Uyu musore mushya,,..namukunze .. papa sava ntuzamuhushe azi gukina rwose ..nakurikiranye uduce yakinnye arabizi nuko atari sanzura muri team,gusa asa na rutambi na Christopher muneza ..
Uyu mukobwa mushya njye mushimiye Papa Sava rwose . Muzaduhe ibirayi . Papa Sava uzamushyire mu mago rwose uyu mukobwa mushya . Fofo you are so missed . Welcome back .
mbega umudamu mwiza mujura mwiza bambe nuko gusa biba ari usetsa nyamara njye hari uwo nzi mwiza wibaga ibiyiko muri za restaurants no muri za anniversaire biba ari akageso ka mwokamye
Ese buriya byari ngombwa kuvuga inkomoko n'imiryango we hano kuri TH-cam? Ibuka ko hano ari gukina rôle ibisanzwe bibaho, kandi ibyo yakinnye byatanze ubutumwa isomo. Ari mu kazi rero, ibyo yakinnye ntibivuze ko ari yo mico/myitwarire ye mu buzima busanzwe. Ndumva byumvukana.
@@vicentiyakaremye5831 Niba utabyumva ni ko ubibona nta kibazo. Icyo nzi ni uko gukina film nta cyaha kirimo, kujya mu mwuga runaka ari amahitamo y'umuntu. Kandi umwana n'ababyeyi si bamwe bashobora kuba mu mirimo itandukanye. Abo babyeyi simbazi n'umwana simuzi usibye hano muri film. Njye ni ko mbibona.
Uyu musore mushya,,..namukunze .. papa sava ntuzamuhushe azi gukina rwose ..nakurikiranye uduce yakinnye arabizi nuko atari sanzura muri team,gusa asa na rutambi na Christopher muneza ..
Uriya mugabo asa nka sugira Ernest, ngo yakoreye Aho😎
Uyu mukobwa mushya ndabona azi gukina niba ari ubwambere. Ariko iyi role yari kubera Madedeli nkunda iyo yamwaraguritse ukuntu agira utunwa😂😂😂😂😂😂😂😂
Uwo mukobwa nubwo yibye ark nimwiza peee komeza umuduhe ❤
Ninde ubonako uyu musore mushasha wo kwapapasava asa na rutambi
Barasa cyane ...
Fofo, karibu sana. Huku TZ tunakupenda sana.
Papa sava wanjye nukuri bose barashoboye Imbere cyane Courage
Uyu mukobwa mushya njye mushimiye Papa Sava rwose . Muzaduhe ibirayi . Papa Sava uzamushyire mu mago rwose uyu mukobwa mushya . Fofo you are so missed . Welcome back .
Subu numukobwa ko mbona akuze ra😏😏😏
Number 1
Papa sava madudu yagiyehe ko mukunda kweri
Uyu musore nawe azi gukina pee ..ukuntu aba yumiwe disii😮😮
Wibabara aribye😂
Ntago ari butonozwe butonozwe Papa cava baravuga ngo yari bugende anuka inkarasundi mu mashuka yibye!!!!!!!!!!!!!!!!🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
MANU😂😂ngo uzihehesha iki ubutaha niwagaruka gusambaniramwo😂😂😂😂😂
Eeeeeee nihatari ubwo akaba abuze intama nibyuma😂😂😂😂
here we go like kuri first comment
Mumbwirire Rugaba ko Mukunda.
Ukinnye ubwamberw wiba urabishobora! Courage!
Uyu musore nuyu mukobwa bashya muzabakomezanye, bakina neza kbs! Ni na beza bose!
Uziko uyu musore asa na Rutambi weee na Christopher.. ndumiwe.
Mbega umuclient weee.S,ukwiba n,ugucucura pe .Yewe yewe😊😊😊😊
Fofo ngo ntanirushyi hahahahahaha😊😂
Manu hari amagambo wagiye uvanga mo ateye iseseme ntuzasubire
Murakoze kukaduha narinkonje pe
Hatungi tuba tumukumbuye kumubona
Waaauu 🎉 mbega mukoze umuti pe!❤
Christopher na Rutambi ❤❤❤
Gusa uyu mukobwa azi gukina pe... nuko yakinnye ibigoranye
Hatungi ko atakiboneka nukuntu azi gukina neza
Sha na didasiyana nagaruke pe nkumbuye amahane ye
Courage muri game uri mu byuzi 😂😂 Arik ingeso yo kwiba ni mbii 😅😅
Narintegereje narinzi mwibagiye kuduha épisode
Ubutonoze,Ubutonoze 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ubutonozwi😂😂😂😂😂papa save 😂😂😂😂😂😂😂
Number one wawouuu
😂😂😂😂 Basabose weeeee umwise inturi koko
Kunuka butonozwe butonozwe
Uyu mukobwa Bose arabarenze 😅😅
Ni Papa Sava!
Uziko nibazaga icyabaye narindimo nshaka number ya Papa Sava Ngo mubaze ikibazo gihari niba Uy'Umuvumbi wabizanye
Ariko Manu gute umuntu agushimira komutanga service nziza warangiza iminota 15min ukayiharura mwumusi kweli 🤭🤭 ubwosubusambo ukanabwira numukiriya nabinkuko kweli 🤦🤦 ndumiwe ivyokweli nikwabandi babikora wogatsindwawe🤣🤣fofo kurikirana urabe harabagenda bivye muri hôtel pe🤭🤭 nihatari 🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Manudi avuga ubujambo bwinshi agumaciramw'abandi😅😅
BURUNDI ndahari
Yesuuuuuu
Manudi ariko abyibuha , ukoranye na papa sava ntubyibuh uba warariy ishashe
Fofo ni mubi pe ati Rubanda mufite impano..
imbere cyane b
Emmy bro
Fofo ngo ntanurushyi😂😂😂
Nkurikira nanjye kuri bigiriherezo tv
Hmhmhm muranyishe kbx😂😂😂😂😂😂😂
Uzasekerinkoni muko
Mbegisiha yumukobwa🤭🤭 papa sava ndakwinginze wokagirimana we uyumukobwa nubundi niryambere tumubonye ndabinginze ntazagarukanwe mwiyi film uyusumuntu nisiha yogatsindwa 😄😄 mumwirukane ntituzongere kumubona yotwigisha ubujura bukabije caneeee 🙏🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mutume ndi muba mbere
Mbakunda cyaneeeee ❤
Aba chouu banjye!
Manu kbx uri hejuru
Manudi weeee turagukinda urashoboye pe
mbega umudamu mwiza mujura mwiza bambe nuko gusa biba ari usetsa nyamara njye hari uwo nzi mwiza wibaga ibiyiko muri za restaurants no muri za anniversaire biba ari akageso ka mwokamye
Birababaje
Uwampa iyo lole weee yuwo mukobwa ukareba uko umujura isoni zimukora
Hhh 😅nibiriho ubu😮
Manu weee😂😂😂😂😂😂
Manudi uri umuti wamenyo kabisa ngo ariye mariejose
Nibyiza
Like di
Ntabwo bizoroha
Niswa
❤🎉
Dukomeje kubashimira
Mukobwa wa pastor Ruzindana koko ukaza gukina uri umujura ndetse numusambanyi🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭
Ariko si byiza ko umuvuga ukamuranga na Se ukamushyiramo! Gerageza uhinduke
@@MukandilimaValentine ahubwo mwembi nimuhinduke niba umushyigikiye,Uzi induru bavuzaga ngo barigisha abantu murusengero ngo bahinduke?wowe rero icecekere wihere umwana ibere yonke.
Ese buriya byari ngombwa kuvuga inkomoko n'imiryango we hano kuri TH-cam?
Ibuka ko hano ari gukina rôle ibisanzwe bibaho, kandi ibyo yakinnye byatanze ubutumwa isomo. Ari mu kazi rero, ibyo yakinnye ntibivuze ko ari yo mico/myitwarire ye mu buzima busanzwe.
Ndumva byumvukana.
@@emmd1234 akazi se kuko iwabo bakennye?umwana wa pastor yabuze ikindi Akora?kuza muri ibi nugushaka ubustar cg hit arinabyo namugayiye rwose ibyo kubinyumvisha byakuvuna ushake abandi urebeko babyumva🤗🤗🤗🤗🤗🤗
@@vicentiyakaremye5831 Niba utabyumva ni ko ubibona nta kibazo. Icyo nzi ni uko gukina film nta cyaha kirimo, kujya mu mwuga runaka ari amahitamo y'umuntu. Kandi umwana n'ababyeyi si bamwe bashobora kuba mu mirimo itandukanye. Abo babyeyi simbazi n'umwana simuzi usibye hano muri film. Njye ni ko mbibona.
Uyu musore arambabaje disi ukuntu arikureba😔😔
Njye nkunda Manu cyane ubusanzwe akora iki??😂😂
sound man
1manudi❤❤❤❤
Hhhh nanu
Papa sava ngo mwari butege imodoka igenda inuka ubukonoshwe ubukonoshwe😂😂😂😂
Kbx
❤❤❤❤❤❤😅😅😅😅😅🥰👍
Mumpe like❤
Nonese nitegeko kuguha like????
Chani
Arko murararira we🤔
Thx
Imisegonde 30 mwabaye 7...
😂😂😂😂😂😂😂
Bantanze nous kwandika, nhiye kuri 10😂😊❤
LIKES
❤❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂😂😂
ibi bintu rwose barabikora
Number 1