Ku myaka 63, atunzwe no kwambutsa abanyeshuri umuhanda II Ahembwa Rwf30,000!
ฝัง
- เผยแพร่เมื่อ 17 ก.ค. 2019
- Umusaza Munyaneza Augustin amaze imyaka irindwi afasha abanyeshuri biga Remera Catholique kwambuka umuhanda igihe baba bagiye ku ishuri cyangwa batashye. Munyaneza Augustin afite umugore n’abana batanu, abahungu batatu n’abakobwa babiri. Akazi akora ko kwambutsa abanyeshuri ku ishuri rya Remera Catholique kamuhemba ibihumbi 30 by’amafaranga y’u Rwanda ku kwezi.
Camera & Editing: Richard Kwizera
Script & Narration: Richard Kwizera
Ngahose abo babyeyi bongereho igiceri 100 kuyo bishyura dore abafashiriza abana. Niba urugero higa 200*100=20000+30000=50000. Thanks for the great job Papa
Imana imwongerere imbaraga, ni ukuri akora kazi k'ingenzi peee ubutwali n'urukundo nkuru si ibya buri wese.
Warakoze kuturinda
Impanuka zo mumuhanda
I missed this voice so much!! I love Richard kwizera! Umbabarire mukomeze gukora videwo n’kizi!
Nukuri uyu musaza akora akazi kubwitange kbs ahubwo mumukorere ubu vugizi maze bamwongeze kbs wenda 50000 frw
Ooh mumuvuganire bamwongeze rwose mumugi wakigali ayo mafaranga nimake nukuri pe at least bamuhembe 60 🙏🙏🙏
Yara mbega byiza
Ohooo ndababaye.ubuse koko bakongeza wenda bakaguha 50
Ahubwo mujye mumusigira nijana
Komerezaho musaza imana uzagufasha
Abatwara ibinyabiziga nyabuneka mujye mwitwararika nimwegera ahari amashuli yabana.
🤣👍very nice
Muzamuvuganire yongezwe ibihumbi 30 lurikigihe nimakeya rwose . imana ishimwe ko udakodesha.wenda bazamwongeze na 10000mill ayi Anteye impuhwe disi kubona umusaza ungana nuyu ukwezi kose afata ibihumbi 30 ni Amaburakindi kbs
nibamwongezepe
Twari twara kubuze
Nibyiza pe ntakazi kabi kabaho