WA MUKOBWA MWAFASHIJE IWABO BYAHINDUTSE|Miliyoni n'ibihumbi 200 yahawe|PAPA NGO YAKOMEJE KUMWITAZA..
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 24 พ.ค. 2022
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Paradi disi uri intwari y'umukobwa! Njye nagukundiye umwanzuro wafashe wo kutabana na Se w'umwana! Humura Yezu aragukunda niyo papa wawe yakwanga
Sabe sorry , gs nagusabaga kuzagarura wa mwana wumu Divoruce nawe tumuremere pe plz .
Paradis disi thx Sabin mwiza abantu baboneraho umugisha ,nshimye imana kubwa paradis
Courage mama,ibyiza biri imbere🙏🏽ibya Papa bihe igihe bizaza .
Imana ikugirire neza mukobwa mwiza ,abavuga bareke bavuge ubandanye wikorere ushobore kwirerera umwana worohew
Mama wuyu mwana niwe warukwiye kumuba hafi niba nawe adahungabanye
Sabin shyiraho ikiganiro cya Mbere tukirebe nibwo twumva neza. Ariko Uyu mwana nubundi asa nutishimye kuko ntaseka ngo ubone arabohotse
Kazima ushima disi Imana izaguha umugisha ibyiza birimbere
Sabin iyi shop shyiramo
Indi million
Uyu mwana arababaje… wasanga uyu atari se? Azabaze neza mama we.
nubwo numva ataringombwa kubivuga ariko nange mfite ubuhamya bw 'umuryango mwiza kuko maze imyaka irenga 20 nkoze imiryango Kandi ndumva nariyemeje ntacyankura kwizima nubwo ari urugamba .gusa uwomukobwa aranshimishije ubwo aje adashinja papawe amakosa ,nicyo kinshimishije kuko umukobwa wange w'imfura ubu ariwe wansubije intejye mubugingo bwogukomera !
Paradi gushima nubupfura wakoze gushima imana muri kumwe
Mubyukuri ntampamvu nimweeeeee yatuma umubyeyi ajugunya umwana we ! Umubyeyi numunya mpuhwe !!Papa wawe nta mutima agira vraiment !!Uko kwihagararaho nawe ntamahoro azagira!Mbanumva mbabaye pee!!Courage mukobwa mwiza 🙏🏾🙏🏾
Courage mukobwa
Nge narumiwe pe ababyeyi bikigihe, umwana wawe ibyo yacamo byose, uba ukwiye kumwegera
@@mariembasabire5326 Nukuri pee
Jye nkekako Mukase yaba yara muroze guhurwa Umukobwa wee kuko c pas normal ko umubyeyi yakwirengagiza Umwana y’byariye en plus w’umukobwa kuko aba Ppa bakunda abakobwa babo peee et vice versa 🤔. Soo Paradis waragerageje uko ushoboye peee niba atarabaye touché nkuko abandi byabakozeho, uzamwihorere kabisa 😏😏😏
Uyu mwana nubundi asa nuwufise agahinda
Ooooohhh komera komera mushiki wacu
Life start now. Go a head paradis
rwose saben ikiganiro cy 'ubushize sinakibonye ,ariko usigaye uzana abantu bavugisha ukuri byibura ,bavuga urukundo ,ureke bariya bahora bashyira amakosa kubagabo ,kuberako bo badashaka kuvuga kuko siko baremwe !!?
Sabin much love🥰🥰🥰🥰🇸🇦🇧🇮🥰👌
Saben ndagusuhuje
Disi se ko mbona agifite agahinda ku maso?
Paradis mwiza ndakuzi mai classmate humura ejo niheza
Burya iyo waje kwisimbi tv uhakura amafaranga nange nzahaza
😅😂🤣
Courage paradis
Uriya mu papa ashobora kuba atari umwana we azabaze neza sinon ce n est pas normal
Ariko we kuki mutandiye akara ngo ntebukye koko munsabe imbabazi pe
Yewe tubabarire pee🤣🤣🤣
@@NNn-mj2pb ✌️✌️✌️
Nukuri baduhemukiye
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
kbx?? nimbantacyibazo wankorera kwiyo foto ukankorera subscribe uraba ukoze kbx
the first
Ko yananutse byagenze bite!
babita ba bashimira mu iriro
Sabin rwose Paradi mu mwaka afite ntabwo yaza kubeshya muruhame kuri camera rwose
Eywttewerywy we y6ggfffrrgjgq77uuuu76to9
Ariko mwandangiye ahantu umuntu yakura umunga w'imitekerereze donc umi pyschologue bitari indera? Uwaba ahazi nko muri clinic yandangira rwose
Barahari benshi I kigali bigenga
@@claudineuwase1655 uramutse hari ahantu plus precisement uzi wandangira. Niba banakorana nama assurance maladie
Polyfam kuwa gatanu arahaba w’umwana mwiza uzageyo
Aho bita kukizere kikukiro
@@brigittenyirasafari1187 polyfam nzajyayo rwose ninohafi yaho ntuye murakoze cyane.
ibyo rwose byo guhora wumva ibibazo Sabin bigakemuka ntibagaruke gushima ntago aribyiza rwose!!!