MAZE IMYAKA 40 NDI UMUKURU W'itorero MU BADIVANTISTE NJE KUGARAGAZA Ibinyoma BYABO/Musohokemo
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 30 ก.ย. 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp....
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Ntiwarwanya itorero ngo urishobore kuko namarembo yikuzimu ntazarihangara.garukira aho utaravumwa ngo ube igicamuke
Ntabwo isabato ariyabadivantiste nkuko babyigisha ahubwo niyuwariwewese .wemerankumwaminumukiza
Menya ibyawe
Ibyo uvuga nibyo
Uwavuzengo ntukibe ninawe wavuzengo ntugasambane. Byongeye uwavuze ibyobyose ninawe watanze isabato. Umuntu yakinirira kubindi ariko gukinira ku mayegeko y'Imana ni ukuyirwanya. Ninko gufata Itegeko nshinga ryigihugu runaka ugashaka kurirwanya.
Uwemeye uwo Mwana niwe ufite ubugingo
Icyonzi Niko abadivantiste Bose Bazi KUVA igice cya 20, ntanumwe wariwasoma ngo asobanumirwe KUVA 12:16.
Ese muze wabaye bichop kombona wacikanywe
Njye maze kubonako umutu ashobora kumara igihe kinini mu itorero cyagwa uburambe arifitemo bikamutera kwibeshya nokuyoba,siwowe gusa Wasomye byinshi nyuma uka yoba nabandi Bose nkawe bafite ikingi z'ubuyobe bwobo, bimaze iki kumara igihe uvomera urubuto wizeyeko ruzera ibuto nyuma rukera intobo?wari umukuru witorero wigishaga ibyo wisomeye ,nibyobihamya uvuga wabikuye mubitabo byobo nkumwigisha wokoze iki? Nomunzuy 'Imana satanic ahafite abakozi Kandi bamukorera neza.
Erega itorerk ry,lmana ryinjiwemo na bajesuit wenda nawe watumwe na sekibi
mu badiventisiti ubukuru n'ubunararibonye ntibikora, twe twemera kuyoborwa na Mwuka wera, umuntu ashobora kumara imyaka myinshi ari mu itorero ndetse ari n'umuyobozi ariko akaba atari umudiventisiti w'ukuri cyangw se akaba yariwe nyuma akabivamo byose birashoboka
Kuba umuduvantisti nokutamuba byishiki cngw byongereye iki?
Iyo intumwa ya Satani nk'iyi ivuze ubutumwa bukomotse kuri Satani, Imana nta gitangaza ikora ngo ibinyoma bitajya ahagaragara. Nta n'imbaraga z'ikirenga Imana ikoresha ngo icecekeshe ijwi nk'iryo.
Gusa nta kintu na kimwe twakora ngo turwanye ukuri cyeretse kukurwanirira. Ibi byose na byo ni zimwe mu ntambwe zo gutsinda kw'ukuri gutsinda ikinyoma kuko hari insanganyamatsiko nyinshi z'ingenzi zamamazwa hano. Abakurikiye iki kiganiro nibagende bashakishe amakuru kuri izi nsanganyamatsiko zose zamamazwa hano.
Nibige ibyanditswe Byera basobanukirwe n'ihame ryo guhoraho kw'amategeko y'Imana harimo n'itegeko rya kane ry'isabato. Bamenye inyigisho y'ubuntu bwa Yesu Kristo bushoboza umuntu kugira umutima uhuza n'amategeko y'Imana. Bamenye iby'igihe tubayemo ko ari igihe cy'Imperuka kandi ko ubu itorero ry'Imana ririmo ritegurirwa kwimurirwa mu ijuru kuko ari itorero ribayeho mu gihe ritegereje kugaruka kwa Yesu, bige ihame ry'icyumweru KIDASANZWE COSMIC WEEK/icyumweru cy'isanzure kigizwe n'imyaka ibihumbi birindwi igereranya icyumweru cy'iminsi irindwi...
Ibyo byose nyuma yo kubimenya hakurikiraho amahitamo. Mbese ndajyanirana n'ibyo Bibiriya yigisha cg ndajyanirana n'intumwa za Satani nk'uyu mugabo Nepomuscene? Imana ibahe guhitamo neza, mu Izina rya Yesu!
Ariko Uyu musaza niba akiruhuka Isabato araharira ate ko atakiri umudive.. Bagenzi mwitondere amajambo yomuminsi yanyuma kuko satani afite inzira nyinshi zokuyobya ikiremwa Umuntu.!!!!!
Wamugabowe rero ikibabaje nukuzisanga wararuhiyubusa imyaka 40 yosewabaye mwitorero none unamutse kumunota wanyuma ariko ntabwo byadutungura kuko byarahanuwe ubaye nkawamugabo wafashije nowa kubakinkuge kumunota wanyuma ibyoyaharaniye ntabigereho none nawe waruhiyubusa
Mfite impungenge ko utumira abantu ukabita abadiventiste knd ataribo njye ndiwe ark ibyomuvuga bihabanye nubutumwa dutwaye kuko abadive sibo bashyizeho itejyeko ryakane knd ntamudiventiste uvuga itariki yesu azagarukiraho iyonyigisho ntayo dufite ikindi niba uwomusaza yarabonye undimucyo yawukurikiye ark ntahimbire itorero ibyo ritamwigishije?
Ko ubabaye😂
Uvuze ukuri nshuti
Uriya musaza arabeshya
PASTOR PYISI YAJYAGA ABIVUGA TUKAGIRA NGO NAYABASAZA BURYA IBYO YAVUGAGA NIBYO.
Iyo utaba pastor mbanguhaye ibyanditswe, ariko byinci ubyica ubizi,gusa nawe ibyahishuwe 3:16 harakureba
Imyaka umaze mu itorero ntabwo ariyo yakabaye ituma wumvisha abantu ko bayobye bene ako kageni! Kuko ndumva nawe ubwawe hari amahame utemera kandi ari muri Bibiliya! Witondere ibyo ubwira abantu utihamagarira kurimbuka
Ntabwo itorero ry Abadiventiste rivugako itorero rya Laodokiya ariryo ryasigaye, itorero rivugako itorero ryasigaye ryitondera Amategeko yose y lmana kandi rifite guhamya kwa Yesu, n umwuka w ubuhanuzi.
Naho Laodokiya Biblia ikavuga, ibyigihe giheruka, ubutumwa buvugwamo. kugeza Kristo agarutse, icyogihe gitangirana n itorero rya 7
Ukuri guhari nuko biblia arimwe ark buriwese ayisobanura uko abishaka bitewe nintego ashaka kugeraho rero kuba uhaze ntibivuze kumena ibiryo abandi bashonje uwiteka kundeber icyoroshye muze!🫣🤔
Muraho neza ? Uyu mu saza kubayavangirwa ntibitangaje ! Kuko Abadiventiste barigisha kandi yigishijwe nabo ,kuko benshi bariga ariko iyo batitonze bagwa vuba kuko bashaka kuyobora ibitekerezo byabo bidaturutse kuri Mwuka w'Imana bityo bakava mu murongo !Itorero rero ntirihagaze kububasha bw'umuntu cg ubushobozi bwe ahubwo ryubatse kuri Kristo kuko we ntahinduka.
Ndashaka kubaza icyibazo,cyubatseho byose" ese amategeko yahawe,ubuhe bwoko?
Ese ko abanyamahanga,batayubahirizaga,ntibicwe,ariko abisirayeri bakicwa?
Nonese muramurenganya, aho kugira ngo yangize abandi nasohoke mu Itorero kuko ikirayi kiboze baracyijugunya ntago kiguma mubindi kitabyangiza. Warayobye muze!
Hello
The journalist is talkative
Asking fake questions.
I think you could speak when necessary and let the man of God convey his message.
Ubu uyu wasanga yarakoze ikosa bakamusaba kubatizwa agahitamo kubasebya.mushake amakuru neza😂
Woweho uyobye kubarusha Kuko ndikumva bizasoza ukuyeho isabato ukarekaho Icumweru urumwe mubajezuwite wowe
Cane gos uwo numulomani yuzuye
ahubwo nizere ko utakiri umukuru w' itorero kuko wayobya benshi kurushaho. Niba utizera nk' Abadventiste, basohokemo ureke kubiba iyo mbuto uri no mu itorero.
Abadivantisti mufite kwizera gutandukanye nukwabandi cngw ushaka kuba imbata yimigenzo yiryo dini nibyo wizera
Ni gute bavuze umunsi Yesu Christ azaziraho Kandi ntawubizi . Bitondere cyane ubutumwa buvuga ibyi dini gusa ahubwo dushake Kristo wenyine niwe banze ryo kwizera Amen
Ubwo butumwa ntiburi Adventist
niba umu adventiste umwe avuze ikintu ntibivuze ko itorero ryose ribyemera. Bemera ko Yesu azaza nk' umujura.
Bene Data Yesu Kristo yaravuze ngo nituguma mwi Jambo rye tuzaba abigishwa nyakuri tuzamenya ukuri.Amen . Tube Abigishwa ba Kristo gusa Uwiteka azi be
Ubutumwa butangaza igihe Kristo azazira si ubwabadventiste,gusa ibimenyetso birabyerekana matayo 24 uhize neza wabona ko ageze kurugi
Ikimenyetso mwisezerano ryakera ezekier 20.20 gitandukanye ni ikimenyetso mwisezerano rishya abefeso 4.30 abefeso 1.30
Nimusange amategeko y'Imana nibiyihamya nibatavuga ibihwanye Niryo Jambo ntamuseke uzabatambikira Jean Luc iby'ikigihe abanyabwenge nibwo bazabimenya Soma Yobu 28:28 nonne aracyaruhuka Isabato?
uwomusaza ibyavuga ntabisobnukiwe
Bibiliya itubwira ko icyingenzi ari ugushaka ubwami bw'Imana hamwe nogukiranuka kwayo, ibindi tuzabyongererwa.
Iyihi mana washaka usuzugura?
Aho uciye urubanza
Igo rata ibyo byokwirirwa barigushakisha ibitotsi mutorero sibyo byingenzi
Simwe bambere muvuye mubyizerwa Kandi sinamwe banyuma nabandi babivuyemo
Ntabyizerwa yavuyemo ahubwo Ari guhishurirwa ibyukuri .mwebwe badive mwayobye kuruta abasiramu niba nabo ntibizera Yesu
Yemwe badive? Kubana na Yesu ntumumenye nakaga
Bibiliya muyisoma nkinyuguti gusa ntabwo muhishurirwa Kandi bibikiya si ikinyarwanda cg urundi rurimi rwaha kwisi bibiliya ni ururimi rwo mw'ijuru nta.unyamubiri wayimenya icyakora yayimenya nkinyuguti akabifata mumutwe ariko ntahishurirwa afite muri yo.
Muri Bible hari jambo ngo guhishurirwa amagambo yawe bizana umucyo biha abaswa ubwenge.
Let the man of God speak.
You are not professional
Ikimenyetso ntabwo ari isabato mwarayobye musome abefeso 4.30 abefeso1.13
Uyu musaza akwiriye kumva indirimbo yitwa (Zitaanguka) ya Chorale Injili family, nange sindi intyoza mu byo kwizera, ariko njya nibaza niba #Biblia yaranditswe/yarandikiwe Abadivantisti , niba ibyo twizera biri muri Biblia, urubanza muducira ni urw' iki? ????, ni muhumure kdi mushire #impumu ibintu bizisobanura pe, kuko ukuri ntikujya kuvanga n'ikinyoma cg ngo umucyo uvange n' umwijima.
Ariko Iri torero Riyobowe n IMANA Koko urabona Ukuntu Abisi Bamwenyuye Kubera Uyumusaza Usebya Itorero ry IMANA kweli
Idini ntaco ririco, inzira imwe igeza abakristu mwijuru ni yesu, naho ayo madini ntaho ataniye namashaka ari mugihugu
Kumara igehekinini ariko utemerwa nijuru birutwanutabayeho
Wowe wari umudiventiste.
Ariko isaboto n iyu Uwiteka nyiringabo
Gusa Amategeko Y Imana n i ayera
ark tweguhinyura . ibyiza dushake ibyanditswe byera tubigenzure Kristo atumurikire niwe mucyo. Yohan 8:1
Uvamwanya madinimwe nimwitonde ntimutubye turimumisiya nyuma bariwese nakomezi cyafite atakinyangwa
Yerekubeshyera itorero lawodokiya tuvugako ariryo torero riheruka ntakatubeshyere
Aroko yaravyzengo Ungureho lzahabu none lyo tumuguzeho lbyambika Ubusa bwacu lmana ntitwmera
Yemayinka ndagowe
Ongera amasengesho usobanukirwe neza utava munzira
Mbese Imanantifite Itorerorizima? Ni ukuriko ifite itorero,arikoni itorero ririkurugamba,si itorero
ryanesheje.Tubabajwen’ukoharimo abizerab’abanyantegenke cyane; aboni borukungu mumbutonziza…
N’ubwomu Itorero harimo ibibi,bizagumahokugezaku iherezory’isi.Muri ibibihe biheruka,Itorero rigombakuba
umucyow’isiyanduyekandi yononwen’icyaha.Nikuri iryoTorero ry’irinyantegenke kandi rifite amakosa,itorero
rikeneyegucyahwa,kubūrirwa,kugīrwa inama,niryoKristo ahanzeho amaso muburyobuheranije.
Yesaya 8 .20 uzahasome witonze uzasobanukirwa musaza
Itorero ry'lmana ni yesu nabamwizera si abadive
Vweho utiumukozi wasatani kk bibiriya ivugak muminsi yimeruk hazabah ubugambanyi
Mushire ikiganiro mucongereza please
Aho kubya laodokia wibuke inama ryagiriwe ngo dore ndakugira inama ungureho umuti wo gusiga Ku maso........
Uku niko kuli
Ariko turabwirwa twubahe imana sobanura kubaha imana nigute icyindi tuyihimbaze. Gusa nawe uje kuyobya.
Ikibazo kiri kuriwowe wabyumvise uko bitari. Itorero ry'abadiventiste ntabwo ryemerako ubutumwa bwahawe amatorero 7 buhuzwa nubw'abamalayika 3 ndetse na malayika wundi. Ikiriho ni coincidence y'abamalayika b'amatorero aheruka n'abamalayika 3 na wawundi.
Mwitonde amategeko mpama byaha mungoma y'lmana ntabayo kuko ntabyaha bibayo.aho niho turi
Nagukurikiye mbona nawe iby'uvuga ntubisobanukiwe urimo urashakisha!Bible irisobanura kdi uyisomye ntusabe mwuka wera ngo agusobanurire wanayoba burya!rero wa musaza we ibyo nawe udahagazeho uza kuri camera ngo ubisobanurire abandi gute?!!bakwitegereze neza ibintu byose urimo gushidikanya!
Weretswena satani warurimo utarumu advantiste yesa kubabarire
Muze ubwo washonje sohoka wigendere
Umudiv wabivuyemo bitewe nikuri azi akakwirengagiza abankumusazi nawe ugiye gusara kabaye
Mwebwe uyu musaza ntimumuzi mbyiruka nasanze ari umusohoke niyo myaka 40 avuga arabeshya yahoze ari muri rya tsinda ryanze gusohoka mu itorero babamo ark batari mo iwacu ni kirehe muzi neza yageze aho yimukira i kabarondo ark akeza atyo buriya abatijwe incuro nyinshi yikundira amazi buriya ejo murumva yagarutse ikimbabaje nuko anenga ibitabo byitorero kandi yarangiza akatuzanira ibitabo kandi.mumureke niko yabaye
Urakoze cyane. Ngewe messages bahise bazisiba kandi turamuzi i Kabarondo. None baretse abantu bakamenya ukuri kose. Navuze ngo umuntu nagira integenke ntagasebye itorero kuko ari irya Kristo. Kandi ryamwihanganiye kenshi rimugaruza ubugwaneza ariko tuzakomeza tumwingira kugaruka ku rufatiro. Iyi message ni iyakera kuva igihe ayitangiye amaze kuzimira cyane mu by'isi. Rwose Imana imwibuke
Uwo Mugabo natubwire aho aba dvantist bavuga umunsi wokugaruka kwa yesu
Ubwo nawe ushaka kwamamara cg haricyo wapfuye nabo banze kuba pasteur,kubumudive ntibyakiza umuntu rero mwiyeze ubwanyu.
Nonese kombona umutumira azana urwandiko rwitorero.
Nonese kombona umutumira azana urwandiko rwitorero.
Wamusasazawe satani akurim kk Satan niwe ukwerek ibyobinyom
Uyu musaza rwose nonese miller yavuze ibyimyaka 2300 ari umudventiste cg yari umu Methodist? Nukuri uyu musaza afite ubwaka
Umuntu uri gushaka views ubundi yakora no mukanwa kintare ntimutungurwe
Umuntu uri gushaka views ubundi yakora no mukanwa kintare ntimutungurwe
Muvuge yesugusa ibindibizwinuwiteka
Mubwami bw'imana ntamategeko mpanabyaha ahaba.isabato ni muri yesu nta munyabyaha uhaba
Muragorwa nubusa peee kuko muri mukazi kanyu Bibiliya nayo irimukazi Muyisome muyitondeye muhere mu Itangiriro mugeze mu byahishuwe
Icyo gitabo, mwaba mwaracyandikiye he, mu yihe nzu, mu wuhe mwaka,abagisuzumye ni bande,cyaguzwe angahe, hari ubwo waba warasomye neza Bibiliya?
Ese mwakabyara mwe ko mbona gusoma ibitabo byinshi nibyo bintu mujyamo byo kubara iminsi nimyaka ubutumwa bwagiye buvugurwamo ko mbona ahubwo bizarangira bibashyize mubuyobe kuruta kunguka?
Ese ubundi mutambeshye mubisabwa ngo tubone ubugingo buhoraho kumenya ayo mateka biri kumwanya wa kangahe?
Niyompamvu iyo mibare mwirirwa mubara nimutitinda satani azabafatiramo birangire mwihakanye nImana mubyita kujijuka.
Mana rengera abantu bawe bahora babwirwa ibintu bibavangavanga ubasange ubahishurire ukuri kuko inyigisho zuzuye iyi mihanda,izuzuye munsengero zitandukanye hatabayeho Umwuka wera hazayoba benshi.
Ese ushaka kivugako abadiv bose barimubuyobe oya waba ubeshye abazibyo barimo barakomeje urigendo
Saw
Ibyo wanditse muzehe wabikiye mubadiventiste nibo bigisha iby,ubuhanuzi ntayo bigumane ubitwungure ariko witonde udatera umugeri ku mihunda.igisha ukuri abadive ubareke.
Arikomubon isi itarangiye kuk ibinibyigeze bisohor mumyak ishijekobitigeze biba n ikerekanak imeruka yaje
Urabenshya ikinyomacyambaye ubusa twizera imana nyiribiremwa ibyo imanayahamije ni ukuri ntibeshya ukurikwayo kuruzuye ntikwogegwaho ntikugabanwa guhora ari ukuri satani sigaho kuyobya intore zimana mukomere mushikame ntimuyobywe
Wa muntu we wamuntuwe nkubwiye incuro zi(2) ufise ikibazo niba umaze imyaka (40) lmana izoreba iherezo ntizoreba itanguriro wewe ntiwigeze uba umwa Advantiste ahubwo ufise uwundi sobuja ukorera urwanya ubuhanuzi aba arwanya Imana .wirinde muvyo uvuga
Urabeshya adventiste ntibubakiye Ku William murere kuko siwe washinze église adventiste njye ntanigitabo nzi cyabadiventiste yanditse wenda iyo uvuga ibya Ellen white kuko WE nziyuko yanditse ibitabo byinshi ahubwo itorero usengeramo bakwitege bashishoze neza kuko satani azayobya nintore niba bishoboka
Urasanga uno musaza ariwe wanditse bino bitabo arimo gusoma 😂😂😂
Nubwo mbonye iki kiganiro ntinze cyane, abashobora kubona coment yange bazasome ndetse nawe uzasome neza ubusobanuro bwa daniel bitonze cyanecyane igice cya 11 cya daniel kuko nsanze ufite ikibazo cyo kudasobanurwa neza icyo havuga kuko ibyo uyu musaza yumva iyo ahasomye bitandukanye nicyo havuga.
Muze wowe urintumwa ya iriminate ngaho komeza inzira watanjyiye ntucike intige
Byaba byiza utanze umucyo wawe uko ubyumva utavuze kubadiventiste gusa? Nonese nibo wabonye bayobye bonyine?
Nonese miriyanu merera niba yarayobye niwowe wumvako Utayobye tuge tureka guterana amabuye niba nawe abikiwe Ubugingo nawe haranira lherezoryiza lbyitorero lmanayarishizeho lzi nuko lzarigenza
Iki gitabo mukindangire nzakigura
Ibinabyo biri mubimentetso by ibihe mwitondere abantu nkaba rero kko satani arigukora kumugaragaro.
Mzeh numva nagukunze uzi byinshi
Nonese aberetswe Bose ni lmanara? ahaaaaaa.....
Wowe ubaza se ko abadiventisti bashingiye ku itegeko rya 4 wowe ushingira kuki?😂
Na yesu abayuda iyo bashakagakumusuzugura baravugaga ngo akakana kokwayoze katubwira ikitutazi.guca amazi.ubutumwa bwabadivantiste bwatangiye mucya(1844)nyuma yakiristu . itorero ntamuntu ryubakiyehoisiYESU WENYINE.KANDI WIBUKE KO yesu yavuze ngo sinaje gukuraho amategeko ahubwo ahubwo naje kuyasohoza.murakoze.ARIKO WATANDUKIYE KBS
Ubu wahakanye bibiliya koko ukuyeho amategeko y'Imana !!😂 Mbega njye nemera bibiliya gusa ntumbazengo amadini ni iki ese isabato yesu yavugaga tugomba kuruhukaho ko yayitegetse Adamu na Eva kuyiruhukaho bakiba mungobyi ya edeni iryo tegeko rya kane utubwiye abadiventist bubakiyeyo ko Ryahawe Mose kumusozi wa Sinayi Mose yari yakabaho kuri icyogihe kingobyi ya edeni
Ese yesu ko yayiruhutseho arangije kurema byose yari yarabanje gutanga iryo tegeko rya 4 witubeshya nubwo twananiwe kuyiruhukaho ariko ntitwacira urubanza abayiruhukaho ahubwo Imana izabahe no kwihana ibyaha Amena.
Oya afite uwamutumye kandi ntawundi ni umujezuwite.
Oya afite uwamutumye kandi ntawundi ni umujezuwite.
Kuba wumva nijwi muri wowe bigaragara ko ufite n'imuka mibi
ikindi bigaragara ko imbabazi zakurangiriye ho nakwifuje ko twaganira kuko iryojwi wumvaga ari iryabadayimoni bakorana na roma none kubaze
ishobora nukuba ukora OBE out of body experience ari yo mpamvu wumva ayo majwi urimo guhinduka ijyini cg idayimoni
Uyu mubyeyi nabona nabona nimero ye ya telephone nkazavugana na we?
Nuwo munyamakuru ntabwo ari muzima
Ibyose koko nibyo nirhedini ryukur
Nonese iryo somo rya raodokiya kuriciyemo kabiri aho uwiteka yarigiriyinama kutahasomye ugiriwe inama nziza akayikurikiza ntimugeza munzira nziza ijye isoma isomo uryuzuze
Waretse kubeshya abatarize bible
ese muze ikimenyesto cyimana ihoraho nicihe ko kwisi hariho imana nyishi ikiranga imana ihoraho nuko yaremye.ijurunisi isabato tuyubaha nkumunsi utwibusta uwaremye ijuru nisi ntabwo tuyubasteho twubaste kuri yesu wenyine
Uwomugabo mumucung neza none uguma muba div gute wumva barayovye?uriimwo amanyanga wewe bagucunge wamaze gushinga irindi dini wamusazawe
bamwirukana se ubwo aracyarimo? ubu wasanga baramuhannye yanyweye nk akayoga akadukana nk utu dukoryo. 😅
uyu mugabo natubwire we Laodokiya avuga ko ari iyihe niba yemera ko Philadelphie ikiriho andi matorero muri ariya arindwi yo ayasobanura ate?
Munyanakuru, ni inde wakubwiye ko SDA yubakiye ku itegeko rya 4? Kuki ariryo ureba gusa? amategeko yose afite uburemere bumwe
Eresie total
Uwayobye arihutacyane
Uwayobye arihutacyane
ndi uzabanze wige neza ubuturo bwera, uzamenya icyo kwezwa kwabwo ari cyo. nakugira inama yo kuba urekeye kuyobya abantu kuko amaraso uri kwishyiraho ntayo uzarokoka.
Mwiriwe mbese 10:53 10:59