IMIHANGO YO GUTEGURA UMUKOBWA GUSHYINGIRWA - Musabyimana Gaspard

แชร์
ฝัง
  • เผยแพร่เมื่อ 16 ก.ค. 2015
  • IMIHANGO Y’ IHUZA-BITSINA ngo ni umuco wagizwe ibanga, utavugwa mu Rwanda kuva na kera, nyamara henshi ku isi abaganga n’abandi banyabwenge bagiye babyandikaho byinshi kandi bakabyigisha mu ruhame.
    Iyo ubivuze mu banyarwanda, barakubwira ngo « jyana ibyo bishitani byawe ».
    Bwana Musabyimana Gaspard we yanditse kuri iyo mihango, imigenzo n’imiziririzo ijyana n’ihuza-bitsina, ndetse akomeza ubushakashatsi bwe areba n’ahandi mu bindi bihugu cyane cyane ibyo muri Afurika uko bategura abakobwa n’abahungu gushinga urugo.
    Muri iki kiganiro n’Ikonderainfos, Bwana Musabyimana Gaspard aravuga ku bijyanye no GUTEGURA UMUKOBWA KURONGORWA = KUBAKA URUGO = GUSHYINGIRWA = KUSHWERWA nk’umwe mu mihango n’ imigenzo mu IHUZA-BITSINA. .
    Bwana Musabyimana Gaspard amaze kwandika ibitabo bitatu kuri iyo mihango :
    1- Sexualité, Rites et Mœurs sexuels de l’ancien Rwanda ;
    2- Pratiques et Rites sexuels au Rwanda ;
    3- Sexualité et rites en Afrique/ hier et aujourd’hui.
    Ababyifuza bohereze ubutumwa kuri
    info@editions-scribe.com.
    Ikonderainfos, 15 juillet 2015
    ikonderainfos@gmail.com
    Donation through Paypal: www.paypal.com/ikonderainfos

ความคิดเห็น • 1

  • @gloriasandez1280
    @gloriasandez1280 2 ปีที่แล้ว

    Iki kimara ngo ni Gaspard mwabonye uko mushiki wacyo yakennye? Kasuku media yatweretse abo muri bo. Muceceke nta jambo mufite