Dr RUSA - IBINDI MUTAMENYE KU BUTINGANYI MURI KILIZIYA - AFRICA NTIZABYERE - AMADINI NI BISUNESS 🔥🔥
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 1 ต.ค. 2024
- #rwanda #kigali #kagame #congo #m23 #isimbitv #afrimaxtv #intsinzi
Dr RUSA asanga Papa yari beshye mu gushaka kuzana ubutinganyi muri Africa, avuga ko Kiliziya Gatolika imaze igihe ifite ibyo bibazo. Isesengura rye kuri iki kibazo.
Kora Like, Share na Comment
Dr murakoze cyane kuri iki kiganiro cyiza mudufashe gusobanukirwa batisimu aho yaturutse kuko Yezu we yabatirijwe muri yorodani mu mazi menshi
Muri Europe Ubu Biragoye Kubona Akazi Utari Umutinganyi. Mühe Amashyi Abantu Batinze Gutera Imbere Kandi Baba Hanze. Ni Intwari. Banze kwitesha Agaciro.
Ubutinganyi ni ico, ntidukwiye kubyemera
Papa ngukunda kubi kd nange ngombe nzatere ikirenge mucyawe nkumuhungu wawe
uzabanze umunye neza niba koko aba adventiste baravutse kubera business. bisa n' aho utabazi neza.umva ntanubwo bavutse igihe wavuze bavutse 1844. uzabanze ubimenye neza ubone kubivuga.
Isabato nukuruhuka kw,lmana mumuntu nawe ugomba kw,injira mw,isabato ukaruhuka gukora ibyaha.
Bizemerubutinganyi nibizanka bizishikana bifukamanga .
Mutama katorikanimw bose nabatinganyi gusa
Dr wubahwe kuko ivyo umwigisha harimwo ukuri.
None bwabayeho kuva isi ikiremwa bwari mu mashengero ?Papa antichrist .Docteur Rusa ikiganiro babwire hari ntumva.Aho gusoma bible bakwirikira umuntu.
Muraho rwose nkunda ibiganiro byanyu Kandi ubusesenguzi n'ibitekerezo bifatika by Dr Rusa. Mwazamfasha mukampuza nawe? Ntuye iRwamagana
dr rusa azabanze amenye aho isabato yaturutse
Muzaduhurize Dr Rusa na Dr Antoine baganira kugingo yicyacumi.
Oh my goodness! This Dr reminds me of my senior Lecturer, Antony Kamanzi, at UR, CE. We have intelligent people for sure ❤
Mwazaduhurije Dr Rusa na Dr Rutayisire Anthony
Business 100%
Muraho neza bwaana Dr Russa wazatubwiye kumubano wu Rwanda na Russia, IRAN cg kuri Rwanda classified murakoze
Kiliziya muyishyire hasi , abyikoreye mwese muyishyire hasi ! Ubwo Rero shitani na bambari babonye urwaho , mwanjiji mwe ! Ntabwo Kiliziya ariya Papa Ntabwo ariya Musenyeri cywangwa Padiri , ahubwo Kiliziya niya Yezu We warushye ayidushakira ! Rero muvuge make nyie ayo arikubunva abaye ze amatwi mw asanga muhawe igiye hano kuruta Papa wo murigucira imanza nukuri , Kandi mu menye ko dufite Umubyeyi Bikira Mariya uhora udufatiye iry’uburyo.
J'aimerais inviter Dr Rusa,en tant qu'excellent chercheur à mener des recherches approfondies sur L'Islam.Il se rendra compte que L'Islam est on ne peut plus différent de toutes ces religions fabriquées par les hommes.
Ese nimumare amatsiko, uyu ni doctor koko wa nyawe cyangwa nibyabindi byateye abantu biyitirira ama title.
Igihe hoboneka umukuru w igihugu akura ikigiracumi mu nasengero yose ,amadini menshi yoca yugara .Vyumvikana ko Ari urudandaza
Yezu agukijije, yakubwira ngo genda wiyereke abasacerdoti ukore ivo musa yagutegereje c à d 1/10
Nemera Imana sinemera amadini! Dr Rusa aha muremeranya?
Yego .nemera imana ntabwo nemera amadini.kdi idini naryo ndibamo kumpamvu imwe gusa.Displine.
Yego
Nonese rarwaye x?
Iyo amadini aza kuba yigisha ntago hari kuba Genocide nshuti Dr j,atadole
Of course uvuzukuri civyobitinganyi nibikira twunvintahe ko bitere abakobwa bagenzi babo
Umva dr rusa turagushimira kubwikiganiro cyawe p
Niba Yesu atatangisha ituro Yuda yatwara umufuko wiki?
Turakeney kwimva. ICO abasaserdoti bacı babivugako
Iyo link isobanura neza ibyo Papa yashakaga kubabwira ikanasobanura Kiriziya neza. Irabasubiza ibibazo byose mufite.
NDI MU BURUNDI KANDI NKURIKIRA CANE DR RUSA KUKO NANJE NEMEZANYA CANE NAWE. IDINI RIHAKANA IMANA RIKAGWIZA ABAGARARIJI.
Aba Anglican nibo batanguye.Catholic irakurikiye.N abanglican b Uburundi baraciye umubano nabo muri England kubera ivyo vy ubutinganyi.Hari guhera umwaka uheze
th-cam.com/video/k-pPzdtH4E8/w-d-xo.html
Isabato irimumabwirizwacumiimanayatanze kumusozisinayi😊
Catolika yaje kuyovya isi, yaje guhushisha ijambo ry 'Imana.Iyo nimburi sikazima yavuye mu gacerere akabivuga.Uwimana azorokoka .Uwuzomuja inyuma nawe azopfa nta kabuza.
Kiliziya yigisha ko gutanga amaturo n’icya cumi ari ari amategeko
Tuzosengaimanayacunibareke kudukoroneza
Ariko nimutumira umuntu mujye mutumira bene byo babyivugire kuko uyu ntacyo ariwe muri kiliziya
Mwazaduhurije Dr Rusa na Dr Rutayisire Anthony
Dr Rusa is super man kbsa has blood of Jesus.
None se Dr, amashuri n’amavuriro byubatswe mu Rwanda na Kiliziya, amashuri wizemo ndetse n’amavuriro wivurijemo, Mgr Hirt na Perraudin wabonye ari ayahe mafaranga bungutse igihe babyubakaga mu Rwanda? Uzabanze werekane icyo babyungutsemo individually mu kubaka amashuri, unagaragaze icyo abamisiyoneli bariwe n’inyumaswa baje kwigisha ivangili, uzagaragaze icyo bungutse! Ahubwo hari ibanga ryatumye bemera kumena amaraso yabo no guhara inyungu zose z’isi kugeza guhara amagara yabo! Iryo banga ni Yezu!
Dr Rusa avuze ukuri,kiliziya ifise ibibazo ,pope wewe yaraye yerekanye uko vyifashe kumugaragaro,za drogues zose baracuruza kurwego mpuzamakungu
Komera cane Josélyne! Ni byo koko muri Kiliziya ntihabuzemo ibibazo, gusa nanone ibyo bibazo bifitwe n’abantu ku giti cyabo ku buryo tutabyitirira institution nyirizina! Ikindi kandi Joselyne, uzasome iriya doc, uzasanga ari nta hantu Pap ashyigikiye ubutinganyi
Dogiter uvuze ukuri hezagigwa
Wewe warabikurikiranye urintwari
Thank you Dr. for your knowledge
Dr ivyo birakurenze burakuroka sesanguribindi
Kuko umusymwe yesu tahagaze iruhande yigiseke various baturiramwo arangije ashimura umugore eumupfakazi ko ta tube neza none wew yrabihakanye busoba nura ko naho bibiliya uyifise ndunvise ko utayisoma
Hari vyinshi ubura kugira utahure ibiganiro vy'incabwenge
kari akamenyero ka YESU kuruhuka isabato .Luka 4:16-17
Aha ntiyari mukiruhuko ahubwo yari mukazi.
N.B.
Inshingano yo kuba umukozi w'Imana ibaho kandi ntivugurzwa ROM11:29
Birasobanutse neza: ibyakoz26:16 ROM15:16, 1tes3:2,
uburenganzira bwumukozi:
Matay10:10, luka10:7 1timot5:18
Inyigisho ya yesu kubyerekeye icyacumi. Luka11:42, matayo23:23
Inyigisho ya yesu kubyerekeye amaturo. Luka21:1-3 matayo5:23-24
Akamaro kamaturo yakobo1:27, matayo10:10, luka10:7 .....
Amadini yose si kimwe yose ntahuje intego yakobo1:27, Filip1:15
Muarakoze.
Nonese kotumenyera lmana mumurimo wayo wokurema niba abobantu ari abakozi b,lmana koko! iyo urebye uzanga barimo kurema abantu cg barikubwiriza?
Nonese kotumenyera lmana mumurimo wayo wokurema niba abobantu ari abakozi b,lmana koko! iyo urebye uzanga barimo kurema abantu cg barikubwiriza? buriya rero hari ikintu utazi kw,isi haba amadina( itorero) ibiri gusa iry,lmana nirya satani.
Nibyo koka hari abantu biyita abakozi b'Imana Kandi ataribo
Ariko Dr ibyo si igisobanuro ko nta mukozi w'Imana ubaho
Kandi kuba umukozi w'Imana ntibisobanuye kuyikorera ibyo idashoboye ahubwo bisobanuye kugirwa neza n'Imana 1timoteyo1:12-16 ibyakozw26:16
Mugihe cyose umaze ushobora kuba utarahura numukozi w,lmana ahubwo abo ubona akaba arabigisha bagendeye kunyuguti ndavuga ibyanditswe nkuko buriwese yabisoma .2abakonti 3-6 umukozi wlmana nufite inyigisho yesu kristo yigishije intumwaze ariko izo nyigisho ntiziri muri Bibiliya uwo muntu uzifite rero niwe ntumwa ya yesu kristo Kandi abo bantu barahari uzome matayo 13-10-13 Mariko 4-33-34 Luka 25-27 uwomuntu ikimuranga ahera mw, itangiriro agusobanurira yesu kristo ,ndahamya ko uwomuntu ufite ubwo bwiru mutari mwahura murakoze.
Ibyanditse byera byose bifite umumaro ni byiza kubikunda no kubyubaha 2timot3:16-17
Kirazira kugabanya cyangwa kongera ibyahishuwe22:18-19
Kirazira kubisobanura uko wiboneye kose 2pet1:20-21
Kandi umurimo wo Kwigisha ibyanditse byera ni umurimo w'Imana yakobo3:1 efeso4:11 ROM 8:7-8
Evaluation yabakozi b'Imana nimbuto matayo7:15-20
N.B, abakozi ba satani nabo Bazi kwisanisha n'abakozi b'Imana 2korint11:14-15
Nibyo koka isomo rikuru rya bibiliya ni Kristo Umwami Imana yacu, umwarimu mukuru numwuka wera
Rusa ni umuhakanyi kandi arahuzagurika. Gusa twamagane ubutinganyi.
Ibihugu vyoooos
abaroma 1:27
Dr. Niki wavuga kuri iriya shusho abantu ahamyako ari yezu?
iriya foto nta muntu ukiyibazaho birazwi ko atari iya yesu
None ituro yishimiye ly'umukecuru ntiyali alitangi mu isinagogi?
Amaturo yo mugihe cye yashushanyaga we ubwe! Ni yo mpamvu yashimye ituro ry'umupfakazi ni uko uwo mupfakazi yatanze ibyo yari asigaranye byose. Gutanga byose rero niko guhamya ubwitange bwa Yesu Kristo.
ririya turo ryatangwaga Yesu atarapfa
Yarihaye nde?
Yewe uyu nimba ari Dr nimba ari ingirwa Dr, ni feke kabisa, uri umuswa wuzuyemo amatiku gusa yo kurwanya Kiriziya gatorika. Mujye mutega amatwi neza mwumve ibyo Papa aba ashaka kuvuga ntimukajye mwumva ibyo mushaka mwe kumva. Kiriziya murayirwanya ariko burya ntiyubakiye kubantu, nta muntu ni umwe wayisenya. Kiriziya ni ntagatifu rwose. Ubuseswnguzi bwawe ntakigenda kabisa.
hahahahahahahahahaha
Urakajwe Niki?
@@prosnsengiyu7133 ndakajwe ni ubusesenguzi bupfuye budafite na reference ni umwe, abantu barabyuka bagasesengura ibintu uko babyumva, ntabwo aribyo, njyewe nu ampa references nzabyemera. Namwe mujye musesengura ibyo umuntu avuga.
Nanjye nsengera muri kiriziya ariko haribyo yavuze by,ukuri ariko haricyo nakubaza iyo uvuzeko kiriziya ari ntagatifu uba uvuze iki?
@@prosnsengiyu7133 kiriziya si Papa, si Padiri, ntabwo ishingiye k'umuntu, kiriziya ni ntagatifu kuko ibikorerwamo byose, ni ibitagafu, kandi wowe ntushobora kubyumva kuko kiriziya ntiwayumva uyirebera hanze, bisaba kuyisobanukirwa ukamenya kiriziya neza.
Mbariza Dr Rusa idini rye naho asengera
Ngo nta dini agira🤔
Ubimbaze ndamuzi Cyane ni parent
Dr Rusa be Panafricanist please stay away from ubutinganyi. I m historian ubutinganyi bwabayeho isi ikiremwa.
Mu Rwanda Hari ibyo mwita ubutinnganyi ese muzi ko atari icyaha Ese uzi ko Iburayi muri moyen age babatwikaga ari bazima. None se nawe urashaka kuziza abantu uko bavutse.
Ngewe si ndi umutinganyi ariko nacitse ko icumu rya Genocide. Umuntu were uzaziziza abantu uko bavutse uwo ariwe wese nzamurwanya.
Ese njubaze Dr Ruta we ayo madini muRwanya uyobewe ko ariyo yazanye gutiteza ubutinganyi none nawe urabafasha.
Nonese, ijyambo ry'Imana ribivugaho iki? Ndumva ar'uburenganzira bwa Dr. Rusa kuvuga uko abibona cyangwa uko abizi kuko nawe arimwisi.
Ikigaragara Uri umutinganyi, gusa ibi byose barashaka kuzimya African kuko baziko tumira bunguri ibyo batubeshya. Bariguca kororoka kwamuntu,ibindi byose ni ukujijisha@@ernestrugwizangoga7548
Merekisedeki umenga yarahaye icacumi Yesu kristo
Ndemeranya nawe ko amaraso ya Yesu ahagije nimba ariyo gitambo nta nimbamvu ihari yo kubwira Imana ngo itubabarire ibyo twakoze kandi Yesu yarabidukuyeho yarivugiye ko ariwe ntama y'Imana ikuraho ibyaha naho ubundi ntamuntu ukuraho ibyaha twese turangana.Na Yesu abivuga kuko azi ko ariwe wishyizeho ibyaha byabantu bose.
Dr ni ukuri urajijutse! Ibyo uvuze Ku cya cumi n'amaturo ni ko biri ku Bahamya ba Yehova. Nta muturo, nta cya cumi, nta misanzu!
Bravo.
Dr, icyaba cyiza yakwibanda kubyubwenge bwisi busanzwe, nukuvuga ibijyanye nubumenyi butangirwa mumashuri!!
Naho ibijyanye niyobokamana ntabwo azi uko biteye rwose habe nagato!!
Wowe ubizi ndumva wamukosora kubyo wumva yavuze nabi.
Like u Dr! Vyukuri Imana ntiruha😂 wamugani na Yesu ntiyaganzwa nayo
Uyu mugabo Imana izamuhembe !!!
Uyu mugabo ni umuhanga ndabarahiye.
Yesu amennye amaraso, ntakindi gitambo kiri hejuru y'igitambo cye! Amen! Dr Rusa ni Umukristo pe!