Mister Rwanda 2022 Southern Province Audition
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 17 ต.ค. 2024
- #imanziagency
Southern Province Audition 5 contestants received pass in #misterrwanda2022 from 62 who were registered in that province
Subscribe to our TH-cam Channel: www.youtube.co....
Twitter: / mister_rwanda
Instagram: / mister_rwanda
Visit our website: misterrwanda.rw/
Mana We Nabonaga Eric Ari Meddy Uwababonye Nkanjye Nasige like 👍
Love this
Jyewe kugitekerezo cyanjye ntabwo mbishimye mu muco wu Rwanda ni umusore w'intwari mu bikorwa ntamusore warase ubwiza. Ibi ahubwo nabisimbuza talent Rwanda
Turapfuye noneho pe! 😎😎😎😎😎
Abafana Rukundo mpume like
Ariko rwise
Genda Rwanda ugeze habi 😱😱
Kuko uri ikijuju c'umuhutu nta kindi wovuga kandi ntawo ubwo bujuju bwawe ntawo bukanga !
@@wakomoz700 uganiriye nabi
Uyu mu presenter uri kuvuga intara y'umujyi wa Kigali c mwo kabyara mwe ni uwahe koko 😃
Umwana ninkundi rwose murakoze gushyigikira Umwana wunuhungu 🧚🤸♂️❤️
hhhhhh !! njyewe ndabona ntazi ibyaribyo. ntanjyana namba. cyakora wenda nuko aribwo bigitangira nibimenyera bizaryoha.
Number 14 arabyumva. Derrick Rukundo. Best wishes
Derrick, drive it bro coz you have smart answers
Ko mbona ibi bintu ari nko guta umutwe Ra!!!
Ahhhaaa ntibizoroha,
Uziko Eric nari nagize ngo ni Meddy!
Ubu nange nari nibajije ukuntu meddy yaje mwirushanwa
@@mukanjishigrace9660 😅🤣
Nange kbs
Nanjye nari numiwe
ese burya si meddy 😁😁😁😁 ndumiwe
wagirango nimpangaye bendanokuvuga kimwe 😕
Tugire urwanda turugwe Munda, Ruzire umwanda,rugire ubwiza,ruzire umwaga rugire urugwiro imbere cyane Hihugu cyacu kidahwema kudutekerezaho buri munsi nibindi biracyaza
INTARA Y'umujyi wa Kigali ntibaho habaho UMUJYI wa Kigali
Aka ni akumiro gusa gusa kubona abasore nkaba birirwa bimarinze ngo barahiganwa ubwiza🤯🤯🤯
23 like meddy
Wow Eric imbere cyane
Mister Rwanda nange ndayikunzepe
Nshuti jonathan on top
Yewe Ninko kurisha avoka umusururu,
Woow rukundu derrick.congz
Number 14 is smart
O
Cyane number 14 his handsome kwel
11
Wasiwe ugushije ishyano🙆
23 Meddy
Meddy sha arabizi pe
The guy resembles meddy eeeeeeeh
Ko mperuka umusore mwiza Ari ikofi c? Ibi byo byaje ryari🤣🤣🤣 umuhungu mwiza 🤔 🤔🤔 abo nibo usanga batikoraho🙅🙅🙅
😂😂😂😂😂
Nimukomeze mwice abo bahungu mumutwe babure gukura amaboko mumufuka ngo bakore bajye birirwa bakaraba ngo ni mister Rwanda
Hhhhhhhhhhhh🤣🤣🤣
Hhhhhhhhhhhhh nanjye ntyo da!
Cyooo nihatari nyamara
Ndagapfa umuhungu warase ubwiza ntiyamenya ko umwana yaburaye mugihe afite umugore kera bacunguraga ababyeyi none ibi nibiki cg se nibarwanire igihugu buraruta
Uyumwana ko asa na Med peer
Sha uriya wanyuma abisubije neza cyane ndishinye nanarize
Number 14 is very good
😂😂😂😂ibi bintu ntibiza kworoha ndakubariye🤣🤣😂
Harimw uwusa na Meddy
Uziko nanjye nari nagize ngo ni Meddy!
Barasa neza neza 😂
Cyane cyane
Ayo namahano pe ntaho byabaye murwanda kubona ubasore bagaragaza ubwiza
Birabishye ntaburyohe pe .
Igikobwa cyububwa iki nicyo kibayicyambere kwisi 😀
Ahwiiiii🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣uwapfuye yarahobyepe tabone ibirikubera kwisi
@@leonceihanganeizamuguharam5027 nukuri nanjye ndumiwepe
Rukundo imbere Cyn nukuri urabikwiye
ELIC ASA NAMED
Narinzi ni medi yaje muri miss rwand
@@jeenali3991 ariko koko uti Meddy muri ubu burofa! Akava mukazi kamwinjiriza akaza kwimaringa murizi mburamukoro koko?
Uyu mukobwa agomba kwigira nk Martina
Where is number 14 he did very much great
Aissa Kiza iyo mubonye bwo numva Ari sawa!!
Burya Nyampinga na Miss ngo biratandukanye!
th-cam.com/video/8n5mAK0bo-w/w-d-xo.html
Gute?
Abagabo ntabwo bazi kwiryagagura
Mubirwke rwose
erega ntasoni murana babamamaza .ibi nibintu ni mubirekere bashiki banyu nahomwe muradutera agahinda ubu muzavamo abagabo koko mbega mbegaaaaa ntibizongere pe bahagarare
Ubwo se umuhungu ugenda yirata ubwiza ubwo urumva yavamo umugabo nyabaki! Kndi nawe akeneye kurambagizwa
Biranshecyeje pe 🤣🤣kabaye
Mwabuze umukoro!! Umugabo w’umunyarwanda ni uzi kwizibukira agahahira urugo Ntabwo ari ukwirya gusa😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Sha uku nugucirira abatinganyi nta mwana wumusore wagiye muribi
😂😂😂😂😂😂😂 ngo gucirira iki😂😂🏃🏃🏃🏃🏃
Ntimute ubwenge basore kuko murebe imbere hanyu naho ibyo murimo nta mbere bibereka usibye kubeshya,ntamuhungu wirutse mugushakisha ibihembo ku sura wahawe na rurema rero ntaho bitaniye no kugurisha uburanga bwawe.
Uvuze ukuri kuzuye kweri
🙌
Akazi karabuze none abantu baranze babaye amadebe ndakurahiye😷😷
Ntamusore warase ubwiza! Mu muco w'u Rwanda umusore mwiza ni umusore wakoze mu bikorwa ibigirira akamaro ndashyikirwa abanyarwanda cg niba mwarabyibagiwe muzumve indirimbo ya Rugamba Cyprier umusore mwiza!
Muzobihindure umusore n ikofi 💸💸 ahubwo abo nimba ari abapfubuzi
Wa mugani
Ibihone gusa
Nimubire cyere abakobwa
Ndabona bisecyeje
Nzaba mbarirwa
Ibi se ni ibiki
Mwabonye ibyo mukora namwe!! Abantu inzara nimibereho mibi biratumaze namwe mwirirwa mwarenzwe ngo muri muri ibyo!! 0% kbsa
😄😄😄😄😄baba bahaze sha🤷♂️
Mister Rwanda x bo Imishinga singombwa? Intara y'umujyi wa Kigali😂
Ubu ni ubusazi kwli ngo Mr Rwanda?Imana aho iri mw,ijuru yarumiwe pe🤔🤔.None aba nibo beza mu Rwanda gose canke ni beza gusumba abantu baje kubaraba.Satani ari kukazi kabisa
Ariko ubukene buragatsindwa pe! Ubu bwose nubukene no kubura imirimo bituma birirwa bimaringa hano nutujosi nki twiga!
Eric ni meddy
Arikk c birakwiye kumusore yimaringa? ubwiza bwumusore nuguhigana mubikorwa,rwose uyu sumuco ni co
Mister Rwanda Kayiranga Patrick (KP)
Ndumiwe, rudasumbwa arangwa nibikorwa subwiza bwinyuma ibinibyabakobwa
Aba ni abapfubuzi
By
Imburamukoro gusa nimwe mutumye isi irimbuka kare 😱
Nukuri uwabaroze ntiyakarabye. Mwabuze ibyo mukora. Ntukwihangira imirimo.hhhhh
Hhhh
Hahahaha
Ariko aba ni abasongarere byeri zarabishe ntacyo badufasha!,ese bo ko mutababaza ibyongereza?abana babakobwa bitamira Mrs Rwanda baba bafite open mind kurusha basaza babo.
😀😀😃😀😀😀😃😃😃😃
Byeri n itabi byarabazonze
Turapfuye noneho pe! 😎😎😎😎😎