NTASHYARI MFITE HABA NAGATO AHUBWO NIBAREKE KUNYIGANA/ BEA AGEZE KURI MIMA WA ALARM AKURA INGOFERO/
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 2 ต.ค. 2024
- Uramutse ufite INKURU, IJAMBO RY'IMANA cyangwa UBUHAMYA wifuza gusangiza abantu waduhamagara kuri 0789261183.
Wifuza guhumuriza, Gukomeza cyangwa se Gufasha abantu bafite ibibazo bitandukanye wagana NiGospel TV tugafatanya mugutanga uwo musanzu.
NIGOSPEL TV Dutambutsa inkuru n'ubuhamya by'abantu bifuza gukomeza abandi no kubaka Imitima icitse intege. Inkuru zacu ziba zifite aho bihuriye n'iyobokamana.
Bea, icishe bugufi Imana izakuzamura. Ibyo uri kuvuga uri kubeshya abatazi Piano. Uzi key imwe gusa F#, ibintu ucuranga si ibyo kurushanwa kuko n'ubwo ucuranga Piano ntuzi ibyo ucuranga. Inama nakugira gana ishuri ry'umuziki ibyo uvuga ngo urusha abandi ntuzongera kubivuga ahubwo isoni zizakwica kuko uzasobanukirwa ukuntu utazi piano abo ugaya uzasobanukirwa ukuntu harimo benshi utapfundura imishumi y'inkweto zabo. Uwaguha Piano idafite button ya transpose nta we waba ugicurangiye kuko ucurangira muri key imwe gusa.
Gana ishuri rya muzika kugira ngo utangure gucuranga ubizi naho ubundi ucuranga ibyo utazi kuko uwaguha indirimbo yanditse mu manota ntiwabasha kuyarebaho ngo uyacurange utazi ama keys yose
Uyu mugabo azazacuranga ariko ntavuge agira ijambo rike peeeeee
Kabisa uvuze ukuri ntazi kuvuga niyavuga ubona Asa nutongana
Nta munsi numwe ndafashwa ninjana yiwe hape.Azace bugufi acurange injana yasengeye ubundi areke mwuka akore.
😂😂😂😂
Cyane
@@Chrina-j2pIcyo ga nikibazo cyawe
Kabisa ibyo Avuga nta intelligence akoresha
Ariko umuntu ufite imyaka nkiyawe ntugira isoni zo kwirirwa wihaya ngurusha abandi umuntu utazi nama keys 2 kuri piano only f# warasaze umuntu wumugabo. Curanga ibyo bike uzi ureke kwirirwa uvuga ubusa wiyubahe urakuze pls
Uvuze neza. Wenda azi igisirimba arko igisirimba sumuziki. Ahubwo wenda ni dr wa note imwe 😂 F#. Ariko Yari yacuranga kuri piano idafite transpose? Birababaje kubona umuntu nkuriya avuga biriya bintu
Ahahahahahaha uri yemera bro kandi kwishira hejuru ni bibi cyane
Rwose rekambakure murujijo nje ndumuririmbyi nize Musique nubwo ndachuranga gusa Bea ari inyuma Yabachuranzi benshiiiiiii kuko Ibyo achuranga ntaho biba ntibyigeze nokubaho ahubwo niyegere abacyuranzi nyabo bamwigishe musique icyaricho ubundi Bea azi Injana zingahe nazibabwire Mumwemere biriya bya Sebene ni gisirimba murabizi ko arizo njana zabaswa bahekera abandi Nubuhe bwoko butari twebwe Waja guchurangira Ibyo achuranga avugako arumuhanga hhhhhhhh Bea tuza rwose uzabeshe bariya basirimba non abaririmbyi
Naduhe Definition ya Music iyariyo kuko mukuri nuko igisirimba Atari umuziki international rero izo njyana avuga nazitubwire
Bea niwe mucuranzi wambere kumunwa ariko kuri senti niwe wanyuma
Nukuri uramfashije mukuru wanjye
Bea ariyemera Cyn
Arabiz ariko arirata
Wavuze ko utazi gucuranga so what?? Ese madam we amcurangira nabi ?? Think twice It depends on how you like
@@patricivor5376Hah umva nawe, ntuzi umuziki my friend, music is so broad more than you can ever imagine, igisirimba na seben ntabuhanga bubamwo. It’s a 1-4-5 progression.
Yoooo urambabaje pe!waretse abo wigisha bakavuga ko ubarusha bakavuga ko ubigisha utabyivugiye?wari wumva MiMa avuga kuri social Media ko arusha abandi bacuranzi cg yabigishije?maze kukumva inshuro nyinshi uvuga ibi bintu nkagirango uba wacitswe!ugamije iki?uri kwiyamamaza?hanyuma se tuvuge ko urusha abo bose ba Musabwa,Nzungu,.....hanyuma se barakurwanije?ba Nzungu ko bibereye USA bateye imbere babayeho neza ningo zabo watuje ugakomeza ugacuranga uciye bugufi na Ndutira akaririmba ko muba muberewe mwembi mukamera nka Ben na Chance abantu bakabifuza bakabakunda.nabonye na Ndutira kuvuga kuri stage yarabigize ibya mbere kuririmba bigakurikira!!Mugabanye amagambo social media irabakorera agasha nimutayihunga!
Mukore cane,muce bugufi,mureke kuvuga cyane no kwivuga,abandi baze babavuga nkuko muvuga MiMa!!!iyi nama nimuyigenderaho izabafasha
Nimutayumva simpanuye muzazima vuba cyane nubwo muzavumbura byinshi muzamera nkawa mumarayika w'umucyo wagumutse mw'ijuru(Lucifer)
ufite ubwenge niyunve kwicisha bugufi nurufunguzo 🔑
Reka Kwi shirahejuru Ugira ishari Ikiganiro Cawe Nugupfobya Abandi
Mwavuye kuri social media? Ijya itesha umuntu agaciro nuko mutabizi
Buri wese akoreshe impano ye neza nk'ukorera Imana ntayikoreshe nk'unezeza abantu
Mureke irushanwa
Bea rwose azansetsa rwose azayiyemera agakabya basi uzaza wiyemera ureke gucamba abandi bacuranzi Nimba uzigucuranga ubizi kugiti cawe Kwihaya sibyizaa byakumaze amavuta nigikundiro
Numuswa cyaneee ntamuhanga wiyemera ubaho
NKunda gutegera igisirimba mu modoka ariko iyo ngeze ku njyana ya Bea numva yumvikana neza cyane. Gusa Bea azajya anyemerera ntakajya yihuta cyane iyo yihuse abantu barananirwa bakava muri mood. Azajya agumiza abantu muri rythme iri moyenne. BEA is the KING . We love you Dr.
Uwa, ukuntukiri muManapi, uwishyira hejuru acishwa bugufi, so munzu ya data nta competition pi, urambabaje
Namwe muba mwabigize birebire
Ntawihuta koko nkuwayobye ark kweri umuntu yokwiratana igisirimba? Nanjye ndumucuranzi knd ndakizi pee ark biteye nisoni kuja kuri camera ngo ucihayane cyonyine ntabindi uzii ntabwenge burimo ark uzi abana basaze kuri music aha hanze knd bazi full music banayize burya koko ngo ingunguru irimo ubusa niyo isakuza
Exactly
Wau mbegabyiz❤❤❤❤
Uri Dr. WAWA BEA, TURAKWEMERA PE! Gusa kweyemera sibyiza! Ariko kujya inama ni sawa
Ntaco ubarusha kura ubwiyemezi aho barakurenze kure
Nukuri BEA niwe wabizanye peeee.
Ba NZUNGU,MUSABWA n'abandi bacuranzi Bose bacuranga ibyo BEA yazanye.
Kdi ngewe ndumva namwita DR BEA🎹❤️
Mima ko Yaguhaga Courage Ntabyo Uzi Ariko Ukaba Ahagurutse gusenya Abandi ISHARI Niryo Ryanyuma wiga ugahita Uba Umurozi hhhhhhhh
Bea nta misic uzi rekakwiyemera kumenya injyana
Yigisirimba ntibisigurako uzi piano.utarareka igisirimba ntuzaterimbere Abatangiye barabiretse bageze murundi rwego.nimba ukeneye kumenya Piano uzegere
MBANGUTSE
Ariko mubyeyi ikibazo si inararibonye ahubwo ni injyana irimo amavuta y’umwuka wera.Igisirimba gisengeye nico gikora ku bugingo.Icakubwira ko kuva 2000 ngifashwa na 💾 kandi nkaja mu mwuka.Rero leave alone melodies na experience.
Dr. Bea ni byiza ko wavumbuye pe ariko umugani wabanyarwanda uravuga ngo UTOZA INTORE IKAKURUSHA UMUDIHO bisobanuye ko wavumbura ibyawe bakabivugurura neza bakanabikurusha cane pe. Wowe just calm down and let innovations work. Ubundi ntiba ntashari uba ubivugira ki?😅😅
Hhhhhhhhhhh ntaguhishuriwa kuri mùmuziki nturusha luck dubi ,kameleone abobose ibyo bacu ranga ntamwuka ubamo piiiii birigwa hakaba nimpano christiano messie bukayo saka martin odgadi nta mwuka nikumasomo
Ngibi ibyo utazumva shami nehemie yirirwamo, ntiwamwumva acuranga igisirimba kuko kiraciriritse none mutangiye kujya kuvuga ubusa ngo murarushanwa. muve muri ayo. FPR oyee oyeee oyee
Byababyiza ushyizeho cano ukigisha nabandi 🎹👍 nkuko mbangutse abikora by,abari sawa/ gusa buriwese agira icyazi👍🎹
Bea afate umwanya asenge nibwo azahishurirwa ko twageze 2024 hhhh ibikorwaga birivugira utazamera nkabamwe bavuga ngo twarasenze wagirango bagiye muri vacance yogusenga
Uri feke kumenya gucuranga sugukizwa kwihaya kumuntu ungana gutyo ntibikubereye piiiiiiii abobose wawuvuga ngo ntibazi gucungura barabizi CNE icambere sukumenya gucuranga Ahubwo curangana umwuka wImana
Bea weee,nakwumvirije nasanze ikibazo wagize wahawe impano uca uyishiramwo ubwibone no kutamenya urubuga ukoreramwo. Bea niba utari umu secular reba uhindure imitekerereze kuko nuburyo uvugamwo ntakarorero rukristo karimwo. Wewe nkumenye mumisi ibiri iheze kuva aho utanguriye akajagari,ariko abacuraranzi bari bahari bacuranga gahezagitwa,so mbona niba koko urumuhimbazi,ca bugufi. Uvuga ukuri ariko kwamatiku, ubwibone burarenze,Imana ibwanja kubiii❤❤❤❤
Uwavumbuye nuwavumbuye ariya majwi piano ikoresh naho oe ibindi uvumbura ba ubiretse
Hhhh ariko nkuyu koko aba yumva ari ntasoni afite😂😂😂 umuntu w'umugabo akirirwa yivuga imyato gutya koko!!! Iyo ushoboye urareka abandi akaba aribo babivuga kuko nibo bakwumva kurusha uko wiyumva ikindi kandi haranira kwemerwa n'Imana kuruta kwemerwa n'abantu.
Bea urumusazi wewex warabyutse urachuranga ntiwiga singabo ba mima barakwigishije wacha ujinga reka abana bikomereze kukurushaho barakurushije kbs
Bea ufite ijambo rike bachu ubundi umugabo nijambo rimugize
Jya umenya gusaza utanduranyije cyane Wa nzehe we hhhhh
Ntanibyo uzamenya wowe
njye ndabona bea ariwe muswa mu ba pianiste bose kuko umwirato nubwiyemezi afite si ibyabacuranzi umuntu wuruhara nkurwo nubwanwa bungana gutyo aracyaping koko akaniyemera hejuru ya F sharp yonyine ?? uwo bea wiyise dr nagabanye umwirato
yeeeee nubwo wigira utyo ariko uri hasi pe kubera kubura soumission
Nawe uriparatura kabs ntiwoceceka imirimo yonyine ikivugira?
Gucya bugufi niyonzira yonyine yogukomera
Mhhhh nyabuna reka abakurusha bakurushe mumahoro ntabyo Uzi waruwakera😂😂
Uko nikokuri kbx gus nzungu acurang ibye kbx
Ark Bea ntuzi ibyuvuga abatazi umuziki nibo wabesha kd ugabanye
Bea nangako wiyemera gusa yeg Uzi seti ariko Icyo lwangira uriyemera mn
Burya bya bintu birimo competition 😂😂😂😂😂
Ahaaa ubwowageze hano satani yakwatatse kbs tuza utigira nka Elie ngo ni we muhanuzi usigaye
Urabarushya cyane bose bazabareka kuvugurura ibyo wacyuranze
Nange ndi pianist ariko biratangaje kijya kuri camera uburana igisirimba
Dr kugisirimba Ongera Amavuta urabizi kbs!!
Mn Bea azi igisirimba ni nomero1 ibindi ga hari benshi Bazi amanota bamurusha Kandi nawe arabyemera
Umva papa ubikora neza , gusa ntamuntu wishima ashimwa na bandi
Kuba Uzi gucuranga ntibivuze gufata abandi ngo ubashire hasi nkaho bakoresha intoki zawe bacuranga ngo twahawe impano ngo zifashe abandi ntabwo aribyo gupinga abandi Kandi siwowe wavumbuye piano Hari uwaza akakwicaza ukiga!!icara wige rero mugani wa Sky 2
Ikintu koze nukwiyemera gusa oroha
Bea nisawa cyane, avugako abarusha igirimba akemerako haribenshi bamurusha izindi njana.
Uwizamura burigihe azojya hasi...abambere bazaba abinyuma..abinyuma babe abimbere
Igisirimba si music bro urihasi cyaneee kbs uzegere Byinshi , Mima bakwigishe music icarico
Igih ciw cararangiye Ubu hariho
Abana génération nsha
ntimukavuge ko igisirimba atari music, kuko uba ubeshye
ibyiza ni ugusobanura point yawe neza
Uyu musaza yaretse abana bagakora ko bamurenze kooo😂😂
Guca Bugufi nibyo byiza pp bea
Ucuranga neza
Ariko Gabanya Kwirata
Ntamara bea aravuga ukuri, reba nkuriya mwana ngo ni koffi wa Uganda 🇺🇬 , uziko tacuranze igisirimba kirimo ibintu bicuranze ubundi akazajya yongeramo utuntu duke
Uyu mu type ishyari ryaramwishe . Yabaye karahanyuze wallah
Natuze bamukubite akanyafu .
Ishyari nibwo burozi bwambere
Mubacuranzi babahanga nzi ba banyamulenge nturimo kbs kumenya gucuranga igisirimba si ubuhanga bwogucuranga piiii ico uzabimenye niba utanabizi
❤ 𝐤𝐨𝐦𝐞𝐳𝐚 𝐰𝐢𝐭𝐞 𝐤𝐮𝐫𝐢 𝐩𝐢𝐚𝐧𝐨
𝐧𝐮𝐛𝐰𝐨 𝐮𝐫𝐰𝐚𝐧𝐰𝐚 𝐠𝐮𝐬𝐚 𝐢𝐲𝐨 𝐧𝐬𝐚𝐧𝐳𝐞 𝐮𝐫𝐢𝐠𝐮𝐤𝐨𝐫𝐚 𝐮𝐦𝐮𝐳𝐢𝐤𝐢
𝐧𝐮𝐧𝐯𝐚 𝐧𝐭𝐨𝐤𝐮𝐯𝐚𝐢𝐫𝐮𝐡𝐚𝐧𝐝
Ukuntu wiyemeye kandi uri mister F# ca bugufi mn igisirimba si music
Uyu mutype Aho mubonye hose mbona yiyemera
Iki nico mechanisme ya defance ubu nubwoba ndibazako bea kuva ibijumbura kera nuko ahora rero muzamuenyere ubu barakurasha benshi
Abantu bareke ishari undi mwana aterimberi
Bea ugira ubwenge buke cyaneee uzaza ucuranga ariko ureke kuvuga kuko sibyawe kbs
Hhhh uvuze ukuri! Ntabwo nibukaga iyo terme yubwenge buke, uramukocoye
Dr Bea usibye nigisirimba njewe nzanunva nibindi ubarusha ntampaka ababose bari kwandika bamu critiques naba cyuranzi byananiye turagukunda Dr
Nabatazabaja mwikanisa kiekie
Nta muzikiutarimo agakiza mbonye aho
Hhhhhhh
Wamugabo we uri ntawe chn nushake uzoreke ntacho uzi 1🎹🎹🎹🎹😜😜😜😜👌👌👌👌♥️
Igisirimba nugusaraho buke ntabwo arumuziki uzaje kwiga Music mubone uburyo bwokwiyemera F# Ntabwo ariko kumenya Note Musical
Hhhhh
Hhhhhhh😂
ese urachakunda ijipu nka kera
People should respect you but if you want to still on one level have pride and it seems you in the way 😂😂
Béa ndakwemera cyannee papa urumucurazi nemere 🎉
Bea azi gucuranga but the good thing ari strict kuri style ye which is good that’s why ari top 🥹
Hhhhhhh😂😂😂👎🏿
Musabwa isekere rata nshuti yange ngewe mba numiwe kbc
Yavuze kucuranga neza ariko bro nubwo umusetse😂
Mn nubwo yabwiye musabwa bea arihaya kandi abwira aband bacurazi nabi imana yomumanuya akumirwa icakoze ntanibyo mbona ashoboye!!!😏
Bea ntazi kuvuga nukwihaya nogupfobyaa abandi
Bea azi umuziki 100% ariko se abandi bose uravugako ntanumwe uvumbura ba?
Umucuranzi wa piano 🎹🎹🎹 Gasore Blaise Imana Iguhe umugisha mwinshi Cyane wuzuye utsindagiye utagabanyije kuko uri umucuranzi mwiza Rwose turakwemera Kd none uvuze akantu keza kihishurirwa mu mwuga ukora!!!
Béa azahohotera nyabuna azaceceke abana baramurenze cane😅
Bea niyemere ko igihe ce kirimumarembera
Kwiyemera si byiza my friend
Gukorera mu mwuka niko kwiza kurenza guhangana ngo uyu nda murusha gushimwa n'imana birenze byose
Uduce tuvuga ibirimukiganiro nitwinshi kandi bidakenewe.
Uyu mujama afite ikibazo😂😂😂 ikibazo cyo kugira Impano udakijiwe
Kand ari mubapagani bambere pe😢 samatiku ariko ararenze
@@purp.22 aya s'amagambo y'umukristo kwirirwa asebya bagenzi be ngo niwe gusa akeneye ko bamuririmba
Twe tuzabimenya Ute?
Bamaze kukurenga nyabun😅
ndumucuranzi ariko nizerako nigipfamatwi cumva umuziki wa bea ndavuga umukunga na sebeni uwo ahubwo ikwiriye gukorerwa stati nkumwami w'umukunda na seben
Ucuranga neza papa!!!
Bea wowe urumwambuzi mubi
You're talented papa 🥰,
Igisirimba si umuziki ,gabanya ibikabyo man!🤪
Gucuranga ntibigutwara mwijuru
Uri mubacuranzi beza dufite hano muri East africa pe!!!!
Bea arikumusenyi
Bea nta music uzi kbx! Yewe nibyo wigira nturusha musabwa piano, uzi F# gusa!! uri hasi vraiment
Nje ndakwemera bea urumuhangaa cnee mugisirimba pee ariko sintwaro yogukubita abandi ariko kd urumuhanga ndakwemera gusa jyu ushira nabandi imbere bakwigireho da? Kd nawe ufite abo wigiyeho ubwo bakwigiyeho ntacho byishe??
Kwiyemera gusa
Nimba Uzi gucuranga uzozane certificate ya music turebeko ubizi Koko. Iryo nishyari kbs kuko ntituzi neza Nimba nawe utazucuranga ibyabandi baba bavumbuye
Mama shahu beatrice umunwa simwiza
Arik uyu musore ntakibazo afite kwiyemera ntamuntu wumugabo uja wiyemera gutya ugende wikosore umenyeko harabasore benshi bakurusha
Uzabaze icyo avuga kumuranzi witwa Birenzi
Ntuzave mu Rwandan batarakujyana Indera kuko ufite ikibazo comumutwe kuki wihaya