Mama Iddy wo MU Muturanyi|Umugabo yanyishe mpagaze INairobið| Nakijijwe no kuba Uwo kwa Kagameð
āļāļąāļ
- āđāļāļĒāđāļāļĢāđāđāļĄāļ·āđāļ 6 āļ.āļĒ. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Pole Sha Giselle abanyakenya nuko bateye special Kikuyu nabagome cyane nababayemo dukorana ndumunyarwanda , gusa baradutinya cyane baziko ntamikino abanyarwanda tugira.
Uransekeje cyane rwose uti ku myaka yanjye imyaka ine nali nagerageje. Ahubwo si ukugerageza washoboye ibidashoborwa na benshi.
Courage rwose wanyuze mu bikomeye mukobwa mwiza. Aliko nkunze ko muli ubwo buzima bushaliliye wanyuzemo utigeze wibagirwa ko Imana muli kumwe. Ubu warakuze humura rera neza umwana wawe.
Umwana wawe waramuhemukiye cyane , kumubeshera ko yameny machine kugeza ubwo akubiswe buyoka azirubusa, ubireba ntunavugishukuri, arigukubitwa nuwo ataribwivune, nukuri sinzi uko wamureba mumaso ugasinzira.
Turamusengera pe kandi ibikomere uko bibaho ni nako bikira dufite ubuhamya bwinshi cyane
icyanjye nticyakira, ni ikigugu
Ndagukunda pe
Usa neza maman Eddy
So kwihangana bimaze kunanira ariko sinzi nkore iki kuko ndi muri Kenya ndeba kuza murwanda ntacyo mfite cyo gukora murugo mamantiyishoboye .ibyange nabyo nibirebire .wabaye intwari biragoye .Ese umugabo wawe yari Unyakenya cyangwa Murakoze .mfite umwana w'umukobwa ubu agize Amezi icumi
Humura rwose uracyali mutoya buliya Imana izaguhoza amalira yose wihanaguye.
Wagize neza gufata umwanzuro! Courage ejo ni heza
Nkunzeko uzigufata umwanzuro mubyeyi mwiza
Gucuruza ikarito ni nini nzi uwatangiriye kwipaki imwe yikiniriti ubu afite ÃĐtage nini cyaneð
None ko wasize umwana wawe
Kandi uzi ukuntu uwo mugabo wawe yakubitaga umwana
Yooo ihangane disi nikumugabowumungmyangeso Ababa uguchakubantu
kuki abadamu bafite uburanga bahura nibibazo
Ndagukunda Gizoð
courage , tomorrow is bright
Njyewe sinagutera inda, ahubwo nagutera inda ibindi by' ubukwe bigakurikiraho.
Every child deserves a parent but not every parent deserves a child! If so be strong ðŠðŋ enough
Ni umudamu mwiza, mu jwi rye byumvikana ko afite uburere kandi afite ubumuntu!
Noneho mungure inama kuko mbayeho gutyo umugabo wange ntanubwo dushobora kuryamana nkumugore n'umugabo izo mbaraga ntazo afite niba baramuroze ntago mbizi kuva nabyara kugeza iyo Saha kuko uwo mugore we wambere aramushaka ngobasubirabe batandukana baraserereye bikabije........................(etc) it's along story
Mumbwirire Gisele ko ubuzima yabayemo ari ishuli ariko ibyiza nanone bibaho mumuhe tel yanjye tuzavugane
ark Mana ndagukunze
Umugabo bamuha ikiruhuko cyo kubyara iyo mwasezeranye.
Ukuntu urimwiza gusa wahabaye intwari iyobyanze urarekura rata kdi nubunkwe uzabukora
Mbaye uwa 1
Ni ubwirasi kuvuga ko abagufi ari ibikuri. Ni igikuri singombwa kubimubwira
ndashaje ariko nshaka number ye pe
Rose ndagukunda rwose,uzampe nbr yawe
Rose uzigishe abanyarwanda kazi kwihangana bakubakingo
Niwomucho wabakristo bakijijwe
Rose umuntu wagusutse wapi kabisa
Urimwenewacusha
Ubuhamya bwawe bugaragarako urikirara wishyize hanze ahubwo wowe
Najye nuko mbibona ntagahunda yokubaka yarafite
Nibyo ni akarara yahishe nyina ko atwite(yashatse)nase URI Kenya nawe bigaragara ko Atari abizi arangije aza kubana na nyina ashaka pasiporo nabwo ntiyabibabwira Kandi wumve ukuntu atuka mu mvugi papa umubyara
urimwiza shamuko
Uwomugabo wateye igikomere bizagutera kubaho utubatse ngo rurambe
Ariko nawe ntiworoshye wagirango ibyo yaciyemo mwarikumwe igihe wahereye ishyari nishyani wihane
Ariko Chantal @ wakurikiranye neza ibyuyumubyeyi yavuze Koko? Igikomere yateye umugabo nikihe mubyoyavuze? Sha uwumugabo atarahemukira agirango!!!!!!
Nivyo kweri ni umukobwa mwiza. Ariko,dukeneye kumenya ko vyukuri ko ari mwiza no kumutima. None,nikobii?
Nivyo,wa mukobwa we,uri mwiza nukuri. Ariko,muribagira ko ubwiza mufise mwabuhawe n'imana ariko mugaca mwiyononesha ivyo bindi mwishirako. Rouge a levre,yoyo ni mitende ntiwasize ibirenze. Ariko izo nzara. Wamukobwa,uhombe unyumve nabi,jewe mvuga icombona kandi nanka. Izonzara ziteyubwoba. Reka nongereko ko izonzara zigutama itashobora kugira isuku. Ntumbaze iryo suku,nimba uzubwenge ucubimenya. Ivyo nkubwiye nukuri, uzobimenya mumisi izoza umaze kuvyiyumvako"
Nubundi urikubeshya, vugisha ukuri ndakuzi bihagije...Uburaya bwawe wabutangiye uri umwana muto...
umwirekere , ureke kumucira imanza yivyo yabayemwo , nawe uko wabayeho ntibisigura ko vyose arivyiza , ariko guhemukirwa nuwomwasezeranye , mwagize mariyaje , ntibijanye nivyaha yaciyemwo , bwoguhemukirwa , uribeshe caane wamugabowe , ashobora kuba yarihanye
Ntimugacire abantu urubanza
Nawe ntiwiyizi
Mwarabukoranye?
Mufashe gukira
Harabantu bafite ibikomere my dear wowe mbona ntacyuvuze just urikwimenyekanisha Kuri social media good luck warikwimenyekanisha nubundi buryo utimennye inda mukwano
Igikomere cyose ni kinini kuri nyiracyo
Wowe irindaya ntiwashatse kubaka bigaragarako ukunda ibintu kurusha abantu ndakugaye
Oya sha! Ntabwo uyu mukobwa ari indaya ,ntiyanabyigeze !
@@amahoromurwanda5177 Nikiraya ahubwo kuko birumvikana mumagambo
Ntamutima wokubaka urugo ugira nunva ntagikomeye nunvishije gusa ntushoboye urugo
Gisele wabaye ikirara uri umwana, wananiranwe n'umusaza So (Pastor) Kubera uburara, washatse umugabo wambere umukoreraho uburaya arakwirukana, n'uwo washatse bwa kabiri arakwirukana kubera uburaya, uri indaya mpuzamahanga.Reka kubeshya abantu nta buhamya ufite.
None se niba ise ari pastor koko kuki atabanaga n'a nyina wa GisÃĻle ? Hari igihe ibyo umwana akora aba ari karande bisaba amasengesho menshi, yenda bakamuha n'a remarques ariko bakanamusengera!
Ese ubwo wamenye kwarikirara wowe uricyi
Uburaya mwarabukoranye naribi .
Ariko nawe urahinda kumusebya byakungura ikii?? Wowese urishyashya?? Niba arikiraya aramaze nango bitureba buriwese ajye amenya ibyee gaceze ðĄ
Ahubwubwo waramuterese aragukatira none wihaye umwana wabandi ako abanyarwanda mwabaye mute yewe indayase cyakora imana ikubabarire peeðŠðŠ
Ntabuhamya ufite nkurikije ibyuvuga uri umugore mugenzi wanjye ark ntagikuba cyacutse ahubwo bigaragarako utarumwizerwa niyompanvu umugabo yatinze kugura imyenda ahubwo wimennye inda kbsðĪĢðĪĢ
Hhhhh noneho wowe uranyishe uyu mumama arabufite nge nabyumvise wowe niba utabyumvise bireke ungende we kumwongerera ibikomere
Ntabuhamya afite ahubwo nikiraraðððð
Yego yarakomeretse ark wibukeko phone ye yakoraga record kd umugabo yarakaye ikiyumva nukuvugako haricyo yumvise cyatumye agira amakenga
Kubeshya nyoko wakubyaye Nacyo ni ikimenyetso cyuburara Kandi rwose wowe nta buhamya mbonye Aho
Wamukobwa nawe warishyano kbs ndabona nubu utoroshye
Hhhu