wakanyujijeho
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 18 ก.ย. 2024
- Safari Isaac yamenyekanye mu Rwanda mu ndirimbo zihimbaza Imana aho yasengeraga mu Itorero rya ADEPR , cyane ku ndirimbo z’amakorasi zirimo iyitwa “Nzakagendana”, "Mana ushimwe" n'izindi.
Yaduhaye ubuhamya buremereye, yavuze ko yashwanye n'umugore we wamucaga inyuma akiryamanira n'umushoferi. Ngo barwanaga ijoro n'amanywa, igihe cyarageze baratandukana. Umugore ari ukwe, Safari na we yasigaye wenyine, gusa yabyaye abana ku bandi bagore umunani. Ubu bose hamwe afite 20 ubariyemo batatu yabyaranye n'uwo bashakanye mbere; ngo hari n'abandi abakobwa bamutwerera akabemera.
Karande ni mbi cyaneeee! Safari birumvikana ko ari ibyo mu muryango bigukurikirana. Nukuri Imana idukureho za karande
Kuba wemera abana bawe Imana ibiguhere umugisha
Njyewe uyu mugabo ndabona afite ukuri. Ibyo wabikoze wagiye mu ntege nke, kubera ibyo bigeragezo utashoboye gutsinda, none rwose Imana ibabarira ibyaha, ubwo ujye ujya Imbere y'Imana, niba warihannye, Imana yarakubabariye, ahasigaye Usabe Imana Igushoboze kugenda mu nzira nziza y'agakiza.
Yego rata Safari uri very honest ntago umeze nkababandi bihakana abana babo ngo bakunde bagaragare neza imbere yabantu. Wowe nImana murihagije imana izabikora abana ufasha ni umugisha mwinshi cyane urandikirwa nukuri abantu benshi bakuyoboke . Imana izanfashe nange nzaguhe ikiraka cyo kundirimbira
sha ngewe binteye gusenga kabisa!!!!
karande sikintu weeeeeee
safari we komera urumugabo
imana igutabare !mwizina rya Yesu !
Ur'umugabo safa kdi urasetsa p Imana iguh amafaranga menshi ushobore kurera abana bawe bakure neza ariko ureker abo ntiwongeremo undi hanyuma uzabasengere babatandukany na karandi za papa wabo ubundi wikirizwe ntawutagwa bose bakoz'ibyaha niko ijambo rivuga gikuru nukwitahura ukameny ko wacumuy ukavyuka ukongera ugahagarara haguruka usayangan
Nawe wibwirako uhagaze wirinde utagwa safali ihangane uzagarukire Imana Kandi izakubabarira naho aba bagukwena uwakubwira ibyaha bakora safali Imana iragukunda garukagaruka
Gusa urumugabo safari we byonyine kuba ubemera birahagije abana ahobarihose baziko bafite ise niyo bsnyina bashakahandi ntibatukwa nkibinyendaro bidafitese birahagije urumugabo pe amazina mwiswe cyagihe muribato wakozeneza kuyakura kubanabawe kutazitwa uko mwiswe mutarimuzi abababyaye 👍👍👍👍👍👍🙌
This guy is so kind, None is perfect so real, There is no long way God can't retrieve u. I think u're just making this testimony cuz u're already done with confession&repentance.
Kubyara nibintu byoroshe cyaneeeeeee rero ikibi nukubyara nkinzoka rero irere abana iyo utagira icyumuha ariko ukamuha urukundo birahagije kandi utabikora nagutere ibuye jyewe ndakumva cyaneeeeeee ntanikibi wakoze wakoze yesu aracyagufiteho umugambi ukomeye imana iguhe ubushobozi bwokwirerera abana bawe
Mon frere Safari Imbabazi z' Imana ziruta umubare w'abagore mwaryamanye!!!!
amen
Amen🙏🏿
Safari kuba wemera abana wabyaye nibyiza cyane,Imana ikongerere ubarere
Safari rwose ni wowe wanjye. Dufite umutima umeze kimwe. Kwanga umwana bibuza amahoro yo mu mutima . Mubyirinde
Ongera ubyuke Imana iracyagukunda ngaho twara intwaro zose z Imana.
yoooooooo Imana numukozi wumuhanga
Va mubyaha wizere yesu.iduka lidahomba ni Yesu.reka kuvanga Kya munzu y'imana. Cg ujye mukabali ibintu ni 2.
cyakora uranasekeje pe my God bless u
Ariko manayajye safari muzi ahimbazaimana cyane arikosinarinzi ukobyamugendekeye kuburyiyaguye akabyara abana20 🙆♂️
Buriwe amenya ibye nibe nawe yemera amarasoye ahubwo uzagire inama abandi bagabo bajyenzi bawe niba koko abana bawe ubemera ukamenya ukobaramutse ukabitaho ukabakurikirana Imana iguhe umugisha harabihaka abana cg bakabyemera kumunwa gusa
Safari we urasetsa cyane.gsa humura Imana yagiraga ngo ukure mugakiza.ibyiza birimbere.
ikigaragara umugore wawe nuwomushoferi bararyamaga
Mbega kugwa ariko yesu aracyari kuntebe yimbabazi
Njye Safari nsamwemeye numuntu w'umugabo.Urintwari bishobozwa nabake.ni ka gakiza rero ukigendana.courage nyinshi.Urumubyeyi.
Wawu safari disi abayitirije aragira ati mfite abana 20 kandi Bose mbitaho nibyiza cyane ariko ongera weguke ukorere imana izongera iguhe ibyo wabuze kandi bizaza bidatinze ngenga wegere imana ibindi nyagasani azabikora nkunda ukuntu uhorana morare
Imana ikweze wongere ube mushyashya muri Yesu
nukuri afite umutima mwiza pe .kandi umuntu numuntu twese turacumura
kuba atarihanganye si ikibazo kuko ari umuntu kuba rero yari umuntu usenga ntibyamubuza gucika intege; gusa yarageragejwe yihangane kandi akomere
Yoooo ufite umutima mugali pe
God bless you
amen
safar ndakwemey sha. kibi s'ukugwa kibi nukurwa ntuvyuke. k iman iguhezagire kand iguh imbaraga zo kurera abo baana; ham imana igukomeze
Isaac ndagukunda cyane
Safari aranywa disi avugishukuri disi 🤣🤣🤣 ntazikubeshya yooo urusha tewo yagizubwoba arihisha atamazwa atabyiyemereye urisi kabisa wowe👍👍👍👍👍🙋♀️
Warangiritse
Umugore ugufite yararushye
Ni urugamba ahubwo senga cyane Yesu akuvaneyo
Safar abobana makumyabiri warabyaye utabeshye ndagukunze nkumuntu twiganye nukuri abanabawe uzabahuze ubatoze gukundana
Nimumara kurya mugahaga ntimuzibagirwe Imana rurema
Umugabo usenyera umugabo mugenzi we nabyo ni ububwa
Uri umugabo mwiza safari Ntacyo Imana ikuri imbere ibyabandi ntibikureba
Ubihorere ufashe abana hanyuma ugumane nuwo umwe.Rwose tekereza neza rwose
Impwemu ya Maman wawe yubusambanyi niyo yaguteye, bisaba ko ukorerwa deliverance, kuko iyo spirit ntabwo yoroshe namba.
Yes
Safari imana iguhe umugisha byemera bake abana 20
Imana ishimwe kuba mwarakuze disi
Yewe Nzakagendana we mwarakize mwibagirwa Imana pole iryo nisomo.
Cyakora safiri ndabona ibyo abyo vuga ntabyumva neza mbega indondogozi bagateramo ibinyoteri mukabutura warahungabanye muvandi
Mudushyirireho za ndirimbo zawe za kera
Safari ndamukunda kabisa 😂,avugisha ukuri kwambaye ubusa p,
Sha nange nabera mbonye umuntu uvugisha ukuri twaraturanye izo nkuru uko yazivuze ntaho yabeshye pe!
Safari wamubonye nawe se
Gusa ntiwajyize nabi kutihakana abanawawe nibyiza peee kandi ibyo wakoze nturi marayika, Gusa iyo usabyimbabazi urazihabwa nabo bagunshira urubanza Nuko ntacyo babonye . Kandi abana numugisha and You never know ejo ashibora kuba undi muntu ukomeye, then ubaye waramwihakanye byagenda ute? Ntiwakwicuza? Imana ikurengere
Pole disi warababajwe!
Uyu ni murumuna wa muswati pe!!!arakaze
Ongera ukorere Imana pe.yakugiriye neza
Ariko abantu mwabaye iki koko mwagiye mureka mama wabantu nonese mama we mumuzana aha mute? Ubwo se twese ibyo ducamo nuko ababyeyi bacu bafite what to do with it? Imana niba iri in control ntago iducisha mubuzima kubera ko ababyeyi bacu babiciyemo so tuge twubaha ababyeyi babantu. Twese tubayeho kubera imbabazi zimana. Thank you so much Sab kutugezaho amakuru nkaya kuko aratwigisha buri story ifite ikigisho
Niba hari mubantu bantumye nkizwa na Safari arimo
Ndamwibuka cyane muri konseri za baraka za kamashashi nahandi
ibiriho biravugwa namateka ntiyayahindira
kuba utarageze mu ishuri birambabaje ariko uzi ubwenge na njye ndakwikundiye
Ndakwikundiye pe abana20 urumugabo
Safa emera ko waguye,emera intege nke kuko lmana ibabarira,ugaruke ukizwe,ureke kwitwaza ko wabuze umugore kuko n'abapfakazi baribana bigashoboka ntibakoze lmana isoni.Uzayisohora ariko ndumva utaragaruka mu murongo.lbuka aho wavuye ukagwa.Saba lmana imbaraga igufashe gusubira mu murongo nyawo.Aho ucurangiye mu tubari hamaze gukizwa bangahe?Waretse gukorera Yesu no gukora kubwa Yesu uri gukorera amafaranga kdi amafaranga ntatanga agakiza uzabihomberamo.Korera Yesu azagufasha kurera abo bana ureke gushyiraho inzitwazo.Ko numva uhakana inzoga kdi uzinywa uragana he?Hanyuma abihakana abana bakaba batarafatwa ntibakureba,bareke Yesu azi isaha yo kubashyira ahabona nibatihana.Usengere izo karande zikuveho.Umugore yarasambanye nawe umukosoza gusambana,ubwo twabwirwa n'iki niba atari wowe yarebeyeho?
Yego rata umugabo nuwemera icyo yakoze.
❤❤❤❤
Nkunze ukuntu avugisha ukuri
Ntukirarire agaruka usabe imana imbabazi utazalimbuka.
Iyo urimba udafite umwuka wera ibyo uririmba ntibifasha abantu
Nubundi ukureba lwisura nturakakira Yesu ngo ahubemo.
Ihane ukizwe kuko nutihana uzarimbuka
Nukavuze ivye uwamenya ivywawe nawe wasanga birenze. Ntimugace imaza
Wamenya aho umuntu akorera icyaha ariko ntiwamenya aho yihaniye rero wimucira urubanza kuko iherezo ryatwese rizwi nImana
Ufite ikipe n'abasimbura Safa....
Humura icyambere nukubemera ndagukunda nadolphe igikondo
Pole ndugu Safari. Satani burya intumbero yiwe ni ukudusenya. Ko ugihema, garuka ku Mana.
Yes uyumugabo ndamweye
Ndakwemeye safali gusa uzabyuka ntarubanza ufitee
Safari mpanimero zawe nzagushake nari narakubuze.
Ndagukunze nukuri
ntihazagire ukurenganya, aho umenyeye akenge egeta imana izakubabarire naho ubumdi ibyo wakoze byamafuti ufite uwabikwigishike.abasomyi mwese mwumve ko ingeso y'uburaya ishobora kuba urukurikirane rw'imiryango.
Hhha hhha safari ntago ubeshye kbsa
Hindukira ugarukire Imana kuko uri umuntu w'amateka ntukwiye kugenda utyo!!! Abo ba Rudahezwa uvuga za chorale zose wavuze, bose warondoye ni aba nyabigwi nubaha! Haguruka uhindukire ukorere Imana uyubahe nayo izakubahisha, uyikorere nayo izaguhemba.
Safari niwe wanjye
Ihane muvandi.
Safari disi, ndamukunda sana,
Nakugira inama yokubireka byose ukicuza ukihana ugafata umwe hanyuma ugakizwa ukagaruka.
ibijyanye nagakiza kununtu ngenda gake kuko umuntu ariyizi
Wasanga baramuroze muradeperi bararogana kakahava
Komera rwose uri umuchristo kuko ufite ubuntu.Abindi byose rega turi mw isi ntago turagerayo mu ijuru!
Cyakora nuko Imana izi abayo ikamenya niherezo rya buri muntu naho ubundi ndabona agakiza kavanze nutundi gusa Imana iri ku ntebe yimbabazi iteka iki nigihe cyo kwegera iyo ntebe
Ntamarayika ,ubaho buriwese yacumura ,kandi mureke kwivanga mukazi kimana ,gusa ,nyagasani yibuke ,ibyiza wakoze ,nabo wabwirije ,akubabarire rwose
Reka abagore ufashe abana .utunge umugore umwe musezerane.ntabuhanzi bwawe.banza wihange.atabyo uzapfa...
Conso mukarugwiro yesu yongere abahe imigisha hahahah, ngo azapfa, ariko ubujiji bwanyu koko
@@kigalixpress2278 abana 20?abagore8?ubwo Si umusazi?
Uri umumararungu
Safari numunyamugi
IMANA Wigeze gukorera ikwibuke Ikubyutse utaba wararuhiye ubusa!! Kuko Biblia Ijambo ry;IMANA Rivuga ngo gukiranuka k'umukiranutsi ntikuzamubeshaho ku munsi azakiranirwamo.Uravuze ngo wongeye kugaruka mu muziki , ahubwo iyo uvuga uti ndashaka kwongera kwihana nkagarukira IMANA. Naho ubundi kuririmba ntacyo bivuze avuga ngo aririmbira IMANA, ariko adakizwa!! IMANA YO MU IJURU Igutabare Ikwigarurire, Iguhe Agakiza. Kuko mu byukuri wanyuze mu bintu bibi pe, nta rubanza nguciriye gusandakugira inama. Kuko mu byukuri abo bantu bose mwagiye mubyarana, ntabwo wai uzi IMANA basenga, wibuke ko Imibiri yacu ari Insengero z'IMANA, kandi Biblia Ivuga ngo iyo umuntu arayamanye na malaya baba babye umwe, ni ukuvuga habaho exchange hagati yabo bombi, imyuka iri muri uwo ikujyamo, kuko ntuba uzi inkomoko yabo bantu, hari ubwoaba aturuka mu bapfumu, mu barozi, mu bantu basenga ibigirwamana, ibaze rero nk;iyo myanda yose iba ikwinjiyemo, bizana imyaku n'imivumo. IMANA YO mu IJURU IGufashe , kandi uzace kuri delivrance, Hnyuma wongere gusaba IMANA Ikuzuze UMWUKA WERA, hanyuma ubone wongere kuririmba, utaririmbira abantu cg utabikora nka busness ahubwo, uramya ugahimbaza IMANA byo mu mutima umenetse,
Hanyuma uzagarure umugore wawe w'isezerano, uwo ni We IMANA Izi nk;umugore wawe. Abo bandi ubibagirwe nubwo bakubyariye , uzite ku bana ubahe uburere nibyo bakenye byose wowe nka se ubabyara, ariko nta yindi deep relationship na ba nyina. Subirana numugore wawe kandi umubabarire. Kuko nta nuwamenya impamvu uwo mwarii mwarashakanye yaje kuzakundana n'umushoferi, akenshi haba hari impamvu ikomeye iba ibiteye( nubwo umukristo atemewe gukora revenge yanduza urusengero rw'IMANA , ariwo mubiri we}. Buriya umudame nawe umuntu abashije kumubona akamubaza, nawe yabashe kwisonaura, akavuga uko foyer yanyu yari imeze n'impamvu yamuteye kuguca inyuma. Mwese IMANA Ibeze.
Au fait icy'ingenzi ni Gushora imizi muri KRISTO, umuntu agaha agaciro Agakiza aba yarahawe, akagira gutinya IMANA muri we no kwanga icyaha. Kandi umuntu akamenya ko aho ari hose ijisho ry'IMANA Riba rimureba.
YESU Aguhe umugisha mwinshi muvandimwe.
Tube maso twese kandi twirinda twitandukanya n'ibyanuza byose, kuko umurezi wacu sekibi ahora azerera nk'intare ashak uwo aconshomera.
Ntakavuge umugore,kuko wasanga yari yarashengutse umutima , kuko ingeso yokubyara ashobora kuba yarayita giye qbana nuwo mugorewe, bigatuma numugorewe nawe abigiriramo integenke nawe akagwa mumutego wicyaha,ariko bitaringeso ye,rero warukwiye kumubabarira kuko ntiyacumuye kukurursha, niwowe nyirabayazana, sinciye urubanzA ,mumbabarire ariko Kd , gerageza kubaha umugore wisezerano ,wibaze impamvu yabikoze urasanga ariwowe wabiteye
Uripfizi walllah
ndabarushimana sama
😂
Ntabwo warukwiye gutinyuka kuvuga KO urumukozi W'IMANA biteyisoni mujye muha IMANA icyubahiro cyayo kandi gikwiye ntimugakomeze kwishushanya erega uravuga ntanisoni.
safa ngewe ndakuzi usenga ndanakuzi waraguye kuko twabaga turikumwe nyabugogo uretse ubuntu bw'Imana warakabije vuguti naraguye ark nifuza gusubirana ibihebyange byakera ureke kubeshya
Kandi ntako atagize ngo yishire aheza araho araseka nta soni. Uyu mugabo muzi kera agifite amafranga ariko ibyo yakoraga byari kumuzanira umuvumo ahubwo azabanze asabe mama we umubyara imbabazi naho umundi azapfa nkikivume.
ark tuvugishe ukuri kuvuga nguracyacuranga urumva bimaziki kko kowayicurangaga abantu bakihana bagafashwa none ntasoni ngucuranga mukabari abasinzi bakagusomya sikol umugabo wabana 20 sha nibaza reta ikimarira. abana babakobwa wirirwa uterinda ntuhanwe namategeko
Emera ko waguye ariko wihane Imana nimbabazi
Uyumugabo ndabyibuka ndumwana murugo twarebaga indirimbo ze tugafashwa ariko ndumiwe satani nimubi peee😔
Urumuntu wumugabo kabs
Nkunda ko yemera abana naho izindi njyetura ntizibemera
Uzabahuze nabamama wabo batazashakana uzabukoze ubyubutwarip
Kuba Imana yarakumekanyishije nibyo uri kugira impamvu koko?? "Ngo wari warabaye umu Star?" Aho kugirango Imana iguhombe yo yaguhombya.iyonkuru yawe inteye agahinda pe sinarimbizi.gusa Imana wakoreye cyagiheeee ntikuvaneho ijisho nukuri.
Ibaze kugera aho muterana ibyuma kweli! Mwaramaze gutandukana aho kugera aho mwicana. Satani numugome yari yabinjiriye murugo. Ariko muhumure Yesu arakicaye kuntebe y'Imbabazi.
Mumumbarize ngo benedigito nicyicyawe
Gusa nawe satani yagutegeye kubagore burya imana iyo ikuzamuye bisaba ngo uyinambeho biruta ibyambere kuko iyo wibagiwe iraguhana
Imana ikuvugurure
Nkunda umugabo nka we
His story is so touching
Wabona harumuntu uriguseka safari nukuntu adeperi uyabaye umunuko
20 kids 👀
Utarakora icyaha namutere ibuye,.ningwe nawe arabivuze, uwavuga ibye hano twakumirwa. Abobana arabemera, ntago yabihakanye. Kandi ubu wasanga hari abarihano batazi naho abana babo baherereye.
Harabantu benshi bakoresha izina ryimana bafite Irari Ryubusambanyi nukuri , Haraba Pastor benshi binsambanyi bashuka abana babakobwa bakabatera inda. Uyu safari yateteye inda abana benshi amada
Uravugisha ukuri 50%
Ese ubuhamya bwuyu buduha ikihe cyigisho koko
heheheeh cyo gusambana heheheheh
Kutihakana abana hhh
Niba nta kigisho kirimo se watanze ubwawe. Reka anmbafashwa bafashwe ureke kwandika ubusa hano.
Ubwo Sabin kumuzana hano rero usanze ari intakimaze?
NTABWO NAKUBWIRA KURIRA ARIKO KANDI NTA N'IGISEKEJE KIRIMO PE... , GUSA USHIMIRWE KUBA WITA KU BANA BAWE UTARABAJUGUNYIYE BA NYINA NGO UBIGURUTSE❗🙏
Ibuka aho wavuye ukagwa maze wihane usubire kurufatiro
Ngarutse 😂😂😂😂 ngo abana 20 , Sabin uzamugarure please 😅😅😅😅
Muraho! Mutubwirire Safari Isaac ashyireho urubuga rwa TH-cam adushyirireho indirimbo ze nubwo zaba ama audio kuko tudakwiye kuzazibagirwa nkuko tuti bagiwe impala!