Dashim uraho neza ndagukunda cyane kd Imana izaguhe kuramba pe ese ntiyihe radio usigaye ukoreraho ko radio 10 sinyikumva st radio yo wayivuyeho kera watubwira radio ukoreraho waba ukoze
Dashim hut of kuko unyishuye kukibazo narimaranye igihe ko ntari body but my Inman. Ntahuye ko ndi umwuka w'Imana kontakwiye kugenzwa n'umubiri . I really appreciate for that
Ese wowe ubitekerezaho iki? Uretse Dash Dash se haba hari ahandi wabajije ibi bibabazo bafite ubumenyi ku muntu? Uwambere wakoreraho ubushakashatsi ni abo bakobwa bavugako byababayeho. Amaholo n'urukundo!
Kuba IJURU n’ ikuzimu biri muri buri muntu, intekerezo za muntu zibasha kubishyikira binyuze mu nyandiko ya Matayo 6 :14,15 ku Mbabazi zahawe buri muntu .
First one viewer, mpa like niba ukunda inyigisho za Dashim nkange 😊
Urakoze cyane Dashim. Ikiganiro cyuje ubwiru n'ubuhanga.
Koko ijuru n'ukuzimu ni uburyo bwo kubaho si ahantu. Urugero iyo urakaye, wumva umutima ubyimbye, ntuhumeka neza, igifu kikakurya, umutwe ukababara, uba ureba nabi, kuburyo ukubonye abona uri mubi. Uba washegeshwe haba mumarangamutima, imitekerereze ndetse bikagera no kumubiri inyuma. Ariko iyo utuje, iyo hari igikorwa kiza wakoze, wiyumva ubundi buryo bunyuranye nuwa koze nabi. Icyo gihe wumva wowe wimbere umerewe neza, wiyumvamo ibyishimo, amahoro ndetse bikagera inyuma, ugasinzira neza, indoro ituje, nukubonye akubonamo amahoro. Koko rero ijuru cg umuriro nitwe tubirema, tukabibamo ndetse tukabisangiza abandi ndetse nibidukikije
Urakoze iki kiganiro kimpaye kurushaho gukanguka no guharanira kubaho nkange bwite
Sha rwose nukuri uvuze ukundi ndumva nawe uzakoreakaganiro usesengura ijurunisi nukuzimu
@Angela nanje ndashimye ukuntu ubisobanuye kandi ubivuze neza reka nongereko nanje yuko abantu dukwiye kumenya yuko imbaraga zihagaze mukwimenya Hama tukamenya ni nguvu za choice aha nshaka kuvuga kumenya ivyo dushaka Hama tumaze kwimenya tukamenya kandi yuko hariho ico twita vibrations arizo zituma ibintu bigenda neza canke nabi bivanye na vibration twacaguye kujana nayo ikaca ituma tu matchinga na high vibration or lower vibration nkuko Dashim yabivuze mukiganiro caheruko rero abantu dukwiye kwitahura tukamenya neza abo turibo kugira tunamenye umu driver dukurikira bivanye nivyo umwumwe akeneye murakoze
Thanks for your reson ,ndafashijwe,God bless you
Nkundibiganiro byawe p kuvakera kugeza nubu ❤❤❤❤
Imana yirwanda ihorana namwe. Binobiganiro bituma ngarukira Rutangarwamaboko kuberayuko atubwira gukomerakumuco wabasogokurubacu kandi bizeragayuko ubuzimabutazima.
@@KubwimanaAimable oya Peuh😔rutangarwamaboko akorana nimyuka mibi! Kd twe icyo dushaka ni mwuka wera!
@AbimanaEugene mwenimana kugirango usobanukirweneza bisaba kutagira uruhande narumwe ubogamiraho. Nibwowiganeza ukamenya. Imana yirwanda ihorana nawe.
@@KubwimanaAimable ahubwo wowe ubanza utarabisobanukirwa neza👌 Imana mbana nayo mubuzima bwa buri munsi n'Imana yange ntabwo Ari Imana yirwanda ibyo rero rutanga abashiramo nabyo sibyo.
Utabeshye koko ukurikiye iki kiganiro? Ukurikira Rutangarwamaboko? Cg nuko wumva ko ari umupfumu? Umva neza iki kiganiro neza wongere wisuzume neza unatekereze kuri iki gitekerezo utanze ndakubwiza ukuli urasanga wibeshye cyaneee kuko Rutangarwamaboko yigisha urukundo nokumvira umutimanama(mwenyimana) @@AbimanaEugene
Ariko ndagukunda shahu!ubugingo nibwo bwacu bwonyine 🙄 akokantu sha!Imana iguhe umugisha mama🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Dashi papa uguhe umugisha akomeze akwagure yarakuduhaye nkudufashe ndagukunda❤❤❤❤❤❤❤
Mon supérieur dashim ur'umuhanga kand Iman yame ikunezereza ndetse ikuneshyereze!
Thank so much teacher waramurikiwe peu
Murakoze cyane ibyo uvuze Niko kuri komeza utwigishe niwowe mwarimu Imana yatwoherereje
Dashim God bless u,
Wewe waje kwisi uje kunyigisha, parce que tu as changé mon caractère avec vos émissions.
That's why I love you❤
🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Imana ikuzigame, ubundi izi nyigisho zabwirizwa kuba zirihishwa,
Umukama Imana iguhunde imigisha myinshi 😍😍😍
Dashm Imana iguhe umugisha,uratwigisha cyane,Imana ikongerere ubumenyi inakuze unwenge
Murakoze cyane dashim kucyigisho🙏kd pe ibiganiro byawe biradufasha nge nzi neza ko hari namwe batangiye kumurikirwa kubera ibiganiro byawe!!! Gusa Imana ijye ikomeza igufashe nibura ntituzongere gusinzira. Abantu mukunda dashim mwese mbifurije kuyoborwa nijwi rya data🙏
Iki kiganiro cyirubaka
Thanks br ko merezaho mn ,👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍💵💵💵💵
Dashim uraho neza ndagukunda cyane kd Imana izaguhe kuramba pe ese ntiyihe radio usigaye ukoreraho ko radio 10 sinyikumva st radio yo wayivuyeho kera watubwira radio ukoreraho waba ukoze
Cyakoze dashim imana yonyine ijye iguha umugisha cyane kuko niwowe wenyine ushobora gutuma umuntu amenya impamvu ariho thank you❤❤❤
Imana ni urukundo
Urakoze cyane biramfashije menye byinshi
Cyakoze uramfasha cyaneee!!!🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Nukuri dachim ivyo utwigisha nari barabuze uwugera geza kubinyumvisha kuko ahondihose nagendana amakenga bivanye nibikoregwa hano mwisi ugasanga kenshi bidahura numuhamagaro wacu , ukomeze kudusangiza ibiganiro nkivyo kuko ntahandi twabikura 🙏
Dashimu our teacher thanks, natwe tuba dukuyemo amasomo menshi yadufasha gutsinda kamere mbi.
Mubyumuri Koko umujyanama mubi ibitekerezo bye byumva n'umubiri vuba kurenza ibyiza, kuko biba bidushishikariza gukora ibikorwa biduha ibyishimo byakanya Gato, Kandi nibyo umubiri wishimira kuko
Nubundi umubiri nawo ubwawo nubukode tumaramo akanya Gato kuru rugendo rwokwiga kamere ya papa wacu.
Ubu dusobanukiwe neza impamvu tugomba gutekereza kabiri mbere yogufata umwanzuro, kugirango tubeho mubuzima bwuzuye.
Kandi rwose biroroshye
Iyo wasobanukiwe nintego yiki kiganiro wakoze cyane teacher 🙏🙏
Ohh good
Ikiganiro cyiza cyane
Yesu aguhe umugisha mwinshi cyane pe
Dashim hut of kuko unyishuye kukibazo narimaranye igihe ko ntari body but my Inman. Ntahuye ko ndi umwuka w'Imana kontakwiye kugenzwa n'umubiri . I really appreciate for that
Dashim❤❤❤ urakoze cyane,Data wa twex aguhe umugish.Reka duhitemo Inzira nziza.
Be blessed🙌🇧🇮
Abotukiri murugendo Ruganisha kwimenya kubwaya masomo tumenyane kuri like 👍🏻 ❤thank you so much ❤❤❤
Thank mwigisha wange mwiza , ndi umutangabuhamya ko ibiganiro byawe bimaze kumpindura umuntu mwiza , mbere nahoraga niyumva nabi nkumva ubuzima burambihiye , arko ubu nsigaye numva akanyamuneza niyo amarangamutima mabi aje mpita nibuka zimwe munyigisho zawe nkahita mbirwanya nkongera nkamera neza. Thanks again Dashim❤
Sinkingagusa ahubwo ndanandaika kujyirango nzijyishe nabandi urakoze cyne Dash turagukunda❤
Murakoze cyane 🙏 ubu ndize menye byinshi pe
Muraho,nshima ibiganiro byanyu,Imana ibahe umugisha,,uyumunsi amasomo mbonye mwatambukije nisanze arinjye bireba.
God bless u🙏🙏🙏🙏
Nibyo,kandi Imana iguhe umugisha utagabanyije.
Murakoze cyane turize kd turafashijwe kwinya nicyo cyambere ❤❤❤❤
Murakoze cyane nibyo koko kwimenya mu madini bo batuma twirwanya Aho kwimenya
Nzokomeza ndagukurikirane ndaziko haraho nzoshika,ufise ibitekerezo vyiza cane,uri umwigisha muzima,utanga ingero zinshika ibwina.Imana iguhe umugisha utagabanije.
Uri umurundi kabisa
Zurandika ikirundi ureke gucacarika.
Dash ndakwipfurije kuzabona icowipfuza cose mumahitamwo yawe kuko ibiganiro vyawe biranyuzuza ndazifata nkukwiraba muciloli kiba kirimbere yanje ndakumenyera vyinsha nkikiganiro Mantra uherutse kuduha sha twe ntaco tworonka tuguhemba Ariko data wo mwijuru azaguhembe vyose kuko twizarako nivyo rurimwo arivyiwe nawe rero azaguhe kubibamwo.Amen.
We all love Dash❤
❤❤❤❤❤uyo muhanga mufise mu Rwanda mu musabirekwirambira asumba ba apotre incuro nyinshiii ntanamajambo mbona namuvugamwo
Nubundi umuntu agomba kwimenya urakoze cyane
Asante sana
Nkuko mumadini baba mumwuka umwe iyo bari munsengero, no mutubari bakaba mumwuka umwe iyo Bose bari kunywa ibisindisha ibyo bimaze kunyerekako ubwonko bwacu bumeze nkumurima kuburyo ibyo dushyizemo biba bimeze nko kubihingamo rero kuba bamwe mubantu batarasobanukirwa ko ijuru nikuzimu Ari ukuntu Atari ahantu nuko batarakanguka Kandi gukanguka bigerwaho nababandi bashoboye kurwanya cyanga se gutsinda urugamba rutuvuna cyaaanneee rwo kwigobotora wamugaragu wo kutuyobwa kuko we aduha ibyishimo iyo turi gusinzira Kandi tubizi ko nyuma turi buhure ninzozi mbiiii cyane kurusha wamunyenga muto ariko wagahe Gato inama rero natanga nkurikije Aho ngeze mugukanguka nukoburi muntu wese yamenyako yifitemo ububasha byo gukanguka mugiho yaretse kugendera kumahame is yubakiyeho akagendera kwijwi ryumutima nama wee nukuri kwe wenyine sinabasha kubyandika byose uko mbwunva ariko gukanguka nuguhozaho nsimira na master dash dash wanfashije kugera kurwego ndimo rwo kwisobanukirwa murakoze 🙏
❤
@@LodynicolasNtwali nibyo kbxa🙏
Good lesson, thank you very much
Imana Iguhire Mujyanama mwiza🙏
Imana ni urukundo Kandi idukunda ntakiguzi dutanze ❤
Komereza aho udukangure,uri umwarimu w'umuhanga.
Dukorere ubushakashatsi bw imbitse kw'itandukaniro riri hagati y'umugisha n'inyatsi.
Urakoze.
Ndagushimiye cyane niba warankandiye kwifoto warakoze cyane wamfurawe, niba nawe utarabikora mfasha nuzuze 1k Thanks alot 🙏😭
Ndi burundi rugombo cibitoke arko ndagukunda can ❤❤
Good
Ndamurikiwe ubundi busha, unyongeye imbaraga
Thank Dash ukuri nuko
Dash we papa aguhe umugisha kbs
Imana data watwese irahambaye pe yaduhaye abamarayika beza ngo baturinde ariko ishyiraho abandi Babi ngo tuzakore amahiyamo yacu
Imana idushoboze kwitekerezaho
Good advice
vyukuri uri intumwa y'Imana
Please ndagusuhuje
Ndakurirakana ibiganirobyawe
Chapeau felicitation
Imana igukomereze impano nu uzima ukomeze uduhe ibikwiye.
Nukuri kwuzuye kabisa urakoze ndize cane💯
Ndashima Imana kubwo kukunyuzamo ibingirira umumaro ndagukunda uwaza mpuza nawe
Ndagushimiye mwenimana utumye menya ivyondimwo ko ntayovye ahubwo nahisemwo umuchauffeur mwiza,,,nibutse ikiganiro wigeze kuduha cigikere namazi Ari kuziko ,,,murakoze Imana ibongereze inkomezi.
Nukuri kbs
Uranzamura mubyo gutekereza, urakoze!!!
Urakoze cyane bazina❤🙏
Imana iguhe umugisha Ni.13
Yesu we dashim uransekeje wallah 😂😂😂😂 kuko ibyo bintu byagacupa bimbaho
Ndanyuzwe pe
Gusa dashimu kubera ibiganiro byawe uduha Kandi bicukumbuye.
Ndashakako uzadukorera ikiganiro Wenda gito cyokutumara amatsiko neza,
Ukatubwira mubwiru buri mukuntu umukobwa ashobora gusama Inda Kandi atahuje urugwiro numugabo, Wenda urugero ngo bikaba binyuze muri eswime, pisine cyangwa se mukwegerana cyane,
Uzatumare amatsiko niba bibaho cyangwa bitabaho .
Murakoze tubaye dushimye kubyiza n'ukuntu mutumara amatsiko menshi tuba twrashijwemo Naya formula yubuzima abantu baba barahimbye ngo twese tuyikurikize.
Ese wowe ubitekerezaho iki? Uretse Dash Dash se haba hari ahandi wabajije ibi bibabazo bafite ubumenyi ku muntu? Uwambere wakoreraho ubushakashatsi ni abo bakobwa bavugako byababayeho.
Amaholo n'urukundo!
Urakoze kbx nushaka urekere mubintu byiyobokamana
Dashimi jye ndagukunda cyane pe wambereye umujyanama mwira inamazawe nzazigenderaho ubuzima bwange bwose ❤ ese iyo umuntu avuzeko yagiye ikuzimu abayaraciyehe biba byagenze gute ? Murakoze numukunzi wanyu
Imana iguhe umugisha rwose
❤❤🎉
Nanj ndagushimiye rwose ibiganirovyaw namashure meza aryoshe kwiga rwose nabasinziriye aradukangura imana iguhumugisha
❤
Ukuzuzanya kw ́ inyandiko ya 2 Timoteyo 3:16,17 n’ iya 1 Abikorento 2:13 ku nkomoko y’ ibyiza kuri buri muntu, bimufasha gukura mu bya mwuka .
Iby’ aba bagaragu babiri, uyobora n’ uyobya, bihamywa n’inyandiko y’ Imigani 14:22(a,b) ku migambi n’ uguhitamo byahawe buri muntu .
Kuba IJURU n’ ikuzimu biri muri buri muntu, intekerezo za muntu zibasha kubishyikira binyuze mu nyandiko ya Matayo 6 :14,15 ku Mbabazi zahawe buri muntu .
Nkunze cyane iri hame ryo kumurikirwa kuko rihamamywa n’ ukuzuzanya kw ́ inyandiko ya Luka 21:36 , iy’ Abagalatiya 5:16,25 n’ iya 2 Petero 1:2,11 k’ukuba maso no kugira ingeso nziza .
Gratitude Dash Dash TV kuko udusangije icyegeranyo kirimo ubushishozi rwose !
Muraho tubwire abamaze kuganguka ikigitekerezo gihuze na ya yin yanga watubwiye ubanza mbyanditse nabi ariko uri ❤❤umenye icyo nashakaga kuvuga ikibi nicyiza watubwiye ko kigize umuntu kd ubanza ataruwinyuma watubwira nkibaza ubundi ibibi nibihe niba ataribimwe twigishijwe na sosiyete urugero nkokwica umusirikare abyambikirwa amapete mugihe undi tubyita kumena amaraso mudufashe murakoze kd ndabashimira kubwo kwitanga kwanyu mubarikiwe
❤❤🎉
❤❤❤❤❤❤
Dash. Ndagukunda cyn kbx ngewe ibyo wigisha byinshi nagiye mbinyuramo nukuri hari ibyo na murikiwe byinshi kbx so komez utwigishe kdi imana ijye ugushigikira mubyo ukora byose
Ni jye wababwiye nti 'Muri imana, Mwese muri abana b'Isumbabyose.'
(Zaburi 82:6)
Mwicare twige....🖋️
Ndanyuzwe pee!!
Dashim we ndagukunda ariko ndashaka nimeroyawe nkakuvugisha nkeneye ko ugira inama
Dashimuuu umezute musaza Abanyonzi dukorera hano kwisoko ryo kumulindi turabakurikiye 5/5 ariko Dashimu usigaye ubahe ko nticyikumva kuri Radio ni Eraste W'urwanda hano kwisoko ryo kumulindi 🧏✍️
Komera Dashim
Uzatuganirire by'imbitse ihuriro n'itandukaniro riri hagati y'inzozi n'ibonekerwa(cg iyerekwa).
Dashimu umeze neza
Ukonukuri muzehe
Uri mwigish mwiza dashim kand kuva nagukurikirana nasobanukiweko isi arinkitabo buriwese yigiramo agakuramo ubumenyi kugeza kundunduro yubuzima kandi iyo wize neza bigufasha kurenga imitego yubuzima komerezaho uduhe ibintu by'ubwenge natwe tuguteze yombi
Dash
Twagukurikira kuyihe radio
Kuri 10 twarakubuze
Kbsa niwoe bro
Ndabasuhuje mwese nshuti mizi aho muherereye mu bice bitandukanye ku mpande zose zisi
Dashim ndagushimiye kuri iki kigisho wadusangije nkuko ari imwe muri siroga yacu hano mu nzu y'ibitabo igira iti < turiho kugirango twige gukunda, tukiga gukunda kugirango tubeho > Bibiliya irabisobanura neza urukundo rwa nyarwo ruruta byose kandi rwihanganira byose ni byo koko tugomba gukanguka kandi tukiga gukora amahitamo meza muri buri kanya kose IMANA DATA yaraturemye iduha ububasha butambutse ubwibindi biremwa byose mu buryo bwo kuba muri iyi si nkuko wabisobanuye neza mwene muntu yaremanywe umutimanama ariko ukaba ugizwe n'impande ebyiri aribo bajyanama wadusobanuriye ( umwiza n'umubi) biba byiza iyo tubashije kumvira umujyanama mwiza kuko iyo habayeho kwibeshya mu gukora amahitamo ntagushidikanya niho umuntu abaho ubuzima bw'ibihano .
Njyewe hari intereruro ebyiri zamfashije cyane hano mu nzu y'ibitabo niyibutsa buri munsi
1. Kwihangana nirwo rifunguzo rwa byose
2 .warira ingunguru zingahe z'amarira kugirango ugarure ibintu n'abantu wabuze byari bisobanuye byose kuri wowe ?
Reka nsoze nshimira buri wese wakoze amahitamo meza yo kujya akurikira ibiganiro binyuzwa hano mu nzu y'ibitabo .
Dashim nawe Data aguhe umugisha kandi ukomeze waguke muri byose
Kbs jewe harinigihe shaka gukora ikintu cnk Kuja ahantu nkumva ibimvugiramwo bicanganya nkasanga ndikwivugana meze nkuwuri kubishura nkabazivya bakanka 😂😂 gusa keshi ndashima IMANA Mpitamo neza nubwo atariburigihe ariko ndatuza ubundi nkahitamwo icanyaco ❤
ukwiy kuba pasteur
Ninabyo byiza binezeza bijyohacyane
dashi dashi jyewe ngufata nkumukozi wlmana urafashacyane
Inzozi zihagarariye umuntu uzajya mw'ijuru,kuko iyo urose utembera ahantu runaka kandi uryamye urikugona kandi ubona uri irunaka umuntu utambaye umubiri aba yatawanyitse!!!
" Ibyo dukora byose bigengwa n' ibintu bibiri : URUKUNDO cg UBWOBA".
_ Neale Donald WALSCH in THE CONVERSATION WITH GOD.
Wowe Sibomana ,waramutse? Kosora Ako kantu kuko abana b'lmana si abantu twese ahubwo ni abahisemo kuyoborwa n'umwuka wera.
Murakoze.
urumwarimu mwiza
Ikindi ese niba roho zaraje kwiga ko IMANA ari URUKUNDO wazafata akanya ukadusobanurira urukundo mubwiru bwabyo kowenda byadufasha cg nibwimwe bya bible ngo rurihangana ntirwirarira ntirukora ibiteye isoni nibindi nibindi nako dash dash....mudufashe kd wibange kubyumwuka kko ibyumubiri ntacyo bimaze pe