BAMPAYE UMURINZI N'IMBUNDA KUKO NTA MUTEKANO||ICYICA IBYANJYE MURI RIB MBONA ARI RUSWA||NDASIRAGIZWA
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 14 ต.ค. 2024
- DUKURIKIRE KURI TWITTER: / ukwezinews
TWANDIKIRE CYANGWA UDUHAMAGARE KURI 0788542538 NIBA WIFUZA KUDUHA IGITEKEREZO, KWAMAMAZA CYANGWA GUKORANA NATWE MU BUNDI BURYO
IMANA Uhoraho itsinde ikibi mubantu barya amafranga bakarenganya abandi. Amen.
Theo uzabaze urundi ruhande ukorera balanced story ndumva uyu abeshya avuga ibintu bidafite umutwe nigihimba pe😂
Ibaze kuba avuga ko dossier ye imaze gukorwaho naba RIB 15 yarangiza akavuga ko bamurenganya, erega RIB simana Kandi siyo itsinda murukiko ahubwo gatsinda ibinenyetso , none niba ntabimenyetso ufite bigaragara we yabikura hehe?
Ko banza ari wowe wamurenganyije? Abo ba RIB 15 n'abiki niba bakora akazi neza? Abasuma babigize umwuga.
Pole sana kabisa
Kurigutinya kuvuga ubwobumuga bwawe akokaguru bagaciriye ? Congo ?
Birababaje,akarengane gakwiriye gucika,hari undi muntu nawe bakoze nkibi,ibintu byarapfiriye muri RIB,abayobozi bakuru nibo ba bikurikiranye ubu yarabatsinze,ariko yari amaze imyaka bamusiragiza nkuyu nguyu,inzego zigutabare urenganurwe,akarengane gakwiriye gucika burundu mu Rwanda
Jya ngira amatsiko yicyi gihugu nyuma yakagame
Ahubwo urubyiruko turagowe
Umva ubutabera mu Rwanda ! Hahahaha none peresidansi izakora byose ! No kugera ku bucamanza nyamara iki ni ikibazo
Uyu Mugabo ashobora Kuba abeshya
Ahubwo se ko wavuze ko murukiko bagukinnye agakino kuko umucamanza yabonye ko mubaburanyi harimo uwo biganye , wagiraga ngo amubonere he hadi hatari aho murukiko mugiye kuburana ahubwo se ninde wakubwiye ko umucamanza atemerewe kwikura mu rubanza rwatangiye ko yakubeshye kandi bikomeye
Komera cyane, ntamvura idahita
Cyakora mama humura kandi ukomere, akarengane karashira, ikidashi ni igihemu kizokama abahemuka
Burya urubanza rurimo impande 2 hatangira urubanza rw'ibyaha. Mu mboneza mubano bazahita bahagarika urubanza, uzagaruke kurubandanya urw'ibyaha rurangiye.
Theo wari warabuze rwose,ariko Dr rusa ko adaherutse ameze neza?
Uyu mugabo mwe murumva atabeshya ra ?? bwana munyamakuru udushakire aba avuga nabo bisobanure ibi bintu birimo urujijo ntabwo byumvikana pe , ntanubwo bisobanutse , RIB yaramurenganyije , Minaloc biba uko , ubushinjacyaha biba uko?, mu rukiko biba uko ? nonese abo ba RIB 12 bose bafite uko bakorana bya hafi nuwo arega , ntabwo byumvikana pe
Nyarukiye hano muri comments ngeze kumunota wa 19, ariko nange ndumva ibyo avuga bidasobanutse. Ameze nkuri kubeshya peee. Gusa wenda wasanga ari ukutamenya gusobanura ibintu, ariko se ninde uzamufasha akabyemera ko numva bose abanenga?
Abantu bose bavuzeko bafite umutekano muke bahabwa ababarinda nimbunda .vuga amahano wakoze ukaburikwishura ibibi wakoze ntamahoro yumunyabyaha .vugukuri ureke kubesha rubanda
Nago narinziko kubohoza murwanda bicyibahoo😂
Urwanda rwarabohowe arko mu Butabera haracyarimo Gitera na Goshegesha.
Akarengane karagwira
Inama naguha washaka umwavoka mu rugaga ark uzwiho kuburana impanza za ruswa naho woe bazagusiragiza
Niba ibyuvuga arukuri birababaje
Reka umucamanza yikura mu rubanza.urubanza rwatangiye
Simvuze ko atakurenganyije, ariko umucamanza igihe cyose yabonera impamvu yatuma abogama, ashobora kwikura mu rubanza, ni nabwo bupfura!