NARERESHEJWE INKONI KWA MAMA WACU😢Nageze ubwo NSHAKA URUPFU biranga|HUGUETTE ashaka komora abandi 😢

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 9 มี.ค. 2023
  • #Huguette_0781799340

ความคิดเห็น • 107

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  ปีที่แล้ว +10

    NUMERO YA HUGUETTE: +250 781 799 340

  • @twagirimanamammy4810
    @twagirimanamammy4810 ปีที่แล้ว +40

    Abantu twarerewe muri family ndabasuhuje 🤝 ntibyari byoroshye arko twarakuze

    • @gygygyslaine5016
      @gygygyslaine5016 ปีที่แล้ว +1

      Ahubwo mpora nibaza uburyo batubona kugira badufate nabi birenze😥kimwe vyampaye isomo ryukugira urukundo

    • @carinecarine-9451
      @carinecarine-9451 ปีที่แล้ว

      👋 ukuntu atazi nokubisobanura neza

  • @mne3354
    @mne3354 ปีที่แล้ว +15

    Pole sana , ahubwo guceceka byatumye ugira speech problem uzajye kwa muganga barebe niba ntakibazo uwo mutwe wateye speech kuko usubiramp ijambo kenci kdi ibyo barabivura ugakora speech therapy

    • @eugeniedushimimana7586
      @eugeniedushimimana7586 ปีที่แล้ว +4

      Sha mbwira neza nanjye nzivuze. Narwaye depression kuva mfite 6ans mba ku muti yayo kugera kuri 18ans. Ndoroherwa gato imiti nyivaho mara 3years ubundi nyisubiraho kugera ubungubu. Ariko ntakubeshye namaze kugira anxiety kuburyo nokuganira n'umuntu numva ari ikibazo pe. Njyakuvuga bakamwira ko ndi gusubiramo amagambo.

    • @Hubbs567
      @Hubbs567 ปีที่แล้ว +2

      ​@@eugeniedushimimana7586 Komera, humura Imana igufiteho umugambi mwiza, uzakira iyo anxiety mwizina rya Yesu. Amen

    • @carinecarine-9451
      @carinecarine-9451 ปีที่แล้ว +1

      Uzajye usenga Imana niyo yakubohora mama

    • @genestekwizerimana7816
      @genestekwizerimana7816 ปีที่แล้ว +1

      Basha ndumva nanje nkwiye kwivuza kuko nanje nuko meze .
      Mana Uze utwomora ibikomere twebwe realize gutyo mubuzima butoroshe nagato.

  • @humura11c96
    @humura11c96 ปีที่แล้ว +1

    Yoo ,pole shenge jya useka ,biraruhura
    Ujye usenga cyanee .bikuraho imibabaro yose .Kandi uzajyende kanombe ,bakurebe ,neza ,bazakuvura .

  • @nshimirimanaange645
    @nshimirimanaange645 ปีที่แล้ว +3

    Komera cyane 💪 Huguette wee iz ncuti mbi zatumye duca murivyo baduteye gukomera nokumenya kubaho tutabagira ataruko tutabafite

  • @josianeingabire8880
    @josianeingabire8880 ปีที่แล้ว +7

    Uyu Mwana yabuze umuntu wo mumuryango we umutega amatwi🥲

  • @uwimanaalice5846
    @uwimanaalice5846 ปีที่แล้ว +1

    impore Huguette uzakira gusa ushake umuntu wizeye ujye umuganiriza burikimwe wahuye nacyo kuko nturakira uracyafite ibikomere bibisi kdi ubu nibwo ujyiye gukomereka cyane kuko utangiye urugendo rwo gukira uzajya uhura nabagutoneka benshi
    njye ndakumva cyane ubwo buzima nabubayemo imyaka 9 kdi nabutangiye mfite 8 njye bwari bushaririye kurusha ubwo bwawe ark ubu naracyize kdi ubu mfite umumaro mumuryango wanjye bose baranyubaha

  • @MUTARA.RWOGERA
    @MUTARA.RWOGERA ปีที่แล้ว +12

    REBA UKUNTU UYU MWANA BYATUMYE ABA UMURAKARE KUBERA NYINA UTARAMUKURIKIRANYE AKISHIMIRA INYUNGU ZO KUMURERESHA, ABANA BARAGOWE KOKO.

    • @genestekwizerimana7816
      @genestekwizerimana7816 ปีที่แล้ว

      Reka reka ni hatari nukuri!
      Nanje mabaye umurakare kubera gukurira muri ubwo buzima.Ariko Imana Ishimwe cane ko nasubiriye gutwenga .

  • @uwimanayvonne7523
    @uwimanayvonne7523 ปีที่แล้ว

    UWIMANA bazina wanjye .humura Yesu aragukunda chr

  • @miche9543
    @miche9543 ปีที่แล้ว +2

    Yewe weeee... mpore mwana... uyu mwana yarashavuye kweli... aracyafite ibikomere byinshi mumivugire ye... ubishoboye yamufasha guhura n'a psychologue akabanza agakira... afite numushinga mwiza wafasha benshi cyane...

    • @carinecarine-9451
      @carinecarine-9451 ปีที่แล้ว

      Yeah ntasobanura neza urabonako agifite byishi ntabwo yabohotse

  • @nshimiyimanainnocent9138
    @nshimiyimanainnocent9138 ปีที่แล้ว +3

    Oooooo mbega igikobwa cyarenganye

  • @RaWiJr94
    @RaWiJr94 ปีที่แล้ว +3

    Uyu mukobwa ni umuhanga pe!
    Ibaze njye ko ntanabasha kubivuga!!
    Wavuga iki ukareka iki? Ko mba meze nk'inyoni mu isenene milioni ijana

  • @DIDACENIYIBIZI
    @DIDACENIYIBIZI ปีที่แล้ว +12

    nanjye mumpe like

  • @vitalkadenesi-lr5cj
    @vitalkadenesi-lr5cj ปีที่แล้ว +4

    Sab burya wew niw mukoz wimana nyakuri kuk ibiganiro ugira nabantu biraturemesha can

  • @user-mc4tx2ym6v
    @user-mc4tx2ym6v ปีที่แล้ว +1

    Love ❤️ from BURUNDI 🇧🇮

  • @nimubonajochonierocky5207
    @nimubonajochonierocky5207 ปีที่แล้ว +1

    Ndabakunda cane uburundi

  • @helenemarierobert8557
    @helenemarierobert8557 ปีที่แล้ว +8

    Nta muntu uhindura italiki yavutseho niba biri ku mpapuro kubihindura ni ikibazo. Dore wa mwana Ndimbati yateye inda babura italiki yavutseho kubera ibyo byose hanyuma aratsindwa da kandi mu by’ukuri ababaye ! Amavuko yanyu muyiteho arakomeye.!

    • @rutabayiruemmanuel2691
      @rutabayiruemmanuel2691 ปีที่แล้ว +1

      Ubwo se wunvishe uko yayihunduye? Harubwo yavuze ko yayihinduye kundangamuntu? Ahubwo umuryango we niba warabonye ikikiganiro bazamwegere bamusabe imbabazi kubyabaye nubwo arimo gukira ariko ntarakira ikigaragara

  • @davidmutabaruka4573
    @davidmutabaruka4573 ปีที่แล้ว +2

    My syster nukuri ibyobintu birakomeye ariki kwihangana biruta byose warakoze kutiyahura

  • @annmarywanjiru7356
    @annmarywanjiru7356 ปีที่แล้ว

    Imana iragukunda

  • @ummusyed7114
    @ummusyed7114 ปีที่แล้ว +4

    Ihagane mama igikobwa

  • @ggoman9781
    @ggoman9781 ปีที่แล้ว

    Musaza wanjye mwagize ubukwebwiza Imana izabubakire.

  • @marieodettekansangandahiro3172
    @marieodettekansangandahiro3172 ปีที่แล้ว

    Huguette komera. Uri intwari kubyaza ibibazo byawe ibisubizo byabyo ku bandi. Gusa uzashake abinzobere muro psychology bazaguteza indi ntera yo kutaba umurakare. Uri intwari rata. Kandi komeza gusenga ntuzave ku Mana. Ijambo ryayo ni therapy nziza

  • @aanton8601
    @aanton8601 ปีที่แล้ว +4

    Ibi bintu wari kumuhuza numuryango we kuko ibintu nkibi byo gusenya famille si byiza. Twese twarakubiswe duhanwa ark turacejetse. Bizatuma abantu bashaka kurera Abana batinya

    • @shejachris7374
      @shejachris7374 ปีที่แล้ว +5

      Ahubwo nta n’impamvu yo kureresha abana

    • @nyiransanzabaganwachriseli2140
      @nyiransanzabaganwachriseli2140 ปีที่แล้ว

      Sha mutoni,njye ndakumva cyane,abana bo muri iyi minsi muge mwitondera ubuhamya bwabo gusa hano iyo uvuze ukuri bagutera amabuye so najye narerewe kwa marene mpava mbanga iyo ntaza gukizwa ngo subize amaso inyuma nubu mba nkibarakariye ariko nasanze amafuti arayanjye kuko ibyo bambwiraga gukora narimbisjoboye kdinabo bantunze ibyo nahuye nabyo ningaruka zogufunga umutwe bagombaga kumpana nk uko umubyeyi wese ahana umwana utumvira.

    • @lucillekankazi8073
      @lucillekankazi8073 ปีที่แล้ว +1

      Mujye mureka abantu bavuge dii , ibibera mumiryango se ninde utabizi? Uzatinya kurera umwana nuko azaba afite icyo yikeka,.

  • @Hubbs567
    @Hubbs567 ปีที่แล้ว

    Yoo komera uri mwiza naturellement, Imana iri kumwe nawe. Sabin turakwinginze uzagire uyu mwana ashobore kuba afite ikibazo cyumwingo umubwire azajye kwipimisha bamenye niba aribyo bitazagira ingaruka zikomeye in future. Merci

  • @nyiransanzabaganwachriseli2140
    @nyiransanzabaganwachriseli2140 ปีที่แล้ว +5

    Gusa abana barererwa ahandi akeshi dufite imyumvire mibi yo kumvako turi ibyigenge,baguhana nkabandi ukumva aruko batakubyaye,najye naciye mubuzima bugoye kwa maraine wajye numva bamvunisha,arikomaze gukura ndeba uburyo abana bagora,rwose ahubwo barihangana nibubahwe,namenyeko ari ubuzima ntarwango pe.komera twige kubaho nkatwe bizadufasha kubona ibintu muburyo bwabyo.

    • @aanton8601
      @aanton8601 ปีที่แล้ว

      Nukuri pe. Ahubwo ubu nabaye umugore numva ntinye uwaza kuba iwajye kuko biragoye kurera. Uyu nugusenya umuryango

  • @umutonichantal206
    @umutonichantal206 ปีที่แล้ว +6

    Uri mwiza muko

  • @user-sx9jd1rd2f
    @user-sx9jd1rd2f 8 หลายเดือนก่อน

    Sabin, ndumva ngira nanje nokubona ngira noruhuka

  • @dorotheuwamaria5107
    @dorotheuwamaria5107 ปีที่แล้ว

    Komera mama

  • @josephineuwizeye8250
    @josephineuwizeye8250 ปีที่แล้ว +1

    Huguette sois forte!!

  • @user-sx9jd1rd2f
    @user-sx9jd1rd2f 8 หลายเดือนก่อน

    Sha twahuje ibi bazo

  • @florafitflora5916
    @florafitflora5916 ปีที่แล้ว +2

    Ndakuzi turi bato Kimisagara disiii

  • @elitemediagrp
    @elitemediagrp ปีที่แล้ว

    Love from west ❤

  • @laylamaya6974
    @laylamaya6974 ปีที่แล้ว +3

    Ibaze umubyeyi ubwira umwana ngo yohangane kunkoni? Hmm crazy world

  • @RaWiJr94
    @RaWiJr94 ปีที่แล้ว +2

    Nanjye narihanganye kuko ababyeyi banjye batashoboraga kunyishyurira schoolfees,ariko ingaruka nanjye byansigiye ni ukuba nta muntu ngira natura ibibazo naba mpanganye nabyo no kwiyumva ko nta muntu ngomba gutera impuhwe.kurererwa biragatsindwa.ababyeyi banjye nanubu mbitwaraho nkaho ari abaturanyi ntabwo ndi close nabo rwose

    • @nyamwizajane5627
      @nyamwizajane5627 ปีที่แล้ว

      Bababarire kuko ubukene bukoresha nabi

    • @RaWiJr94
      @RaWiJr94 ปีที่แล้ว

      @@nyamwizajane5627 suko mba nabigambiriye kutabitaho,nshiduka rwose maze igihe ntavugana nabo.nabo bitwararika nk'abantinya.muri make ntituziranye pe!

  • @mugishaprince8388
    @mugishaprince8388 ปีที่แล้ว +1

    Nubwo atubwiye ibye ariko ntasobanura neza ibyo yahuye nabyo,nk'amagambo yabwirwaga,kumukubita mu mutwe bakoreshaga inkoni se, inkonji.....iyo myaka yose birumvikana ko wababaye ariko ntabwo abisobanura neza kandi afite ibikomere byamurenze.

  • @one7933
    @one7933 ปีที่แล้ว +5

    Mukobwa mwiza uzajye kurebeshya niba atakibazo ugira mwijosi.

  • @kalifanny
    @kalifanny ปีที่แล้ว

    Sabin ngo kwanga ibiryoooo

  • @alphonselulinda2381
    @alphonselulinda2381 ปีที่แล้ว +3

    Sorry kubyakubayeho ihangane nibizongera 😓

  • @divineniyogushimwa-xf6xg
    @divineniyogushimwa-xf6xg ปีที่แล้ว +8

    Mbaye uwambere sorry 😐 dear dusangiy amateka

    • @ingabirejosephine5058
      @ingabirejosephine5058 ปีที่แล้ว +3

      Ababyeyi ba kwiye kujya bumva abana

    • @helenemarierobert8557
      @helenemarierobert8557 ปีที่แล้ว +3

      Ahubwo se umuntu arabyara akajya kureresha. Ngo kuko nta mwana afite ngo muhe umwana? Abanyarwanda tuzakanguka ryari? Jye numva nyina yaramutanze kubera ahari ubukene! None se abana 7 warangiza ugatanga umwana, ubwo uba uzi azakura ate? Babyeyi rera umwana wawe Imana izakubaza inshingano yaguhaye.

    • @hajatihajati5357
      @hajatihajati5357 ปีที่แล้ว +2

      Nanjye ibyanjye bigiye gusa ni ibye kd nda bisazanye nu ubu nta kinshimisha kibaho mwi isi uretse kunva ko isengesho lyanjye nalikoze

    • @laparole8072
      @laparole8072 ปีที่แล้ว +1

      @@ingabirejosephine5058 kabisa ababyeyi n'abavandimwe bige kuganiriza buri mwana, buri muvandimwe, kuko umuntu mu muryango arakwihererana akaguhutaza, akakuvuga nabi kandi ugasanga niwe uvuga bakamwumva, wawundi uhohoterwa ugasanga ntawibaza ibyo arimo gucamo!

    • @MUTARA.RWOGERA
      @MUTARA.RWOGERA ปีที่แล้ว +1

      ​@@helenemarierobert8557 UMVUGIYE IBINTU PE AHO KUBYARA ABO NTASHOBOYE KURERA NABYARA UMWE NKAMUHA ICYO ASHAKA

  • @kayumbaishamiaisha6124
    @kayumbaishamiaisha6124 ปีที่แล้ว

    Iyutahiwanyuse

  • @chany9950
    @chany9950 ปีที่แล้ว +5

    Yooo akana gato kamaze kugira iminkanyari hagati yamaso disi birababaje we😭😭😭

    • @Hubbs567
      @Hubbs567 ปีที่แล้ว +2

      Oya ntubeshye pe nta minkanyari afite ahubwo reba ukuntu arimwiza naturally nta nabya make up yisize. Gusa nuko isura isa niri too serious ariko ntaminkanyari namba

    • @chany9950
      @chany9950 ปีที่แล้ว

      @@Hubbs567nivyo sha👍🏽😘

  • @loddyafricantv
    @loddyafricantv ปีที่แล้ว

    k̾a̾n̾d̾a̾ k̾u̾r̾i̾y̾o̾ p̾h̾o̾t̾o̾ w̾i̾r̾e̾b̾e̾r̾e̾ i̾b̾y̾o̾ d̾u̾k̾o̾r̾a̾ u̾b̾u̾n̾d̾i̾ u̾r̾a̾z̾a̾ k̾u̾n̾s̾h̾i̾m̾i̾r̾a̾ n̾y̾u̾m̾a̾ 😍😍

  • @ni17207
    @ni17207 ปีที่แล้ว +2

    Umbabarire sinshatse kugukomeretsa 2 ariko nawe warihemukiye kuko ndumva na mama wawe utamubwiye neza ikibazo ufise neza ,mukirundi bacumugani ngutara munda ugatarura ibiboze, iyo ukabwira mama situation yose uko imeze ntiyari kukurekerayo.ariko ntakundi ihangane

    • @nyiransanzabaganwachriseli2140
      @nyiransanzabaganwachriseli2140 ปีที่แล้ว +3

      Yewe abantu bazajya batuma ntawakira imfubyi kubera ,umuhana nkabandi we akabigira birebire,mugihe cyacu iyo baguhanaga barakunozaga pe,rero kuki mwumva kubahana ari ukubanga,ibibintu bimaze gufata indi ntera murimo guca intege abantu bafite umutima wo gufasha

    • @shejachris7374
      @shejachris7374 ปีที่แล้ว

      It’s ok

    • @Hubbs567
      @Hubbs567 ปีที่แล้ว

      ​@@belysekubwimana merci rata abantu bajye birinda kwandika ibidakwiye

    • @annetmbabazi9157
      @annetmbabazi9157 ปีที่แล้ว +1

      Wowe ibyuvuga ntabyo uzi niyowabivuga bakubwira ihangane ngewe byanteye igikomere kuburyo nkihumeka ntzwanderera umwana uwariwe wese nsaba nimana kuzampa amahirwe yokubarera nkazava mumubiri bakuze bazi kwibeshaho

    • @nyiransanzabaganwachriseli2140
      @nyiransanzabaganwachriseli2140 ปีที่แล้ว

      @@belysekubwimana noneho niwowe uvuze neza,wigeze warerwa,njye narezwe ahandi,ndarera bar barumuna bajye,nubu mfite mwishwa w umugabo,nabandi beshi baciye mumaso,nusha kumenya ukuri unyandikire nkurangire aho ntuye uze nguhe ubuhamya bufite ibihamya,ntushobora kubyumva iyo nibutse imyitafo najyaga nigira kubushake ngo si mama nduhira ,ninindi byishi byo kujya kubasebya mubaturanyi kubera kumvako atari iwacu gusa,ubu maze gukura nibwo nabonye amakosa nakoze kdi nasabye Imana imbabazi ntakibi navuze mubwize urubyiruko ukuri,bave kwigira indakoreka ngo nuko bari ahandi,bige kumvako niba umuntu akwakiriye mumuryango afite ibyo akugomba nawe ufite ibyo ugomba.

  • @uyisengachantal3452
    @uyisengachantal3452 ปีที่แล้ว

    Ibibinu ukurikubivuga ntibihagije umuntu aburukwabivuga mubyukuri gusa ngewe nabibayemo ndabizi kuko nokuvugango urabibwira umuryango ntago ubyumva nukuri bumva aribinu byoroshye Cyn rwose kandi umuntu yarashize pole mam hanyuma yibyo ubuzima burakomeza nabibayemo umwaka arko nkubwize ukuri narimeze nkaho narimaze imyaka 20

  • @Ndayishibienvenu23-pm6of
    @Ndayishibienvenu23-pm6of ปีที่แล้ว

    Hello
    Wafashije ukapeza number zuwo mukobwa please

  • @maombedeborah
    @maombedeborah ปีที่แล้ว +2

    Ariko ABA banyamanyanga mubakurahe kwel multimedia ko ntayiba George fox arabeshyera iki muze gutera imuhwe abantu Arik mutaza kubeshya kbs

  • @carinemutoni1943
    @carinemutoni1943 ปีที่แล้ว

    Bambi

  • @denysenyirabizeyimana7661
    @denysenyirabizeyimana7661 ปีที่แล้ว +4

    First comment 🥰🥰🥰

  • @nzarambafelicien9617
    @nzarambafelicien9617 ปีที่แล้ว +1

    Qui aime bien chattie bien dit la bible.

  • @uwiringiyimanarucia7093
    @uwiringiyimanarucia7093 ปีที่แล้ว +3

    Ubunako uyumukobwa asa nakararisa karasira like

    • @uwiringiyimanarucia7093
      @uwiringiyimanarucia7093 ปีที่แล้ว

      @@clarissekansayiza7812 Bose nibeza

    • @uwiragiyeclaudine224
      @uwiragiyeclaudine224 ปีที่แล้ว +1

      Cyakora ndumiwe nubwambere shyize comment ku kiganiro hyguette kweri uraza kubeshya bigeze Aho iyaba Sabin mbere yo gutanga ikiganiro yabanzaga gushaka amakuru y'ukuri . Imana igusange umwana nibamucyaha ngo yarereshejwe inkoni

    • @belysekubwimana
      @belysekubwimana ปีที่แล้ว +1

      nkimubona narinziko ariwe

  • @nsanzubuhoroadeo1156
    @nsanzubuhoroadeo1156 ปีที่แล้ว +3

    Nonese ko bakureze uko utishimiye none nawe ukaba urimo kubataranga ku mbuga nkoranyambaga ubwo wowe ubarushije iki?

    • @umuhozasandrine4779
      @umuhozasandrine4779 ปีที่แล้ว +15

      Reka abivuge babyumve bigaye bihe isomo abandi babyeyi bameze nkabo

    • @shenge4759
      @shenge4759 ปีที่แล้ว +17

      Cg nawe urimubamugiriye nabi ko mbona bikubabaje kuba abivuze

    • @angemukesha71
      @angemukesha71 ปีที่แล้ว +9

      Mureke avuge aruhuke. Usha abarushe iki?

    • @jeilla2055
      @jeilla2055 ปีที่แล้ว +10

      Kuki mwumva umuntu wakoze nabi se adakwiye kugawa kandi mu ruhame ? Niba aribwo yumva yabohoka kubivuga ntakibazo kibirimo

    • @helenemarierobert8557
      @helenemarierobert8557 ปีที่แล้ว +7

      Mureke yivure ibikomere. Ubundi Uwo utagira umwana impuhwe yari kuzikura hehe? Maze ngo umwana w’undi abishya inkonda, ibaze Noneho utazi ububabare bwo kubyara!! Instinct maternel hari abayigira batarabyaye hari n’ababyaye batagira impuhwe.