Matayo wa yesu turagukurikira 5/5 vuga he Ongera he heeeeeeeeeeeeehehehehehehehhehehhehehhehehehhehehehehhehehehehhehehehehhehehehehehhehehehehhehehheehhehehehhehehehehehehehehhehehehhheehehehehehehehheehhehehhehehehhehhehehhehehehhehehehhehehehehehehhehehehhe
Urumu Pasteur murima ukomerezaho bizadufasha
Ndakwemera 4
Umukozi w'Imana Matayo nanje yarampanuriye ibyo yavuze byose niko byagenze
Love u so much ma pastor
Ndamukunda
Nibyiza cyane ariko muzazamugerageza mubegereze microphone 🎤 kugira amajwi asohoke neza murakoze
Ndamukunda cane matayo rwose
😂Rev turamukunda kbsaa 😊❤
Uzaza wongeramo volume
Umunyamurenge Mathayo
Bro ntuzajye uvugiramo umutumirwa uzajya ubanze umureke we kumuvugiramo hama ubone kumubaza iki kibazo
Umukozi WImana ❤ndagukumbuye,
Ariko Matayo ndamwemera uzunsetsa cyane. Ngo ibitoki nibishyimbo namata? Ibyo bintu sindabinona.
❤❤❤❤
Matayo ndagukunda cyane wampaye Num yawe ya WhatsApp.
Muraho paste nanjye ndagukunda
Infurayimurenge matayo wayesu turagukunda
This is the servant of God, I love him
Love 💖 much uzaduhe number ya pastor Matayo.
Wewe Aimee nyagicyiro turakwiyamye ntasoni ngo infurayimulenge mwaratewe ushikigwiyo
Matayo wa yesu turagukurikira 5/5 vuga he Ongera he heeeeeeeeeeeeehehehehehehehhehehhehehhehehehhehehehehhehehehehhehehehehhehehehehehhehehehehhehehheehhehehehhehehehehehehehehhehehehhheehehehehehehehheehhehehhehehehhehhehehhehehehhehehehhehehehehehehhehehehhe
Akazi keza cyane
Matayo Ndamahize Muhoza wa Yesu turagukunda.
Rev mathayo azavuga ubutumwa bugafasha beshiii
Umukozi wimana
Numufurero sicyaha nibwobwoko bwiweee
Uti kandi harabarozi barigutegera ikiganiro 😂😂
Yavuze nabi kbs 😂😂
@@mahoro4977 oya ntiyavuze nabi ahubwo nukuri keretse utemera kobabaho ariko nimba ubyemera ibyo yavuze nibyo
Ntamuntu wumurozi uhaba kbs
Undi munsi Andi mahirwe papa reverend
Matayo niyubahwe ahazigaye dukeneye kureka amoko nuko tukaja twiyita abijuru kuko ijuru niryo dukorera naho ayamoko nayumwijima.
Uyu mugabo Matayo ni sawa sinzi aho nzamubona!!!
Great man
Man matayo numunyamurenge ntukongere kumubaza ngo ubwoko bwawe sibyo njyewe sinabikunze pee
Oya ni umupfurero wabanye nabanyamulenge cyane
Ariko Nta maraso yabanyamulenge agira Kd Buri wese akwiye kwishira ubwoko bwe
Arikuga gahoro
Lov you matayo
Bro ntuzajye uvugiramo umutumirwa uzajya ubanze umureke we kumuvugiramo hama ubone kumubaza iki kibazo