ขนาดวิดีโอ: 1280 X 720853 X 480640 X 360
แสดงแผงควบคุมโปรแกรมเล่น
เล่นอัตโนมัติ
เล่นใหม่
Ndumva abantu bimana bazagira ikibazo, ibyo ni nkuko Past Mutesi yimye Claude none amugeze ahabi😀😀😀😀
ARIKO IYI ngirwa mugore nu kubera iki iza kuvuga amabanga yabandi ! Kubera iki itaza ngo ivuge amabanga Yiriya ngirwa mu Paster NGO ni Mutesi WOWE MUGIHE WATAMITSWE NA MUTESI UDUFARANGA, KUGIRANGO UJYE UHORA UMUVUGA NEZA UGAHISHA AMABANGA YIWE BIVUZE KO NAWE UBWAWE URUMUNYAMABI😮 KUBERA IKI UVUGA ABANDI NTUVUGE MUTESI?? Ntabunyamwuga bwawe nawe urimbeba nkizindi😮
Isi turimo nishaka ibimenyetso kurusha ukuri kd ukubeshyera ntago abikora ahubutse ndetse nawe amakuru urimo gutangaza wibuke ko yatera ikibazo kukuryango wa B.BOSCO Wishyire mumwanya wabana babo nizo NKURU murimo gutangaza niba Ari ubufasha mushaka gutanga mushake ubutabera mutubwire ukuri muhagazeho mureke gucuruza inkuru zidafite aho zihagaze
Biharire ubutabera mada!
Sinjya nivanga mubyaporotike
Oshi genda urahubuka pe last time waje ushyushye ngo ufite amakuru yizewe ko Irène yataye umugore utwite munzu urabyemeza kandi uriya mugore yarabinyomoje . Ubu URI kagore keza tête vide
Showbiz iragoye mwabantu mwe mwimurenganya
Ndumva abantu bimana bazagira ikibazo, ibyo ni nkuko Past Mutesi yimye Claude none amugeze ahabi😀😀😀😀
ARIKO IYI ngirwa mugore nu kubera iki iza kuvuga amabanga yabandi ! Kubera iki itaza ngo ivuge amabanga Yiriya ngirwa mu Paster NGO ni Mutesi WOWE MUGIHE WATAMITSWE NA MUTESI UDUFARANGA, KUGIRANGO UJYE UHORA UMUVUGA NEZA UGAHISHA AMABANGA YIWE BIVUZE KO NAWE UBWAWE URUMUNYAMABI😮 KUBERA IKI UVUGA ABANDI NTUVUGE MUTESI?? Ntabunyamwuga bwawe nawe urimbeba nkizindi😮
Isi turimo nishaka ibimenyetso kurusha ukuri kd ukubeshyera ntago abikora ahubutse ndetse nawe amakuru urimo gutangaza wibuke ko yatera ikibazo kukuryango wa B.BOSCO
Wishyire mumwanya wabana babo nizo NKURU murimo gutangaza niba Ari ubufasha mushaka gutanga mushake ubutabera mutubwire ukuri muhagazeho mureke gucuruza inkuru zidafite aho zihagaze
Biharire ubutabera mada!
Sinjya nivanga mubyaporotike
Oshi genda urahubuka pe last time waje ushyushye ngo ufite amakuru yizewe ko Irène yataye umugore utwite munzu urabyemeza kandi uriya mugore yarabinyomoje . Ubu URI kagore keza tête vide
Showbiz iragoye mwabantu mwe mwimurenganya