Dr M ntazasubire kubeshya ngo ari mu Rukundo na Vava ngo abantu nibategereze ngo ubukwe buri hafi. Mugihe adashaka kwerekana Vava mu muryango ntazasubire kubeshya.
Ariko dorimbogo se ko ubwo mwari mukimenyana kandi utari uje kumusura kuki washakaga ko aguha karibu? Gusa kuguhisha iwabo kandi akugaragaza kuri youtube si bizima, aho ho ufite raison.
Ibitekerezo byawe nibyo umuntu wo cyaro Ni byiza ko wazashaka umuturage kuko niryo shema wiha nabagushuka bo hanze cg ntanabo ni agatwiko ngo tumenye ko uvugana nabanyamerika
Dr M yarivugiye mu kuri kweruye ko ari Vava wamwitereteye. Wiba uvuga ko uz ubwebge Vava ntugira na buke. N ubu hinge be na Bagiti bongere bagutekere umutwe
Uri ikigoryi cyane kuko wabonye mbere ko atagukunda ukomeza kumwihambiraho.Nukuri ntiyagukunda, ntimukwiranye kdi nta burere na buke, nta muco,nta bwenge,nta bwiza, uri injiji,ugira induru nibinwa bibi ,ufite kamere mbi cyane. Munabanye wajya umurisha akanapfu😢
Vavandakwikundira rekananuwomusore arakubeshya❤❤❤❤
Nanjye nkunda ukuntu vava ari innocent
Rekanda nuwo muhungu uwiwawe azoza
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@@HabaruremaBany-lt2deVraiment ❤❤
@@user-lc7hr7zd2e❤❤❤❤❤❤❤
Muganiriye neza rwose I love it❤❤❤
Njye nkurikije uko vava avuze mukiganiro ntarukundo ruhari ibiganiro uriya muhungu amaze iminsi avugako yumvikanye navavako urukundo rwabo rurinyuma yakamera nikinyoma ntarukundo ruhari vava komera Mama wahuye nabihemu
Aba abeshya byo❤❤❤❤
❤❤komera vava juru hm reka burya muhungu numubeshi yabuze ko mwariko mukira comédie kandi niwabo barazi ko muriko mukira comédie rero rekana nawe
❤❤❤❤❤❤❤❤
Indirimbo yino déception ya Vava yoba hit
Yewe yewe . Ibya Vava na Doctor -M ndumva ngiye guhagarika kubyumva .
😂😂😂😂😂😂😂😂
Ivya vava na Dr M.birarambiranye.muhindure ibindi mutwikisha😢😢
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Très Bien Annet ! Watwaye neza Vava bituma avuga yitonze ! Umbabariye mugakorana igihe byamugirira akamaro bikamutoza kuguma kuri uyu murongo yavugiyeho
Azagurire Abantu Akujyaneyo.Ahiteko Ariwabo.Nonese ko mbona ikibazo.Umuhora Ngo iwabo iwabo.Wowe urikigoryi Murukundope!!
Jya wemera gukoaorwa muko,wumve inama ugirwa.
Yego n'abandi baratukana ariko wowe urarenze utukana ibitutsi by'abatindikazi.Hari umukobwa wari bwumve atuka abagabo ngo ni imbwa cyangwa akabarisha akanapfu!Urakabije rwose,uzihangane ntuzongere gutukana ibitutsi nka biriya kandi wumve inama ugirwa na bagenzi bawe
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Erega vava ntabwo ari umukobwa ni umufille mere pe
😂😂 ntabo afite yaco mwonona réputation yiwe.
Kiriya kigabo cyarahemutse cyane gusa Vava yamututse ibitotsi bike pe ,ariko Uzi umuntu ugusubiza kw'isuka wwe
Vava ndagunda wirindi kuvuga ivyawe vyose kuko abantu bose ntibahura kumwe. Kandi nturuwambere utandukanye n,umuhungu.Tekana uwawe arahari kandi abamenyeshamakuru ntibakugire ikiraro cokumena amabanga.
😂🎉vava turakwikundira igitambaro cyirakubereye
❤❤❤❤vraiment
Vava ndakwinginze rekurana numuntu udakunda kdi wavuze ko utamukunda, nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda tumenye nibindi 👈 inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖📚👈✅ ❤
Nagukandiye rata🥳
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@@jonascoster6207❤❤❤❤❤❤
Nice Annety ndagukunze uritonda uvuga neza❤
Weho wamweretse umutima wawe wose aliko we ntabye wamenya. Aracyarambagiza shushu
Vraiment ❤❤
Ndabakunda cyane nukuri
ANNET TV SHOW to the world 🔥🔥🔥🔥🔥
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Umucyo Kitchen TV 😅🎉🎉🎉 mudutere inkunga nyamuneka
Sha uyumuhungu yarakurondogoje pee ushatse wareka gusubira mubyabayeho Koko we akueusha ubwengye
Yego rwose ❤❤
Dr mu numunyabwebge cyane.naho uyu mukobwa nukuza akavuga niryo yabwuwe akivuka.ibaze umuntu udashyiramo akenge nagake subu ninde wakwiteza kurambagiza vava azana byose kumuhanda😂@@balancedlifetv
Vava wacu uraberewe mama❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Umucyo Kitchen TV ✊️ 😂😂😂❤❤🎉🎉 mudutere inkunga nyamuneka
Sha yaguhenze ubwejye aragushuka ngomubinshire hanze urabyemera
Vava yambaye neza pe!!! Urasa neza cyane rekana n'abateka mutwe uzabona undi uli umu start
Vava wambara neza ukikwiza Kandi nubwo ukabije mu gukubagana ku karimi ngusabye ujyutuza mukobwa wanjye.
Urabona ko agendera ku muntu bari kumwe reba ukuntu yitonze mukundwa ❤❤❤❤
Ariko Vava ntucike intege uracyari Vava nta kuboko kwawe utwaye, nta maso yawe ajyanye
Uri umukobwa mwiza uzabona umusore ugukunda
Uvuze ukuri mukundwa ❤❤
Dr M ntazasubire kubeshya ngo ari mu Rukundo na Vava ngo abantu nibategereze ngo ubukwe buri hafi. Mugihe adashaka kwerekana Vava mu muryango ntazasubire kubeshya.
Yego rwose ❤❤
Vava.Uriya Arakubeshya Ntabwo yakubera Umugabo.Gusa nawe Witwaye nabi.Kuko ntamukobwa Uhata umusore ngo Ntwara iwanyu.Witwaye Nabi kubigambo usukagura.Ntabwo wigeze uganira n,abandi ngo baguhanure?
Aho wavuye ntihakuva inyuma,gesa ubwo mureshya😂
Ni mutubwire kuba ugize copine mumaranye ameze 4,mu Rwanda hari itegeko ko uca umugana iwanyu?Jewe birancanka,uyo muco ndawuzi mu bazungu,niho ubina umwsna wawe akuzaniyo copain canke copine akamukwereka,nta birenze.Reka,reka mummico yacu bifise protocole,duha icubahiro abavyeyi,ivyo Vava avuga ntabwo ari imico yacu pe.Abavyeyi urabateguza,kandi mubs muriko muregeteza mariage
Muve muli ayo mapranl yanyu turabarambiwe.
🤭🤭🤭🤭
Erega Vava za umenya,
Abagabo bemera gutyo nyene !
Ca ubwenge urakuze,igikuru ni uko wasubijwe umuyoboro wawe !
Uvuze ukuri mukundwa ❤❤
Uri igikobwa cyiza tuza uzabona undi kuko ntakubeshya uriya mugabo nindyadya yibereye Aho. Mureke musibe muri fone yawe
Yego rwose ❤❤
Ariko dorimbogo se ko ubwo mwari mukimenyana kandi utari uje kumusura kuki washakaga ko aguha karibu? Gusa kuguhisha iwabo kandi akugaragaza kuri youtube si bizima, aho ho ufite raison.
Ibitekerezo byawe nibyo umuntu wo cyaro Ni byiza ko wazashaka umuturage kuko niryo shema wiha nabagushuka bo hanze cg ntanabo ni agatwiko ngo tumenye ko uvugana nabanyamerika
😂😂😂😂🤭🤭🤭🤭
We Vava waretse nkaguhuza numuntu ugukunda Kandi ushaka kuguta mu mago
😂😂😂😂😂😂❤❤Vraiment arimo umugore mwiza
Ukuntu nkunda Vava ariko muriyi minsi uri kutubihiriza nukuri. Iriya nyatsi Dr. M wamuretse wa nkumi we
❤❤❤❤❤
Vava rekana nuwo musore kuko mubanye mwanakwicana pe
Vraiment ❤❤
Vava wacu❤❤❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Vava ntabwo ajya atwika ahubwo yahuye n'umutekamutwe
Yego rwose ❤❤
CYAZE MURARENZE KBSA, MUFITE SET NZIZA ANNET TV SHOW ABAKUNZI BA ANNET, MUKANDE KWIFOTO TUMENYANE@EAGLE SOUND STUDIO
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@@balancedlifetv
😂😂😂😂 ivyo nibiki koko
Ihangane rata vava Imana yakuvanye mucyaro irakuzi
Yego rwose ❤❤❤❤
🧡🧡🧡🧡🧡🧡👍👍👍🙏🙏🙏
Urikigoryi ndetse butaribuke uricyo cyane utangiye kubeshya ko wabibona ga ko akubeshya 😅😅😅😅 sha ntubeshye pe ntabyo waruzi nagato iyo ubimenya ntiwari kuzajya wigira ibyo wigira ga
Muhamahoro barya birigwa bararira ngobateguye ubukwe baratumira imiryango kumbe bariko barabeshwa ni Vava?
🤭🤭🤭🤭🤭🤭
@@jeannenirere743🤭🤭🤭🤭🤭
Nikigoryi cyaneee pe ikibi cye ntamenya amagambo avuga pe ubuse wiyita umwana gute kandi ufite abana ? Kuhora uhakana abana kandi ubafite nukuri vava nabonye uyeye ubwoba pe guhora wihakana abana biba mubintu bimbabaza cyaneee pe
Wimutuka ariko
Dr M yarivugiye mu kuri kweruye ko ari Vava wamwitereteye. Wiba uvuga ko uz ubwebge Vava ntugira na buke. N ubu hinge be na Bagiti bongere bagutekere umutwe
Wewe se ubyemzezwa niki ko ari Vava yamwitereteye wewe ntuzi abahungu biki gihe
Yego rwose
@@rosinacyuzuzo2093Nyine avuze ibyo yumvise
Ejobundi mwadutangarije Yuko mwagjanye kukibuga ikanombe mwembi mugiye gufata mushuti wanyu ubuse ibyanyu nibiki?
Erega nincuti isanzwe mwojana nibisanzwe
😂😂😂😂😂😂
@@belyse2074Yego rwose ❤❤
Uri ikigoryi cyane kuko wabonye mbere ko atagukunda ukomeza kumwihambiraho.Nukuri ntiyagukunda, ntimukwiranye kdi nta burere na buke, nta muco,nta bwenge,nta bwiza, uri injiji,ugira induru nibinwa bibi ,ufite kamere mbi cyane.
Munabanye wajya umurisha akanapfu😢
Vava ndinkawe nareka guhora nsiga iyominwa kuko wagirango uhora mumihango idakira uzasome muri bibiliya niko bisobanura jyewe nanga iyominwa yawe uzihane muvandi wibuke aho Imana yagukuye
ese vava waretse uwo muhungu ko atariwe bycura mubahungu
Iminwa ntabwo Ariyo yubaka mama niba waranejejwe nuko Vava yatandukanye nakiriya Gisambo ngo Dr m
Yewe Doctor M naJyaga nemera Ibyo avuga. Ariko maze kumva Vava ibyo avuze nsanze rwose.Doctor M atubeshya pe
Vava wowe ibyawe barakubujije ntiwakunva ukunda Kubiak ntiwabona
😢😢😢😢😢
Ni Yesu wenyine rata Vava wanjye Nyagasani akomeze agucire inzira
Ikindi rero ntago abantu Bose bakunda abana bohanze ntago aribose my dia. Kenshi biteranya abantu pee ndetse mugatana burundu
Yego rwose ❤❤
Naringukumbuye vava umeze ute
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Vava uzubwenge cyane❤❤❤❤
❤❤❤❤❤
Ntaco wahomvye ,nk'abandi bakobwa babe maso.urwo muhungu ni urunyaburyarya vakooo
Nonese kuvugako utari kwihaganira ibitutsi uzasaga umusazi asara nawusare
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Vava nuko bariko baguhemba sinon ntabwo warukeneye kwama wisigura kuvyo yakubesheye bakubaza ivyo bazi kandi bazi neza ko yakubesheye yishakira hit,rero mutubabarire muve kuriyo kapo yabo bantu pe .canke wosanga 1rinkabimwe vya keza wa yaka da.muriko mubakoresha mukurondera vieuws
Yego rwose ❤❤
Kandi uwo musore ni seriye, afite inzu nimodoka Kandi nzi ko ubikunda kubi
😂😂😂😂😂😂
Nari ngukumbuye vava wacu❤❤
Ariko ibyobintu igihe wabivugiye warekeyaho nawe urumunyamatiku
Nyamara vava atatwika menya yarisize imiti 😂😂😂
Vava ❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Cyakora waratuje da!Ntukivugira hejuru ntugiseka kwa kundi.
Ikindi kandi uratubeshya agatwiko wakagiyemo igihe mwajyanaga mu nzu muri étage mukajyana mu gitanda akubwira ko ari icye nawe ukavuga ngo yari yarakubwiye akunda imisego myinshi ,muhana utubisu,arongera agutembereza mu gikoni agutekera omelet.
Hari n'ikindi gihe yaguhaye akarabo na cake kandi ubizi neza ko ari ibyo bateguye n'umunyamakuru.
Urumva rero ko nawe agatwiko wari ukarimo.
Iby'indirimbo nabyo byarasobanuwe bihagije.
Niba kandi yaranze kukujyana iwabo kuko ataritegura wowe ukaba urambiwe ushaka umugabo bivemo ushake undi.
Kandi muvandimwe ,ntabwo watutse Jennifer gusa nyuma yaho watutse umupasitori ,utuka umunyamakuru ,utuka Nzovu umufata no mu mashingu ndetse utuka n'uwo mu chr wawe.
Ntukagume uvuga rero ngo niko uteye kuko n'abo ba diyasipora hari igihe bazakuvaho .
Njye nakugira inama yo kureka uwo Dr M ugatuza ugategereza icyo Imana izakora
😂😂😂😂😂😂Biterwa n umusembuye akabira
Vava❤️❤️❤️❤️
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Uba warabyanze none aba aguteje abantu
Atqngiye kuvuga ngo iwabo hari urugendo?😂
Noneho ko wavuze witonze ra?n'uko urikumwe n'umukobwa mw'iza kandi ufite ukuri kwinshi adafite aho abogamiye???erega ukanavuga ngo uri umwana mw'iza ngo nuko ugira umujinya?ubwose iyo mijinya yawe wayizana kumugabo buriminsi akakwihanganira,?ahubwo uzasenge Imana igukuremo izo kamere mbi zawe maze niwisuzuma ukumva byaragushizemo ubone gutekereza kugira inshuti,wagize amahirwe ukundana nuriya musore wigirira amagambo macye,iyuza gukundana numusore ugira uburakari ntanubwo mwari kumarana ukwezi,wowe ntanuwo wabona keretse abaye atakuzi cyangwa atarumva uwo munwa wawe Sorry nitambukiraga
😂😂😂😂😂😂vibration ye iterwa n uwo bari kumwe mukundwa ❤❤
Vava pfukama usenge warusimvye utararugwamwo
Vava wambaye neza chr, usigaye wiyitaho bidasanzwe
Non DC m kwibiganiro Akora Ubu kwaguma avuga kwatari prank
Sha urabafite katumbe
Ngahoda!Munnnyo naho.!!!😂😂😂😂😂😂😂
Ibyo se murakomeza mubisubiramo kugirango bigende gute? Mwararondogoye disi uuuuhu ,
Chanel ryari ivangamutungo kurigyewe umuntu nkunda namuha ibyangye byose kbsa. Uretse na channel ninzu nimodoka barazitanga
Yenda nuko batabivuganyeho
Vraiment ❤❤
@@Josiane38085True ❤
Ariko rwose uyu mukobwa nta garuriro. Ntashobora kureka amagambo atiyubashye?
😂😂😂😂😂😂😂😂
Uryamuhungu ntuzamutumire kuko numubeshi ntakizima azavuga yarakinishije umutima wa vava mbere nabafana ba vava.umutumiye urakoze sinzakugurura ikiganiro pe
Yego rwose ❤❤❤❤❤
Ngaho yaguherekeje kwamuganga? Ibyanyu nibireffu
😂😂😂😂😂🤭🤭🤭🤭🤭
Ngiye nabona umuntu aganira neza ata gahemo nka Sandrine w agasaro
Mwimubesha
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@@lyduinestrandberg2444😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ntarukundo vava urekane nagihemu🤮🤮
😂😂😂😂😂😂😂😂
Mpise nkora Subscribe kubera Vava❤❤❤. Ndagukunda mukobwa mwiza Vava ❤❤❤❤
Uriya Musore nigisambo nagende azahura puuuuuu
Nibyo rata vava❤❤❤❤
Annet bite ❤❤
❤❤❤❤
Vava wariye ikiremve gamwa
URI inshinzi nawe urabizi jyugabanya ubugare wa njiji we
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ pore
Tuve mu matwi wa gifyoti WE.
Ariko vava uramukunda D.M❤❤❤
🤭🤭🤭🤭🤭Byamuvuyemo❤❤
RATA MWIKUNDIRANE NA DR M. NYAMARA ARAGUKUNDA ❤
Nanjye Niko nabibonaga ariko ntangiye kumva ko ataribyo . Muri iki kiganiro mbonye ko urukundo rwabo ntaruhari pe.
Ntaruhari nuko Emmy akomeza kuvugako amukunda nuburyo bwokugirango abafana ba vava bakomeze barebe ibiganiro bye @@josenduwayezu357
Nta rukundo ruhari. Hajemwo ibicu muri izo nkundo zabo.
Nta rukundo ruhari hajemwo ibibazo bitoroshye. Burya iyo umwenda wera wajeko tache ntivaho
😂😂😂😂😂😂😂really?
Nukuri Vava agira abana pe anjye areka kubeshya abantu aban numugisha sinzi impamvu uhakana abo bana pe
Wowe uvugako vava afite abana uzaduhe amafoto yabo namazina yabo ubundi ugabanye ubusutwa
Ntabwo yanga aban ahubwo ntabo agira
Yg rata
Umva ubugoryi bwawe ngabanye ubusutwa se mfite ubuhe njye mvuga ibyo nzi kandi mpagazeho ufite ubusutwa niwowe uvuga ibyo utazi@@uwimanamarie3193
@@uwimanamarie3193 nyoherereza number yawe nzaguhe ibihamya birenze ibyo wibwira umuntu ni muremure mujye muceceka kubyo mutazi
Mu kinyarwanda ntawe usiga umuntu hanze niyo yaba ari inshuti gusa bisanzwe
Uvuze ukuri mukundwa ❤❤
Mwibuke muce kuri MubwireTV 🎉
❤❤❤❤❤❤❤❤
Azagurire Abantu Akujyaneyo.Ahiteko Ariwabo.Nonese ko mbona ikibazo.Umuhora Ngo iwabo iwabo.Wowe urikigoryi Murukundope!!