ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Njyewe ndakunenga cyane kukiganiro watanze kuko ntabwo wijyeze ugaragaza uburenganziraBwumugaboBumwemerera gutandukana numugore
Mwiriwe Neza, Harumuntu wabwiye ngo mubarize yashakanye Numugore Noneho Nyuma azakumenyako yariyashakanye nundi mugabo babyarana abana babiri Ikindi baribarasezeranye mumategeko Kdi ntibigeze batandukana nuwo mugore yanze kujya kwaka divorce ,none uwo musore wamushatse Bameze kubyarana kabiri,None aratecyereza azakomeza kubana numuntu batazasezerana? Ese ntabibazo byazamuzanira? Mwamugira iyihe nama?
Thank you God blaes you
Ese umugore wahukanye akamara iwabo igihe kirenze umwaka umugabo ntamucyure bifatwa nk'uwataye urugo
Muraho neza ,nitwa munyurwa,mwamfasha kubona wathsapp yanyu ?
Imana inahe Umugisha ikomeze kubungufa Ubwenge turabashimiye cyaneeee
Nonese ngewe nabonye gusaba gutana bigoye cyane,birashoboka ko byibura warega ahantu hatarenze hatatu ikaboneka,abanyamategeko bacu bakwiriye koroshya naho bayitangira byaba ngombwa nkuko kumurenge basezeranya bakabaye bahabwa nububasha bwo gusesa amasezerano cyangwa byibura murukiko rwibanze bakaruha uburenganzira kuko biragoye,uzatubwire na process zose unyuramo kugirango urukuko rwemere kwakira urubanza rwawe .nibikunda umbwire
Murakoze cyane Imana yagure ubumenyi bwayu
Urakoz uzatubwire kubasezeranye batarabana biremewe ko batandukana
Ibyo ntago bihajyije peuh,muzongeremo nibindi,Hari ubwo umuntu mubana ariko kubera imyitwarire ye itavuzwe hano ukumva utakimwiyumvamo
Munsibize iki;uwakuriranyweho icyaha cya viore agatoroka ubitabera atarahamwa nicyo cyaha ubwo uwo bashakanye ashobora kubona divorce?
Murakoze kudusobanurira kubijyanye nubutane.ikibazo nashakaga kubaza Niki: 1,nonese iyowashyingiranwe numugorere wawe cg se umugabo wawe umwe muribo agata urugo mugihe cyingana numwaka hanyuma umwe muribo agatanga ikirego murukiko urukiko rukemera kubatandukanya imitungo igabanwa gute iyo umugore afite imitungo itababaruyeho bombi nkurugero nkimigabane bahawe nababyeyi babo? Ark ntacyemezako burumwe iyomitungo ariye! Bigenda bite iyomutandukanye?
Urakoze Me!ese unwe mubashakanye yemerewe ubutane mugenzi adahari?ese babumuhaye kandi yarabihishe mugenzi nkana urwo rubanza rugenda gute?
Murakoze kudusobanurira njyewe ndashaka gutandukana nu mugabo byemewe na mategeko kuko yaramemukiye kd mfite ibimenyetso yanyanditseho umwana ntabyarayanye nawe kd nawe namusanganye
Nimuba muzitanga mwazimpa !murakoze
Ese yarataye urugo akajya ajya aza muri karitsiye cq iwabo ntagere murugo byashoboka?
Murakoze wampa nimero nkazakubaza
Muzadufashe nubwo abantu twemera gusezerana ivangamutungo rusange njye mbona habayeho gutandukanga mwakarebye impande zombi burumwe akazana nundi akazana kuko mbona abagabo babihomberamo cyane
Murakoze nange nari naratinye umugabo wange yaransebeje yateye umwana inda wimyaka13aratoroka hashize umwaka
Murakoze cyane rwose
Ese umugabo akubyariyeho umwana hanze .kd mubana ntamwana yarafite hanze? Ugashaka gatanya wayibona?
Muduhe nibindi murakoze turabAKUNDA❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉
Murakoze
Ese amategeko ateganya iki igihe umugore afite abandi bagabo abwira ko babyaranye kandi njyewe umugabo we narinziko abana ari abanjye kandi bananyanditseho? Noneho aho ikibazo gikomeye kiri, ese nanze ko apimisha abana ADN agamije guha abo bagabo abana banjye bigenda bite? Kuko njye mba numva ntawantwarira abana nirereye kabone nubwo yaba avuga ko atari abanjye, icyo gihe ni no kwanga ko ankomerekereza abana.
Mushyireho telephone numbers zanyu. Murakoze!
Murakoz
Numero yanyu twayikurahe ko tubakeneye
Muzadusobanurire kabashakanye badasezeranye nyuma mugatandukana kandi mufitanye abana icyo amategeko abateganyiriza
Divorce by mutual consent ikorwa gute?Mubyumvikanaho mwebwe ubwanyu mwenyine bidasabye ko urukiko rubibafashamo?Mudufashe!
Tubashimiye mu kiganiro cyiza mwatugejejeho mudufashe mutubwire ibimenyetso byayangwa igihe wasezeranye ariko ntimubane na rimwe(1)
Murakoze cyane
Ese kwaka ubutane kubera umuntu uguhoza kunkeke zibyabaye mutarabana Kandi mukabari mutarabyaranye amategeko ategeka ik kuru divorce
Nonese usezeranye numuntu muteganya kubana ark ataragukwa nyuma akaza akwaka divorce ese ntacyo amategeko ateganyiriza uwo muhungu akorera uwo mukobwa nko kumukerereza cyangwa aramukwa akabona kumuha divorce murakoze
Ese birashoboka ko umuntu yashyingiranwa ataruzuza imyaka bitewe nimpamvu runaka?
Urakoze kudusobanurira amategeko
Muraho mwaduha Contact zanyu tukaba twabavugisha
Erega imitungo izamara abantu hakwiyekwiga ukuntu abantubajyabajya gusezerana bakabanza bakandikisha imitungo basanzwebafite kuko bimazekugaragarako harabashaka imitungo yabandi bagahiyabatana umwe akajyana umutungo wundi murakoze
Mwiriweho! Mbese birashoboka ko umuntu yatanga ikirego cya Divorce akaburana ntamwunganizi?
Yego ariko biragoye ndetse bishobora kuguhombya aruta ayo wakwishyura umwunganizi
Murakoze,none ibimenyetso umuntu abigaragaza atanga ikirego cg abijyana agiye kuburana?
Duhe ikiganiro wakoze hano kijyanye nokwihesha ikintu cyundi
ese umuntu ashobora kuburanira ubutane aharihohose mugihugu cg ningombwa Aho wasezeraniye?
Ngo mudufashe
Nukuri mugerageze koroshya ibintu bya Divorce kuko uburyo bigoyemo kuyihabwa nibyo bituma abantu bagiye kwicana peee.
Umwicanyi se akangwa na divorce ? Umwicanyi ni umwicanyi
Abana bo nyuma yo kugabana 50. 50 a bana bo bahabwa umunani ryari
Nonese ibimenyetso byuko uwomubanayanee imibonano byavahekoko? Mudusobanurire
None nimumfashe uwanjye yanaye hashije amez7 ariko naramureze nibarama itariki
Amategeko yacu
Nonese nkubu uwotwashakanyeyansabye ubutane kubera kubyotutumvikanaho ndabimwemerera none murukiko rwatanze igihe kingana nimyaka 3 none ndasaba komwampa ahonanyuransaba kudutandukanya vuba asigaye yirirwa nsebya
ufite uko wagenda nkúmugabo ukishimisha, ukanagaruka nta mpamvu ya divorce...
Najew ndafs ikibazo muvanye atamwaka mumaranye nah hagashira imyak umunani knd agac arongor undi mugore
Ese iyo mutigeze mubana nk’umugore n’umugabo mu gihe k’imyaka itatu nta communication divorce iremewe
Divorce hano iremewe kuko babara amezi cumi akurikiranye mutabana kandi nta mpamvu izwi yumvikana itumye mutabana
Kucyi utavuga kubagore ukavuga kubagabo gusa
Nonese umugabo ufite akazi Kandi akagira akazi ntumenye umushahara Kandi mufite amazi mukodezha ariko umugore ntamenye aho ayomafaranga ajya haha ariko utazi uko ayakoresha mbese umugore adafite u urenganzira kuriyo mitungo byangenda gute?
Waduhaye number zawe
Wampa number yawe
Jyewe ko umugabo yantaye munzu amaze amezi 7tutabana nagiye kureba irangamimerere nsanga turingaragu ubwo nzabigenza gute konshakako dutana
Ntabwo ukeneye divorce kuko mutasazeranye
Ese umwe muri abo babyeyi yemerewe kugulisha ahe atitaye kubana yabyaye bazabaho bate hehe
Iyobatarabyaranase
Iyo mwanditse mushaka divorce kubushake bwanyu mugasinya hariho numukono wa noteri nyuma hakagira ibigararagara mutumvikanyeho munyandiko cg mwibagiwe gushyiramo byagenda gute
Murabiburana
Njyewe ndakunenga cyane kukiganiro watanze kuko ntabwo wijyeze ugaragaza uburenganzira
Bwumugabo
Bumwemerera gutandukana numugore
Mwiriwe Neza, Harumuntu wabwiye ngo mubarize yashakanye Numugore Noneho Nyuma azakumenyako yariyashakanye nundi mugabo babyarana abana babiri Ikindi baribarasezeranye mumategeko Kdi ntibigeze batandukana nuwo mugore yanze kujya kwaka divorce ,none uwo musore wamushatse Bameze kubyarana kabiri,None aratecyereza azakomeza kubana numuntu batazasezerana? Ese ntabibazo byazamuzanira? Mwamugira iyihe nama?
Thank you God blaes you
Ese umugore wahukanye akamara iwabo igihe kirenze umwaka umugabo ntamucyure bifatwa nk'uwataye urugo
Muraho neza ,nitwa munyurwa,mwamfasha kubona wathsapp yanyu ?
Imana inahe Umugisha ikomeze kubungufa Ubwenge turabashimiye cyaneeee
Nonese ngewe nabonye gusaba gutana bigoye cyane,birashoboka ko byibura warega ahantu hatarenze hatatu ikaboneka,abanyamategeko bacu bakwiriye koroshya naho bayitangira byaba ngombwa nkuko kumurenge basezeranya bakabaye bahabwa nububasha bwo gusesa amasezerano cyangwa byibura murukiko rwibanze bakaruha uburenganzira kuko biragoye,uzatubwire na process zose unyuramo kugirango urukuko rwemere kwakira urubanza rwawe .nibikunda umbwire
Murakoze cyane Imana yagure ubumenyi bwayu
Urakoz uzatubwire kubasezeranye batarabana biremewe ko batandukana
Ibyo ntago bihajyije peuh,muzongeremo nibindi,Hari ubwo umuntu mubana ariko kubera imyitwarire ye itavuzwe hano ukumva utakimwiyumvamo
Munsibize iki;uwakuriranyweho icyaha cya viore agatoroka ubitabera atarahamwa nicyo cyaha ubwo uwo bashakanye ashobora kubona divorce?
Murakoze kudusobanurira kubijyanye nubutane.ikibazo nashakaga kubaza Niki: 1,nonese iyowashyingiranwe numugorere wawe cg se umugabo wawe umwe muribo agata urugo mugihe cyingana numwaka hanyuma umwe muribo agatanga ikirego murukiko urukiko rukemera kubatandukanya imitungo igabanwa gute iyo umugore afite imitungo itababaruyeho bombi nkurugero nkimigabane bahawe nababyeyi babo? Ark ntacyemezako burumwe iyomitungo ariye! Bigenda bite iyomutandukanye?
Urakoze Me!ese unwe mubashakanye yemerewe ubutane mugenzi adahari?ese babumuhaye kandi yarabihishe mugenzi nkana urwo rubanza rugenda gute?
Murakoze kudusobanurira njyewe ndashaka gutandukana nu mugabo byemewe na mategeko kuko yaramemukiye kd mfite ibimenyetso yanyanditseho umwana ntabyarayanye nawe kd nawe namusanganye
Nimuba muzitanga mwazimpa !murakoze
Ese yarataye urugo akajya ajya aza muri karitsiye cq iwabo ntagere murugo byashoboka?
Murakoze wampa nimero nkazakubaza
Muzadufashe nubwo abantu twemera gusezerana ivangamutungo rusange njye mbona habayeho gutandukanga mwakarebye impande zombi burumwe akazana nundi akazana kuko mbona abagabo babihomberamo cyane
Murakoze nange nari naratinye umugabo wange yaransebeje yateye umwana inda wimyaka13aratoroka hashize umwaka
Murakoze cyane rwose
Ese umugabo akubyariyeho umwana hanze .kd mubana ntamwana yarafite hanze? Ugashaka gatanya wayibona?
Muduhe nibindi murakoze turabAKUNDA❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉
Murakoze
Ese amategeko ateganya iki igihe umugore afite abandi bagabo abwira ko babyaranye kandi njyewe umugabo we narinziko abana ari abanjye kandi bananyanditseho? Noneho aho ikibazo gikomeye kiri, ese nanze ko apimisha abana ADN agamije guha abo bagabo abana banjye bigenda bite? Kuko njye mba numva ntawantwarira abana nirereye kabone nubwo yaba avuga ko atari abanjye, icyo gihe ni no kwanga ko ankomerekereza abana.
Mushyireho telephone numbers zanyu. Murakoze!
Murakoz
Numero yanyu twayikurahe ko tubakeneye
Muzadusobanurire kabashakanye badasezeranye nyuma mugatandukana kandi mufitanye abana icyo amategeko abateganyiriza
Divorce by mutual consent ikorwa gute?
Mubyumvikanaho mwebwe ubwanyu mwenyine bidasabye ko urukiko rubibafashamo?
Mudufashe!
Tubashimiye mu kiganiro cyiza mwatugejejeho mudufashe mutubwire ibimenyetso byayangwa igihe wasezeranye ariko ntimubane na rimwe(1)
Murakoze cyane
Ese kwaka ubutane kubera umuntu uguhoza kunkeke zibyabaye mutarabana Kandi mukabari mutarabyaranye amategeko ategeka ik kuru divorce
Nonese usezeranye numuntu muteganya kubana ark ataragukwa nyuma akaza akwaka divorce ese ntacyo amategeko ateganyiriza uwo muhungu akorera uwo mukobwa nko kumukerereza cyangwa aramukwa akabona kumuha divorce murakoze
Ese birashoboka ko umuntu yashyingiranwa ataruzuza imyaka bitewe nimpamvu runaka?
Urakoze kudusobanurira amategeko
Muraho mwaduha Contact zanyu tukaba twabavugisha
Erega imitungo izamara abantu hakwiyekwiga ukuntu abantubajyabajya gusezerana bakabanza bakandikisha imitungo basanzwebafite kuko bimazekugaragarako harabashaka imitungo yabandi bagahiyabatana umwe akajyana umutungo wundi murakoze
Mwiriweho! Mbese birashoboka ko umuntu yatanga ikirego cya Divorce akaburana ntamwunganizi?
Yego ariko biragoye ndetse bishobora kuguhombya aruta ayo wakwishyura umwunganizi
Murakoze,none ibimenyetso umuntu abigaragaza atanga ikirego cg abijyana agiye kuburana?
Duhe ikiganiro wakoze hano kijyanye nokwihesha ikintu cyundi
ese umuntu ashobora kuburanira ubutane aharihohose mugihugu cg ningombwa Aho wasezeraniye?
Ngo mudufashe
Nukuri mugerageze koroshya ibintu bya Divorce kuko uburyo bigoyemo kuyihabwa nibyo bituma abantu bagiye kwicana peee.
Umwicanyi se akangwa na divorce ? Umwicanyi ni umwicanyi
Abana bo nyuma yo kugabana 50. 50 a bana bo bahabwa umunani ryari
Nonese ibimenyetso byuko uwomubanayanee imibonano byavahekoko? Mudusobanurire
None nimumfashe uwanjye yanaye hashije amez7 ariko naramureze nibarama itariki
Amategeko yacu
Nonese nkubu uwotwashakanyeyansabye ubutane kubera kubyotutumvikanaho ndabimwemerera none murukiko rwatanze igihe kingana nimyaka 3 none ndasaba komwampa ahonanyuransaba kudutandukanya vuba asigaye yirirwa nsebya
ufite uko wagenda nkúmugabo ukishimisha, ukanagaruka nta mpamvu ya divorce...
Najew ndafs ikibazo muvanye atamwaka mumaranye nah hagashira imyak umunani knd agac arongor undi mugore
Ese iyo mutigeze mubana nk’umugore n’umugabo mu gihe k’imyaka itatu nta communication divorce iremewe
Divorce hano iremewe kuko babara amezi cumi akurikiranye mutabana kandi nta mpamvu izwi yumvikana itumye mutabana
Kucyi utavuga kubagore ukavuga kubagabo gusa
Nonese umugabo ufite akazi Kandi akagira akazi ntumenye umushahara Kandi mufite amazi mukodezha ariko umugore ntamenye aho ayomafaranga ajya haha ariko utazi uko ayakoresha mbese umugore adafite u urenganzira kuriyo mitungo byangenda gute?
Waduhaye number zawe
Wampa number yawe
Jyewe ko umugabo yantaye munzu amaze amezi 7tutabana nagiye kureba irangamimerere nsanga turingaragu ubwo nzabigenza gute konshakako dutana
Ntabwo ukeneye divorce kuko mutasazeranye
Ese umwe muri abo babyeyi yemerewe kugulisha ahe atitaye kubana yabyaye bazabaho bate hehe
Iyobatarabyaranase
Iyo mwanditse mushaka divorce kubushake bwanyu mugasinya hariho numukono wa noteri nyuma hakagira ibigararagara mutumvikanyeho munyandiko cg mwibagiwe gushyiramo byagenda gute
Murabiburana