Iyo nda bujujemo ruswa izaturike wa mugome we ngo uri gitifu. Abana bawe bazandagare nkuko ubabaje ibyo bibondo na nyina. IMANA yo mu ijuru ikuvume uzaryozwe ubugome ukoreye abo bana na nyina
Ese Gitifu udahumuriza umubyeyi ubabaye gutya n'abana akamuhutaza mu ruhame gutya , uyu ni umuyobozi mu Rwanda? Muzehe ujye uturebera abo mu nzego z'ibanze uko batwakira!!!
Nduyu mugore aba bana nabatereka imbere ya gitifu nkigendera akabasigarana pe ..Ibi nugutuma inzererezi ziyongera mu muhanda muyobozi . Aba bana barajya hehe koko
Gitifu Imana Ikwirukane bidasubirwaho muri ako kazi ndetse n'ahandi hose wazagerageza gushakira ntuzigere ubona amahoro mu izina rya Yesu.
Izina rya Yesu ntabwo ryita kumagambo nkayo yawe yubupfapfa.nonese nawe wemera ko ibibazo bikemurirwa mu kavuyo nkakariya?
Mbega abagabo ukuntu bahinduka
Iyo nda bujujemo ruswa izaturike wa mugome we ngo uri gitifu.
Abana bawe bazandagare nkuko ubabaje ibyo bibondo na nyina.
IMANA yo mu ijuru ikuvume uzaryozwe ubugome ukoreye abo bana na nyina
Mbega agahinda gakabije weeeee😂😂😂😂😂.
Dore abana ukuntu ari abatagatifu ,baraha se amashyi kdi yihakanye inda bavuyemo weeeee
Amm mugira ibyomucyinisha amarira uriza umugore waguhecyeye ntajyasiga ubusa mbahaye igihe
ukuntu ataye umugore mwiza agakurikira mukorogo😢😢
Umuntu ubonye umugeni acomora fn mu isutiye nampe like😂😂
😂nabibony
@@shanthalshanthal1491😂😂😂😂😂😂
Ahubwo ninawe uri kumubwira ibyo avuga arahira
Ndabibonye
Subira Aho wari wocaye,mbega?
Mbega agahinda ndababaye cyane😢Ndebera utwo twana ukuntu turebana agahinda 😭muhumure Sha Imana ihora ihoze
Uyu mugabo n'uwo muyobozi bateye iseseme ,wa mugabo we urahemutse Imana izakubuze amahoro kandi abo bana na nyina Imana izabiteho ku buryo uzabifuza
Mureke harigihe yazicuza ugasiga abana nkabariya ugashakaundi mugore buriyase uriyamugore ashatse ajyanyiki kimwemezako we batazamuta
Sha abantu ntibagutererana ngo Imana ikureke izamurengera kdi ndabizi ntijya yirengagiza abantu bababaye gusa birababaje wamanawe aho tujya nihabi esubu nubwo ntazi amategeko uyumuyobozi ntiyarikumwumva ubundi akabivugaho atajuije amarangamutima yuyu Mu mama koko basi bakamwumva batamubwiye nabi sinzi pe
Mbega ibintu bibabaje,
ariko rero ibi bintu inzego nkuru zibishinzwe zizabyigeho pe! Umuntu mubanye imyaka irenga5, Wenda ntimwasereranye da! arabubyaje abana 3, arangije aragutaye, harya Ubwo abo Bana bo barazira iki?
Kandi abagabo benshi bemera kwandikisha abana mu irangamimerere bakemera no gutanga indezo.
Ariko ababyubahiriza nibake pe! Umwana rero niba na Mama we ntabushobozi afite bwo kubatunga, niho usanga hari abavuye iwabo bakajya kwibera kumuhanda.
Yitifu buriya yagiye ruswa
Yego mana nuyu basezeranye se sindeba arumugore,
Gitifu imana ikwirukane kurako kazi suko bakiranura abaturage Imana ikurebe igitsure gikabije inkoni yimana ikomeho umujinya wimana ntukuveho Imana ikwibasire ukiri mwisi ntukishime ibyago namakuba ntibikave kumuryango wiwawe
😂😂yebabawee uramuhamije
Mbega Gitif utagira ubu muntu Imana Imwiteho
Imana ireba aho tutareba ihane uriya mutindi ubasezeranyije yo gahura nishoye
Oya ntukwiye kumwaturiraho ibibi
Bimwomeho
Sha ndababaye cyane, amarira araguye pe.
Gusa Maman komera, abana si ibuye, ahubwo barakura, icyo gicucu kizabifuza, kuko Imana isumba byose irareba.
Ese ubwo uhera he umwita igicucu? icyatumye asiga uriya mugore urakizi? muge mumoma urusyo mukome n'ingasire.
Umuntu asezerana n' uwo ashaka
Abagore narashaje kweli
@@education19812020icyayimye asiga Umugore se Uwasanze sumugore???😅😅😅 Amarira yabariya bana ntazamugwa Amahoro!!
Mugore mwiza wirwaniriye kdi warasenze Imana. Ariko kdi agahinda kagira mubi, ngaho ihangane wihagararire urebe agakiza Imana Iri bukuzanire, kdi rwose uzabirebesha amaso yawe
Mana we mbega abayobozi difite murwanda😭😭😭 leta ibyinjiremo kuko umuyobozi utumva abaturage ntacyo amaze
Nyine uyu muyobozi nawe aba yigaragaje ntacyo aba ahishe
@@mukeshimanarosine704 wagira nimushikiwe 😅
Bajye bataginga president arebe nkuyu muyobozi udashaka kumva abaturage
ntago wamurenganya aba yakuricyije icyo amategeko ateganya
Abayobozi nkaba babakureho bareke kwigira abacyane! Mukorera abaturage bayobozi munzego zose.
Wamugabowe Imana ntizigere iguha amahoro nuwagusezeranyije Imana imukure kukazi😢😢😢😢
Nukuri azirukanwe nabi nta muyobozi utagirira impuhwe abana
Ururukeba rwe rurasa nabi ariko nahumure Imana izamubera maso kd naba ntibazamarana kabiri
None anyuranye nitegeko. Umugore ajye mynkiko zizamurenganura
Warebye kiriya gihinja ukuntu giteye imbabazi ❤️🥹buriya abagore baratinyuka sinabona wataye umugore nabana nkabangaba ngo ngutinyuke niyonaba nambaye agatimba nagakuramo
Wamubyeyi ngusabiye umugisha uturuka ku mana nyiri ibihe uzakomeho wirerere abana neza ntuzagire icyo uburira mubiganza bya nyagasani kuko ndabona urimwiza wihangana .ibindi imana igukomeze ndababaye peee
Mumbabarire tuzafashe uyu mubyeyi arere abana maze iyi ngirwamugabo izakorwe n,isoni niyi ndaya yayo Isa nabi gutya urandebera iki kigore asezeranye nacyo uko gikanura amaso nk,igisambo 😢😢
Nibyope muzatubwire@@M.A-es6vs
Ariko ngewe narumiwe niwe mwiza kurusha uwo bashyingiranywe pe❤
Byabereye he?
Yego warupyisi
Uyu mugabo yatanze Ruswa ikigaragara
Ingop yabahay ruswa yarabiteguy
Narinziko bahita babisubika
Rwose uvuze ukuri
@@TuyishimeAngelique-lm1phbiragaragara
Yatanze inyoroshyo😂
Wa mubyeyi we, rekana n'umugome nk'uwo uzatinye umuntu utagirira impuhwe abana be aba Ari umugome byeruye.
Uyumuyobozi nicyimwe nuyumugabo Ariko haricyo mwibagiwe a babana Murenganya ntimuzicyo bazaba reromwitonde Imana Irahora
Ndababaye peeee 💔
@@HabimanaGrace chr nanjye😢
Nanjye ndababaye cyane uburyo umugore gitaye arimwiza noneho indebere kiriya gisogoro asimbuje nyina w, abana
Asha haribintu biteyagahinda basi,😭😭😭😭
Disi uyumugore aritonda biragaragara ntavugira hejuru none dore uwo bamusimbuje we witinya madam Imana niyo ngabo igukingira urimwiza
Ndumiwe sinarinziko ivyo bikibaho ark abana bazokura Imana inabahezagiye yaho se wabo yipfuza nuko bomuramutsa akabura mbivuze kuko natwe papa yadutaye turi abana6 arije muto y,imyaka2 tubaho mubuzima bugoye can ariko twarakuze ubu papa aripfuza nuko yobona n,umwana numwe akabura Maman ubu nagakumi❤❤papa nawe agendera kunkoni😢inyuma ya Mama yazanye abagore babiri ubwo nabandi bazokura Imana ibiteho ihanagure amarira yuwo muvyeyi 🙏🙏 Abana n,umugisha sindabishidikanya,uwo muvyeyi agendere kure yuwo mugabo n,umugore batazomuhitana
Ibihemu bibaho nanje umugabo yantanye abana batatu umuto yarafise amezi 6 ubu nabasore none Imana yampaye umugisha ntuye USA nawe yavyaranye nabagore batatu nyumayanje none yenda gusara Imana izoza ibahana
@@yvettenyamugisha5474 wow nico nkundira Imana ishimwe niryayo kuba yaragukuy mugasuzuguro 🙏🙏
Iri tegeko rikwiye guhinduka pe abadepite bakwiriye kubyigaho bitari ibyo turagwiza inzerezi zabana
Ntagitifu uraha kbx 😢
Muzabona ishyano ibyo nibyo bigiye gutuma Imana irimbura isi
Nirimbuke ,abibone ,nibisambo bigabanuke
uyu si umuyobozi wabantu numunyagitugu tu
Ukuntu barahiye bihenura weeeeee sha muzahanwa n Imana namwe nta gihe mufitanye
Ibizaratsi amukuruje bizata agaciro bahenerane
Imbwa n,imbwakazi byahuye nyine urabona c atari ibihomora
Uyu mugeni arashiriye! wagirango ni nyiragongo
@@nyiransabimanadamarse331hahahahhahahahhahahahahah
Bihenuye! Babivugana ijinyori😂😂😂
Ubworero tuvugeko ùwomugore atsîndîye umugabo??😢😢 Nuguhaha igihaha pe,umugabo wibagirwa abana yabyaye Imana iraje ibereke pe,mubye jyakumavi natwe turagufasha ihangané rera abana bàwe usenge wicecekere
Aramwegukanye😂😂
Nukuri pe asenge yicecekere
Wa mubyeyi we Imana ikurinde iki gikoko ngo ni gikeba cyawe kirasa nabi cyakora ibara kitazaguhumanya
Sha nanjye mbonye uyu mucyebawe areba nabi cyane
Simbona nawe arumugore@@MuhawenimanaAlice-bi3ob
Erega nta gisambo kireba neza nyine kirareba nk,urusambo kuko cyibye umugabo w,abandi
Leta ikwiye kwiga kuri ibi bintu bimaze kuba byinshi.nge mbona abayobozi namwe na namwe babigiramo uruhare
Ewe africa haracari acarengane yooo Imana izababaza ako karengane nawe hazagera aho uzasohorwa ntiwinjire umwaka ijambo
Ese nkumugore utwara umugabo wabandi aba yumva arushijiki uwambere raaa ahhhh
Mwihorere ntabwo bazamarana kabiri kuko barahemutse rwose😢
Ihangane mubyeyi Abana numugisha Imana Iyo Iguhaye umwana Iguha Nisahane ye Ihangane Nanjye Byambayeho Ariko umwana bansigiye Arakuze bareke Harigihe uwo mugabo azicuza Rekana Nicyo gikoko
Exectif rwose ubyitwayemo nabi leta yacu itega amatwi abaturage bayo sinzi wowe rwose
Ahubwo icogikobwa ndikubona ari nikirozo😢kirakanuramaso rero😮ariko uwo muyobozi ngira yariye ruswa Kuko simbona ingene akankamira uyo mudam.
Oya ntaruswa irimo , kuba babana batarasezeranye ntategeko rihari ryamubuza kubasezeranya
Ahubwo uyu mudame azarega mubunzi imitungo bahahanye bayigabane . Ndetse ajye no murukiko gutanga ikiregocy'uburenganzira bw' abana
Nange nabibonye nikirozi , kiri no kuroga gitsirika, gihagaze imbere umugabo Ari kurahira, urebe ibyo kirimo
N,ibiraya biba bifite ibyo biha abagabo bakarindagira bakibagirwa ko bafite abagore gusa n,ubundi batwara ibihomora nta mugabo muzima batwara
@@ntirenganyamariegrace1682ibyose bituma asaba ijambo akaryimwa? yarihawe nyumaagasobanurirwa ko ibyo avuga bidafite ishingiro niba ariko bimeze
Uyu gutifu nawe akwiriye ibihano rwose
Gitifu yakoze Ikosa ryokutumva icyifuzo cyuyu Mudamu mama wabana kd pe Uyumudamu aritonda cyane! Kuko iyaba undi yarikumusarana bika akavuyo
Pole Mama
Cyane p mubyukuri nkange uko niyizi sinarigushobora kwihangana gutyo
Uyo mudam ukuntu arimwiza kandi ari namuto disii😢iyo ngegera yumukobwa yoyo nurukecuru gwibereyaho nica nyirashatama😂madam wee genda wirere abana bawe utuje Niwo mugisha wawe.
Kuko uri ikiraya ntiwakunda abandi bakobwa. Uriya mukobwa agutwaye iki yagukoreye iki? Hari abana yataye? Uraye semafuti utaye abana wibasiye uregana. Unteye isesemi gusa
@@aimefamily8848nimukuru wawe ariko😂
Ntamukombwa mbonyaho, iyaba umukobwa yajya mubasore ntiyajya gusenya Ingo,
@@NadineMuteteli yasenye urwaso ariko? Woe nutaba serious mubintu byawe Urumva Ari abandi bazaza bakana serious mubya we? Impuhwe utigiriye uba wumva abandi aribo bazikugirira? Va mubyubupfapfa. Urugo rwawe ni woe uzarwubaka cg ukarusenya. Ntimukabe weak ngo Mügere no kurwego rwo gutera isoni mutwerera Mafuti yanyu abandi mujye muba mature mwemere integenke
Ese mwabonye uko gikanura amaso nk,ikijura gufatiwe mucyuho
Abana bari no kwikomera amashyi disi mana wowe ureba mumitima uyu mugabo uzamuhe igikwiranye numubabaro abanaje uyu muryango😢😢
Wa mubyeyi we n'abana bawe Imana Ibiteho rwose naho iyo mbura mugabo izabona ishyano
Agahinda karakanyagwa ,ibi nibyo bituma abakobwa bafite ihahamuka ryo gushaka
Impamvu Barigira nuko agaciro kabo bakiyambuye bakagashyira mumaboko yabandı Bantu. Ninde uza gukunda kuruta uko wikinda. Umuntu ajya kuguta yabanje kukubanira nabi. Woe kuki utamuta mbere ukaguma gushyashyariza ishyano?
Nibyo
Rwose ngandebera
Gitifu nimbobo ntiyarakwiye kubwira umubyeyi uhetse kuriya
Muhaye igihe gito azabyishyura
Ni lgweja😂😂😂
N,inyanayimbwa ahubwo
Uyu araje ave kubuyobozi bidatinze kko Imana ibohereza kurenganura ntibatuma kurenganya
Amarira yabariya bana azamusama ndavuga exectif
Igihe cye nigito niyitonde ntarusha abarikuvaho amashuri ahubwo we azarenganwa kurusha abana adahaye agaciro
Gitifu baramuguriye sha
Ntamahoro yumunyabyaha Wamudamuwe Ihangane Imana Irahari Irerere Abana Numugisha
Aka kana gato gateye imbabazi 😭😭 Imana irahari izakuza aba bana 🙏🙏
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka mukande ho turebe ko natwe twazamuka muraba mukoze 😢❤
Simbikoze
Igihe wahereye nturaruha
Washatse Icyo ukora
Turari ukaririmba ubwose ibyo nibyo turimo😢
Hora mubyeyi imana nigihe nibyo bitanga ukuri rekana na nuwomunyerari wumugabo ndetse utinya inshingano
Uyu mu Gitifu nawe,ntabwo akwiye gushwishwuburuza uyu mubyeyi atya nyamara
Uburenganzira bwabana plz
Uwo mugitifu nikigoryi wasanga nawe ark ameze
Ese kuki abagitifu bavuga nabi?
@@IraJoy-rc6pjaba yamugezeho mbele bita wo cyane
@@ArmandoMiller-h1k hari abayobozi baba bameze nk'abatize,usibye kuba uyu mubyeyi aharanira uburenganzi bw'umwana ,ariko ninamukuru akwiye kubaha kuko ntakavuyo yateje ikindi nacyo akwiye kwifata nk'umuyobozi w'abamugana bose atarobanuye.
Uyu mubyeyi afite umutima ukomeye kuko biriya ni agasuzuguro kigihekane
Gitifu we ijambo ryiza ni mugenzi wi Imana kdi ubugwaneza buhosha uburakari
Uyu muvumo tukuvumye uzaguhome.
Ese Gitifu udahumuriza umubyeyi ubabaye gutya n'abana akamuhutaza mu ruhame gutya , uyu ni umuyobozi mu Rwanda?
Muzehe ujye uturebera abo mu nzego z'ibanze uko batwakira!!!
Kwima akazi ababyigiye se sha!
Wagira ngo ntabwo cyabyaye ngo kibone ukuntu umwana avuna
Mbega inkuru mbi sha ndababaye ngize agahinda gakomeye kubwuyumubyeyi,gusa komera Imana Irahari Izagushyigikira kdi Ntibazahirwa ndabikubwiye
Iyi niruswa pe biragaragara uyu mubyeyi akwiye kumvwa
Ark uyumuyobozi bamwiteho yariye Ruswa murikubona akarengane uriya mudam yagiriwe bayobozi mubirebe rwose!! Birababaje😢😢
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢 ayiwe ahahant simbabeshe umutim uhakwa kihaturukir jyew byambayeh 2015 sha amarir nahaririy Imana yaranyishuy ysezeranye nuwund fit uruhinja nkugwo uwomuvuey afit sha ub kwijyr imyak cyum umugor baraganye ubugub ntibaban ub ashak gusubiran nanjye yemw namubwiy ko igih yanta yarazi konzapfa ub ndimuzim mbes ndanamurenz kuk nditunze naw ariko ayerer
Yego rata, Imana ikomeze iguteze imbere
@@NadineMuteteli 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏nukur umva mbura nuko nashimir Imana pe kuk kubampaye ahokuba atawuzanyirukan havuye muguva zanjye yemwe numva nuzuye pe Imana ikomeze izindisa ivyo kubagaburir pe
Yoooo😢 komera uzabaho mwihorere
Mubyeyi rera abana bawe utuje uriya mukebawawe umureke wowe nawe muratandukanye kure pe kuko ufite abana ejo bazagukiza kd se azakugarukira arko wowe ntuzamugarukira komera
@@MukahumuzaFrancine murakoze cyane konkomeza yego pe jyewe ntiyitegeko zamugarukir mubuzim bwiwe nzarera abana nanjye nibakura bazasanga ise
Maman Imana izabahana wowe humura pee Kandi komera uri umugore ufite ubwenge
Mbega weeeeee kurengana bigeze aha mubantu bangana gutya koko gusa gitif use usebeje igihugu naba gore babyaye pe😊
Nonese niba baraguriye agafanta kuziko bafite inda zabananiye ark bareke bazazizira kbx😅
Wasanga ikibazo cye asanzwe akizi , kdi niba batarasezeranye ntategeko rimurengera
Ariko ibaze umugabo Agata umugore wabana 3 akajya gusezerana nundi, ubwo se uwo wundi ikizere cyuko atazamuta agashaka undi nikihe
Ikizere nibirozi baba bafite
hoya ahubwo ashobora no kuza akarya utwo baruhiye bose ubundi akigendera
Uwo mugore ntabyara ashatse abagabo benshi byanga none aguye kuwo azirika
Uramuzi c@@SosoUmurerwa-j8r
Cg urikubeshya?? Ndumva nanze iki gisezeranye p
Ntiwata Abana ngo uwomugore azagire amahoro, Arko bashyireho itegeko ko umugabo ufite Abana atemerew gusezerana Nundi mugore kko Abana babigenderamo
Ariko yer mwiyumvise uko mutari. Nuko muzajya Mukora uburofa mugaye abagore? Umva ibyo twarabihaze ntitukibyitayeho iyo mitwe yanyu jya muba responsible ntimukigire za…amahoro azabura uwataye abana. Uy umukobwa hari abana yaraye? Kuki ariwe utega imisi?
@@aimefamily8848 noe c cher ubuyu wamubyariye hungu nakobwa ni we mubi icyampa bakazabura urubyaro kuko bose ntampuhwe bafite
Niyo yasezerana ariko Akita k,ubana be abenshi ntabwo baba bita ku bana baba barabaye inyamaswa
Wakigabo we c urinda urahirana umwijogonyoro gutyo imbere y'ababana wibaza batarigukura ? Uzumirwa icyo gikoko kizaguhinduka uzifuza gusubira murugo rwawe warabaye nkimbwa yabuze umuhigo. Nzakumva wiyahuye kubera agahinda
Arko abantu mwagabanyije ubujiji koko ubundi wemera kubyarana numugabo mutasezeranye gute umugabo utarasezerana cg umugore aba akiri ingaragu yemerewe gusezerana nuwo ashaka ahubwo uburenganzira bwabana bukubahirizwa
Uwo basezeranye se disi ajyanye iki kirushije icyuwo atanye abana?abagore b'indaya barasaze pe,ukuntu ashinyika ubwo arumva yababaje mugenzi we byacitse,uwo mubyeyi niyitahire nabana be atuze igihe gikemura byose,aamutege iminsi Imana izamuhorera !buri saacyenda age apfukama asenge azabona igisubizo.Mana nziko ukiri mu Ijuru uzasubize uyumubyeyi kandi uyumugabo azarinde apfa akicuza ibyo amukoreye muruhame kandi amuhekeye
Usibye kumuroga akajya antuka amafi mumaguru ubundi nawe uwo mugabo akamuta
@@Aaaaaas-c6u hahahhaha urarenganya umugore,umugabo niwe nzererezi uta abana basa kuriya akajya gusezerana ninshoreke buriya azi ngo ahimye umugore nabana ataye????sha nibimuhira nzamenyako Imana itacyumva amarira yabagore nabana.
Nukuri agahinda karanyish kubwuy mubyeyi n'utwana twiwe!Mana umugabo nubwo yamutaye ndazi neza ko ww utazomuta🙏
Ancwiiii ukuntu Abana be aribeza disi cyane bazakura arabarakare
Ndi bariya bana iki kugabo cyazarinda gıpta kitongeye kwitwa papa
Niko byagakwiye rwose uyu mubyeyi ashakishwe tubone nimero ye afashwe maze arere abana adapfukamiye inyanayimbwa
Gitifu uvuga nabi wagakwiye kumuha ijambo hanyuma ukamukosoea nyuma sibyiza
Ndabbaye ark tuz wihangane mama ntazatinda kubona ko yibeshye hari mumama nakoreye bibaho uko ark ubu umugabo numusazi winzerrezi mwiyi kigl
Nimubihorere binezeze sicyokibuno akurikiye nikimusurira kabiri azasanga abo yataye kombona ntacyindi arusha uwo se
Uti nikimusurira😂😂😂😂😂😂😂😂😂uransekeje pe
Ikibuno ariko kitarimo amaraso mazina , kiriya kigore kirasa nabi ntikibuze umuze mu maraso , ni gutya umuryango ukinduka kubera ibigabo bibuze ubwenge !
Ikibuno ariko kitarimo amaraso mazina , kiriya kigore kirasa nabi ntikibuze umuze mu maraso , ni gutya umuryango ukinduka kubera ibigabo bibuze ubwenge !
Nda
Si nyashi akurikiye se hari ikindi ukuntu afite umugore wamubyariye 3 mwiza iyo nkecuru yitukuje izamukosora
Ihangane mubyeyi wirere abana bawe kd imana iguhe umugisha. Imana niyo irengera abarengana
Mbega ibintu bibi ,Imana Irihangana
Mama mwiza,ufite abana beza,uri mwiza,urashoboye,urabababaye birumvikana,ariko ntawundi mugisha utegereje urenze kurabo baziranenge ufite,
Gerageza wishakemo ubushobozi,urere abo bana neza uko ushoboye,ibyisi birahita,aruriy bashakanye,ariwe ,bose uretse utwenda nisanduku bazaherekezwamo,ntakindi bazatwara,kand byab ejo cg ejobundi.
Umuntu utagukunze kubana nawe ntamunezero wazigera ugira,ikindi umuntu utibwiriza ko yabyaye,ngo agire uruhare munshingano zo kurera abana yibyariye ,akumva ko yabikora kubera amategeko,ntamuntu umurimo.
Please,ndagusabye ,iheshe amahoro,uri muto urere abana bawe uko ushobojwe,mumyak 15 irimbere,abo bana bazakubera umugabo,baguhe bimwe wigomwe muriyo myaka .nkwifurije amahoro,ntuhangane nibyisi,imbaraga namafaranga byo kujyan mumanza ubikoresh ushaka imbaraga zarera abo bana,"what goes around return around"karma
Ariko buriya nkuyu mugabo usezeranye nundi mugore ataye umugore babyaranye gatatu 😢 ariko ntago bizamugwa amahoro
Ni zimwe Miss yavuze hhh
@@aimefamily8848ayaniyamagweja pe😂
Afite umugore mwiza, abana beza di
Ihangane mama, ruri hose mubyeyi kdi wumveko Atari wowe wenyine bibayeho maze bigutere gukomera kdi ubuzima ntabwo bwubakiwe kumugabo ahubwo tumbira Imana yonyine niyo yaguhoza
Bagore rwose, mumenye ko abantu benshi babaye inyamaswa, niyompamvu ugomba kubyara abo ushoboye kurera udateze amaboko kumugabo , wowe ukarwanirira abana bawe kuko iyo umuntu akwanze aba akwanganye nibyawe byose
Mbega umuyozi utumye ndira pe
Gitifu we ndakuvumyeeeeeeeee😢😢😢😢😢😢 akarengane ukoreye uwo mugire batanye impinja bizagarukire urubyaro rwawe wumve uko ubaye
Sha ntimuzagire amahoro, abagabo muzapfa nabi!!! Iyi ndaya izi ko igiye muri paradizo, Sha ni urupfu muzumva! Ipuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuuu ntukabe umuyobozi wa mbwa we!!!!!
Komera mubyeyi yesu aza guhoza irere abana
Gitif wowe rwose sigusa kuko warukwiye kurenganura uyu mubyeyi uwo mugabo akajyira ibyo yemera akabona gusezerana ark lmana ikwirukane mukazi mwizina rya yesu
Gitufu yamuhaye umwanya akavuga koko wenda ko agahinda kashira
Icyo nabonye mwisi nuko lmana lkorera kugihe ni kerererwa . Kandi ntirenganya . Mama lhangane lkigikombe ucyinwereho. Imana lrafata lnshingano lrabitaho . Uwomugabo utagira umutima . Nawe azicuza . Ndababaye. Ariko mwijuru hari lmana .
Umugabo asezeranye nindaya
Nibirozi nawe ntaba azibyo arimo
@@NadineMuteteli😂😅
Karabayeee nonoh😢 birababaj kbx
Ubu sinkiha sinkitinda kubwiza bwumukobwa cg umugore ukuntu uyumugore arimwiza afite umutima ukomeye nikinyabupfura nabana beza kubi abagabo bimbwa tumaze kubagwiza nukuri ndababaye😢😢😢😢😢 agahinda karanyishe uyumubyeyi niyihangane Imana izamurerera
Ubuse uyumugitifu wamubwiriki
Nakomere pe Imana izamurerere abana
Gitifu nawe Ari mumagweja
Agahinda uteye uwo mugore wa mugabowe ,ndakubwiza ukuri uwo mugore wa kabiri azakubiza icyuya ni shumuretab no kumureba byonyine 🙉 ninkuba
Azahorera abo bana utaye kbx ntacyo nkwijeje neza ,ushituwe nikimero kitanahari ntawamenya ibyawe
Mbega umuyobozi mubi nawe wakigabowe Imana izaguhana Kandi nukuri uwo mugore musezeranye ntimuzabana pe Imana izababuze amahoro mwangegeramwe
😂😂😂😂😂 ngwimana izababuze amahoro mwangegeramwe
😂😂😂
Uyu muyobozi agomba guhanwa kuko yakabije kujujubya uyu mubyeyi
Iyaba bagihaga ubutaraza kigapfa cyagwa kigasara kugasozi urabona ukuntu ruriya rute....... Rutesheje umugabo abana beza kuriya indaya weeeeee 🤔🤔
@@Aaaaaas-c6uRwose akwiye ubuvugizi kuko nakarengane kagaragara rwose umenya yarariye Ruswa rwose
Uyugitifu..yariyigiturire..nubamukure..mukazi😊
Nduyu mugore aba bana nabatereka imbere ya gitifu nkigendera akabasigarana pe ..Ibi nugutuma inzererezi ziyongera mu muhanda muyobozi . Aba bana barajya hehe koko
Sha biba bigoye kwikuraho abana
Ntuzabikore, umwana ni nyina wokabyarawe.
Ntabwo wabibasha urumubyeyi wagiye kugise
Ntabwo wabibasha urumubyeyi wagiye kugise
Nukuru ndababaye gusa ihangane wamubyeyiwe yehova Imana izaguhorera kd komera muzabaho gusa abagabo ntampuwe bagira pe😢
Ubwo wa ndaya we ubwo wabonye umugabo uzabona uri I Rwanda
Gabanya unugambo wanyana yintuza we. Uratuka uyu mukobwa agutwaye iki??tuka iyintuza ngenzi yawe itaye abana numugore ikajya kwigira igihomora. Uriya mukobwa Akoze iki gituma umutima? Stpd ntago dushinzwe ingo zanyu jya muba serious. Arega meiyemeje kujya mukora ubugoryi mukabutwerera abagore twabagoreweho. Burya sibuno. Mutwurira tuburira mudusuzugura tubasuzugura. Uy umukobwa ashinzwe kurinda ürü rugo kuruta nyirarwo urutaye? Stpd
@@aimefamily8848kwekwekweeeeeee🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@@aimefamily8848iki nikiraya kigenzicye, ibyobizaratsi bizabatoza amashashi ngo murasenya Ingo zabandi mwangaza imiryango, muzangara mushaje puuuuuuuu
Turasaba ubutabera kuri ababana ndetse nuyu mudamu
Uyu mudamu Imana wabona imuhinduriye amateka sha ndababaaaaaye ndashavuye
Gitifu yari yariye akantu, Kuki nibuze atateze amatwi uriya mudamu ngo amuhe inzira y'igiteganywa n'itegeko
Amarira y'abana be na nyina ntazayakira. Imana ishoborabyose, Izamuhane yihanukiriye. Tout se paye ici bas. Ayiiii weee, mucyecuru wee, nako mugeni wee, inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo. Nuwo atanye abana yibyariye, nawe ni umugore kandi mwiza ndetse ukiri na muto. Hama hamwe ubone umuruho
Ariko President yazibutse naba babyeyi barenganwa bagasigirwa abana koko naba bagabo babahehesi😢😢😢😮
President ntabwo ari Imana, ahubwo natwe twirebeho.
Ntacyo bisaba kinini kujya ku murenge kwemeza urugo mugiye gushinga, ubundi nababwiriki mubyare abo mushobora kurera.
Imana ihora ihoze amarira yabariya bana azamutera umwaku yumirwe
@@umulicealice4471hari ugusabye indezo ?
Bamuhehese se ataryohewe
Njye ndahamya neza ko uyu mugabo ibyo akoze abitewe n'umujinya. Aba bantu n'ubundi bafitanye ibibazo. Nonese muramuhambira murugo ngo bigende bite nagende ashake undi mugore yubake❤
Nange ndababaye pe uyu mugabo arahemutse Imana izamumpanire kuburyo azagaruka gupfukamira uyu mubyeyi atanye abana
Mama wabana Imana izagushumbusha umugabo mwiza rekana numugabo utagushaka .
Mubyeyi iturize white kubana bawe uzareba firme UMUGABO akina uko izarangira abana ni umugisha
Uyumuyobizi azahura nibibazo yakanyagweeee,, baguhaye ruswaaa,, Ariko uzabona ishanoooo
Yemubyeyi Abana numushisha Imana izabarera kd izabakuza Uwomugabo Azabona ishyano
Gitifu aravuga ukuri kuki ûmugore aba ataje mbere?
Humura wa Mubyeyi we Imana ihora ihoze kdi ikunda umuryango izakaitaho n' abana bawe abo nibo bazakumara agahinda kdi ndabona nuwo ashatse ntacyo akurusha.
Yatanze akantu ahari pe umuduhe nimero yuwo mubyeyi tumwifashirize
Mbega mukorogo yumugeni namaheru
😂
Uyumuyobozi nukuri agahinda iteye uyu mumama Imana izabimubaze
Uyu mugitifu yariye ruswa arazihaga kweriiiii urabona ukuntu asubije uyu mubyeyi inyuma ntanamutege amatwi kokooooo igwejaaa weeeee
Yoooo ihangane mama Imana izabisobanura
Muzumirwa mwa bagabo mwe.
Umugore utaye nimwiza cyane
Ubuse uyumugore arabona izinnyashiya izibuza unomugabo bigakunda
Nyashi iragakoze 😂😂
Mama bihorere ejo bazaba barwanankibyana.byibeba😂😂😂 abobana barere imana Izabi gufashamwo❤❤🎉❤🎉
Harya aba bana bagenda batereranywa nababyeyi bagahutazwa gutya;bizajya bibazwa inde?
Mubyeyi mwiza, rekana n'uwo mugome, wirerere abana. Abana si ibuye, bazakura kandi bazaguhesha ishema. Inama nakugira, senga Imana, uyikomezeho, Izakurerera kandi bazakura. Naho uwo mugabo, azabona. Uwo mugore nako iyo nkecuru izamwanika, abifuze atakibabonye. Iyo isi itaragukaranga, iba ikirimo kugushakira ibirungo. Iyo nkecuru iraje imurunge weeee, yicuze.
Uyu mukobwa arareba nk'igisambo😂
Kibi!!
Kbx
Wamubonye nawe ahubwo aranashaje reba nabiriya birenge bisa nibyakandagiye mumuriro 😂
😂😂😂 ibyobirenge we!
Maman ihangane abagabo bamwe ni uko babaye nta rukundo n'impuhwe bakigira sekibi yabaritsemo ariko hari Imana itabara abana yakubyaje bazaguhoza komera
Cyakoze muzakurikirane iyi nkuru irangire tumenye niba gitifu byararangiriye aha
Rwose bazakomeze iyi nkuru .
Umunyamakuru abidukorere tubone na nimero yuyu mubyeyi tumufashe uko dushoboye arere abana arekane n,inyayimbwa
Sinjya mfa gutanga coment ariko lmana iguhorere nukuri gitifu uzabona ishyano uza niye umuryango wae umuvumo.nzahorera abana gukiranirwa kwabase nukuri urahemutse uciye imanza zibera
Gitifu we Imana izabikwiture ukoze nabi urenganya abo uyobora
Uyumuyobozi. NNumugomepubamzebamuhaye akantu. Ubujyowakiriye. Uyumubyeyi
Shamanaweee
Ese ubukoko wamukobwawe urabona nkubwo utwaye iki uyu mubyeyi atahaye iyumuhungu Nako iyo ngirwa... Ariko wamukobwa urahomye peee umva ntago ushatse !! Ubuse Koko Aya marira yibi Bibondo uzayasinzirana?!! Sha wowe uzarira bikuremge ngo inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo .wowe ntakintu ushatse peee puuu7u🎉
Iyinkuru irambabaje kuko hari byo inyibukije 😢😢😢😢 gusa uyumubye lmana imuhe imbaraga
Muzehe wacu mubyeyi mwiza rwox turagusabye urenganure uyu mubyeyi knd uyu muyobozi uteragana gutya umubyeyi nabana impuguro