Tariki 02/10/2024: IMITIMA YINANGIYE

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 17 ต.ค. 2024
  • IMITIMA YINANGIYE
    Ainenyetso n'ibitangaza ubwabyo si byo bihamya ko ikintu runaka giturutse ku Mana. amara, ku rundi ruhande, iyo bikomotse ku Mana, kutatbyemera biba ari ikintu giteje
    akaga. soma amagambo ari muri Yohana 5:10-16. Ni ayahe masomo dushobora gukura ku inangira imitima kw'abayobozi b'idini batemeraga Yesu ntibemere n'ibitangaza yari amaze gukora?
    ubwo Yesu yihishuriraga umugabo yari yamaze gukiza, uwo mugabo yahise abwira abayobozi b'idini ko [uwamukijije ari Yesu. Umuntu ashobora gutekereza ko iki cyari
    igihe cyo guhimbaza Imana, ariko ibiramambu abayobozi "bashaka kurenganya Yesu, kuko yakoraga bene nk'ibyo ku Isabato" (Yohana 5:16).
    #ibyigisho #Vlog #urusengero #imitima #2024 #igihe #mie #rwandatoday #youtube #youtuber #instagram #music #love #follow #tiktok #spotify #like #youtubechannel #explorepage #youtubers #video #gaming #twitch #instagood #memes #hiphop #subscribe #viral #gamer #facebook #rap #explore #ps #art #soundcloud #k #artist #meme #live #video #hiphop #likes
    IBYIGISHO BY'ISHURI RYO KU ISABATO BIYOBORA ABAKUZE KWIGA BIBIRIYA BYABANJE
    • Tariki 25/05/2024: Uru...
    • Tariki 27/05/2024: Uku...
    • Tariki 26/05/2024: Ubu...
    • Tariki 17/06/2024: Gus...
    Niba ukunda ibyigisho BY'ISHURI RYO KU ISABATO BIYOBORA ABAKUZE KWIGA BIBIRIYA, Kanda subscribe, like na comment kubibazo cg inyunganizi
    • Tariki 18/06/2024: Tur...
    Muze twigane Ikigisho cy'uyumunsi
    • Tariki 19/06/2024: Imv...
    Dukomeze twigane Amigisho • Tariki 20/06/2024: Ijw...
    Ibikorwa byo gukiza byari byemewe ku munsi w' Isabato igihe habaga hari icyihutirwa gusa. Uyu muntu yari amaranye ubumuga imyaka 38; bityo, biragoye kuvuga ko gukizwa we byari ikintu cyihutirwa. Nanone kandi, ni iki cyatumye biba ngombwa kubwirwa ngo yikorere uburiri bwe? Umuntu yatekereza ko ufite ububasha buvuye ku Mana bwo gukora igitangaza nk'icyo ari na We wabashaga kumenya niba byemewe kwikorera ingobyi (akarago) ku munsi w'Isabato. Mu kuri, Yesu yashakaga kubaganisha ku busobanuro
    bwimbitse bw'ukuri kwa Bibiliya kurenze ukw'amategeko n'amabwiriza y'abantu yari yarasigingije ukwizera kuzima.
    Niiki izi nkuru zindi zitwigisha ku byerekeranye n'uburyo abantu binangira mu by'umwuka
    bashobora kumera, birengagije igihamya? (Soma Yohana 9:1-16; Mariko 3:22, 23; Matayo 12:9-14).
    Ni buryo ki aba bayobozi b'idini bari impumyi bigeze aho? Igisubizo gishoboka ni ukubera
    imitima yabo yari inangiye, imyizerere yabo y'ikinyoma yababwiraga ko Mesiya azaza
    kubakiza ingoma ya Roma, no gukunda ubutegetsi kwabo maze bakanga kwiyegurira Imana. Ibi byose byafatanyirije hamwe kubatera kwanga ukuri kwari kuri imbere yabo.
    Soma Yohana 5:38-42. Ni uwuhe muburo Yesu atanga? Ni iki twakwigira kuri aya magambo? Ni ukuvuga ngo, ni iki kibasha kuba kiturimo kikadutera ubuhumyi bwo kutabona no kutakira ukuri dukeneye kumenya no gushyira mu bikorwa mu mibereho yacu?

ความคิดเห็น • 3