NONEHO REKA MBIVUGE IKIBA KIBE😳SUPER MANAGER KURI JEAN PAUL UFUNZE NA MELODY AVUZE AMAGAMBO AKOMEYE
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 29 พ.ย. 2023
- #CassienPizzo #MaxTv_0784855183 #trending
Tubashimiye uburyo mukunda gukirikira ibiganiro byacu.
hari ikibazo ,inkuru cyangwa ubufasha wifuza guha MAX TV waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri iyi numero iri hejuru. - บันเทิง
Ufite inzu nziza Super wacu!
Uvuze neza ndabigushimiye
Shigikire Melody na Team ye
Super hejuru cyane💪🏾
Mtoto wa Africa, babwire kabisa👍
X shaa Cassien ko mba numva ako gaseko ari ak indyarya aho byaba aribyo 😂😂😂
Super manager turagukunda pe uvuga ukuri pe
ndakwemera kaka yangu ❤
Usigaye ukora ibiganiro byiza kabisa ukomereze aho ibyambele sinemeranyaga nawe ariko ubu sawa kabisa
Smart sana
Pizzo uzajye gukoresha Muzee Gakumba ikiganiro Super aramuvuga tukumva ari umu papa wabaye intwari
Bibaye ngombwako mvuga kuri social media. Super Manager urumuntu w’ umugabo
Super muri tz Melody yambaye Rwanda iragaragara munzirimbo peee
Ndagukunda papa
Sup number 1❤
esperation of the Youths ❤❤kunda uburyo Uganira
Inspiration of youth
Uti esperation?? Ndumiwe 😂😂😂
I like you super
Gakumba iyo atacomye ganger atekereza neza nanga iyo yankweye ibivunga nakuramukije Patrick Gakumba ❤
Uziko aribyo bro na DC clement arabikora disi
Super big up San ariko wanze kuvuga yamazina yawe ndababaye kbs
Super Manager 👍
Super gusuka inweri numuco wabanyafurika ahubwo waciwe nubukoroni ibyo ubona nibisigisigi
Ugira ibitekerezo byiza👍
Kura ibyo binuza wambaye mumaso nahubundi waberewe 👍
Wagirango nibyabihore byo mucyaro😅
Big up sp
turagukunda Supermanager
Super❤
Oya Pizzo ntukabeshye uwo mugabo turamwanga. Murakoze
Super big brother❤
Sp uruwambere kumubumbe🤣🤣
Wiseman👌🏽
Turagukunda cyane grand frere
From Bujumbura nkunda super sana
Nyamara iyo Super Manager atanyweye urumogi avuga ibintu bizima! Naho iyo yarunyweye aza avuga ibipfuye gusa ngo agiye gusimbuka ibere rya Bigogwe wajyayo ugategerezaaaa ugaheba cga ngo agiye kugenda n'amaguru ave Kigali agere Nyagatare ugategerezaaaaa ugaheba! Rwose Super Manager jya ureka urumogi kuko iyo utarunyweye uvuga ibintu bizima tukanagukurikira. Dore nk'iki kiganiro ndakirebye mpaka kirangiye ariko iyo mfunguye ngasanga yarunyweye mpita mbifunga nkigendera kdi nkirirwana isereri na stress.
Ntamuntu mwiza ubaho habaho gusaneza
Please Bruce Melody nta Gitaramo yakoze ! Uko byagenze Shagg bafitanye indirimbo yamutumiye kuri stage muri Promotion yindirimbo. Mujye muvuga ibintu uko biri. Ni intambwe nziza ariko nabonye ibinyamakuru byo mu Rwanda vyose bivuga ngo yakoze igitaramo. Ntabwo aribyo .ese ukora igitaramo ukaririmba indirimbo imwe. Ntanubwo mwe mushobora kubyibwira ko ari yatumiwe kuri stage muri Promotion?!!
None kumutumira byo bitwaye iki?
@@rodriguerwaka987 ushobora kuba utanyumvise neza .ibyo navugaga nibinyamakuru bivuga ko yakoze igitaramo cyakataraboneka. Naho kumutumira ni byiza cyane kandi twaramwishimiye.
Biterwa n'icyo wita gutarama.Kandi negativity izabagora😂😂😂😂
Nta kibi wavuze rata
@@uwitonzemartin5409 nta kibazo bigfate uko ushaka njye ubikubwira nari muri iriya room.iyo umuntu avuze ukuri kuri wowe ndumva aba negativist!!
Ntamuntu uruhuka kuko yamennyenibanga barakota niyo yatandukana numuntu wahisha ibanga ryurugo
Muraho neza nje hano kubabwira ko tubafititye ama products meza Cyane agabanya umubbyibuho byihuse Kandi atagira ingaruka kubuzima,izo products zirizewe ku rwego mpuzamahanga ukeneye kugabanya inda nibicece cg umubiri wose watugana Aho dukorera ñyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye hose haba hano mu Rwanda no hanze Europe USA na Canada zikugeraho Numero zacu mwatuboneraho Ziri Muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoze çyane
Urigisha abagabo kdi uri bebe
Igi ryahannye inyoni koko
Nibyo kabisa musaza wange ngukundira ko uvugisha ukuri bajye bambara
Uyu mugabo naramwangaga ariko ubu nsigaye mukunda saaaaana.
😂😂😂 ngo jea polo nuwuhe hhhhh yewee jean polo ibyiwentibyoroshyepe nyagasaniwenyine 😂😂😂
Ni byiza cyane kumutumira nibyo kwishimira ariko ibintu nibivugwe uko biri ni Promotion yindirimbo si igitaramo. Ese igitaramo kigirwa ni ibdirimbo imwe.
Nember 1 supa waremeye
😅😅😅😅😅Super manager uratwenza ❤❤❤
Aka kantu ko gusuzugura abanyamakuru azagacikeho. Urabona ukuntu arangije ikiganiro atukanye
Hello my brother salut Super 🎉
Uyu mugabo njye ndamukunda kuko avuga amagambo akomeye kandi meza yigisha
Hinge mbaze super none ntabwo uhora wibaza uti nkubu mpfuye atamwana nsize canke ntarongoye? Kuko super urakuze hagezeko urongira ukanabyara. Ikindi nokubaza nigiki utegereje kugira urongire unabyare? Ikindi nokubaza none papa wawe gakumba ntabwo ahora agusaba akuzukuru? Noneko umukunda se wawe kukoki utomushimisha ngo umuhe ako kuzukuru unalwerzke umukazana? Kandi ni wiwe mukuru iwanyu.
Abagabo basambanwa nabagore
Nerode ararenze
Sebbo vip
If they try to speak up then the noise will increase. They need to turn the noise down!since they are talking to loud.
But good interview as always
Dhcjjj
Supa uyu munsi nagukunze kweri wagiye umvugira ibintu
Bamwakira gs bararebana bakaryanirana inzara gs isi yamaze kwandura
Sp uruwambere kumubumbe🤣🤣